Umuhanzi Rugema Emmanuel ubarizwa mu itorero rya ADEPR Muhima mu rugendo rw’ubuhanzi yatangiye kuva cyera dore ko amaze kugeza imizingo ibiri y’indirimbo ze z’amajwi,ubu noneho agiye gushyira hanze indirimbo ze z’amashusho mu gitaramo yateguye kur’iki cyumweru taliki ya 16 Gashtantare 2014 kuva isaa munani z’umugoroba kuri ADEPR Muhima.
Nk’uko Rugema Emmanuel yabidutangarije iki gitaramo cye ubwo azaba amurika Album ya mbere y’amashusho yitwa UZAHORA URI IMANA avuga ko azataramana na (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Umuhanzi Rugema Emmanuel agiye gushyira hanze Album ya mbere y’amashusho”UZAHORA URI IMANA”
12 February 2014, by Ubwanditsi -
Patient Bizimana na Gahongayire Aline berekeje Kampala kuri uyu wa gatatu
29 November 2012, by Patrick KanyamibwaUmuhanzi Patient Bizimana wamenyekanye cyane ku indirimbo « Menye neza » hamwe na Gahongayire Aline ku munsi wejo tariki ya 28/11/2012 mu masaha y’umugoroba nibwo berekeje Kampala Uganda aho batumiwe na East Africa Gospel mu kuririmba mu bitaramo bitandukanye ndetse n’amahugurwa azabera muri cyo gihugu.
Nkuko Patient yabidutangarije mbere gato yuko ahaguruka, ngo bazamarayo iminsi ine kuko bazagaruka i Kigali ku cyumweru, bakaba baratumiwe muri ibi bikorwa bitandukanye biba ari ngarukamwaka, (...) -
Kuki abapasiteri batinya kubwiriza ku bwami bwo mu ijuru?
8 July 2013, by Simeon NgezahayoAbanyeshuri n’abanditsi bavuga ko itorero ridakunze kwigisha abantu iby’ijuru, bakibaza impamvu.
N’ubwo hariho ibitabo byinshi bivuga iby’urupfu nka Proof of Heaven cyihariye ibyumweru bigera kuri 27 ari icya mbere ku rutonde rwakozwe n’ikinyamakuru The New York Times, na 90 Minutes in Heaven cyagurishijweho ibigera kuri miliyoni 5, abanyeshuri na bamwe mu bapasiteri batangarije urubuga CNN Belief Blog ko amatorero adakunze kwigisha ku ijuru. Bamwe bavuze ko ijuru ritakivugwa mu mahugurwa, ubu (...) -
Abayobozi b’itorero Anglican baratangaza ko bababajwe n’ibitero byahitanye Abakristo bagera kuri 80 muri Pakistan, bigakomeretsa abasaga 200
23 September 2013, by Simeon NgezahayoAbayobozi b’itorero Anglican bo mu bice bitandukanye by’isi bagaragaje agahinda batewe n’ibitero byagabwe ku itorero rya Pakistan, aho ibisasu byahitanye abagera kuri 80 naho abasaga 200 bagakomereka kuri iki cyumweru. Ibihugu biri ku isonga mu kwamagana aya mahano ni Amerika n’Ubwongereza. Archbishop w’intara ya Canterbury Justin Welby, uyoboye itorero Anglican rigizwe n’abagera kuri miliyoni 77 yatanze ubutumwa kuri twitter burimo akababaro yatewe n’ayo mahano yibasiye Abakristo bo mu (...)
-
Niyo gusa ibasha guhindura umubabaro wawe mo ishimwe
8 April 2016, by Ernest RutagungiraUmunsi Elukana yatambaga ibitambo, yendaga imigabane akayiha umugore we Penina, n’abahungu be n’abakobwa be, ariko Hana yamuhaga ibiri kuko yamukundaga, ariko rero Uwiteka yari yamuzibye inda ibyara. Kandi mukeba we yajyaga amubabaza cyane akamutera agahinda, kuko Uwiteka yari yamuzibye inda ibyara……… Bukeye bazinduka kare mu gitondo bajya imbere y’Uwiteka barasenga, barangije basubira iwabo basohora mu rugo rwabo i Rama. Maze Elukana aryamana n’umugore we Hana, Uwiteka aramwibuka. Igihe gisohoye (...)
