Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda (BSR) uratabaza uvuga ko niba nta gikozwe mu maguru mashya ngo habeho ubufatanye bw’inzego zitandukanye n’abantu ku giti cyabo bishobora kuzagira ingaruka ku basoma Bibiliya kuburyo byazanatuma ishobora kugera naho ibura mu Rwanda.
Ibi babitangarije mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye kuri uyu wa gatandatu tariki ya 3/10 aho Umuryango wa Bibiliya wasobanuraga ibijyanye n’imikorere yabo ndetse n’impungenge ifite ku bijyanye n’ibura rya Bibiliya rigenda rigaragara. (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Umuryango wa Bibiliya uravuga ko niba nta gikozwe mu maguru mashya Bibiliya ishobora kuzabura mu Rwanda
5 October 2015, by Innocent Kubwimana -
Kumenya umugambi w’ Imana no kuwugenderamo
2 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaKUMENYA UMUGAMBI W’IMANA NO KUWUGENDERAMO
‘Nawe Betelehemu ho mu gihugu cya Yuda, Ni ukuri nturi mutoya mu midugudu ikomeye ya Yuda, Kuko muri wowe ari ho hazaturuka umutware, Uzaragira ubwoko bwanjye bw’Abisirayeli.’ (Matayo 2:6)
Benedata dusangiye ukwizera, mugihe maze mugakiza namaze kumenya meza ko bishoboka ko bamwe babaho bazi umugambi w’Imana kuribo ariko kuwugenderamo bikabananira, abandi ntibawumenye bigatuma babaho nabi bitewe n’impamvu nyinshi tuza kurebera hamwe.
Gusa ndaza kuvuga (...) -
ADEPR yubakiye amazu 103 Abanyarwanda batishoboye
12 September 2013, by UbwanditsiItorero rya ADEPR ryamaze kuzuriza abatishoboye bo mu Ntara y’Iburasirazuba amazu ijana n’atatu agomba guturwamo n’abatagira aho baba, n’abakene badafite epfo na ruguru. Muri Kayonza hubatswe amazu 35, Rwamagana huzura 5, Nyagatare 26, Ngoma 3, Kirehe 20, Gatsibo 14.
Iki gikorwa cyo kubakira amazu abatishoboye, Itorero rya Pentekote ryo mu Rwanda ADEPR ryiyemeje kugikora binyuze mu bakristo mu rwego rwo kuzasiga imirimo myiza bakoze bakiri mu isi dore ko cyatewemo inkunga n’umushinga wa (...) -
Ibintu 10 bizira abakristo bakunze gukorera murusengero mu gihe cy’amateraniro
29 September 2013, by UbwanditsiIkicyegeranyo cyakozwe n’umuhanga witwa Katherine Russel , ibi n’ibintu bikunze kugaragara munsengero mugihe cy’amateraniro bishobora nogutuma bamwe babangamirwa ntibazanagaruke murusengero bakimukira murundi bitewe niyo myitwarire,ibyo dukunda kwita ikigusha kubandi ,uyu munsi twahisemo kubagezaho ibyo bintu 10 bizira abantu bakunze gukora murusengero nimba nawe hari ikindi wumva yibagiwe gushyiramo wagishyira muri Comment yawe.
1. Gusakuza mugihe cy’amateraniro Talking during a service. 2. (...) -
Ambassadeur Zenani Mandela-Diamini arahamya ko se Nelson Mandela yamamaje ubutumwa bwiza
19 September 2013, by Simeon NgezahayoUmukobwa wa Nelson Mandela, igikomangoma Zenani Mandela-Diamini ubu uhagarariye ambassade y’Afurika y’Epfo muri Argentine, akunda se cyane, umukambwe w’imyaka 95 y’amavuko ubu urimo guhangana n’uburwayi bwugarije ubuzima bwe.
Kuri uyu wa 16 Nzeli ubwo Zenani n’abakobwa be 2 ari bo Zaziwe na Swati baganiraga n’ikinyamakuru The Christian Post, Diamini yatanze ikiganiro afite ishema ryo kuba ari umukobwa wa Mandela. Avuga ko se yabwirije ubutumwa bwiza, yagize ati “Ntekereza ko data yabwirije (...) -
Ese ikosa ritandukanye n’icyaha?
