Ku bufatanye bw’Itorero ’Zion Temple Celebration Centre’ na ’Global Revival Ministries’, hateguwe igiterane cy’iminsi itatu cy’insanganyamatsiko igira iti : “Guhagurutsa Urubyaro rw’Intumwa", kizigishirizwamo n’abavugabutumwa bakomeye.
Mu itorero Zion Temple ry’Intumwa Gitwaza Paul, hagiye kubera igiterane kizitabirwa na Apostle Sino Agueze uzaturuka muri Leta zunze ubumwe za Amerika, na Pasiteri Robert Ampiah-Kwofie wo muri Ghana, aho kizaba kigamije guhagarutsa Itorero mu ijambo ry’Imana guhera (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Gitwaza, Agueze na Ampiah bagiye gusengera itorero mu minsi itatu
7 May 2013, by Ubwanditsi -
Umuvugizi w’ Itorero ry’ADEPR yasabye imbabazi mu izina ry’Abashumba bitwaye nabi muri Jenoside yakorewe abatutsi 1994
25 April 2016, by Pastor Desire HabyarimanaMu izina ry’itorero rya Pantekoti ryo mu Rwanda ADEPR n’abashumba by’umwihariko, Umuvugizi waryo Rev Past Sibomana Jean yasabye imbabazi kuba bagenzi be bataritwaye neza bakijandika muri Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda muw’1994. Ibi Rev Past Sibomana yabitangarije mu muhango wo kwibuka wateguwe na Paruwasi ya ADEPR-Nyarugenge,mu mujyi wa Kigali, wabaye kuri uyu wa gatandatu tariki 23 Mata 2016, umuhango wabimburiwe n’ijoro ryo kwibuka ryabaye ku wa gatanu ubanziriza uyu muhango.
Nk’uko (...) -
ijambo ry’Imana ribuza kwiganyira
8 February 2016, by Pastor Desire HabyarimanaKwiganyira ni ikintu kiba muri kamere ya muntu, bitewe ahanini nuko umuntu ahorana kwifuza muri we. Ariko ijambo ry’Imana ritubuza kwiganyira.
Ntimukiganyire ngo mutekereze ubugingo muti : « Tuzarya iki ? », cyangwa muti : « Tuzanywa iki ? », ntimwiganyire ngo mutekereze iby’umubiri wanyu ngo tuzambara iki ? Mbese ubugingo ntiburuta ibyo kurya, umubiri nturuta imyambaro ? Ni murebe ibiguruka mu kirere ntibibiba, ntibisarura, ntibihunika, ntibihunika mu bigega, kandi So wo mu ijuru arabigaburira (...) -
Mu giterane kiri kubera ku Muhima abarenga 40 bamaze kwakira Yesu Kristo bwa 1 kuri uyu mugoroba
14 June 2013, by UbwanditsiIgiterane kuri ADEPR Muhima kigeze ku munsi wa kabiri, nkuko twabasezeranije ko turi bubakurikiranire iki giterane gifite intego igira iti Nimuze twubake Nehemiya 2:17 Ubu ngubu itsinda riyobora kuramya no guhimbaza muri uru rusengero rw’ ADEPR Muhima rirangije kuririmba ngo Mwami utuvubire imvura (Indirimbo 32 Gushimisha) Hakaba hakurikiyeho Korare Abihanganye nayo ikorera umurimo w’ Imana muri iri torero rya Muhima. Aha Alexis Dusabe ari kuririmba indirimbo ikunzwe cyane Njyana i (...)
-
Ikiganiro Be Blessed gitambuka kuri televiziyo y’ u Rwanda ni impinduka muri gospel
13 January 2014, by Simeon NgezahayoKu cyumweru kuva saa yine kugeza saa tanu z’ ijoro kuri televiziyo Rwanda hatambuka ikiganiro “Be Blessed” benshi bemeza ko iki kiganiro ari impinduka muri gospel yo mu Rwanda.
Iki kiganiro ni cyo gifite umwanya uhagije mu gutambutsa indirimbo zaririmbiwe Imana kuri televiziyo Rwanda, hakumvikana n’ ubutumwa bw’ abashumba b’ amatorero anyuranye ya hano mu Rwanda.
