Dore Eliya yari umuntu nkatwe asaba cyane ko imvura itagwa, imvura imara imyaka itatu n’amezi atandatu itagwa. (Yakobo 5 : 17)
Eliya yasanze Ahabu amubwira rwose nta mpungenge afite ndetse icyizere ararahira ati ndahiye Uwiteka Imana ya Isirayeli ihoraho, iyo nkorera iteka, yuko nta kime cyangwa imvura bizagwa muri iyi myaka, keretse aho nzabitegekera. (1 Abami 17 :1)
Utinze kuri uyu murongo wakibaza ukuntu umuntu afata icyemezo cyo guhagarika imvura mu gihugu Imana ikamushyigikira wagira (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Eliya yari umuntu nkatwe ahagarika imvura imyaka itatu n’igice!
14 February 2016, by Innocent Kubwimana -
USA: Urukiko rw’Ikirenga rwemeje ko inama za guverinoma zizajya zibimburirwa n’isengesho
6 May 2014, by Simeon NgezahayoMu cyumweru gishize, Urukiko rw’Ikirenga rw’Amerika rwemeje ko gutangiza inama isengesho atari ukurenga ku itegeko-nshinga. Nk’uko bitangazwa n’Ikigo ntaramakuru cy’Ubwongereza Reuters, ibi byemejwe mu matora yabaye ku wa 5 Gicurasi 2014.
Mu gihe itegeko-nshinga ry’Amerika rivuga ko bibujijwe kunenga abatizera cyangwa amadini mato, gutera abantu ubwoba ko bazarimbuka cyangwa kubwiriza abantu kwihana, Urukiko rwemeje ko umujyi wa Greece muri Leta ya New York utigeze urenga ku itegeko-nshinga (...) -
Uwiteka wagumya kwibuka ibyo dukiranirwa, Mwami ninde wazahagarara adatsinzwe?
29 February 2016, by Pastor Desire Habyarimana“SI TU GARDAIS LE SOUVENIR DES INIQUITES, ETERNEL SEIGNEUR, QUI POURRAIT SUBSISTER! Psaumes 130:3”
Hari Bibiliya yise iyi Zaburi ngo ni isengesho ryo gusaba imbabazi “ Uhoraho Nyagasani, ninde warokoka, ninde warokoka ukomeje kuzirikana ibicumuro byacu?
Reka iki kibazo nkibaze, nawe ukibaze! Mbese koko Imana igiye kuzirikana cyangwa guhora yibuka bya bicumuro byacu mbese ninde warokoka! Zaburi 130 : 3
Igisubizo cyari ngo “ Ni wowe ubabarira ibyaha nicyo gituma ukwiye kubahwa” Zaburi 130 :4 (...) -
Bakristo mwitondere gukoresha amwe mu ma Terme yaduka mukayasamira hejuru mutazi icyo asobanura.
26 November 2012, by UbwanditsiMuri iki gihe tugezemo, amajyambere ari kurushaho kwiyongera, kandi uko yiyongera ni nako abakristo bagenda barushaho kuba maso, ariko kandi batanasigaye inyuma muri ayo majyambere.
Muri iki gihe umwanzi Satani ari gushaka uburyo yayobya abantu, akazana ikinyoma mu bantu, ikinjirira mu ikoranabuhanga, ubundi abantu bakandika amagambo amwe namwe batazi icyo asobanura.
Muri ayo magambo twavuga nk’imvugo yitwa : LOL
Abantu benshi bakoresha iyi mvugo batazi icyo isobanura, nyamara kandi (...) -
“Nabanje gucuruza imboga, Imana impamagarira kwamamaza ubutumwa bwiza mu ndirimbo” - Sarah Kairie
22 January 2014, by Simeon NgezahayoUmuhanzikazi w’indirimbo zihimbaza Imana ukomoka mu gihugu cya Kenya Sarah Kiarie wabanje kumenyekana cyane ku ndirimbo nka Nasema Asante ariko ubu akaba amaze gusohora izindi nyinshi kandi zifasha imitima, arashima Imana ko n’ubwo yabanje gucuruza imboga yaje kumuhamagarira kwamamaza ubutumwa bwiza mu ndirimbo. Sarah K w’imyaka 42 yashakanye n’umupasiteri, ubu afite abana 3. Mu kiganiro yagiranye n’Ikinyamakuru Uliza Links, Sarah yatangaje ko n’ubwo kugeza ubu ubuzima bumeze neza, si uko (...)
