Nitwa Olivier Ndatimana. Mu buzima busanzwe ndi Umukristo, ndubatse mfite umudamu n’abana babiri b’abahungu, nkaba umukozi mu cyahoze cyitwa Kaminuza Nkuru y’u Rwanda (UNR).
Umuryango wa Olivier Ndatimana ugizwe n’impanga z’abahungu na mama wabo
Ndashima Imana, kuko ari inyamaboko kandi ndayishimira ko itajya ibura uko igenza igihe cyose ishaka ko umugambi wayo ugerwaho. Ni muri uru rwego natangiye urugendo rutanyoroheye rwo gutunganya indirimbo zo guhimbaza Imana (Gospel Songs). N’ubwo (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Kugera kuri Vol.1: Intsinzi nkesha Imana yabanye nanjye!
28 November 2013, by Simeon Ngezahayo -
Umuhanzi mushya w’indirimbo zihimbaza Imana Niyigaba Samuel afite gahunda yo guteza imbere urubyiruko
31 May 2013, by UbwanditsiIndirimbo zanjye inyinshi zibanda kuguha urubyiruka ubutumwa bwo guhinduka yewe niyo urebye amazina nzita biba bifitanye isano n’urubyiruko, aya ni amagambo ya Niyigaba Samuel. Yitwa Niyigaba Samuel yavutse ku wa 1 Mutarama 1987, i Burengerazuba mu karere ka Rubavu akaba asengera mu itorero ry’ishyirahamwe ry’amatorero y’ababatisita mu Rwanda rya region ya NYAGAHINIKA.
Umubyeyiwe ni Rev.Past Ndagijimana Hesronwo muri AEBR ubu ukorera imirimo y’ivuga butumwa muri region ya Gikongoro na (...) -
UNCLE AUSTIN (Tosh Austin Luwano) aritegura gusohora album ye y’indirimbo zihimbaza Imana!
17 February 2014, by Simeon NgezahayoTosh Austin Luwano uzwi ku izina rya Uncle Austin, umuhanzi akaba n’umunyamakuru kuri K-FM usanzwe aririmba muzika isanzwe (secular music), ubu noneho ngo aritegura gushyira ahagaragara album ye ya mbere y’indirimbo zihimbaza Imana.
Mu kiganiro yagiranye n’urubuga In 2 Aast Africa ku wa 18 ukwezi gushize, Uncle Austin yagize ati “Uyu mwaka nzasohora album ya gospel, kandi muri iki cyumweru ndasohora indirimbo imwe iri kuri iyo album. Gusa sindetse style yanjye isanzwe, nzabikora byombi.” (...) -
"Turashima Imana yaduteje imbere, tukaba tugiye kumurika album yacu" Chorale La Lumiere
10 October 2013, by Simeon NgezahayoChorale la Lumière yatangijwe n’abanyeshuli b’Abapantekote bigaga mu kigo cya CGFK, kiri ku cyicaro cy’itorero ry’incuti (Eglise des Amis) mu Kagarama, itangira gukorera mu mudugudu wa Nyanza mu mpera za 2002 nka chorale y’abanyeshuli b’Abapantekote bo mu kigo cya CGFK.
Umudugudu wa Nyanza wari mushyashya, ufite chorale imwe wagize icyifuzo cy’uko habaho chorale ya kabiri y’umudugudu. Mu kwezi kwa karindwi k’umwaka wa 2003, icyifuzo cy’umudugudu cyashyizwe mu bikorwa, chorale la Lumière itangizwa (...) -
Umuhanzi Uwimana Aime yatangiye gukora indirimbo ashingiye ku bice by’igihugu
10 September 2012, by UbwanditsiUmuhanzi Uwimana Aime uhanga indirimbo zihimbaza Imana, avuga ko yatangiye gucukumbura injyana zitibandwaho n’abandi bahanzi bo mu Rwanda, aho yatangiye gukora indirimbo kuri izo njyana ashingiye ku bice (ahantu) bitandukanye bigize igihugu.
Uyu muhanzi uvuga ko yibanda ku njyana zituje zirimo Slow, Country, Zouk na Salsa, n’ubwo ngo Slow ariyo imukoraho cyane, ntiyibagiwe injyana zo hirya no hino mu Rwanda dore ko yifuza gukora ibishoboka byose ngo azizamure.