Bamwe mu bahanzi ba gospel baganiriye na rwandagospel.com batangaje ko iyo babona indirimbo zabo zitambuka ku mwinshi muri iki (...) -
Serge Iyamuremye aramurika alubumu ye ya mbere kuri uyu wa gatanu 24/08/2012
22 August 2012, by Patrick KanyamibwaKuri uyu wa gatanu tariki ya 24/08/2012, kuva saa kumi n’imwe z’umugoroba(17h00’/5pm), mu rusengero rwa Omega Church mu mugi wa Kigali hejuru mu nyubako ya Rubangura, niho umuhanzi Serge Iyamuremye aramukira aubumu ye ya mbere yise “Ntamvura idahita” Nkuko yabidutangarije ubwo twamusangaga mu myitozo n’abacuranzi n’abarririmbyi, Serge yadutangarije ko uriya munsi azaba ari kumwe na bandi bahanzi bazaza kumushigikira harimo Cpt Simon Kabera, Gaby Irene Kamanzi, Alcene Manzi, The Blessing n’abandi (...)
-
AMARANGAMUTIMA Y’UWAMBAJE MARIE GRACE (a.k.a. GAGA GRACE) NYUMA Y’IGITARAMO YAKOZE!
3 March 2014, by Simeon NgezahayoUmuhanzikazi uririmba indirimbo zihimbaza Imana UWAMBAE MARIE GRACE (a.k.a. GAGA GRACE) arashimira Uwiteka bikomeye ku bw’uko igitaramo cye cyagenze neza ku buryo atatekerezaga. Iki gitaramo cyabaye kuri iki cyumweru taliki ya 02/03/2014 kuri GLORY TO GOD TEMPLE, Kicukiro-Centre.
Muri iki gitaramo yateguye ku bufatanye n’itsinda risanzwe rikora ibitaramo ari ryo URUGERO MEDIA GROUP, cyabaye kuri icyi cyumweru dusoje taliki ya 02/03/2014 kuri GLORY TO GOD TEMPLE, Kicukiro-Centre.
Uyu (...) -
Laos : Umuryango uri gutotezwa kubwo gukizwa.
20 February 2013, by Isabelle GahongayireLaos : Umuryango wahungaga itotezwa -
Muri Laos, umuntu wahoze ari umu bouddhiste nyuma aza kuba umukristo, byabaye ngombwa ko ahunga n’umuryango we kubera gutotezwa.
Hari haciye ibyumweru bibiri Kapono n’umuryango we bihanye ; tariki ya 6/1/2013, ubwo Kapono yavaga ku rusengero ruri mu wundi mudugudu, abaturanyi babo bafatanije na babyara babo nibwo batangiye kubatoteza : Babambura inka zabo, hanyuma barabirukana.
Nyuma y’imisi itatu, bakomeje gutotezwa, barahunze bava mu mudugudu (...) -
Abapasiteri b’Abirabura ntibavuga rumwe na Obama ku burenganzira bw’ababana bahuje ibitsina
10 July 2012, by UbwanditsiAbapasiteri b’Abirabura bo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, bandikiye Perezida Barack Obama bamusaba ko bahura bakaganira ku cyemezo aherutse gufata cyo kwemerera abahuje ibitsina kubana mu buryo bwemewe n’amategeko, abatera utwatsi.
Nkuko urubuga rwitwa spiegel.de rubitangaza, aba ba Pasiteri bakomeje gutangaza ko icyemezo Perezida wabo yafashe kinyuranyije na Bibiriya, bavuga ko ahubutse.
Umushumba Otis Moss III uyobora itorero United Church of Christ, ari naryo Obama yasengeragamo mbere, (...) -
Benny Hinn yasubitse urugendo rwe rw’ivugabutumwa mu gihugu cy’Ubuhinde kubera imyigaragambyo y’Abahindu
16 January 2014, by Simeon NgezahayoEvangelist Benny Hinn yasubitse urugendo rwe rw’ivugabutumwa rwari ruteganijwe mu mujyi wa Bangalore kuva ku wa 15-17 Mutarama 2014. Nyuma y’aho bimenyekaniye ko Benny Hinn usanzwe azwi cyane mu biterane mpuzamahanga by’ibitangaza aho akiza indwara zikomeye yitegura kwerekeza mu gihugu cy’Ubuhinde mu giterane cyateguwe n’itorero Bethel Assembly of God Church kuva ku wa 15-17 Mutarama 2014, iki giterane cyarwanyijwe na bamwe mu baturage b’ako karere bavuga uyu muvugabutumwa mpuzamahanga yahishe (...)
0 | ... | 1760 | 1770 | 1780 | 1790 | 1800 | 1810 | 1820 | 1830 | 1840 | 1850