Mwana wanjye,
Narakurondoye ndakumenya, ndakuzi (Zaburi 139.1).
Nzi imyicarire yawe n’imihagurukire yawe (Zaburi 139.2).
Nzi imigendere yawe n’imiryamire yawe.
Nzi inzira zawe zose (Zaburi 139.3).
Ndetse n’imisatsi yo ku mutwe wawe irabazwe yose (Matayo 10.29-31).
Nakuremye mu ishusho yanjye (Itangiriro 1.27).
Muri jye uriho, ufite ubugingo (Ibyakozwe n’intumwa 17.28).
Nakumenye ntarakurema mu nda ya nyoko (Yeremiya 1.4-5).
Nagutoranije uhereye kera (Abefeso 1.11-12). Ntabwo uri (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Ibaruwa y’urukundo
14 June 2016, by Simeon Ngezahayo -
Uburanga bwuzuye agasuzuguro nibyo byamukuye amata ku munwa
21 December 2015, by Ernest RutagungiraNyuma y’uko umwami Ahasuwerusi wategekaga ibihugu ijana na makumyabiri na birindwi uhereye i Buhindi ukageza Etiyopiya, yizihiwe mu gitaramo cyaberaga ahitwa mu murwa w’i Shushani, akifuza kuratira bagenzi be uburanga bw’umwamikazi Vashiti wari mwiza bihebuje, yatunguwe no gusuzugurirwa n’uwo mwamikazi imbere y’imbaga y’abantu ubwo yangaga kumwitaba ( Esiteri 1:10-12).
Nk’uko bisanzwe umwami aho ava akagera aba yubahwa cyane bitewe n’ubudahangarwa aba abafite, Noneho rero iyo ari umwami (...) -
Ubuhamya bwa Yvonne: “Imana yankuye mu mwijima, inshyira mu mucyo!”
15 November 2013, by Simeon NgezahayoNakiriye Yesu Kristo kubera ibibazo nari ndimo. Yego nari nsanzwe muzi, ariko muzi nabi. Navukiye mu muryango w’abanyedini cyane, nanjye nkomeza imigenzo y’idini kuva mu bwana. Namaze imyaka 30 muri icyo kigare cy’idini, nyamara yari imigenzo itabasha kuziba icyuho cyari mu bugingo bwanjye. Ariko Imana ishimwe yabaye Umwungeri w’ubugingo bwanjye kuva mvutse! Nashatse umugabo mu w’1964, mbyara abahungu babiri. Hashize imyaka 8, natandukanye n’uwo twashakanye mu buryo bukomeye kandi bubabaje. Je (...)
-
Abazamu 2 bakomerekeye mu gitero cyagabwe ku rusengero i Baghdad (Iraq)
2 July 2013, by Simeon NgezahayoUbuyobozi buracyaperereza ku bijyanye n’ubugizi bwa nabi bwakorewe muri Iraq, aho abantu bitwaje intwaro bagabye igitero ku rusengero i Baghdad mu cyumweru gishize. Nk’uko bitangazwa na Rev. Martin David w’itorero St. Mary’s Assyrian Catholic Church, iki gitero cyakomerekeyemo abazamu 2 b’Abakristo, umwe arakomereka bikabije.
Rev. Martin yatangarije Morning Star News ko ku wa 2 taliki 25 Kamena mu masaha ya saa munani z’ijoro ari bwo itsinda ryitwaje intwaro ryateye urusengero, aho abo bazamu (...) -
Umukozi w’Imana mpuzamahanga Pasiteri Moses Jangam agiye kuza mu Rwanda kubutumire bw’itorero Solution Center
17 October 2013, by UbwanditsiUmukozi w’Imana mpuzamahanga ubusanzwe akaba umuhinde Pasiteri Moses Jangam araba ari mu Rwanda kuva tariki ya 24 kugeza tariki ya 27/10/2013, aho yatumiwe n’urusengero Solution Center Church rubarizwa ku Gisozi.
Nkuko twabitangarijwe na Pasiteri bigiruwigize Valins uyu mu Pasiteri asanzwe azwiho gusengera indwara zigakira, agasengera impumyi zigahumuka akanagira impano yo gusenga ibitangaza bikaba.
