Kuri iki cyumweru kuri Serena Hotel mu masengesho y’abayobozi b’amatorero , Pasitori Mutesi Maggie Mugisha uyoboye Gates of Heaven yatangajwe no kubona umunyamahanga ari hagati mu bashumba kandi ntawe aziranye nawe ufite Itorero hano mu Rwanda w’umunyamahanga(umuzungu).
Pastor Maggie akibivuga uyu mu Rev.Pasitori Chris waturutse mu gihugu cy’ubwongereza yahise ababwirako afite ubutumwa yahawe mbere yo kuza mu Rwanda ko We kumwe n’itsinda basengana ngo Imana yababwiye ko igihugu agiyemo (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Gates Of Heaven Ministries : Ubuhanuzi buvuga ko ububyutse buzaturuka mu Rwanda bwazanywe n’umwongereza Rev.Pasitor Chris
18 September 2013, by Ubwanditsi -
Batemberejwe i kuzimu– 7 bo mu rubyiruko rwa Colombiya (igice cya 6)
3 April 2014, by Kiyange Adda-DarleneTwakomeje urugendo rwacu, twegera ikindi kirimi cy’umuriro noneho mbwira Umwami nti « Mwami ndakwinginze nta bindi nshaka kureba ndagusabye ungirire imbabazi ! ngirira imbabazi ! sinshaka kubireba.» Noneho mfunga amaso ariko yaba afunze cyangwa afunguye nakomezaga kureba. Uko cya kirimi cyumuriro cyagendaga kigabanuka nabashije kubonamo umugore.
Yari yuzuyeho ibyondo kandi ibyondo byuzuyemo inyo. Ku mutwe yari asigaranye agasatsi gake, kandi umubiri we wari warakomantaye kubera icyo cyondo (...) -
Inkuru y’ igitekerezo: NTUKINUBIRE IBYO IMANA IDUHA BURYA IBA IFITE IMPAMVU!!...
30 October 2013, by Ubwanditsi1. Umusore umwe w’umusirikare yaguye mu gico cy’abo barwanaga asigaye wenyine, abura aho arigitira ageze ahantu hari ubuvumo yinjiramo yihishamo ariko kuko yari akurikiwe akumva ko nubundi amaherezo afatwa, ahitamo kwiragiza Imana.
Yarasenze ati: Mana ndakwinginze nzi ko ushobora byose, ndagusaba ngo wubake urukuta rw’amabuye ku murwango w’ubu buvumo mbashe gukira igico cy’umwanzi!
Akimara gusenga yabonye igitagangurirwa ku muryango wa bwa buvumo, gitangira kubaka vuba vuba twa tuntu twacyo (...) -
Nkwifurije kuzaba mu gitaramo cy’ Imihigo.
22 September 2015, by Pastor Desire HabyarimanaTekereza iteraniro ry’aba bagabo bari kuganira:
Aburahamu, Mose, Yosefu, Samweli, Dawidi,Yobu, Shaduraka, Meshaki, Abed-nego, Daniyeli, Yohani Batista, Setefano, Paulo, Yohana intumwa.
1. Aburahamu yababwira uburyo ubwoba no kutizera Imana byagucumuza, ariko akabasobanurira icyo KWIZERA Imana bisobanuye, kandi ko kwizera Imana bituma tuba abakiranutsi!
2. Mose we yabasobanurira GUTUMWA N’IMANA icyo bisobanuye; yababwira ko iyo umuntu yatumwe n’Imana, ko n’ inyanja yayitegeka ikamwumvira! (...) -
UMUVUGO: IYI SI DUTUYE UMUSIZI JYAMUBANDI DEO
7 July 2016, by Pastor Desire HabyarimanaUmwana aravuka impundu zikaza Akarira cyane ngo avutse ari muzima Ararizwa n’iki ko ntawumutakije? Ni ibibazo asanze mu isi dutuye 5. Iyi si dutuye iteye uko ituwe
Iyi si dutuye,tuyitijwe gatoya Tuyiture bitinde tuyitijwe butindi Ntimwibaze ibindi n’ibindi bizaza Bizazana ibindi bibyare n’ibindi 10. Iyi si dutuye iteye uko ituwe
Iyi si ni ntamunoza, ntabwo inyurwa Inyotewe cyane kurimbura twese Uyiture uyitake uyituze amataje Uyigende n’indege bitinde igutware 15. Iyi si dutuye iteye uko (...) -
Mfite imyaka 15, nabaswe na filimi z’ubusambanyi (Pornography) ndabasaba inkunga y’amasengesho
24 May 2013, by Simeon NgezahayoMfite imyaka 15, maze imyaka igera kuri 3 cg 4 narabaswe na filimi z’ubusambanyi no kwisuzugura. Data ni Pasiteri, ariko ntiwakumva uburyo ngiraga ipfunwe ryo guhagarara ku ruhimbi ndirimbira Imana mu rusengero, nkabikora nishushanya nk’aho nta kibi nakoze.