-
Itorero "The Richmond Outreach Center (ROC)" ryahagaritse Abapasiteri baryo 4 bakurikiranyweho ibyaha byo gufata Abakristo ku ngufu
17 June 2013, by Simeon NgezahayoItorero “The Richmond Outreach Center (ROC)” ryo muri Leta ya Virginia ryemeye icyemezo Abapasiteri 4 bafashe cyo kwegura mu mirimo yabo. Muri bo harimo Pasiteri washinze iri torero, na bagenzi be batatu. Mu bindi aba bapasiteri baregwa harimo guhakana ibyaha byabahamye mu minsi yashize.
Nyuma y’inama yagutse yakozwe mu cyumweru gishize, ubuyobozi bw’itorero bwatangaje ibikurikira: “dushingiye ku cyemezo cyumvikanyweho n’ubuyobozi… twemeje ko Pastor Geronimo Aguilar, Pastor Jason Helmlinger, (...) -
Dore icyatumye Dominic Nic atitabira igiterane cyo gushima Imana i Rubavu
28 February 2013, by UbwanditsiUmuhanzi Dominic Nic umenyerewe nk’umuvugabutumwa mu ndirimbo zihimbaza Imana, yasohoye inyandiko isobanura impamvu atagaragaye mu gitaramo cyo gushima Imana giherutse gutegurwa kuwa 24 Gashyantare n’umuhanzi w’i Rubavu witwa Frère Manu.
Nyuma y’uko Diminic atagaragayemo, ngo hari amajwi menshi yamugezeho amunenga kuko yagaragaraga ku mpapuro zikangurira abantu kuza mu gitaramo (Affiche) ariko ntakibonekemo, yahisemo kugaragaza ukuri kwe kwatumye ataza gutaramira ab’iwabo ku ivuko.
Uko (...) -
Ibyo twakora kugira ngo turinde umuriro wa Pentekote utazima|Ev. Adda Darlene
29 July 2015, by UbwanditsiYesu ajya gusubira mu ijuru yasezeranije kutadusiga nk’imfubyi ahubwo ko azohereza umufasha, uzagumana natwe. Uyu mwuka wera turamukeneye kuko dufite intambara ikomeye mu isi turwana. Mu by’ukuri dukeneye umuriro w’Umwuka wera kandi tukawurinda kugira ngo utazima. Hari rero ibintu twakora kugira ngo tubashe kuwurinda.
1. Kwambara umwambaro wera
Bidushushanyiriza kubaho ubuzima bwera tutaba mu byaha tugahora twejejwe.
2. Kuguma ku gicaniro
Umutambyi iyo yageraga ku gicaniro yagumaga aho (...) -
Tumenye itandukaniro ry’Imana yo kwizerwa n’ibigirwamana. Ernest RUTAGUNGIRA
13 January 2014, by Ernest RutagungiraUko iminsi ishira indi ikaza, niko inyigisho z’iyobokamana zirushaho kwamamazwa, gusa inyigisho z’ihakanamana nazo ntizihagarara ndetse nazo zigenda gucengezwa mu bantu, kuko buri wese ahitamo bitewe n’uko abishatse cyangwa abyumva, gusa kuko buri wese yigisha abayoboke be, ababwira ko bakwiye kwizera Imana ye y’ukuri, bikunze kugora bamwe gutandukamya Imana y’ukuri n’itari imana y’ukuri, kuko mu mvugo zose zitwa Imana /imana.
Ibyanditswe byera byose byahumetswe n’Imana, kandi bigira umumaro wo (...) -
Wirinde kwiheba kuko Imana igutegurira ibyiza!
30 November 2015, by Ernest RutagungiraNtimureba ibiguruka mu kirere : Ntibiba ntibisarura , ntibihunika mu kigega, kandi so wo mu ijuru arabigaburira nabyo .Mwese ntimubiruta cyane ? Ni inde wo muri mwe wiganyira wabasha kwiyunguraho umukono n’umwe ?,,,,Ariko Imana ubwo yambika ubwatsi bwo mu gasozi ityo buriho none ejo bakabujugunya mu muriro , ntizarushaho kubambika mwa bafite kwizera guke mwe ? ( Matayo 7 :26-30 ) Aya ni amagambo Yesu Kristo yabwiye abigishwa be abibutsa imbaraga z’Imana Data wa twese, anabumvisha kandi ko (...)
0 | ... | 1760 | 1770 | 1780 | 1790 | 1800 | 1810 | 1820 | 1830 | 1840 | 1850