Igikorane categuwe n’umuryango w’umukuru w’igihugu carabandanije ejo kuwa kane igenekerezo rya 27 kigarama umukuru w’igihugu akaba ariwe yasiguriye ijambo ry’Imana abari baje muri ico gikorane.
Mu nsiguro yiwe,umukuru w’igihugu Petero Nkurunziza yarasiguriye bimwe bishimishije abari baqje mu gikorane kiriko kibera i Ngozi categuwe n’umuryango w’umukuru w’igihugu aho yabasiguriye akamaro ko gukora ivyiza n’ivyamwa biva muri ivyo vyiza ku muntu wese yihaye kubikora.
Yishimikije ijambo ry’Imana (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Ibikorwa vyiza bitanga umwimbu mwiza
12 January 2013, by Ubwanditsi -
Filime « Home - Iwacu » irerekwanwa bwa mbere kuri uyu wa gatanu muri KIST mu mugi wa Kigali
10 October 2012, by Patrick KanyamibwaKuri uyu wa gatanu tariki ya 09/10/2012, nibwo bwa mbere Filime « Home » yashyizwe mu Kinyarwanda irerekanwa ku mugaragara muri KIST kuva saa kumi z’umugoroba, aho kwinjira ari ubuntu.
Icyi gikorwa n’ibyo kuyishyira mu kinyarwanda, ibi byose bikaba byarakozwe n’umuryango wita ku kurengera ibidukidukije n’iterambere ry’abantu ARECO Rwanda Nziza kubufatanye na Institut Francais au Rwanda aho byashyize mu Kinyarwanda filime isanzwe yitwa « HOME », ikaba ari filime iri ku rwego mpuzamahanga ivuga ku (...) -
Umuhanzi Kambale Salaam, agiye kumurika alubumu ye ya mbere
12 June 2012, by Patrick KanyamibwaAlubumu y’indirimbo icyenda yise « Halelujah », niyo Kambale Salaam aramurika kuri kino cyumweru mu gitaramo kizabera kuri Bethesda holy Church ku Muhima, aho aazashigikirwa n’abandi bahanzi batandukanye harimo Liliane Kabaganza, Patient Bizimana, Aime Uwimana, Asaph Ubumwe n’abandi batandukanye. Kambale yadutangarije ko kwinjira ari ubuntu kandi igitaramo kizaba kiri uburyo bw’umwimerere (live music), kandi igitaramo kizatangira saa cyenda z’amanwa. Yitwa Kambale Salaam ariko hari n’abamuzi (...)
-
Abanyamasengesho b’ Itorero ry’ ADEPR Taba bateguye igiterane kidasanzwe cyo gusabira umugisha igihugu n’itorero
12 November 2013, by UbwanditsiAbanyamasengesho b’ Itorero ry’ ADEPR Taba mu ntara y’amajyepfo bateguye igiterane gihuza abanyamasengesho bo mu bihugu byo mu karere k’ibiyaga bigari (East Africa), mu rwego rwo gusabira igihugu umugisha, gushima Imana ku byo yakoze muri uyu mwaka ushize no kuyiragiza umwaka wa 2014.
Iki giterane gifite insanganyamatsiko igira iti “Rwanda, byuka urabagirane kuko umucyo w’Uwiteka urakumurikiye.” Muri iki giterane hazareberwa hamwe uruhare rw’umunyamasengesho mu bumwe n’ubwiyunge n’amajyambere, (...) -
UBUKWE BWA Jean d’Amour NTIRENGANYA na UZAYISENGA Beata BWEMEJE KO IMANA IKORERA IGIHE
29 September 2015, by Pastor Desire HabyarimanaGuhera ku wa gatandatu tariki ya 26/9/ 2015, Jean d’ Amour NTIRENGANYA n’umufasha we UZAYISENGA Beata ubu barashima IMANA nyuma yo kumara umwaka bategereje isezerano ry’IMANA ryo kubahuza ngo basohoze umushinga w’ubukwe bari baratangiye ku itariki ya 6 nzeri 2014 nyamara IMANA igahitamo kubusohoreza mu gihugu cy’ubuholandi.
