Umuhanzi Bahati Alphonse uzwi mu ndirimbo z’Imana nka Shimwamana yateguye igitaramo kigamije gushyigikira ikigega “Agaciro Development Fund” gifite insanganyamatsiko igira iti “niba amahanga ahagaritse inkunga yageneraga u Rwanda, twebwe nk’Abanyarwanda twakora iki?”
Ubwo twaganiraga, Bahati yavuze ko igitaramo cya mbere kizaba tariki ya 23 Ukuboza 2012 muri Stade Amahoro i Remera (Petit Stade) aho azaba ari kumwe n’abahanzi batandukanye. Ikindi gitaramo bishobotse cyazabera muri Kigali Serena (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Bahati yateguye igitaramo cyo gushyigikira “Agaciro Development Fund”
16 September 2012, by Patrick Kanyamibwa -
Nta wamenye Imana ukwiye kwitotombera ubutayu anyuzwamo.
23 March 2014, by Claudine KAGAMBIRWAUbusanzwe ubutayu ni ahantu humye cyane hataba amazi, nta byatsi wahabona, hahora umuyaga, ndetse harashyuha cyane. Muri aka gace k’ubutayu kuhaba ntibyoroshye, niyo mpamvu usanga hadatuwe, iyo bibaye ngombwa ko umuntu anyura mu butayu, bimubasaba kwizigamira amazi menshi, kuko mu nzira aba atizeye ko azayabona, byumvikane ko ababutuyemo bo ari ikibazo gikomeye, ndetse umuntu uhageze bwa mbere atitonze ashobora kubugwamo, ubu butayu rero mu buryo bw’umwuka bugereranwa n’ubuzima bugoye umuntu (...)
-
Mbere yo guhindurirwa amateka Yabyaye abana bamunanira kubarera ajya kubaragiza.
6 June 2012, by UbwanditsiUyu rero nta wundi ni Bwana HABIYAREMYE Eugene akaba ar’ umuhungu wa MUNYAWERA Yohani na CYITEGETSE Veronika, iwabu ni i MBARE mu Murenge wa SHYOGWE, Akarere ka Muhanga.akaba yaragize icyifuso cyo gutanga ubuhamya bw’ibyabaye mu buzima bwe, ngo twese twiyumvire cyane uko Yesu ari Umwami mwiza, ngo nawe utaramwakira umwakire wumve ibyiza wacitswe maze ufate icyemezo cyiza umwemerere uyu munzi yinjire ature muri wowe.
UKO YAVUTSE AGAHABWA AMAZINA AFITE UBU
Reka twumve uko atangira abivuga (...) -
Korali Galeedi yo mu itorero rya ADEPR- Nyakabanda, yakoze igiterane cyo gushima Imana.
3 April 2014, by Ernest RutagungiraMu mpera z’iki cyumweru dusoje tariki ya 29 na 30 Werurwe 2014, Korali Galeedi yo mu itorero rya ADEPR Paruwasi ya kicukiro ku mudugudu wa Nyakabanda, yakoze igiterane cyo gushima Imana ku mirimo itangaje yabakoreye mu gihe kingana n’imyaka 17 bamaze batangiye umurimo w’Imana.
Iki giterane korali Galeedi yagiteguye ku bufatanye n’umudugudu wa ADEPR Nyakabanda ikoreraho umurimo w’Imana, ikaba ishima Imana ko muri iyi myaka imaze ikora uyu murimo, Imana yabarinze muri byinshi, dore ko itangira (...) -
Abapasiteri benshi bafata amasaha 10-18 bategura ibyo bazigisha
1 July 2013, by UbwanditsiAmatora yabereye ku rubuga rwa Twitter yateguwe n’Umuyobozi w’umuryango LifeWay Thom Rainer bwagaragaje ko abapasiteri bamara umwanya munini bategura ibyo bazigisha.
