Kurya inyama zitunganyirizwa mu nganda zizwi ku izina (processed meat) zingana n’amagarama 50 byongera ibyago byo kwandura impyiko.
Abashakashatsi ku ndwara ya kanseri (cancer) bavuga ko izi nyama zongera ibi byago byo kwandura iyi ndwara ku kigereranyo cya 19%. BBC dukesha iyi nkuru ivuga ko mu kurwanya iki kibazo, umuntu agomba kwirinda kurya amagarama arenze 70 y’izi nyama.
Prof Susanna Larsson, wayoboye abanyeshuri mu gukora ubu bushakashatsi mu ishuri rikuru Karolinska muri Suwede (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Inyama zitunganyirizwa mu nganda zaba zitera kanseri?
10 June 2012 -
Justin Bieber yafashijwe n’ijambo ry’Imana ubwo Pastor Carl Lentz yigishaga mu rusengero!
17 September 2013, by Simeon NgezahayoVuga imbaraga z’ijambo ry’Imana, kuko rizafasha benshi ndetse n’abatarakira Yesu Kristo nk’Umwami wabo n’Umukiza!
Inkuru dukesha urubuga Uliza Links rukorera mu gihugu cya Kenya iravuga ko umuhanzi w’icyamamare Justin Bieber w’imyaka 19 y’amavuko uririmba mu njyana ya pop yakozwe ku mutima n’ijambo ry’Imana, ubwo Pastor Carl Lentz yabwirizaga mu itorero Hill-Song NYC ku cyumweru taliki 8 Nyakanga.
Ibi bigaragazwa n’amagambo Justin Bieber yiyandikiye ubwe ku rubuga rwa twitter, hari ku mugoroba (...) -
Hatabayeho Gusenga no guhuza kw’abagize korali, ntushobora gutera imbere : Korale Abategereje Yesu- Christo.
25 March 2014, by Ernest RutagungiraKorali Abategereje Yesu-Christo Ni imwe mu zikorera umurimo w’Imana mu itorero rya ADEPR Ururembo rw’uburasirazuba, ku mudugudu wa Rubimba, Paruwasi ya Kibungo ho mu karere ka Ngoma, ikaba igizwe n’abaririmbyi 51 biganjemo abubatse ingo, bakaba batangaza ko ntacyo abaririmbyi bashobora kugeraho mu gihe hatari ubufatanye bw’abayigize hamwe no gusenga. Bwana SESONGA Emmanuel, umugabo ufite imyaka 30, akaba ariwe muyobozi w’iyi korale yadutangarije ko kuva iyi korali ivutse nyuma ya genocide (...)
-
Wategura gute ‘Potage” y’igihaza n’umufa?
17 June 2012, by UbwanditsiIbihaza cyangwa amadegede bigira amoko menshi, hano mu Rwanda ibikunze kugaragara ni ibihaza by’icyatsi bifite imbere h’umuhondo. Ariko mu ma supermarket amwe n’amwe (nakumatt, Simba) uhasanga n’ibihaza bindi bijya kumera nk’amacupa bito bito, uruhu rwabyo ari umuhondo n’aho imbere hajya gusa na orange.
Igihaza kiba gikomeye, kugikata bisaba icyuma gikomeye, ushobora no kugitekana n’ibishishwa ukaza kugihata cyahiye, ni byo byoroshye. Gusa mbere na mbere ugomba gukuramo inzuzi mbere yo kugiteka. (...) -
Ubuhenebere : Mu gihe abanya SUWEDI aribo bambere bazanye Inyigisho za Pentekote mu Rwanda, kuri ubu noneho bageze aho gusezeranya abahuje ibitsina...
19 February 2013, by UbwanditsiNk’uko amateka abivuga, Ubutumwa bwiza bwageze mu Rwanda buzanywe n’Abavugabutumwa baturutse mu bihugu cy’i Burayi. Ibi bikaba byerekana ko bari baramenye Imana cyera, biyemeza kujya kuyimenyesha abanyafurika kuko babitaga Abapagane icyo gihe.
Amateka kandi akomeza avuga ko Abamisiyoneri ba mbere bazanye Itorero rya Pentekote mu Rwanda bakometse mu gihugu cya SUWEDI, bakaba aribo bazanye inyigisho zo kuzura Umwuka, guhanura, kuvuga mu ndimi, n’indi mico igaragara kuba Pentekote.
