Uko iminsi ishira indi ikaza, niko inyigisho z’iyobokamana zirushaho kwamamazwa, gusa inyigisho z’ihakanamana nazo ntizihagarara ndetse nazo zigenda gucengezwa mu bantu, kuko buri wese ahitamo bitewe n’uko abishatse cyangwa abyumva, gusa kuko buri wese yigisha abayoboke be, ababwira ko bakwiye kwizera Imana ye y’ukuri, bikunze kugora bamwe gutandukamya Imana y’ukuri n’itari imana y’ukuri, kuko mu mvugo zose zitwa Imana /imana.
Ibyanditswe byera byose byahumetswe n’Imana, kandi bigira umumaro wo (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Tumenye itandukaniro ry’Imana yo kwizerwa n’ibigirwamana. Ernest RUTAGUNGIRA
13 January 2014, by Ernest Rutagungira -
Wirinde kwiheba kuko Imana igutegurira ibyiza!
30 November 2015, by Ernest RutagungiraNtimureba ibiguruka mu kirere : Ntibiba ntibisarura , ntibihunika mu kigega, kandi so wo mu ijuru arabigaburira nabyo .Mwese ntimubiruta cyane ? Ni inde wo muri mwe wiganyira wabasha kwiyunguraho umukono n’umwe ?,,,,Ariko Imana ubwo yambika ubwatsi bwo mu gasozi ityo buriho none ejo bakabujugunya mu muriro , ntizarushaho kubambika mwa bafite kwizera guke mwe ? ( Matayo 7 :26-30 ) Aya ni amagambo Yesu Kristo yabwiye abigishwa be abibutsa imbaraga z’Imana Data wa twese, anabumvisha kandi ko (...)
-
Inkuru y’ igitekerezo: NTUKINUBIRE IBYO IMANA IDUHA BURYA IBA IFITE IMPAMVU!!...
30 October 2013, by Ubwanditsi1. Umusore umwe w’umusirikare yaguye mu gico cy’abo barwanaga asigaye wenyine, abura aho arigitira ageze ahantu hari ubuvumo yinjiramo yihishamo ariko kuko yari akurikiwe akumva ko nubundi amaherezo afatwa, ahitamo kwiragiza Imana.
Yarasenze ati: Mana ndakwinginze nzi ko ushobora byose, ndagusaba ngo wubake urukuta rw’amabuye ku murwango w’ubu buvumo mbashe gukira igico cy’umwanzi!
Akimara gusenga yabonye igitagangurirwa ku muryango wa bwa buvumo, gitangira kubaka vuba vuba twa tuntu twacyo (...) -
ADEPR Kacyiru : Umuhanzi Frere Manu yongeye gukundisha abanyarwanda indirimbo zizwi ku izina rya " NYIMBO ZA WOKOVU"...
4 September 2012, by UbwanditsiNk’uko mwabitangarijwe hirya no Hino kuri za Website zitandukanye, ndetse no kuma Radio atangaza ibijyanye n’Ivugabutumwa, kuri iki Cyumweru, kuri ADEPR Kacyiru hari hateganyijwe igitaramo gikomeye cyari cyateguwe n’Umuhanzi uzwi ku izina rya Frere Manu. Ubu sanzwe uyu muhanzi akaba asanzwe azwi muri Chorale BETHREHEM yo ku GISENYI, ariko kandi akanaba Umunyamakuru kuri Radio yo muri Congo n’i Rubavu, ubundi akaba akunze gutangaza inkuru za Gospel zibera muri Rubavu kuri za Website (...)
-
Nkwifurije kuzaba mu gitaramo cy’ Imihigo.
22 September 2015, by Pastor Desire HabyarimanaTekereza iteraniro ry’aba bagabo bari kuganira:
Aburahamu, Mose, Yosefu, Samweli, Dawidi,Yobu, Shaduraka, Meshaki, Abed-nego, Daniyeli, Yohani Batista, Setefano, Paulo, Yohana intumwa.
1. Aburahamu yababwira uburyo ubwoba no kutizera Imana byagucumuza, ariko akabasobanurira icyo KWIZERA Imana bisobanuye, kandi ko kwizera Imana bituma tuba abakiranutsi!
2. Mose we yabasobanurira GUTUMWA N’IMANA icyo bisobanuye; yababwira ko iyo umuntu yatumwe n’Imana, ko n’ inyanja yayitegeka ikamwumvira! (...) -
Pakistan: Inzu zirenga 100 z’abakiristo zatwitswe n’abayisilamu.
