Mu gihe bakomeje kwibikaho abakunzi benshi bo mu gihugu cy’abaturanyi cya Burundi, tutirengagije ko no mu Rwanda ariko bimeze, Umuhanzi Nsengiyumva Jean bakunze kwita Jean Torero hamwe n’umujyanama we akaba n’umuvugabutumwa w’ubushake Bwana Ndereyimana Andrea bombi batumiwe kuvuga ubutumwa aho i Burundi mu mpera z’iki cyumweru.
Nk’uko twabitangarijwe n’umuvugabutumwa Andrea akaba n’incuti ya Torero ngo urugendo rwabo ruzamara iminsi 4, aho itsinda rimwe ririmo na Terero rihaguruka kuri uyu wa kane (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Umuhanzi Jean Torero n’Umuvugabutumwa Andrea mu ivigabutumwa mu gihugu cy’u Burundi
26 September 2013, by Simeon Ngezahayo -
Ujye uba ikitegererezo cy’abizera.
29 July 2015, by Pastor Desire HabyarimanaIyo usomye Bibiliya mu rwandiko Pawulo yandikiye Timoteyo 4:12, Yabwiraga Timoteyo ibikwiriye imyitwarire y’umukristo nyawe.
Aha yaramwihanangirizaga amubwira ati “Ntihakagire uhinyura ubusore bwawe ahubwo ube icyitegererezo cy’abizera kubyo uvuga, no kungeso zawe no k’urukundo, no kwizera no kumutima uboneye” yakomeje amusaba kandi kugira umwete wo gusoma no kwigisha ndetse no guhugura.
Ikindi yamwihanangirije kugira ngo yirinde we ubwe ndetse no kubw’inyigisho yigisha kugirango abashe (...) -
President BALAKA OBAMA arashyize avuye kw’izima
6 September 2012, by UbwanditsiNyuma y’igihe kirekire President Obama yaranze kuva kw’izima ku birebana no kuba ashyigikiye ababana bahuje ibitsina ,Hashije iminsi mike Obama atangaje ko atakibashyigikiye ,ibi bikaba byateye Abapastori b’Abirabura babarizwa muri Amerika gukora inama y’ikubagahu igamije kurebera hamwe uko bashyigikira Obama,bakanabyumvisha abakristo bayoboye bityo bakazanamutora mur’uku kwezi k’Ugushyingo doreko icyo bamwangiraga ar’uko yarashyigikiye ababana bahuje ibitsina.
Kuba Obama yarashyigikiye ababana (...) -
CEP INATEK yashyizeho komite nshya yo gukora umurimo w’Imana
6 May 2013, by UbwanditsiNk’uko umurimo w’Imana mu mashuri makuru na kaminuza usanzwe ukorerwa muri communaute bita CEP, izo komite zigira manda y’umwaka umwe w’amashuri hagatorwa izindi ku mwihariko wa buri shuri rikuru cyangwa Kaminuza.
Ni muri urwo rwego rero kuri uyu munsi taliki ya 28/04/2013 muri INATEK mu Karere ka NGOMA, Intara y’iburasirazuba habaye umuhango wo gusengera komite nshya izayobora CEP INATEK mu mwaka utaha.
Muri uwo muhango hagaragajwe ubuyobozi bwayoboraga CEP_INATEK mu mwaka ushize ku buryo (...) -
Duharanire kureba Yesu
7 October 2015, by Innocent KubwimanaHariho abagiriki mu baje gusenga mu minsi mikuru, basanga Filipo w’i Betsayida y’i Galilaya, baramwinginga bati ‘’ Mutware turashaka kureba Yesu.’’ Yohana 12:21
Yaba muri iki mu gihe cyashize, ubu ndetse n’ikizaza mu buryo butandukanye, abantu bifuza buri gihe kureba Yesu. Hari abamushaka ngo abakize indwara, abamushaka mu buzima bwabo mu bindi, abakeneye kubohorwa ingoyi zitandukanye, abifuza amahoro yo mu mutima baruhijwe, abakeneye imbabazi ze, abakeneye kugirirwa neza n’Imana mu buzima bwabo (...) -
Chorale Ebenezer yakoze igiterane mu rurembo rwa Kibungo
22 October 2012, by JOST UwaseNk’uko twabibwiwe na Perezida wa Chorale EBENEZER, iyi Chorale ikorera umurimo w’Imana mu Rurembo rwa BUTARE, Paroisse ya CYARWA, Chapelle ya TUMBA ikaba igizwe n’abaririmbyi bahamagariwe gukora Umurimo w’Imana basaga mirongo itanu (50).
