Martin Luther ni umwe mu bazanye impinduka mu iyobokamana Abakristu bamwe biyomora ku idini Gaturika(catholic church) bashinga idini y’Abaporotesitanti (Protestant).Yavutse ku wa 10/11/1483 mu gace ka Eisleben mu cyahoze ari ubwami bw’Abaroma (Roman Empire) ariho ubu muburasirazuba bw’Ubudage (eastern Germany).
Amakuru dukesha urubuga rwa Christian Classics Ethereal Libraly avugako uyu Luther wari umuhungu wa kabiri mu muryango wa Hans Luther na Magarete , amaze kuvuka iwabo bimukiye mu (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Martin Luther: umwe mubazanye idini ya Giporotesitanti (Protestantism) ni muntu ki?
13 January 2016, by Emmanuel NTAKIRUTIMANA -
“YARATUZIGAMYE”NI ALBUM YA MBERE UMUHANZI EDOUARD ARIMO KWITEGURA GUSHYIRA KU MUGAGARARO
4 March 2014, by Simeon NgezahayoUmuhanzi Edouard GASHIRABAKE ni umwe mu bahanzi batangiye kugenda bigaragaza muri iyi minsi.
Eduard arategura arategura gahunda zitandukanye muri ubu buhanzi bwe, ariko zizibanda ku ivugabutumwa ryagutse abinyujije muri iyi mpano y’ubuhanzi.
Uyu muhanzi ni umusore ukomoka mu karere ka Karongi, ariko ubarizwa i Kigali ku bw’impamvu z’akazi kandi akora katajyanye n’ubuhanzi. Gusa nk’uko yabidutangarije, ngo ni uko yifuza ko mu bihe biri imbere iyimpano ye yayibyaza umusaruro bityo ikaba (...) -
Abategarugori ba New Life Bible Church bateguye igitaramo cy’imideri
27 May 2012, by Patrick KanyamibwaNew Life Bible Church nyuma yo gutoza no gufasha abari n’abategarugori basengera kuri urwo rusengero kwihangira imirimo no kugira ikintu bakora cyabatunga, kuwa gatandatu tariki ya 2/06/2012 abari n’abategarugori bateguye umunsi wo kwerekana imwenda n’ibindi bikorwa bitandukanye bakora harimo byinshi by’ubugeni.
Uyu munsi wose uzarangwa n’imurikabikorwa ku buryo abazabibasha bazagura ibyo bikoresho bitandukanye bimurikwa, hakazaba n’ibyakozwe n’umunyabugeni w’icyamamare Jonathah Ojara. Iyi (...) -
Umudugudu wa Mukura wahawe abakozi b’Imana bashya.
27 July 2012, by UbwanditsiKuri iki cyumweru taliki ya 22 Nyakanga 2012 ku Nkubi mu murenge wa Mukura, Akarere ka Huye ahari umudugudu wa Mukura; umwe muri ine igize Paruwasi ya ADEPR CYARWA hahawe inshingano abakozi b’Imana bazafasha abasanzwe bakora uyu murimo muri Paruwasi.
Mwalimu mushya Mukashyaka Odette asengerwa.
Aba mbere bahawe izi nshingano ni abadiyakoni batanu biyongereye mu murimo kugira ngo bafashe abasanzwe bakora uyu murimo kubaka ubwami bw’Imana kugira ngo umurimo wa Kristo ukomezwe mu isi.
Uwa (...) -
Chorale Impuhwe ikorera umurimo muri ADEPR Gisenyi yateguye igiterane kidasanzwe
9 September 2015, by Pastor Desire HabyarimanaIkigiterane cyateguwe na chorale Impuhwe yo kuri ADEPR Gisenyi, Umushyitsi mukuru azaba ari chorale MAMADJUSI CHOIR izaba ivuye TANZANIA MOSH yo muntara ya ARUSHA muri ANGLICAN CHURCH, Tuzaba turi kumwe n’abahanzi nka MURWANASHYAKA Faustin na SIBOMANA Andre. Hazaba kandi hari n’andi makorale akomeye cyane nka Bethlehem CHoir na Alliance Choir z’i Rubavu hamwe n’umuvugabutumwa Rev Pasteur MASUMBUKU Josue.
