Nzakomeza gutanga ubuhamya bwanjye kugira ngo nkomeze ababana n’ubumuga bwo kutumva [abarwaye indwara ya tinnitus]. Namaze imyaka isaga 3 ugutwi kwanjye kw’ibumoso kutumva. Ndi Umukristo wavutse ubwa kabiri. Nakomeje kwibaza igituma uburwayi bwanjye burushaho gufata indi ntera, simbashe gusinzira niziguye, umutwe wanjye nkawinjiza mu musego maze nkasenga Imana nyisaba kunkiza.
Nagerageje ibyatsi byose n’amavitamine bambwiraga ko bishobora kunkiza, ntegeka uburwayi bwanjye kumvaho mu izina rya (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Ubuhamya bwa Trudy: Yesu yankijije ubumuga bwo kutumva [Tinnitus]
2 June 2013, by Simeon Ngezahayo -
Abavuga bati “Aragapfa!” - Sharmion
17 May 2013, by Simeon NgezahayoNarababaye ubwo numvaga radio, umunyamakuru akavuga uburyo abantu ibihumbi bafashe icyemezo cyo kwishimira urupfu rw’uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Margaret Thatcher. Niba nibuka neza, hashize imyaka nka 50 abayobozi b’ibihugu byinshi bishimiye n’urupfu rwa John Kennedy wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.
Ibyo bintera ubwoba iyo mbonye abantu bitwara batya. Hari umurongo umwe wo muri Bibiliya nibutse ubwo natekerezaga ibyo, uvuga uti ’...uwishimira ibyago bya mugenzi (...) -
Wari uzi ko umuntu afitanye isano n’Umuremyi we? (Igice cya 2)
30 August 2013, by Simeon NgezahayoMu gice cya mbere twasesenguye neza isano riri hagati y’umuntu n’Imana harebwa uburyo Imana yaremye umuntu mu ishusho yayo, uko icyaha cyaje kigatandukanya umuntu nayo n’ukuntu Imana yatanze umwana kugirango uzamwizera wese agarukane ishusho yamuremanye kandi bimuheshe n’ubushobozi bwo guhabwa ubugingo buhoraho, azabeho iteka ryose nk’uko na Yo ibaho iteka ryose.
Dufatanye gusoma ijambo ry’Imana mu bice bikurikira:
Itangiriro 1:26-27; Yohana 2:23-24
Nk’uko tubisoma mu gitabo cy’Itangiriro, (...) -
Kingdom of Ministries na True promises bagiye guhurira mu giterane cy’ivugabutumwa.
16 April 2016, by NicodemIki gitaramo giteganijwe kuri iki cyumweru tariki ya 17 Mata 2015, kikazabera ku rusengero rwitwa Bethami I Masaka ho mu mujyi wa Kigali kuva saa munani z’amanywa kugeza saa moya z’umugoroba.Iki giterane cyateguwe na Kingdom of God mu rwego rwo guherekeza abanyeshuri bazaba bagiye kwerekeza ku mashuri bavuye mu biruhuko.
Mu kiganiro ubuyobozi bwa Kingdom of God ministries bwahaye Agakiza.org,bwasobanuye ko iki giterane kigamije ivugabutumwa ariko kandi kikazaba kigamije guha impamba (...) -
Incamake y’ibyaranze Gospel mu Rwanda muri 2013
2 January 2014, by Simeon NgezahayoUko umwaka utangiye, kubakunda gusubiza amaso inyuma bakamenya uko byagenze, tubakorera ikusanyamakuru hamwe n’ibikorwa mu ncamake. Nk’uko byagaragaye, mu ntangiriro z’uwa 2013 nta bikorwa byinshi bya gospel byagaragayemo, ariko mu isozwa ryawo hagaragaye ibikorwa bitari bike kandi bikurikirana kugeza ku munsi wa nyuma usoza uyu mwaka.