Umuntu wese undebye abona ndi umukobwa unezerewe, ariko ntibamenye ikimungu n’ipfunwe binshengura umutima. Filimi z’ubusambanyi (Pornography) zarambase ku buryo bushoboka bwose, ngira umushiha mwinshi kugeza ubwo nsigaye ndakarira buri (...) -
Kutizera birica Fidele Amani
7 July 2016, by Pastor Desire HabyarimanaMu buzima bwacu bwa buri munsi tugenda duhura n’ingorane zitandukanye, umwanditsi umwe we yaravuze ngo nk’uko inyoni ifatwa mu mu mutego n’uko ifi zifatwa mu rushundura niko ibyago bidutungura, ariko muri ibyo byose dufite Imana umugaba, niyo itugenda imbere, niyo ituyobora muri byose: dutunze, dukennye, turwaye, turi bazima, twize tukaminuza cyangwa tutize Imana ihora iri kumwe natwe.
Abantu benshi usanga hari aho bagera ntibabe bakibona Imana, bakagira ubwoba ndetse bakanayivuga nabi. Iri (...) -
Abahanzi bo mu itorero rya ADEPR ngo baba bagiye guseka nyuma y’igihe kirekire ntawe ubitayeho!
11 July 2013, by Simeon NgezahayoBurya koko ngo nta gahora gahanze! Nyuma y’imyaka itari mike ikitwa umuhanzi wigenga mu itorero rya ADEPR gifatwank’ikintu kizira cyananiye itorero, kuri ubu ngo siko bikiri kuko kuva aho ubuyobozi bushya bugiyeho. Ibi ni ibyagaragariye mu nama yahuje abahanzi basaga 100 bo mu itorero rya ADEPR ku rwego rw’umujyi wa Kigali, iki gikorwa kikaba cyarabereye kuri ADEPR Kagarama kuri uyu wa 9/7/2013.
Bimwe mu byaranze iyi nama harimo inyigisho zibahwiturira guhindura imyitwarire yabo zatanzwe na (...) -
Iyo aba yaritwaye nabi mbere yo gupfa kwe umwenda yasize atishyuye wari urikoze
16 January 2016, by Ernest RutagungiraKugira umwenda mu buzima bwa muntu ni ibisanzwe ariko noneho bihindura isura iyo ubwishyu bubuze, bikaba akumiro nyir’ukwikopesha aramutse apfuye atishyuye aha biba ikibazo gikomenye kubasigaye, akaba ariyo mpamvu bavuga ngo ngo akaryamyenda gashima kishyuye, aka kaga rero akaba ariko kabaye kuri uyu muryango.
Inkuru zo muri bibiliya 2 abami 4:1-7 zivuga inkuru z’umugore wari warashakanye n’umugabo wari umukozi w’Imana, akaba n’umwe mu bahanuzi, Nyuma rero yo kuguza umwenda utari muto uyu (...) -
Ese koko iyo twihannye, Imana ntiyibuka ibyaha byacu ukundi?
12 October 2015, by Innocent KubwimanaIki ni ikibazo abatu benshi bibaza, bashaka kumvikanisha bamwe ko Imana itubabarira ikibagirwa, abandi bati ‘’oya Imana ntishobora kwibazSgirwa kuko izi byose kandi ntakiyicika itakimenye bivuze ko byose iba ibyibuka.’’
Aba bose bafite ukuri bitewe nuko bagusobanuye kuko ni byo koko Imana yakwibagirwa ite ukurikije kamere yayo, ariko kandi se yahora yibuka ibyo twayicumuye Yesu akaba yaraje kumara iki?
Ikindi iyi ni ingingo satani akunze gukoresha yo guhoza abakristo mu bwoba, akabibutsa (...)
0 | ... | 1760 | 1770 | 1780 | 1790 | 1800 | 1810 | 1820 | 1830 | 1840 | 1850