Ikigiterane kizaba kuwa gatandatu tariki ya 12.09. 2015 guhera saa munani z’amanywa no (...) -
Umuhanzi Jean Torero n’Umuvugabutumwa Andrea mu ivigabutumwa mu gihugu cy’u Burundi
26 September 2013, by Simeon NgezahayoMu gihe bakomeje kwibikaho abakunzi benshi bo mu gihugu cy’abaturanyi cya Burundi, tutirengagije ko no mu Rwanda ariko bimeze, Umuhanzi Nsengiyumva Jean bakunze kwita Jean Torero hamwe n’umujyanama we akaba n’umuvugabutumwa w’ubushake Bwana Ndereyimana Andrea bombi batumiwe kuvuga ubutumwa aho i Burundi mu mpera z’iki cyumweru.
Nk’uko twabitangarijwe n’umuvugabutumwa Andrea akaba n’incuti ya Torero ngo urugendo rwabo ruzamara iminsi 4, aho itsinda rimwe ririmo na Terero rihaguruka kuri uyu wa kane (...) -
AGACIRO TUGOMBA IZINA TWITIRIRWA” Constant MAHAME
28 July 2015, by Pastor Desire HabyarimanaMu buzima busanzwe umuntu agira izina aryiswe n’ababyeyi, ariko nyuma yo kwitwa izina uko akura, imigendere n’imikorere ye bimuhesha irindi zina biturutse kumico agaragaza mu mibereho ya buri munsi. Impamvu ntayindi nuko ingeso zumuntu ariwe muntu.
Twifashishije Bibiliya turasobanura ibyo dukoresheje Ibyakozwe n’intumwa 11, 25-26 hagira hati:” Bukeye avayo (Barinaba) ajya I Tarusho gushaka Sawuli, amubonye amujyana muri Antiyokiya. Bamarayo umwaka wose baterana n’ab’itorero, bigisha abantu (...) -
Hollywood: Umukinnyi wa film ‘Meagan Good’ yanze gukina ku myanya avuga yuko itubahisha Imana!
28 February 2014, by Simeon NgezahayoMeagan Good ni umukinnyi wa film, ariko w’Umukristo. Uyu mukinnyi aherutse gutangaza yuko amafilime atajyanye n’imyizerere ye nk’Umukristo atagomba kuyakinamo.
Meagan uyu yashakanye na n’umunyamabanga nshingwabikorwa wa Hollywood akaba n’umuvugabutumwa DeVon Franklin, atangaza yuko imyizerere ye nk’Umukristo ishobora guhuza na bimwe bikorerwamo n’ubwo hari n’ibindi yirinda.
Inkuru dukesha The Christian Post yaganiriye n’uyu mukinnyi iravuga yuko uyu mugore ngo yanze gukina role zambika abakinnyi (...) -
Igihano Michael Jackson yaherewe IKUZIMU - Angelica Zambrano
8 April 2013, by Simeon NgezahayoYesu yambwiye ko abantu benshi bakomeye bamanuka bagana ikuzimu, abakomeye n’ibirangirire. Urugero ni Michael Jackson. Uyu mugabo yari ikirangirire ku isi yose, ariko yasengaga satani. N’ubwo abantu benshi atari ko babibona, ariko ni ko kuri. Uyu mugabo yasinyanye amasezerano na satani: Yasinyanye na satani kugira ngo amuhe ubushobozi bwo kuba ikirangirire, no kugira abafana benshi.
Uko yageze kuri ibyo byose, ni ko nabonye abadayimoni bababaza abantu ikuzimu. barabazunguzaga, bakabazunguza (...) -
Korari Besaleli, Jehovah Jireh ULK hamwe na Simon Kabera baritegura igitaramo cyateguwe ku bufatanye n’inshuti za Besalel
22 January 2016, by UbwanditsiKorari Besaleli isanzwe ikorera umurimo w’Imana muri ADEPR, Paruwasi ya Nyanza-Kicukiro, ku mudugudu wa Murambi, Korari Jehovah Jireh ya CEP-ULK, hamwe n’umuririmbyi Simon Kabera, ndetse n’umwigisha Pastor Etienne Rusingizandekwe bari mu myiteguro aho bazahurira mu gitaramo cyateguwe na Korari Besaleli ku bufatanye n’inshuti zayo.
Iki gitaramo kizaba ku cyumweru tariki 31 Mutarama 2015, kizabera ku rusengero rwa ADEPR-Murambi aho Besaleli isanzwe ibarizwa, kikazatangira sa munani z’amanywa (...)
0 | ... | 1330 | 1340 | 1350 | 1360 | 1370 | 1380 | 1390 | 1400 | 1410 | ... | 1850