13 March 2013, by UbwanditsiKuri uyu wa mbere tariki ya 11 werurwe agatsiko k’intagondwa z’abayisilamu zigera ku bihumbi bitatu,zigabije umujyi witwa Lahore ukaba umujyi wa kabiri mu bunini mu gihugu cya Pakistan aka gatsiko kigabije amazu y’abakiristo barayatwika nyuma y’aho umukiristo wo muri aka gace ashyiriwe mu buroko kubera gutuka intumwa Muhammad.
Muri iki gitero amazu asaga 100 niyo yatwitswe naho abakiristo barenga 120 bajyanwa mu bitaro bakomeretse ku buryo bukabije.
Bishop Sebastian Francis Shah Aganira na (...) -
Umuhanzi Dominic Nick adabagije abakunzi be mur’iyi concert yo ku cyumweru taliki 05/08/2012
3 August 2012, by UbwanditsiMu gihe habura iminsi mike ngo igitaramo cy’umuhanzi Domionic Nick kigere,amakuru atugeraho n’uko Dominic yadabagije abakunzi be ku buryo uzahaboneka wese azinjira mu gitaramo ndetse akanatahana CD y’indirimbo z’uwo muhanzi azaba yashyize ahagaragara ku mafaranga 2000FRW gusa.N’ubwa mbere bibaye kandi benshi byabashimishije cyane aho bakomeje kudutangarizako kuhabura ar’ukunyagwa zigahera.
Icyi gitaramo kizaba kuva I saa cyenda z’amanywa kibere ku Gicumbi cy’umuco imbere ya Sitade amahoro I (...) -
Ese waba ujya wibaza byinshi k’umuvugabutumwa wahinduye abantu benshi “BILLY GRAHAM”, Dore amateka ye
8 August 2013, by UbwanditsiWilliam Flanklin uzwi kwizina rya Billy Graham yavutse tariki 7.ugushyingo.1918 ni umunyamerika wavukiye mu mujyi wa charlotte north carolina yakijijwe mu 1934 n’umuvugabutumwa ufite umugore umwe witwa Ruth Graham uheruka kwitaba Imana afite abana batanu(Flanklin,Nelson,Virginie,Ruth,Anne).
Yatangiye ivugabutumwa ryagutse ategura ibiterane mu 1957 Mw’ivugabutumwa ry’uyu mugabo abantu barenga million eshatu nibihumbi magana abiri bakijijwe kubera uyu mugabo mubiterane bikomeye yabaga (...) -
Nubwo ureba ikibazo ukabura inzira, Yesu we arabona nyinshi yagikemuramo
5 August 2015, by Innocent Kubwimana‘’Nuko hariho umugore wari mu mugongo, wari ubimaranye imyaka cumi n’ibiri, ababazwa n’abavuzi cyane benshi bagerageza kumukiza, bamumarisha ibintu bye byose abitangamo ingemu, ariko ntibagira icyo bamumarira ahubwo arushaho kurwara.” Mariko 5:25, 26 Aya magambo arasobanutse. Iby’uyu mugore bigaragara ko byari byarabaye akarande kuko kumara imyaka 12 urwaye ni ikigeragezo kitoroshye na gake. Bibiliya iravuze ngo abaganga bari baramumazeho ibintu bagerageza kumuvura ariko byaranze, ngo ntibagira (...)
-
UMUVUGO: IYI SI DUTUYE UMUSIZI JYAMUBANDI DEO
7 July 2016, by Pastor Desire HabyarimanaUmwana aravuka impundu zikaza Akarira cyane ngo avutse ari muzima Ararizwa n’iki ko ntawumutakije? Ni ibibazo asanze mu isi dutuye 5. Iyi si dutuye iteye uko ituwe
Iyi si dutuye,tuyitijwe gatoya Tuyiture bitinde tuyitijwe butindi Ntimwibaze ibindi n’ibindi bizaza Bizazana ibindi bibyare n’ibindi 10. Iyi si dutuye iteye uko ituwe
Iyi si ni ntamunoza, ntabwo inyurwa Inyotewe cyane kurimbura twese Uyiture uyitake uyituze amataje Uyigende n’indege bitinde igutware 15. Iyi si dutuye iteye uko (...)
0 | ... | 1760 | 1770 | 1780 | 1790 | 1800 | 1810 | 1820 | 1830 | 1840 | ... | 1850