Iyi Chorale EBENEZER kugeza ubu yasohoye alubumu (audio) enye, iya mbere yasohotse muri 1997, iya kabili mu 2000, iya gatatu muri 2006 naho iya kane muri 2009, kandi banasohoye Alubumu Visuel imwe muri 2010 yitwa « hari igihe iceceka ».
Umurimo w’Imana muri (...) -
Irinde gucogorera gukorera neza, uzahembwa
21 July 2015, by Innocent KubwimanaGucogora mu isi ni ibisanzwe cyane ko ibyo umuntu ashatse atari byo biba igihe cyose. Iyo umuntu agihamagarwa gukorera Imana aba agifite umuhati mwinshi, ariko kubera ukuntu isi yuzuyemo ibimeze nka do dani (twa tuntu dutuma imodoka zigabanya umuvuduko mu muhanda), ibi bituma umuntu acogora.
Ni kenshi abantu bahura n’imbogamizi zitandukanye zishobora kubabuza kuba muhamagaro wo gukorera Imana neza. Umuririmbyi yaravuze ngo ntiducogore gusenga kugeza ubwo Yesu azaza. Twe turi abagaragu (...) -
Ruhango : Umukobwa w’imyaka 15 yapfiriye mu rusengero ari gusengerwa
31 July 2012, by UbwanditsiPasiteri Francoise Mukamurenzi uyobora urusengero rw’idini rya Redeemed Church ruzwi nka Horeb Church, yatawe muri yombi na Polisi nyuma y’aho umukobwa w’imyaka 15 apfiriye mu rusengero ayobora.
Nk’uko byanditswe na The New Times dukesha iyi nkuru, uyu mukobwa wapfuye yitwaga Ariette Tuyisingize, akomoka mu kagari ka Butare, Umurenge wa Kabacuzi ho mu karere ka Muhanga. Polisi yatangaje ko yavanywe iwabo n’ababyeyi be bavugaga ko yafashwe n’amadayimoni, basaba ko Pasiteri yamukiza.
Ubwo uyu (...) -
Mbese kugira munda hanini (nyakubahwa) ni ishema nkuko bamwe babivuga ?
31 August 2012, by Kiyange Adda-DarleneKuba umugabo yaba afite mu nda hato ni ikimenyetso cy’ubuzima bwiza. Kugira mu nda hanini, ni kimwe mu bintu bigaragaza ko hashobora kuba ingaruka z’uburwayi butari bumwe, nk’indwara z’umutima ndetse na diabete ndetse bikaba byanaziramo n ;uburwayi bw’umugongo. Kugira mu nda hato ku bagabo birashoboka mu gihe habayeho kubishakisha ndetse bakagira n’uko bagenda birinda. INAMA.
1. Kurya indyo nziza kandi irimo amavuta make. Ushobora gukora imyitozo ngororangingo wicaye cyangwa wihina nkuko ushaka. (...) -
Ibintu 3 abari mu marushanwa bazi
2 February 2016, by Ubwanditsi1 Abakorinto 9:24 - Ntimuzi yuko mu birori abasiganwa biruka bose, ariko ugororerwa akaba umwe? Namwe abe ari ko mwiruka kugira ngo mugororerwe.
Nk’uko nabibaseranije ku wa Gatandatu nkomeje kuvuga ku marushanwa turimo nk’abagenzi bajya mu ijuru ndetse n’ibikombe tubikiwe.
Iyo tureba amarushanwa abera mu isi, by’umwihariko amarushanwa tumaze iminsi twakira mu Rwanda harimo ay’amagare, ndetse n’aya ya CHAN, numva ari ngombwa ko nibutsa abantu andi marushanwa akomeye buri wese arimo. Buri mu (...)
0 | ... | 1610 | 1620 | 1630 | 1640 | 1650 | 1660 | 1670 | 1680 | 1690 | ... | 1850