ADEPR Muhima ku bufatanye n`abahanzi bo kuri uwo mudugudu bateguye igiterane cyo guhimbaza Imana. Iki giterane kikaba kizaba tariki ya 19-20/10/2013 aho kizahuza abahanzi 13 bose babarizwa kuri uyu mudugudu.
Nkuko tubitangarizwa na Prince uhagarariye iki gikorwa ngo kuri bo bifuje gutegura iki giterane kugirango babashe gutanga umusanzu wabo nk`abahanzi dore ko uyu mudugudu uri kuvugurura inyubako y`urusengero rwayo.
Mu kiganiro kirambuye na prince yagize ati:” abahanzi b`umudugudu wa (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
ADEPR Muhima ku bufatanye n`abahanzi bo kuri uwo mudugudu bateguye igiterane cyo guhimbaza Imana.
15 October 2013, by Ubwanditsi -
ADEPR mu rurembo rwa Kibungo habayeho guhererekanya ububasha ku bayobozi bashya b’Ururembo
5 November 2012, by JOST UwaseNk’uko byemejwe mu nama y’Ubutegetsi ya ADEPR yateranye kuwa 30/10/2012 maze ikemeza ihinduranya ku myanya y’ubuyobozi muri Regions zitandukanye, mu Rurembo rwa Kibungo habayeho guhererekanya ububasha hagati y’Umushumba KAYIJAMAHE Jean wari umaze imyaka ayobora urwo Rurembo rwa Kibungo n’Umushumba mushyashya wahimuriwe ariwe KALISA Emmanuel wari umaze igihe ayobora Ururembo rwa Kigali.
Nyuma y’imyanzuro y’inama y’Ubutegetsi ya ADEPR rero yabaye ku mataliki twavuze haruguru, byabaye ngombwa ko (...) -
Umuvugizi w’ Itorero ry’ADEPR yasabye imbabazi mu izina ry’Abashumba bitwaye nabi muri Jenoside yakorewe abatutsi 1994
25 April 2016, by Pastor Desire HabyarimanaMu izina ry’itorero rya Pantekoti ryo mu Rwanda ADEPR n’abashumba by’umwihariko, Umuvugizi waryo Rev Past Sibomana Jean yasabye imbabazi kuba bagenzi be bataritwaye neza bakijandika muri Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda muw’1994. Ibi Rev Past Sibomana yabitangarije mu muhango wo kwibuka wateguwe na Paruwasi ya ADEPR-Nyarugenge,mu mujyi wa Kigali, wabaye kuri uyu wa gatandatu tariki 23 Mata 2016, umuhango wabimburiwe n’ijoro ryo kwibuka ryabaye ku wa gatanu ubanziriza uyu muhango.
Nk’uko (...) -
Bakristo mwitondere gukoresha amwe mu ma Terme yaduka mukayasamira hejuru mutazi icyo asobanura.
26 November 2012, by UbwanditsiMuri iki gihe tugezemo, amajyambere ari kurushaho kwiyongera, kandi uko yiyongera ni nako abakristo bagenda barushaho kuba maso, ariko kandi batanasigaye inyuma muri ayo majyambere.
Muri iki gihe umwanzi Satani ari gushaka uburyo yayobya abantu, akazana ikinyoma mu bantu, ikinjirira mu ikoranabuhanga, ubundi abantu bakandika amagambo amwe namwe batazi icyo asobanura.
Muri ayo magambo twavuga nk’imvugo yitwa : LOL
Abantu benshi bakoresha iyi mvugo batazi icyo isobanura, nyamara kandi (...) -
Ese koko iyo twihannye, Imana ntiyibuka ibyaha byacu ukundi?
12 October 2015, by Innocent KubwimanaIki ni ikibazo abatu benshi bibaza, bashaka kumvikanisha bamwe ko Imana itubabarira ikibagirwa, abandi bati ‘’oya Imana ntishobora kwibazSgirwa kuko izi byose kandi ntakiyicika itakimenye bivuze ko byose iba ibyibuka.’’
Aba bose bafite ukuri bitewe nuko bagusobanuye kuko ni byo koko Imana yakwibagirwa ite ukurikije kamere yayo, ariko kandi se yahora yibuka ibyo twayicumuye Yesu akaba yaraje kumara iki?
