Umugabo wamenyekanye cyane kubera uburyo indirimbo ze zifasha benshi, akaba aririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Don Moen kuri uyu wa Gatatu araba ataramana n’abakunzi be mu mugi wa Accra uri muri Ghana hano muri Afurika aho azava ajya i Lagos ho muri Nigeria.
Abinyujije ku mbuga-nkoranyambaga facebook na twitter, Don Moen yagize ati “ Nishimiye cyane kuba mu mugi utuje wuzuye ubwiza wa Accra ho muri Ghana ,aho ngirana ibihe byiza n’incuti zanjye mu gitaramo cyo kuwa Gatatu (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Igihangange muri muzika DON MOEN muri Afurika
13 December 2012, by Ubwanditsi -
Nyuma yo kuva muri Canada mu giterane cy’ivugabutumwa, Eunice Njeri yerekeje muri RDC
25 October 2013, by Simeon NgezahayoEunice Njeri ni umuhanzikazi ukomoka mu gihugu cya Kenya. Uyu muhanzikazi rero wari umaze iminsi mu gihugu cya Canada mu giterane cyo kwitanga mu nyubako z’insengero, ubu aritegura kwerekeza muri
Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo.
Nyuma yo kuva mu ruzinduko rw’ivugabutumwa mu gihugu cya Canada, Njeri yafatanije na bagenzi be Lady Bee na Grace Mwai kwamamaza ubutumwa bwiza mu mashuri yisumbuye.
Kuva taliki 24 Ugushyingo kugeza taliki 1 Ukuboza uyu mwaka, Eunice Njeri azataramira (...) -
Theo Bosebabireba arasabwa gusaba imbabazi nyuma yo gukorana indirimbo n’umuyisilamu utemera Yesu, Ama G The Black
17 October 2013, by UbwanditsiNyuma y’uko umuhanzi mu ndirimbo zihimbaza Imana, Theo Bosebabireba akorananiye indirimbo n’umuraperi Ama G The Black, itorero rye rya ADEPR ryamusabye ko agomba gusaba imbabazi kubera ikosa yakoze ryo gukorana indirimbo n’umuyisilamu.
Ku nshuro ya mbere nibwo Theo Bosebabireba yakoranye indirimbo yitwa "Ingoma Yawe niyogere Remix" afatanyije n’umuhanzi uririmba indirimbo zisanzwe benshi bakunze kwita iz’isi witwa Ama G The Black.
Mu kiganiro yagiranye na Isange ari nayo dukesha iyi nkuru (...) -
ADEPR yafashije Abagororwa 806 hihana abashya 48
4 March 2014, by UbwanditsiItorero rya ADEPR ryasuye Abakristo baryo 806 b’Abagororwa bari muri Gereza ya Ntsinda, rivugayo ubutumwa, rinagenera Abagororwa muri rusange inkunga irimo ibiribwa nk’umuceri, isukari, amoko atandukanye y’ifu, amavuta, imiti y’amenyo, amasabune, n’ibindi, hihana abashya 48, habatizwa 25.
Gereza ya Ntsinda iherereye mu Karere ka Rwamagana mu Ntara y’Iburasirazuba, kuwa 1 no kuwa 2 Werurwe 2014 yasuwe n’Inzego z’Ubuyobozi bw’Itorero rya Pentekote ryo mu Rwanda ADEPR ku ntego y’Ivugabutumwa muri (...) -
Ibintu icumi bidasanzwe byagaragaye mu gitaramo cya Patient Bizimana
4 October 2012, by Patrick KanyamibwaIgitaramo cyo kuramya no guhimbaza cya Patient Bizimana yise “Poetic Evening of Praise and worship” cyabaye kuri icyi cyumweru, ni kimwe mu bitaramo bya gospel byiza bikozwe muri uyu mwaka, dore ko cyitabiriwe cyane kandi abenshi mubacyitabiriye twaganiriye bakaba badutangarije ko bishimiye iko byagenze.
Nyuma yaho dukurikiye iki gitaramo, twabashakiye ibintu icumi byagaragaye muri kino gitaramo bidakunze kugaragara mu bitaramo, ibyo abenshi bita « Udushya », muri byo harimo ibyiza byo gushima (...) -
URUFUNGUZO RW’IMIGISHA. Rev. Rurangirwa Emmanuel
30 July 2015, by Pastor Desire HabyarimanaAkenshi dukunda gusaba Imana ngo iduhe imigisha ndetse tunayisaba gusohorezwa amasezerano y’ibyiza yatuvuzeho kandi tukumva byaza vuba byihuse. Ndetse n’abigisha b’Ijambo ry’Imana n’abavugabutumwa Bwiza abenshi bakunda kwigisha abantu ngo nibaze bakire ibitangaza byabo, bakire imigisha y’uburyo bwose.