Urusengero Solution Center Church Gisozi akaba arirwo ruzakira uyu mukozo w’Imana mu giterane (...) -
Abagera kuri 222 bagororerwa ku Kirwa cya Iwawa bakiriye agakiza
11 February 2013, by UbwanditsiAba ni abajyanywe mu Kigo Ngororamuco cya Iwawa, aho nyuma y’inyigisho bahawe n’Itore ry’Abapantikoti mu Rwanda abagera kuri 222 bafashe icyemezo cyo kureka ingeso mbi bari bafite zirimo kunywa inzoga n’ibiyobyabwenge, ahubwo bakigira mu gakiza bakanabatizwa.
Uku kujya mu gakiza aba bizera bashya ba ADEPR babigaragaje ubwo babatizwaga mu mazi menshi, kandi bakaba bashimangira ko biyemeje kureka ingeso mbi zari zarabagize imbata.
Bamwe mu batanze ubuhamya bavuze uburyo bageze Iwawa kandi (...) -
Umuvugizi wa ADEPR yasabye abapasiteri bashya muri Paruwasi ya ADEPR-Nyanza(Kicukiro) kurangwa n’ubunyangamugayo
5 June 2016, by UbwanditsiUmuvugizi wa ADEPR Rev Pastor Sibomana Jean yasabye abapasiteri bahawe inshingano nshya kuzarangwa n’ubunyangamugayo, bakaba intangarugero mu mirimo mishya bahawe. Uyu mushumba yibukije abasengewe ko izi nshingano atari umwanya wo kwikorera ibyo bishakiye ahubwo ari undi mutwaro bongererewe mu murimo w’Imana ngo batange umusanzu wabo mu kubaka itorero, ababwira ko bakwiye kwitwararika kuko Imana izababaza ibyawo.
Ibi Rev Past Sibomana yabisabye aba bashumba bashya mu muhango wo kubimika (...) -
Umwavoka ukomoka mu gihugu cya Kenya arajurira ku gihano cyo gupfa cyakatiwe Yesu Kristo
6 August 2013, by Simeon NgezahayoDola Indidis, Umunyamategeko ukomoka mu gihugu cya Kenya yazamuye ikirego mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha rw’i La Haye, ajurira ku gihano cyo gupfa cyakatiwe Yesu Kristo mu myaka ikabakaba 2,000 ishize.
Amakuru dukesha Ikinyamakuru Time cyanditse ko Bwana Dola Indidis, umunyamategeko ukomoka mu gihugu cya Kenya yazamuye ikirego mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha rw’i La Haye, ajurira ku gihano cyo gupfa cyakatiwe Yesu Kristo mu myaka ikabakaba 2,000 ishize. Kuba iki gihano cyarashyizweho (...) -
Ariko ujye ukiranuka uzageze ku gupfa nanjye nzaguha ikamba ry’ubugingo
20 December 2015, by Pastor Desire Habyarimana, Ubwanditsi“Ntutinye ibyo ugiye kuzababazwa. Dore Satani agiye gushyirisha bamwe muri mwe mu nzu y’imbohe kugira ngo mugeragezwe, kandi muzamara iminsi cumi mubabazwa. Ariko ujye ukiranuka uzageze ku gupfa, nanjye nzaguha ikamba ry’ubugingo.” Ibyahishuwe 2:10
“Ufite ugutwi niyumve icyo Umwuka abwira amatorero. Unesha ntacyo azatwarwa n’urupfu rwa kabiri” Ibyahishuwe 2:11
Aya magambo tuyasanga mu butumwa Yohana yahawe na Yesu ubwo yari mu Kirwa Patimo aho yari yaraciriwe ahorwa Ijambo ry’Imana no guhamya (...) -
ADEPR Muhima irategura igiterane cy’iminsi 4
11 June 2013, by UbwanditsiKu bufatanye na Komite mpuza-makorali yo kumudugudu wa Muhima, Itorero rya ADEPR Nyarugenge, umudugudu wa Muhima ryateguye igiterane cy’iminsi ine. Iki giterane kizatangira taliki ya 13/06/2013, kigeze taliki 16/06/2013.
Iki giterane gifite intego igira iti “Nimuze Twubake” (Nehemiya 2:17) kizaba cyitabiriwe n’abakozi b’Imana batandukanye barimo abavugabutumwa nka Pst Desiré Habyarimana, Ev. SEMAJERI … Hazaba kandi hari abahanzi ku giti cyabo nka Alexis DUSABE, Simon KABERA, MUGABO Venuste. (...)
0 | ... | 1370 | 1380 | 1390 | 1400 | 1410 | 1420 | 1430 | 1440 | 1450 | ... | 1850