Akarengane gakomeye k’itorero kavugwa mu bihe bya nyuma ni igihe cy’imibabaro itarigeze kubaho kuva isi yaremwa. Daniel acyita “igihe cy’umubabaro utigeze kubaho uhereye igihe amahanga yabereyeho ukageza icyo gihe” (Daniyeli 12:1 ; Zefaniya 1:15), cyangwa “umunsi ukomeye utagira umeze nka wo” (Yeremiya 30:7).
Akarengane gakomeye k’itorero gahura n’ubwami bwa Antikristo ku isi. Ni igihe kandi Imana izerekana umujinya wayo ab’isi batizera.
«Kuko muri iyo minsi hazabaho umubabaro mwinshi, utigeze (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Akarengane gakomeye k’itorero (La Grande Tribulation) kazabaho ryari?
20 November 2013, by Simeon Ngezahayo -
Chorale YASIPI yateguye igiterane cyo guhimbaza Imana
4 February 2016, by Pastor Desire HabyarimanaChorale YASIPI yateguye igiterane cyo guhimbaza Imana gifite intego igira iti<>
Iki giterane kizaba ku cyumweru taliki ya 7.2.2016,kizabera muri IPRC Kigali ahahoze ETO Kicukiro,munzu mbera byombi ya IPRC,kizatangira saa saba z’igicamunsi(13h00)
Icyo giterane cyizaba kirimo amakorali atandukanye ,nka Chorale Silowamu ya Kumukenke,chorale Inkingi ikorera umurimo w’Imana muri CEP IPRC/day program.hazaba hari n’abavugabutumwa batandukanye nkuzwi cyane nka SEMAJERI,n’abandi
Chorale Yasipi (...) -
Ukora ibyo Imana ishaka niwe uzinjira mu bwami bwo mu ijuru Prof. Kigabo
18 April 2016, by Pastor Desire HabyarimanaMat.7:21 "Umuntu wese umbwira ati ’Mwami, Mwami’, si we uzinjira mu bwami bwo mu ijuru, keretse ukora ibyo Data wo mu ijuru ashaka.
Hari ukuvuga hakaba no gukora. Kuvuga ubwabyo biroroshye, kuko ushobora kubwira abantu icyo ushaka ko batekereza ko uricyo nyamara atariko uri.
Wavuga iby’Imana n’uko wayibonye ndetse ukemeza abantu ibyayo ariko wowe utari uwayo. Ikibabaje ni uko umeze gutyo atari we uzinjira mu bwami bwo mu ijuru, dore ko Umwami wabwo we adahishwa. Iyo utumvira Imana uyoborwa na (...) -
Imiti ikoreshwa mu kuvura Diabete ishobora no gutuma umubare w’uturemangingo tw’ubwonko twiyongera
22 July 2012, by UbwanditsiUmuti witwa La Metformine, ukoreshejwe igihe kitari gito mu kuvura indwara ya Diabete yo mu bwoko bwa kabiri, bimaze kugaragara ko utera ubwiyongere bw’uturemangingo dufite akamaro k’ubwonko, bikaba bitanga ikizere mu guhangana n’indwara zibasiraga kwangirika k’uturemangingo tw’ubwonko (maladies neurodégénératives).
Nk’uko bitangazwa na le Figaro, ngo metformine ni wo muti magingo aya ukoreshwa cyane mu kuvura diabete yo mu bwoko bwa kabiri, ndetse n’imikorere yawo ikomeje gutungura abashakasahtsi. (...) -
Cairo & ME: Abanyegiputa barizihiza Pasika binyuze kuri SAT-7!
17 April 2014, by Simeon NgezahayoTeleviziyo ikorera muri Egiputa SAT-7 iratangaza ko "Mu gace karangwa n’abantu benshi baminuje, itangazamakuru ryinshi n’amafaranga make, ubu umuntu wese ufite isahane ya satellite ashobora gushyira kuri SAT-7 akiyumvira ijambo ry’Imana mu rurimi rw’iwabo. Abadukurikira bashobora gukurikiran ibiterane bya Gikristo mu ibanga mu ngo zabo. Iyi ngo ibaka ari inkuru nziza ku bugarijwe n’igitutu cy’abarwanya Ubukristo muri iki gihugu."