Amatora yabereye ku rubuga rwa Twitter yateguwe n’Umuyobozi w’umuryango LifeWay Thom Rainer bwagaragaje ko abapasiteri bamara umwanya munini bategura ibyo bazigisha, kandi benshi muri bo bamara amasaha abarirwa hagati y’10–18 bategura. Rainer yemeza ko ibyavuye mu matora bitashingirwaho nk’ukuri guhamye, ariko ni ingenzi ndetse (...) -
Alarme Ministries izamurika alubumu yayo y’amashusho tariki 23/12/2012 kuri CLA
13 December 2012, by Patrick KanyamibwaNkuko twbaitangarijwe na Egide umwe mu bayobozi ba Alarme Ministries uri mubari gutegura iki gitaramo, ku cyumweru tariki ya 23/12/2012 nibwo Alarme Ministries izamurika alubumu yabo y’amashusho ya live concert bakoze umwaka ushize, uyu munsi kandi kuva saa kumi akaba ari nabwo bazatangira gufata andi mashusho igikorwa kizazira rimwe no kumurika iyo alubumu bakora icyo bita live recording mu magambo y’icyongeraza (Gufata amajwi n’amashusho y’ibintu biba ako kanya).
Patient Bizimana na Liliane (...) -
Umubano w’umwihariko umukristu agirana n’Imana umumarira iki?
26 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaMuri rusange hari ibintu bitandukanye byatumye hari abatubanjirije babaye intwari, kandi ubutwari bwabo butubera inyigisho zitwereka ko bishoboka. Muri nyinshi mu ngingo, uyu munsi turahera ku ngingo imwe mu byaranze abatubanjirije byatumye baba intwari ariyo “kugirana umubano wihariye n’Imana”.
"Nunyura mu mazi nzaba ndi kumwe nawe, nuca mu migezi ntizagutembana nunyura mu muriro ntuzashya, kandi ibirimi byawo ntibizagufata…" (Yesaya 43,2-4). Mu buzima busanzwe, umuntu ajya agira inshuti (...) -
Ndanyuzwe Albert aramurika alubumu ye ya mbere ku cyumweru tariki ya 12/08/2012.
1 August 2012, by Patrick KanyamibwaNkuko twabitangarijwe na Cornel Ibenga uyoboye komite iri gutegura icyi gitaramo, umuhanzi Ndanyuzwe Albert aramurikira abakunzi be alubumu ye ya mbere yise twagiranye igihango, ku cyumweu tariki ya 12/08/2012, muri Salle ya Centre Pastoral St Paul mu mugi hafi y’ikiriziya cya St Famille, kuva saa munani z’amanwa.
Uyu muhanzi akaba umwe mubahanzi bake ba gospel bafite aba Manager nawe yadutangarije ko imyiteguro igenda neza, ubu akaba yaratangiye imyitozo y’indirimbo ze zizacurangwa ku buryo (...) -
Korali Hoziyana ibikiye byinshi abakunzi bayo kuri iki cyumweru tariki ya 17/2/2013 muri Launch ya album ya 10
11 February 2013, by Peter Ntigurirwa/isange.comMu ishusho y’umunaniro mwinshi, Korali Hoziyana kuri uyu wa 10/2/2013 ahagana ku isaha ya saa kumi kugeza i saa moya z’ijoro, nibwo yari isoje imyitozo ikarishye yari imazemo amezi asaga abiri mu myiteguro yo gushyira ahagaragara album yayo ya 10 yise IMANA IRAKUZI, iteganijwe kuzaba kuba kuri iki cyumweru tariki ya 17/2/2013 ku itorero rya CLA Nyarutarama.
Abaririmbyi basaga 70, nibo babashije kugaragara muri iyi myitozo uvanyemo umwe waje kugira ikibazo akajyanwa kwa muganga atayirangije. (...) -
Imana yacu si Baali, si Ashela, si Dagoni, iri hejuru ya byose
4 September 2015, by Alice Rugerindinda« Maze abantu bose babibonye bikubita hasi bubamye baravuga bati « Uwiteka niwe Mana, Uwiteka niwe Mana » I aAbami 10 : 39
Haleluya Uwiteka niwe Mana naho ibindi byitwa ibigirwamana ! natekereje izi nkuru za Eliya. Ngo cyari igihe abantu baheze mu rungabangabo, batazi Imana iyo ariyo. Muri iyi mirongo baragaragaza ukuntu binginze ikigirwamana Baali ariko kuko atari Imana kitagira amatwi , kitagira amaso, wapi biba iby’ibusa, ariko Eliya ngo ahamagaye Imana, iza yiruka yerekana ko ari Imana (...)
0 | ... | 1760 | 1770 | 1780 | 1790 | 1800 | 1810 | 1820 | 1830 | 1840 | 1850