Nyamara muri (...) -
Imbaraga z’ Ibyiringiro byacu Dr Masengo
17 December 2015, by Pastor Desire HabyarimanaIMBARAGA Z’IBYIRINGIRO BYACU
Zaburi 20:8 - Bamwe biringira amagare, Abandi biringira amafarashi, Ariko twebweho tuzavuga izina ry’Uwiteka Imana yacu.
Muri iki gitondo nategereje cyane ku bidutera ibyiringiro nk’abantu. Ibiduha imigabo n’imigambi y’uko ibyo dukora bizacyamo, ko imigambi yacu ikomeye, ko ejo hacu ari heza.
Natekereje cyane cyane ku isoko y’ibyiringiro ku bizera Imana no kubatayizera nsanga hari itandukaniro rikomeye.
Iriya zaburi twasomye irimo ubutunzi n’amabanga akomeye buri (...) -
Urwandiko rwaturegega
14 June 2016, by Kiyange Adda-DarleneKandi ubwo mwari mupfuye muzize ibicumuro byanyu no kudakebwa kw’imibiri yanyu, yabahinduranye bazima na we imaze kutubabarira ibicumuro byacu byose, igahanagura urwandiko rw’imihango rwaturegaga ikarudukuzaho kurubamba ku musaraba (Abakolosayi 2 : 13-14.)
Imana imaze kurema umuntu yamuhaye amabwiriza. icya mbere ni uko atagombaga kurya ku giti kimenyesha icyiza n’ikibi. Imana yamubwiye ko nakirya azapfa (itangiriro 2 : 15). Umuntu yashutswe na satani arya kuri cya giti, Imana na yo ihitamo (...) -
Atlanta: Iyimikwa rya Pastor Jared Sawyer, Jr. w’imyaka 16 ryateye benshi impungenge
16 January 2014, by Simeon NgezahayoUmuvugabutumwa Jared Sawyer, Jr. w’imyaka 16 gusa y’amavuko yimikiwe ubushumba mu itorero rye ry’Ababatisita. Iri yimikwa ryateye benshi impungene, bibaza icyo bisaba kugira ngo umuntu abwirize ku ruhimbi.
Pastor Jared Sawyer, Jr.
Jared umaze igihe gisaga 1/2 cy’imyaka ye ari umuvugabutumwa, ubu noneho ni Pasiteri wungirije mu Itorero Center Hill Baptist Church, Atlanta nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru The Christian Post. Benshi mu bumvise iyi nkuru bashimye Imana, ariko abandi baterwa (...) -
“Sinahinduye idini,” Dorcas, THE BLESSED SISTERS
24 September 2013, by Simeon NgezahayoUmuhanzikazi Dorcas wamenyekanye cyane mu minsi yashize ubwo itsinda The Blessed Sisters ryasohoraga album yabo ya mbere yiswe GIRA INTEGO aranyomoza amakuru aheruka kumuvugwaho ngo ko yaba yarahinduye idini.
The Blessed Sisters
Ni nyuma y`uko arangije amashuri ye yisumbuye, akaba yarakundaga kugaragara afite umusatsi udefirije ku mutwe ariko muri iyi minsi akaba agaragara afite umusatsi wa naturelle.
Mu kiganiro twagiranye n`uyu muhanzikazi, yadutangarije ko akiri mu itorero rye rya (...) -
Ibinyobwa birimo isukari byongera ibyago byo kugira umubyibuho ukabije
27 September 2012, by UbwanditsiIbinyobwa bidasindisha birimo isukari (soda/fanta) bigira uruhare mu kongera mu maraso ibintu bitera umubyibuho ukabije, nk’uko byagaragajwe n’ubushakashatsi butandukanye ku ruhare rwabyo mu kongera ibinure mu mubiri.
Amakuru dukesha ikinyamakuru Bloomberg Businessweek, atangaza ko ubu bushakashatsi bwashyizwe ahagaragara kuwa Gatanu 21 Nzeri 2012 mu kinyamakuru ‘New England Journal of Medicine. Bwagaragaje ko abantu bakunda kunywa ibinyobwa bidasembuye, aribo bakunda kwibasirwa n’umubyibuho (...)
0 | ... | 1290 | 1300 | 1310 | 1320 | 1330 | 1340 | 1350 | 1360 | 1370 | ... | 1850