Umuhanzikazi w’indirimbo zihimbaza Imana ukomoka mu gihugu cya Kenya Sarah Kiarie wabanje kumenyekana cyane ku ndirimbo nka Nasema Asante ariko ubu akaba amaze gusohora izindi nyinshi kandi zifasha imitima, arashima Imana ko n’ubwo yabanje gucuruza imboga yaje kumuhamagarira kwamamaza ubutumwa bwiza mu ndirimbo. Sarah K w’imyaka 42 yashakanye n’umupasiteri, ubu afite abana 3. Mu kiganiro yagiranye n’Ikinyamakuru Uliza Links, Sarah yatangaje ko n’ubwo kugeza ubu ubuzima bumeze neza, si uko (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
“Nabanje gucuruza imboga, Imana impamagarira kwamamaza ubutumwa bwiza mu ndirimbo” - Sarah Kairie
22 January 2014, by Simeon Ngezahayo -
Women Foundation Ministries yateguye igiterane cy’abari n’abategarugori ku nshuro ya kabiri yise « All women together, Women’s conference 2012”
19 July 2012, by Patrick KanyamibwaWomen Foundation Ministries yateguye ku nshuro ya kabiri igiterane ngarukamwaka cyitwa “All Women together” gihuza abari n’abategarugori benshi baturutse mu ntara zose z’u Rwanda ndetse no mu mahanga. Nk’uko twabitangarijwe n’ubuyobozi bwa Women Foundation Minitries na Noble Family Church, igiterane “All women together” cy’uyu mwaka wa 2012, gifite insanganyamatsiko igira iti: “Kuva mu gutsikamirwa tujya mu butsinzi” aribyo mu magambo y’icyongereza “From Victims to champions”, ibi bikaba (...)
-
Kuri iki cyumweru mu majyepfo y’Ubuhinde, muri Kaminuza ya Chidambaram-Annamalai hashojwe igiterane cy’iminsi 3 cyiswe “Gracious Women Conference.”
20 August 2013, by UbwanditsiIki giterane cyateguwe n’abari n’abategarugori bibumbiye mu muryango ‘Lord’s Light Fellowship (LLF),’ cyari gifite intego iboneka muri Luka 1:28 “Amusanga aho yari ari aramubwira ati ‘Ni amahoro uhiriwe, Umwami Imana iri kumwe nawe”.
Iki giterane cyaranzwe no kuramya no guhimbaza Imana, impuguro nyinshi mu ijambo ry’Imana zigenewe abari n’abategarugori by’umwihariko, no kumva ijambo ry’Imana muri rusange.
Nk’uko umuyobozi w’abari n’abategarugori muri LLF abivuga, ngo barashima Imana cyane kuko (...) -
Amateka y’uko Umwuka Wera yamanukiye bwa mbere mu Bigutu - Yubile
16 November 2015, by Pastor Desire HabyarimanaIbanga itorero rya pentekote rishingiyeho ryahishuriwe bwa mbere mu bigutu. Ibanga rikomeye ryatumye umurimo w’Imana ukomezwa ukagera mu bice byose by’u Rwanda ni “Imbaraga z’Umwuka Wera”. Muri Paruwasi ya Bigutu niho abakristo ba mbere baherewe Umwuka Wera.
Icyo gitangaza cyasohoye mu mwaka wa 1948. Mbere y’umwaka wa 1948 Abanyarwanda bumvaga Umwuka wera mu magambo. Bake cyane bari bazi gusoma kandi bari bamaze kuba abakristo nibo bashoboraga kubisoma mu bitabo, cyane cyane muri Biblia. Ibyo (...) -
Korali Jehovahjireh CEP ULK iraba yerekeje mu gihugu cy’Uburundi muri Kaminuza y’i Ngozi kuva kuwa 27-29/07/2012.
26 July 2012, by UbwanditsiNyuma y’ingendo z’ivugabutumwa zitandukanye ikomeje kugenda igirira hirya no hino mu gihugu, korali Jehovahjireh yo muri Kaminuza yigenga ya Kigali (ULK) ubu none ho ifite urugendo mpuzamahanga rw’ivugabutumwa bwiza bwa Yesu Kristo mu gihugu cy’abaturanyi cy’Uburundi muri kaminuza y’i Ngozi kuva tarikiya 27-29/07/2012. Nkuko Prezida wa korali Jehovahjireh bwana Ndorimana Phillotin abitangaza, avuga ko bishimiye uru rugendo ngo kuko arirwo rwa mbere bagiye gukorera hanze y’igihugu.