Reka turebere mu ncamake bimwe mu bikorwa bya gospel byaranze uyu mwaka dushoje wa 2013: Uyu mwaka ku, bijyanye n’
1. Abahanzi: Abahanzi batandukanye yaba (...) -
Ibiranga umuntu usaba
12 October 2015, by Innocent KubwimanaHariho umucamanza mu mudugudu umwe, utubaha Imana ntiyite ku bantu. Muri uwo mudugudu harimo umupfakazi, aramusanga aramubwira ati ‘Ndengera ku mwanzi wanjye.’ Amara iminsi atemera, ariko aho ageze aribwira ati ‘Nubwo ntubaha Imana kandi sinite ku bantu, ariko kuko uyu mupfakazi anduhije ndamurengera, ngo adahora aza iminsi yose akandushya.’ ” Luka 18:2-5
Muri iyi nyigisho tugiye kugaruka ku ijambo risanzwe rimenyerewe kandi rikoreshwa kenshi mu buzima bwa buri munsi ari ryo ‘’Gusaba’’. Iki ni (...) -
Ni mugabane ki wo mu isi ukwiye kudutandukanya na Krisito
12 July 2016, by Ernest RutagungiraNdabasuhuje mu izina rya yesu, amahoro y’Imana abe muri mwe. Nk’uko dusanzwe dusangira ijambo ry’Imana, uyu munsi turarebera hamwe icyo Bibiliya ivuga kuri iyi nsanganya matsiko igira iti “Ni mugabane ki wo mu isi ukwiye kudutandukanya na Krisito? muvandimwe ndakwifuriza ko wagirira umugisha muri iri jambo ry’Imana, kandi ukarushaho kubakwa naryo.
Umunsi umwe yigisha abigishwa be, Yesu yasubije umwe mu batunzi bari bamubajije icyo yakora ngo aragwe ubugingo buhoraho, ati “Erega biraruhije ko (...) -
ADEPR Nyarugenge mu gitaramo cyo kurwanya ibiyobyabwenge ku Gitega
1 July 2013, by Simeon NgezahayoNyuma y’igitaramo cyabereye ku Muhima ahazwi ku izina rya de bandi (soma do bandi), itorero rya ADEPR Nyarugenge n’ubuyobozi bw’akareree ka Nyarugenge bakomeje urugamba rwo kurwanya ibiyobyabwenge babinyujije mu bitaramo by’ivugabutumwa.
Kuri iki cyumweru tariki ya 30/06/2013 ni bwo igitaramo cya kabiri cyabereye kuri Ecole Primaire Gitega gifite intego igira iti “Ni iki gituma mutanga ifeza mukagura ibitari ibyo kurya nyakuri? Ni iki gituma mukorera ibidahaza? Mugire umwete wo kunyumvira, (...) -
Itorero rya ADEPR Butare ryafunguye umudugudu bise ‘Rehoboth’, 4 bakira Kristo!
4 November 2013, by Simeon NgezahayoKuri uyu wa 02/11/2013, Itorero rya ADEPR Paruwasi ya Butare ryafunguye umudugudu mushya witwa Rehoboth.
Umuhango wo gufungura uyu mudugudu mushya wari uyobowe na Rev. Pasteur Ruganza Emmanuel, witabirwa n’abayobozi batandukanye bo muri Paroisse ya Butare barimo Pasteur Segatarama Faustin na Pasteur Mulisa Augustin. Hari amakorali nka Korali Bumbogo, Wisigara, Voix de la Paix, En-hakkore, Abategereje Yesu na korali ikorera umurimo w’Imana kuri uyu mudugudu.
Uyu mudugudu utangiranye (...) -
Umuhanzi Ndatimana Olivier ahishiye byinshi abakunzi be!
17 June 2013, by UbwanditsiNdi umuhanzi mfite umugore n’abana babiri b’impanga, navutse ubwakabiri ndakijijwe, ubuhanzi bwanjye nabutangiye ahagana mumpera z’umwaka wa bibiri na cumi, indirimbo imwe muzo nasohoye icyo gihe izwi ni indirimbo yitwa URUGENDO, yanakunzwe n’abantu batari bake, indi ndirimbo nakoze muricyo gihe n’indirimbo yitwa YESU YARATWISHYURIYE iyi yo ikaba ifite amajwi n’amashusho n’izindi nke zitamenyekanye cyane, nyuma yicyo gihe ntabwo gukomeza gukora uyu murimo byanyoroheye nari ngihanganye n’ubuzima (...)
0 | ... | 1760 | 1770 | 1780 | 1790 | 1800 | 1810 | 1820 | 1830 | 1840 | 1850