Kuri uyu wa 16 Mata, Abanyegiputa babumbatiye imigenzo bakomora mu (...) -
Agaciro ko kugira umuryango mwiza (urugo)
1 September 2015, by Innocent KubwimanaYaba isi, itorero ndetse n’igihugu, umusingi wabyo byose ni umuryango (urugo). Imana niyo yatangije umushinga wo kubaho kwawo. Ibi byahereye muri Edeni Imana imaze kurema Adamu, yarangiza ikabona ko atari byiza ko aba wenyine ikamuremera umufasha umukwiye ari we Eve. Itangiriro 2:18
Wenda dutekereze gato ku buzima bw’umuryango mu rugo, iri niryo pfundo ry’ibindi bintu byose. Ubundi urugo rwagombye kuba uburuhukiro bw’abantu baruhijwe n’ibintu bitandukanye. Umuntu avuye ku kazi n’umunaniro (...) -
IBINTU 4 UMUKRISTO AKWIYE KUBAKA MU MIBEREHO YE. (Igice cya 2) Rev. Mugiraneza
14 July 2015, by Pastor Desire HabyarimanaUbushize twabonye inkingi 4 umukristo akwiriye kubakiraho imibereho ye ya gikristo muri rusange. (Ibyakozwe n’ntumwa 2:42). Ubu tugiye kwibanda ku nkingi ya mbere yo gukunda kumva Ijambo ry’Imana (teaching). Mugihe Yesu yahaga Intumwa ze itegeko ry’inyamibwa Matayo 28:20 yashoje abategeka kwigisha abazamwizera kwitondera ibyo yababwiye byose.
Mu Itorero rya mbere bateraniraga hamwe kwigishwa ibyo Yesu yasize abwiye abigishwa be (Logia) aribyo byaje kwandikwa bivamo ubutumwa bune (4 (...) -
Wari uzi ko nta mugambi w’ Imana uburizwamo?
12 March 2016, by Umugiraneza EdithNziko Ushobora byose kandi ntakibasha kurogoya imigambi wawe Yobu 42:2
Umuririmbyi Yuzuye umwuka araririmba ati imigabi yawe si nkiy’ abantu, imbaraga zawe sinkizabo ibidashobokera abana b’abantu imbere yawe birashoboka. Ijambo ryayo rikongera rikatubwira ngo ndi Imana y’ibifite imibiri byose mbese hari ikinanira? Mbanje guha icyubahiro mbere ya byose Imana kuko yaduhisemo mu magana menshi, hari benshi batayizi, hari benshi bayihakana, hari benshi batayemera batemera n’imbaraga zayo. Imana (...) -
Urukundo rw’Imana n’ubuntu bwayo byangejeje kukwakira Yesu Kristo nk’ Umwami w’ubugingo bwanjye
21 March 2016, by Pastor Desire HabyarimanaAmazina yanjye nitwa Sandeep Thomas navukiye mu buhinde ndererwa muri Amerika nkuko ngiye kubibabwira mu buhamya bwanjye
Uyu munsi wa none, ndashaka kubasangiza inkuru y’Urukundo, Ubuntu, n’ubuzima bushya muri Yesu Kristo !
Nkuko bizwi na benshi hari abana barenga miliyoni bo k’umuhanda birirwa bazerera mu mihanda yo mu Buhinde, batajya mumashuli hafi miliyoni 17 z’abana bimfubyi banywa ibiyobyabwenge byibanze cyane mu bigitsina gabo. wibereye hano nti wamenya icyo ibindi bihugu bitekereza (...) -
Uburanga bwuzuye agasuzuguro nibyo byamukuye amata ku munwa
21 December 2015, by Ernest RutagungiraNyuma y’uko umwami Ahasuwerusi wategekaga ibihugu ijana na makumyabiri na birindwi uhereye i Buhindi ukageza Etiyopiya, yizihiwe mu gitaramo cyaberaga ahitwa mu murwa w’i Shushani, akifuza kuratira bagenzi be uburanga bw’umwamikazi Vashiti wari mwiza bihebuje, yatunguwe no gusuzugurirwa n’uwo mwamikazi imbere y’imbaga y’abantu ubwo yangaga kumwitaba ( Esiteri 1:10-12).
Nk’uko bisanzwe umwami aho ava akagera aba yubahwa cyane bitewe n’ubudahangarwa aba abafite, Noneho rero iyo ari umwami (...)
0 | ... | 1610 | 1620 | 1630 | 1640 | 1650 | 1660 | 1670 | 1680 | 1690 | ... | 1850