Guhera ku ya 8-9/03/2014, kuri ADEPR GATENGA, umudugudu wa KARAMBO, CHORALE BETHFAGUE yakoze igitaramo cyo kumurima album yabo bise "TURAKUMBUZA ABERA IJURU". Iki gitaramo cytabiriwe ku buryo budasanzwe ndetse kikaba hari n’isomo kiyisigiye.
Mu gihe cy’iminsi igera kuri 2 iki gikorwa cyari kimaze, cyagaragaye nk’igikorwa kidasanzwe kuri buri wese wari uhari. Cyaritabiriwe cyane ku buryo bwatunguye iyi Chorale nk’uko umuyobozi wayo Eustache KARERA yabitangarije ubwo cyari kigeze ku musozo. (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
“LAUNCH YACU IDUSIGIYE ISOMO RIKOMEYE” CHORALE BETHFAGUE
11 March 2014, by Simeon Ngezahayo -
Groupe Urumuri yateguye igiterane cy’iminsi ine cy’amasengesho mu mugi wa Kigali
18 March 2013, by Kanyamibwa PatrickGroupe Urumuri yateguye igiterane cy’iminsi ine cy’amasengesho mu mugi wa Kigali, iki gikorwa kizatandira kuwa kane tariki ya 21/03/2013 kigeze ku cyumweru tariki ya 24/03/2013, kibere kuri ADEPR Rubonobono mu Gatsata.
Nkuko twabitangarijwe na Muhawenimana Naomi umuyobozi wiri tsinda ry’abanyamasengesho, ngo nyuma yo gukora ibikorwa byinshi bitandukanye birimo amasengesho ahantu hatandukanye hafi yo mu ntara zose zo mu Rwanda, ubu noneho bateguye gusengera i gihugu nibindi bikorwa biri (...) -
Ubucuti bw’umukristo n’Imana!
1 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaAmahirwe y’umukristo ni ugukundana n’IMANA ariyo ntangiriro n’iherezo ry’ibiriho byose.
Carlo brugnoli wavuze ku bucuti n’IMANA yatanze urugero rw’umukuru w’igihugu runaka agira ati umukuru w’igihugu ashobora kubwira abo ayobora ati guhera uyu munsi nimwita ku nyungu zanjye nanjye nzita ku byanyu byose ,nta kabuza icyo cyifuzo cyashyigikirwa n’abantu benshi bitewe n’uko nabo baba babifitemo inyungu.
Ariko n’ubwo ibyo byiza byose tuba tubikeneye,ni byiza nk’umukristo gufashwa n’amagambo aboneka muri (...) -
Burya Yesu yita ku mibabaro yawe!
24 January 2016, by Innocent KubwimanaKuko ubwo yababajwe no kugeragezwa ubwe, abasha no gutabara abageragezwa bose.( Abaheburayo 2:18) Yesu yita kandi yumva imibabaro y’umuntu wese. Yesu yarababajwe kandi aranageragezwa nk’uko bigaragara mu magambo yanditse hejuru.
Igihe kimwe umugore witwa Hana wari ufite ikibazo cy’ubugumba, azana umutima we imbere y’Imana asuka umubabaro we awereka Imana. Hana kubw’umubabaro yahoranaga utaratumaga anezerwa na rimwe kubera cyane cyane gutotezwa na mukeba we Penina, yagaragaje umubabaro we (...) -
Mu giterane cyaberaga i Huye, abatari bake basobanukiwe imikorere y’Itorero rya mbere ry’Intumwa
1 April 2014, by UbwanditsiKuri iki Cyumweru muri Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye (UR-Huye Campus) habereye igiterane cyahuje abanyeshuri na VUMILIA, ELAYO, … akorera mu muryango CEP-UR Huye. Abashyitsi bakuru muri iki giterane bari Bwana Damascene Ngarambe na Pasteur Desire Habyarimana. Mu ijambo Bwana Damascene yagejeje ku bari bateraniye aho, yababwiye ko dukwiriye kugira umwete wo gushaka Yesu no kumumenya, tukiga no kugikiranuka (Yohana 20:1-18).