24 January 2016, by BYABEZA Levis PasteurDukunze kumva abantu bemera ikosa bakoze ariko bagahaka ko bakoze icyaha. Umunyeshuri yafatwa akopera akabyita ikosa; umuntu akabeshya uwo bashakanye yatahurwa agasaba imbabazi abyita ikosa; wabwira umuntu ibitari ukuri nyuma akaza kubimenya ukamusaba imbababazi ubyita agakosa.
Mu mwaka w’2006, nyuma y’uko inkuru y’umusenateri wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika witwa John Edward yavugwaga cyane mu bitangazamakuru kubw’ imyitwarire yari iteye isoni ijyanye n’iby’ ubuzima bwe bwite [private (...) -
Pastor Benny Hinn Ibirori byo gusubirana n’umufasha we baribaratandukanye byasubitswe
30 September 2012, by UbwanditsiAmakuru ava kurubuga rwa Benny Hinn Ministries uyu akaba ari umukozi w’Imana uzwi cyane aratangaza ko ibirori byo kongera kurushinga nuwo bari baratandukanye byemewe n’amategeko byari biteganijwe ku taliki ya 26 ukwakira(10) byamaze kwimurwa bitewe nuko kuva ku italiki ya 25 kugeza kuya 26 ukwakira azaba afite amateraniro yokwakira ibitangaza ayo materaniro akazaba kw’itorero ryitwa Wake Chapel, ibyo bikaba byatumye ibyo birori byimurirwa kuwundi munsi utaratangazwa .
bikaba byamaze (...) -
Ujye utumbira Yesu wenyine!
17 February 2016, by Innocent KubwimanaNuko natwe ubwo tugoswe n’igicucu cy’abahamya bangana batyo, twiyambure ibituremerera byose n’icyaha kibasha kutwizingiraho vuba, dusiganirwe aho dutegekwa twihanganye., dutumbira Yesu wenyine, ari we Banze ryo kwizera kandi ari we ugusohoza rwose , yihanganiye umusaraba ku bw’ibyishimo byamushyizwe imbere ntiyita ku isoni zawo, yicara iburyo bw’intebe y’Imana. (Abaheburayo 12:1-2)
Uyu mwanditsi amaze kwandikira Abaheburayo no kubereka abantu b’ibyitegererezo cyangwa se intwari zo kwizera (...) -
Kuala Lumpur: Ibitero ku Muryango wa Bibiliya muri Malaysia (BSM) byateje impagarara mu Bakristo, mu banyamategeko no mu bakozi ba Leta
14 January 2014, by Simeon NgezahayoNyuma y’aho Polisi ifatanije n’ishami rishinzwe kugenzura ibikorwa by’idini ya Islam (JAIS) byiroshye mu nyubako y’umuryango wa Bibiliya mu gihugu cya Malaysia (BSM) batabiherewe uburenganzira, bagasahura Bibiliya ndetse bagashimuta abakozi 2 b’uwo muryango, umuyobozi w’ishami rishinzwe ubushakashatsi mu Ishuri Rikuru ry’Ubushakashatsi ku bya Gikristo ‘Christian Research Institute’ aratangaza ko iki gikorwa ari “Uguhungabanya uburenganzira bw’amadini ku buryo butomoye.”
Ku wa 2 Mutarama 2014 ni bwo (...) -
Ja Rule aratangaza ko Igifungo Cyatumye Yegera Imana - Christine Thomasos
25 September 2013, by Simeon NgezahayoJeffrey Atkins (Ja Rule), umuraperi w’imyaka 37 y’amavuko yatangaje ko igifungo cy’imyaka 2 aherutse gukatirwa cyamuhaye umwanya wo kwihererana n’Imana.
Atkins wari afungiwe muri gereza nkuru ya New York regwa kunyereza imisoro mu mwaka w’2011, yafunguwe muri uyu mwaka. Uyu muraperi aracyatekereza, kandi aherutse gutangaza ko igifungo cyamushyize ku murongo.
Ja Rule atabwa muri yombi na Police
Mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Angie Martinez kuri radio New York (...)
0 | ... | 1370 | 1380 | 1390 | 1400 | 1410 | 1420 | 1430 | 1440 | 1450 | ... | 1850