Ikindi iyi ni ingingo satani akunze gukoresha yo guhoza abakristo mu bwoba, akabibutsa (...) -
Umuhanzi Alfred Gaga arahagararira u Rwanda gitaramo mpuzamahanga i Kampala ”Namboole Passover Festival”
27 December 2013, by Simeon NgezahayoTaliki ya 31 Ukuboza 2013 kuri Sitade Nambolee i Kampala muri Uganda hategamijwe igitaramo mpuzamahanga cyitwa “Namboole Passover Festival” gihuza abahanzi n’abashumba b’amatorero akomeye batandukanye baba baturutse mu bihugu bitari bike.
Umuhanzi Alfred Gaga wo mu itorero Rwanda Victory Mission i Kanombe ni ku ncuro ya kane agiye kwitabira iki gitaramo mpuzamahanga.Kur’uyu wa gatandatu, Alfred Gaga nibwo ahaguruka i Kigali yerekeza I Kampala mu gitaramo kizaba kur’uyu wa Kabiri taliki ya 31 (...) -
Kubika ubugingo Pasitori Zigirinshuti Michel
26 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaINTEGO : KUBIKA UBUGINGO
1 Abatesalonike 5 : 23-24 Imana y’amahoro ibeze rwose, kandi mwebwe ubwanyu n’umwuka wanyu, n’ubugingo n’umubiri byose birarindwe, bitazabaho umugayo ubwo Umwami wacu Yesu Kristo azaza. Ibahamagara ni iyo kwizerwa, no kubikora izabikora.
Hari amagambo abiri y’ ingenzi tugarukaho :1. Urukingo ; 2. Kubika ikintu mu buryo kitabora, ntikigage (Conserver)
Nkuko twabibonye, ubugingo bwacu nicyo kintu cy’ ingenzi cyonyine Kristo afite muri njye. Ntiyakundira ubugingo bwanjye (...) -
IPV6, impinduka nshya kandi zikomeye ku ikoreshwa rya internet
8 June 2012, by UbwanditsiMu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu tariki 6 Kamena 2012, nibwo hatangijwe ku mugaragaro uburyo bwa IPV6 buje kongerera ubushozi internet mu kubika aderesi zo ku murongo wa internet (IP adress) nyinshi zishoboka, dore ko umuyoboro wa IPV4 wari usanzwe ukoreshwa wagendaga uba muto ugereranije n’ubwiyongere bw’umubare w’abakoresha internet.
Aderesi ya internet (IP address) ni iki ?
IP address cyangwa aderesi ya internet ni nimero buri gikoresho (mudasobwa, telefoni, tablet, imbuga za internet, (...) -
Malaysia: Abisilamu bavumbuye iturufu nshya mu matora “Gushyiraho abakandida b’Abakristo” - Melissa Steffan
5 July 2013, by Simeon NgezahayoMu gihugu cya Malaysia cyiganjemo Abisilamu, aho Abakristo ari 10% gusa, abizera bavumbuye ingingo nshya muri politiki. Ubu batangiye kujya kuri candidature z’amashyaka y’Abisilamu.
Ikinyamakuru The Wall Street Journal kiratangaza ko taliki 5 Gicurasi Abakristo bagiye kuri candidature mu matora y’ishyaka Pan-Malaysian Islamic Party (PAS). Ubu ngo bwaba ari uburyo bwo gushaka kwigarurira zimwe mu ntara ziri mu maboko yabo, cyangwa tumwe mu turere tuberamo amatora."
Impuguke zivuga ko gushyira (...) -
Gitwaza, Agueze na Ampiah bagiye gusengera itorero mu minsi itatu
7 May 2013, by UbwanditsiKu bufatanye bw’Itorero ’Zion Temple Celebration Centre’ na ’Global Revival Ministries’, hateguwe igiterane cy’iminsi itatu cy’insanganyamatsiko igira iti : “Guhagurutsa Urubyaro rw’Intumwa", kizigishirizwamo n’abavugabutumwa bakomeye.
Mu itorero Zion Temple ry’Intumwa Gitwaza Paul, hagiye kubera igiterane kizitabirwa na Apostle Sino Agueze uzaturuka muri Leta zunze ubumwe za Amerika, na Pasiteri Robert Ampiah-Kwofie wo muri Ghana, aho kizaba kigamije guhagarutsa Itorero mu ijambo ry’Imana guhera (...)
0 | ... | 1760 | 1770 | 1780 | 1790 | 1800 | 1810 | 1820 | 1830 | 1840 | ... | 1850