Hakurikiyeho indirimbo z’amakorali, Elayo na Vumilia. Nyuma (...) -
Mu madini : Ntimwavura ibikomere by’Abanyarwanda na mwe murwaye – Amb. Fatuma
28 August 2013, by UbwanditsiUmuyobozi mukuru wungirije w’Ikigo cy’igihugu cy’imiyoborere (RGB),Ambasaderi Fatuma Ndangiza, yabwiye abakuriye amadini mu Rwanda ko badashobora gusana ibikomere by’imitima y’Abanyarwanda, mu gihe hari abayobozi bayo bakomeje kugaragaza ko barwaye muri bo ntibakemure amakimbirane arangwa mu madini yabo.
Amb. Fatuma yakebuye abanyamadini mu nama inama imiryango ishingiye ku idini yagiranhye na RGB ku bufatanye na Komisiyo y’Igihugu y’Ubumwe n’Ubwiyunge.
Amb.Fatuma yabwiye abayobozi bakuru (...) -
Nta mpamvu n’imwe yakumvikana yo kuva mu masezerano
18 August 2015, by UbwanditsiMu buzima busanzwe tubamo iri jambo rikunda gukoreshwa cyane, hari igihe ujya nk’ahantu ushaka umuntu bakakubwira ngo tegereza gato arahuze, cyangwa byaba ibintu wenda ukumva ngo ni ugutegereza kuko ntibirava mu mahanga, hari n’igihe ashobora kuba ari umuntu mwahanye gahunda.
No mu Mana bijya gusa nibyo tubona kuko akenshi iyo dusenga tuba dusaba Imana, hanyuma yaho habaho igihe cyo gutegereza. Bibiliya hari icyo ibivugaho ku muntu wategereje Imana.
‘’Abami bazakubera ba so bakurera (...) -
Singapore : Umutungo w’amadini uranyerezwa n’abapasiteri
28 June 2012, by UbwanditsiUmwe mubahagarariye itorero rikize ryo mu gihugu cya Singapore yajyanwe imbere y’ubutabera ashinjwa kunyereza amafaranga y’iryo torero, mu rwego rwo gushyigikira umugore we mu mwuga w’ubuhanzi.
Nkuko bitangazwa na 7sur7 ngo Pasteri Kong Hee w’imyaka 47 y’amavuko yagejejwe imbere y’ubutabera kuri uyu wa Gatatu ashinjwa kunyereza akayabo kagera kuri milliyoni 24 z’amadorari akoreshwa muri iki gihugu kuri konti y’itorero ryitwa ‘’City Harvest Church’’ abereye umuyobozi riri mu gihugu cya Singapore (...) -
Imyiteguro y’ijoro ryo kuramya Imana bita AFLEWO igeze kure
24 October 2013, by Patrick KanyamibwaNkuko twabibwiwe na Christian Kajeneri umwe mubari gutegura Aflewo (Africa let’s worship) mu rurimi rwacu bisobanuye Africa Reka turamye, ngo uyu munsi umwe bafata ijoro ryose basingiza Imana wagarutse ku nshuro ya gatatu mu Rwanda!
Iki gikorwa kidasanzwe dore ko kiba rimwe mu mwaka kizabera kuri CLA (Christian Life Assembly), Nyarutarama kuwa gatanu tariki ya 22/11/2013 kuva saa mbiri za n’ijoro (20h00’/8:00pm) kugeza saa kumi n’ebyiri z’a mugitondo (6:00/pm). Kajeneri yakomeje adutangarizako (...) -
Emmy Kosgei n’umufasha we Apostle Anselm bakoranye igitaramo cyo gushima Imana muri Nigeria
17 September 2013, by Simeon NgezahayoNyuma y’aho Apostle Anselm na Emmy Kosgei basezeraniye imbere y’Imana mu gihugu cya Kenya, kuri uyu wa 15 Nzeli bateguye igitaramo cyo gushima Imana muri Nigeria ari na ho batuye.
Apostle Anselm uyoboye itorero ‘Apostle Anselm Revival Assembly Church’ yateranije itorero rye ngo bashime Imana yamugize umubiri umwe n’umukunzi we Emmy Kosgei.
Emmy na Anselm baririmbira iteraniro
Umunsi wabo ntiwaranzwe no kwinezeza, ahubwo bafashe akanya ko gushima Imana. Mu gitaramo bakoresheje cyo gushima (...)
0 | ... | 1300 | 1310 | 1320 | 1330 | 1340 | 1350 | 1360 | 1370 | 1380 | ... | 1850