Ati tumaze (...) -
Ngarambe agiye gufasha abana
29 September 2012, by Patrick KanyamibwaUmuhanzi wakunzwe kubera indirimbo yise”Umwana ni umutware”nyuma y’igihe kirekire atagaragara kuri ubu ari gutegura ibitaramo byo gufasha abana b’imfubyi n’abatishoboye.
Mu kiganiro n’abanyamakuru twakoranye nawe kuri Stade Amahoro i Remera yavuze ko afitiye byinshi abana batagira kivurira. Zimwe mu ngamba za Ngarambe harimo gushishikariza abana baba mu bigo by’imfubyi no gukangurira ababa mu muhanada gusubira mu ngo.
Ngarambe yatangaje ko afite gahunda yo gufasha abana kandi akagenda (...) -
Mbese Umukristo yabasha kwinezeza akanubaha Imana?
19 August 2015, by Innocent KubwimanaMbese umukristo yabaho mu buzima bwo kwinezeza? Kubera iki? Ibintu bifatika nabyo Imana ibitangamo imigisha. Ubwo haba hasigaye uko buri wese yabikoresha, ese isano iri hagati y’umubano umuntu agirana n’Imana no kunezererwa mu byo utunze bihurira he? Ubwo aha haza ikibazo cy’ubuzima bwitwa bworoshye ndetse n’ubundi bwa Gikristo.
Ese ibi byombi kubihuza byakunda? Ibi bituma hari ibyo bamwe bita ibyaha, abandi bakavuga ko nta rubanza bibacira. Nyamara Yesu ni umwe, ntahinduka kandi bose niwe (...) -
Frere Manu yateguye igiterane cyiswe WOKOVU Celebration Gospel Concert!
19 September 2013, by UbwanditsiMurwego rwo Kwishimira insinzi y’Agakiza hazamurwa ibendera ryo kunesha k’umwami Yesu mu intara y’I Burengerazuba mu karere ka Rubavu harimo gutegurwa igitaramo gikomeye cyiswe WOKOVU celebration Gospel Concert!
Iki gitaramo kikaba cyarateguwe n’ubuyobozi bw’umudugudu wa Gisenyi k’ururembo rwa Gisenyi k’ubufatanye n’umucuranzi FRERE Manu wabashije gusohora indirimbo z’ Agakiza mu giswahili Wokovu umaze kugira inararibonye mu gutegura ibitaramo byo guhimbaza Imana cyane cyane muri uyu mujyi wa (...) -
Ntimugatakaze icy’ingenzi!
15 September 2015, by Isabelle Gahongayire‘’Ujye ufatanya nanjye kwihanganira imibabaro, nk’uko bikwiriye umusirikare mwiza wa Kristo Yesu. Nta waba umusirikare kandi ngo yishyire muby’ubu bugingo, ngo abe akinejeje uwamwandikiye ubusirikare. Kandi iyo umuntu ashatse kurushanwa mu bikino ntahabwa ikamba, kiretse arushanijwe nkuko bitegetswe. 2 Timoteyo 2 :3-5.
Imyitwarire myiza, kwita ku murimo ukora, kuba maso, kwiyemeza. Nguko uko abasirikare beza bitwara. Kubera iki? N’uko basobanukiwe neza ko iyo bari ku rugamba, ubuzima bwabo (...) -
Biraruhije ko umutunzi yinjira mu bwami bw’Imana.
5 June 2012, by Kiyange Adda-DarleneMariko 10 :23-25. Y esu araranganya amaso abwira abigishwa be ati : Erega biraruhije ko abatunzi binjira mu bwami bw’Imana ! abigishwa be batangazwa n’amagambo ye. Nuko Yesu arabasubiza ati « bana banjye, ni ukuri biraruhije ko abiringiye ubutunzi binjira mu bwami bw’Imana. Icyoroshye n’uko ingamiya yanyura mu zuru ry’urushinge, kuruta ko umutunzi yakwinjira mu bwami bw’Imana. »
Yesu aganiriza abigishwa be, yibanze ku bantu babiri akurikije uko yari amaze kuganira n’umutunzi. Uwambere yavuzeho (...)
0 | ... | 1290 | 1300 | 1310 | 1320 | 1330 | 1340 | 1350 | 1360 | 1370 | ... | 1850