Aime ati “Ndimo kugerageza (...) -
Imana izi aho dutaha Liliane
8 December 2015, by Pastor Desire Habyarimana"Aba bantu banteye impuhwe, kuko uyu munsi ari uwa gatatu turi kumwe none bakaba badafite ibyo kurya. Nimbasezerera ngo basubire iwabo biriwe ubusa baragwira isari mu nzira kuko bamwe ari aba kure" Mariko 8 :2-4
Bene data intumwa za Yesu zashatse gusezerera abantu kandi babizi neza ko bashonje bari bamaze iminsi 3 batarya ariko Yesu arabyanga kuko yari azi neza ko batagerayo atabagaburiye.
Bene data irijambo ritwereka ko Yesu aziko atadusezerera dushonje inzara ziratandukanye ariko iyo (...) -
Twakijijwe n’ubuntu ku bwo kwizera
26 May 2013, by UbwanditsiIjambo ry’Imana tugezwaho n’umuvugabutumwa Gato Christophe rivuga ko, Imana yaduhaye ubugingo buhoraho, kandi ubwo bugingo bubonerwa mu Mwana wayo. Ufite uwo Mwana niwe ufite ubwo bugingo, naho udafite Umwana w’Imana nta bugingo afite(1Yohana 5:11-12).Ubwo bugingo twabuhawe ku bw’ubuntu ntacyo dutanze.
Mwakijijwe n’ubuntu ku bwo kwizera ntibyavuye kuri mwe, ahubwo n’impano y’Imana, ntibyavuye no ku mirimo kugira ngo hatagira umuntu wirarira (Abefeso 2 :8-9 )
Kandi uko guhamya ni uku, ni uko (...) -
Ariko mwebweho, abifatanije n’Uwiteka Imana yanyu muracyariho mwese uyu munsi!
8 December 2015, by Alice RugerindindaAriko mwebweho, abifatanije n’Uwiteka Imana yanyu muracyariho mwese uyu munsi! Gutegeka kwa kabiri 4:4
Kwifatanya n’Imana ni ukuba mu itsinda rimwe nayo. Mukemeranwa uko muzagenda, mukemeranwa ku mirongo ngenderwaho, ahasigaye buri wese akarahirira kutazatatira igihango cyangwa kuzabyitwaramo neza. Icyo nzi neza ntashidikanya nuko Imana yacu yo itaguhemukira cyangwa ngo yice gahunda mwagiranye,. Umuntu yakwinanirwa ku giti cye ariko kwifatanya n’Uwiteka ni ibintu bikomeye cyane. Umuririmbyi (...) -
Abakozi b’Imana 10 bakunzwe muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika
18 April 2013, by Simeon NgezahayoMu bushakashatsi buherutse gukorwa ku bakozi b’Imana bo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, inzobere TracyMcClellan ikomoka muri Leta ya Florida yashyize ahagaragara urutonde rw’abantu 10 baza ku mwanya wa mbere. Aha yibanze ku bintu bitandukanye, yibanda ku bakunze kugaragara kuri televiziyo cyangwa se bagiraho ibiganiro bihoraho. Yakoze urutonde rukurikira (uhereye ku mwanya wa 1).
1. Billy Graham
Billy Graham wavutse ku wa 7 Ugushyingo w’1918 ni we washyizwe ku mwanya wa 1. Azwi cyane ku (...) -
Chorale Intumwa za Yesu kuri iki cyumweru iramurika umuzingo bise "ntawe uhwanye nawe"
28 November 2015, by Pastor Desire HabyarimanaKuri iki cyumweru Chorale intumwa za Yesu ikorerera umurimo w’Imana muri E.P.R Remera kicukiro kumuhanda wa amabuye ujya kuri APAPER imbere ya RTUC Sonatube yateguye igitaramo cyo kumurika umuzingo w’indirimbo Audio Vol 1
Twengereye umuyobozi wa Chorale intumwa za yesu Karekezi Jean De Dieu tumubaza amateka yiyi chorale uburyo batangiye kugeza ubu aho mubashije gukora indirimbo Audio Vol 1
Karekezi yadutangarije ko inzira yo kugera kubyo tugezeho yari ndende cyane kuko twatangiye turi (...)
0 | ... | 1610 | 1620 | 1630 | 1640 | 1650 | 1660 | 1670 | 1680 | 1690 | ... | 1850