Nibyo rwose kandi koko Imana yacu yiteguye kudukorera ibyiza ndetse no kudusohoreza amasezerano nk’uko yadusezeranije. Ariko rero hari ibyo Imana idutegeka gukora ku ruhande rwacu, bikaba ari nkabyo (...) -
Eliya yari umuntu nkatwe ahagarika imvura imyaka itatu n’igice!
14 February 2016, by Innocent KubwimanaDore Eliya yari umuntu nkatwe asaba cyane ko imvura itagwa, imvura imara imyaka itatu n’amezi atandatu itagwa. (Yakobo 5 : 17)
Eliya yasanze Ahabu amubwira rwose nta mpungenge afite ndetse icyizere ararahira ati ndahiye Uwiteka Imana ya Isirayeli ihoraho, iyo nkorera iteka, yuko nta kime cyangwa imvura bizagwa muri iyi myaka, keretse aho nzabitegekera. (1 Abami 17 :1)
Utinze kuri uyu murongo wakibaza ukuntu umuntu afata icyemezo cyo guhagarika imvura mu gihugu Imana ikamushyigikira wagira (...) -
USA: Urukiko rw’Ikirenga rwemeje ko inama za guverinoma zizajya zibimburirwa n’isengesho
6 May 2014, by Simeon NgezahayoMu cyumweru gishize, Urukiko rw’Ikirenga rw’Amerika rwemeje ko gutangiza inama isengesho atari ukurenga ku itegeko-nshinga. Nk’uko bitangazwa n’Ikigo ntaramakuru cy’Ubwongereza Reuters, ibi byemejwe mu matora yabaye ku wa 5 Gicurasi 2014.
Mu gihe itegeko-nshinga ry’Amerika rivuga ko bibujijwe kunenga abatizera cyangwa amadini mato, gutera abantu ubwoba ko bazarimbuka cyangwa kubwiriza abantu kwihana, Urukiko rwemeje ko umujyi wa Greece muri Leta ya New York utigeze urenga ku itegeko-nshinga (...) -
Uwiteka wagumya kwibuka ibyo dukiranirwa, Mwami ninde wazahagarara adatsinzwe?
29 February 2016, by Pastor Desire Habyarimana“SI TU GARDAIS LE SOUVENIR DES INIQUITES, ETERNEL SEIGNEUR, QUI POURRAIT SUBSISTER! Psaumes 130:3”
Hari Bibiliya yise iyi Zaburi ngo ni isengesho ryo gusaba imbabazi “ Uhoraho Nyagasani, ninde warokoka, ninde warokoka ukomeje kuzirikana ibicumuro byacu?
Reka iki kibazo nkibaze, nawe ukibaze! Mbese koko Imana igiye kuzirikana cyangwa guhora yibuka bya bicumuro byacu mbese ninde warokoka! Zaburi 130 : 3
Igisubizo cyari ngo “ Ni wowe ubabarira ibyaha nicyo gituma ukwiye kubahwa” Zaburi 130 :4 (...) -
Bakristo mwitondere gukoresha amwe mu ma Terme yaduka mukayasamira hejuru mutazi icyo asobanura.
26 November 2012, by UbwanditsiMuri iki gihe tugezemo, amajyambere ari kurushaho kwiyongera, kandi uko yiyongera ni nako abakristo bagenda barushaho kuba maso, ariko kandi batanasigaye inyuma muri ayo majyambere.
Muri iki gihe umwanzi Satani ari gushaka uburyo yayobya abantu, akazana ikinyoma mu bantu, ikinjirira mu ikoranabuhanga, ubundi abantu bakandika amagambo amwe namwe batazi icyo asobanura.
Muri ayo magambo twavuga nk’imvugo yitwa : LOL
Abantu benshi bakoresha iyi mvugo batazi icyo isobanura, nyamara kandi (...)
0 | ... | 1300 | 1310 | 1320 | 1330 | 1340 | 1350 | 1360 | 1370 | 1380 | ... | 1850