-
Ngarambe agiye gufasha abana
29 September 2012, by Patrick KanyamibwaUmuhanzi wakunzwe kubera indirimbo yise”Umwana ni umutware”nyuma y’igihe kirekire atagaragara kuri ubu ari gutegura ibitaramo byo gufasha abana b’imfubyi n’abatishoboye.
Mu kiganiro n’abanyamakuru twakoranye nawe kuri Stade Amahoro i Remera yavuze ko afitiye byinshi abana batagira kivurira. Zimwe mu ngamba za Ngarambe harimo gushishikariza abana baba mu bigo by’imfubyi no gukangurira ababa mu muhanada gusubira mu ngo.
Ngarambe yatangaje ko afite gahunda yo gufasha abana kandi akagenda (...) -
Mbese Umukristo yabasha kwinezeza akanubaha Imana?
19 August 2015, by Innocent KubwimanaMbese umukristo yabaho mu buzima bwo kwinezeza? Kubera iki? Ibintu bifatika nabyo Imana ibitangamo imigisha. Ubwo haba hasigaye uko buri wese yabikoresha, ese isano iri hagati y’umubano umuntu agirana n’Imana no kunezererwa mu byo utunze bihurira he? Ubwo aha haza ikibazo cy’ubuzima bwitwa bworoshye ndetse n’ubundi bwa Gikristo.
Ese ibi byombi kubihuza byakunda? Ibi bituma hari ibyo bamwe bita ibyaha, abandi bakavuga ko nta rubanza bibacira. Nyamara Yesu ni umwe, ntahinduka kandi bose niwe (...) -
Komera, wiva mu masezerano Imana izakugarukaho
31 August 2015, by Innocent KubwimanaNubwo isi tuyishakiramo ubuzima tukanayibamo, rimwe na rimwe tukayiboneramo n’ibitunezeza ariko kandi na none yuzuyemo byinshi bisenya imitima yacu. Ibi bituma abantu bagendana ibibakomeretsa bitari bimwe. Ntacyo wakora ngo bishire, umuririmbyi yaravuze ngo ntihazabura intambara ntabwo amahoro azabura keretse gusa Yesu atsembyeho urupfu n’ibyaha.
Mugihe rero Yesu atarabitembaho nta kindi twakora uretse kubibamo. Ese biramutse bibaye byinshi twakora iki? Twava mu nzu y’Imana? Imana (...) -
Korali Jehovahjireh CEP ULK iraba yerekeje mu gihugu cy’Uburundi muri Kaminuza y’i Ngozi kuva kuwa 27-29/07/2012.
26 July 2012, by UbwanditsiNyuma y’ingendo z’ivugabutumwa zitandukanye ikomeje kugenda igirira hirya no hino mu gihugu, korali Jehovahjireh yo muri Kaminuza yigenga ya Kigali (ULK) ubu none ho ifite urugendo mpuzamahanga rw’ivugabutumwa bwiza bwa Yesu Kristo mu gihugu cy’abaturanyi cy’Uburundi muri kaminuza y’i Ngozi kuva tarikiya 27-29/07/2012. Nkuko Prezida wa korali Jehovahjireh bwana Ndorimana Phillotin abitangaza, avuga ko bishimiye uru rugendo ngo kuko arirwo rwa mbere bagiye gukorera hanze y’igihugu.
Ati tumaze (...) -
Biraruhije ko umutunzi yinjira mu bwami bw’Imana.
5 June 2012, by Kiyange Adda-DarleneMariko 10 :23-25. Y esu araranganya amaso abwira abigishwa be ati : Erega biraruhije ko abatunzi binjira mu bwami bw’Imana ! abigishwa be batangazwa n’amagambo ye. Nuko Yesu arabasubiza ati « bana banjye, ni ukuri biraruhije ko abiringiye ubutunzi binjira mu bwami bw’Imana. Icyoroshye n’uko ingamiya yanyura mu zuru ry’urushinge, kuruta ko umutunzi yakwinjira mu bwami bw’Imana. »
Yesu aganiriza abigishwa be, yibanze ku bantu babiri akurikije uko yari amaze kuganira n’umutunzi. Uwambere yavuzeho (...)
0 | ... | 1290 | 1300 | 1310 | 1320 | 1330 | 1340 | 1350 | 1360 | 1370 | ... | 1850