Nk’uko twabitangarijwe na nyir’ubwite, yagize ati : « Njyewe mbona IMANA iba ishaka kutwigisha kwihangana no kubaha igihe cyayo, nongeye kwibuka ko ariyo yantoranije niyemeza (...) -
Umupasiteri Saeed Abedini warufungiwe muri Iran akomeje kuburirwa irengero
27 January 2013, by UbwanditsiUmupasiteri w’umukristo ufite ubwenegihugu bw’abanyamerika Saeed Abedini w’imyaka 32 usanzwe utuye muri leta ya Idaho wafungiwe muri Iran kuva mu kwezi kwa cyenda ku mwaka ushize yaburiwe irengero, nkuko bitangazwa n’ikigo cy’abanyamerika gishinzwe ubutabera n’amategeko .
Uwo muryango w’abanyamerika ukaba wabitangaje nyuma yuko umuryango wa pasiteri seed abedini ugiye kumusura bakawujujubya kugeza ubwo utashye utamubonye aho babeshye umuryango we ko bamwohereje kubaganga bo kumwitaho, nyamara (...) -
UMUHANGO WO GUSENGERA ABAYOBOZI BASHYA BA CEP/UR-COE (Ex CEP-KIE) URABA KURI IKI CYUMWERU 9 WERURWE 2014
6 March 2014, by Simeon NgezahayoNk’uko buri mwaka w’amashuri hategurwa umuhango wo gusengera abayobozi bashya, mu muryango w’Abanyeshuli b’Abapantekote biga muri Kaminuza y’u Rwanda, College y’Uburezi (CEP UR-COE/CEP-KIE) kuri iki Cyumweru taliki 9/03/2014 guhera saa tatu za mu gitondo (9:00am) harasengerwa abayobozi bashya batowe n’inteko rusange.
Mu kiganiro twagiranye n’umuyobozi ucyuye igihe w’uyu muryango Bwana Mushimiyimana Philibert, yadutangarije yuko uwo munsi uteguwe neza, bakaba biteguye kwakira abashyitsi nyuma yo (...) -
Bahati Alphonse yakoresheje igitaramo cyyavuyemo amafaranga ibihumbi y’u Rwanda 870.000 yo kubaka urusengero
15 July 2013, by Patrick Kanyamibwa, UbwanditsiKuri iki cyumweru tariki ya 14/07/2013, kuva saa munani z’amanwa mu rusengero rwa ADEPR Gisenyi umuhanzi Bahati Alphonse yakoresheje igitaramo cyyavuyemo amafaranga ibihumbi y’u Rwanda 870.000 yo kubaka urwo rusengero, aho yanaboneyeho gushira ahagaragara DVD y’indiirmbo z’igitaramo yakoreye muri ULK Gisenyi ndetse akanerekana ibihembo yahawe kuva muri Kenya bya « Groove Awards ».
Kwinjira muri iki gitaramo bikaba byari ubuntu ariko abantu bakaba baguze DVD za Bahati Alphonse amafaranga yose (...) -
Bahati yateguye igitaramo cyo gushyigikira “Agaciro Development Fund”
16 September 2012, by Patrick KanyamibwaUmuhanzi Bahati Alphonse uzwi mu ndirimbo z’Imana nka Shimwamana yateguye igitaramo kigamije gushyigikira ikigega “Agaciro Development Fund” gifite insanganyamatsiko igira iti “niba amahanga ahagaritse inkunga yageneraga u Rwanda, twebwe nk’Abanyarwanda twakora iki?”
Ubwo twaganiraga, Bahati yavuze ko igitaramo cya mbere kizaba tariki ya 23 Ukuboza 2012 muri Stade Amahoro i Remera (Petit Stade) aho azaba ari kumwe n’abahanzi batandukanye. Ikindi gitaramo bishobotse cyazabera muri Kigali Serena (...) -
Mbere yo guhindurirwa amateka Yabyaye abana bamunanira kubarera ajya kubaragiza.
6 June 2012, by UbwanditsiUyu rero nta wundi ni Bwana HABIYAREMYE Eugene akaba ar’ umuhungu wa MUNYAWERA Yohani na CYITEGETSE Veronika, iwabu ni i MBARE mu Murenge wa SHYOGWE, Akarere ka Muhanga.akaba yaragize icyifuso cyo gutanga ubuhamya bw’ibyabaye mu buzima bwe, ngo twese twiyumvire cyane uko Yesu ari Umwami mwiza, ngo nawe utaramwakira umwakire wumve ibyiza wacitswe maze ufate icyemezo cyiza umwemerere uyu munzi yinjire ature muri wowe.
UKO YAVUTSE AGAHABWA AMAZINA AFITE UBU
Reka twumve uko atangira abivuga (...)
0 | ... | 1760 | 1770 | 1780 | 1790 | 1800 | 1810 | 1820 | 1830 | 1840 | 1850