Umwaka ni igihe gito mu buzima bw’umuntu, kandi ni igihe gito mu buzima bw’umuryango, ariko si igihe gito mu bikorwa k’uwo ari we wese waba ufite intego n’icyerekezo ashaka kugeraho.
Ibi turabivuga mu gihe kuri iyi taliki ya 29 Werurwe 2014,umuryango MIZERO CARE FOUNDATION wishimira kubamenyesha ko umaze umwaka ubonye izuba, ibyari inzozi za Mizero Iréné wawushinze bitangiye kujya mu bikorwa.
Umusizi w’umuhanga wo mu gihugu cy’u Bufransa witwa Corneille yagize ati “aux âmes bien nées, la valeur (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Umuryango Mizero Care Foundation umaze umwaka ukora
31 March 2014, by Ubwanditsi -
Duhe Imana Umwanya wa mbere (mwiza) mu munsi wacu
31 March 2016, by Umugiraneza Edith"Nuko mu museke arabyuka , arasohoka ajya mu butayu asengerayo". Mariko 1:35
Umwanya mu marana n’Imana ni umwanya ukomeye cyane w’umunsi. Niyo mpamvu guhitamo isaha n’ahantu ho gusengera ari ibintu by’ingenzi cyane. Niyo mpamvu kugira gahunda ihoraho idahindagurika ari ingenzi cyane.
Muze imbere yayo buri munsi ku isaha imwe. Mu ijambo ry’Imana muri Mariko 1:35 haratubwira ngo: "Mu museke, arabyuka arasohoka ajya mu butayu gusengarayo".
Ntabwo ari uko Yesu yabyukaga kare ajya gusenga nawe (...) -
Ikintu cyose n’igihe cyayo, kurikira ubuhamya.....
31 August 2015, by Innocent KubwimanaUbuhamya bukurikira ni ubw’umukobwa witwa Vilottte, wabusanga ku rubuga rwa Gikristo www.topchretien.com.
Mu gihe nari muto nari meze nk’inyeshyamba kandi nkiri umwana cyane. Sinaryaga iminwa iyo nahuraga n’akababzo umuntu ntanezeze, ubwo byahitaga biba bibi. Nari mfite kamere mbi, meze nk’uwatewe na dayimoni.
Nta guca bugufi nagiraga, sinubahaga ababyeyi, abavandimwe nababwiraga nabi. Mu by’ukrui nari kure y’Imana, Kristo sinamwiyumvishaga. Iby’ijambo ry’Imana byo sinabikozwaga. Kuri jye (...) -
Wari uzi icyo wakora ngo ubone umugisha uva ku Mana?
3 December 2015, by Ernest RutagungiraUwiteka aguhe umugisha akurinde,Uwiteka akumurikishirize mu maso he akugirire neza,Uwiteka akurebe neza ,aguhe amahoro, uko abe ariko bashyirisha izina ryanjye ku b’isirayeli ,nanjye nzabaha umugisha ( kubara 6:24-27). Umugisha Uwiteka atanga uzana ubukire kandi nta mubabaro yongeraho ( Imigani 10:22).
Iyi ni imwe muri mu myinshi mu mirongo y’ijambo ry’Imana, yerekana uburyo umugisha utangwa n’Imana ku bwoko bwayo, ikaba ikunze guhukoreshwa mu guhumuriza imitima y’abantu bari mu kaga cyangwa (...) -
U Budage: Abakristo 3,000 bateranijwe no gusengera umwaka wa 2014!
2 January 2014, by Simeon NgezahayoKuri uyu wa kabiri taliki 31/12/2013, Abakristo bagera kuri 3,000 bakomoka mu bihugu 50 bateraniye hamwe mu masengesho ryo gushyira umwaka wa 2014 mu biganza by’Imana! Aya masengesho amaze iminsi 5 (28/12-2/01) yabaye mu rwego rw’amasengesho ngarukamwaka (aba kabiri mu mwaka), ateguirwa n’ihuriro Mission-Net Congress. Nk’uko bitangazwa na Jason Mandryk uyoboye aya masengesho, iyi concert y’amasengesho yiswe “The countdown to New Year” iba ifite intego yo gusengera ibihugu, byaba ibyo ku (...)
-
Zimbabwe : Abanyarwanda n’Abanyekongo barasaba kwemererwa gusenga shitani
3 February 2013, by UbwanditsiUbwo mu minsi yashize havugwaga iby’Umunyarwanda witwa Bizimana Théoneste wandikiye Leta ya Zimbabwe asaba uburenganzira bwo gutangiza risenga shitani, akaza gutabwa muri yombi kimwe n’abandi bari barariyobotse mu nkambi, no muri gereza bakomeje kuzamura ijwi basaba uburenganzira bwo kwemererwa gusenga imyuka mibi.
Abayobozi ba gereza yo muri Zimbabwe icumbikiye Abanyarwanda n’Abanyekongo bari barayobotse iyo dini ya shitani, barakibaza niba babarekura cyangwa baguma kubafunga.
Abafunzwe bo (...) -
“Inkuru y’impamo” - Ubuhamya bwa Lyman
11 December 2013, by Simeon NgezahayoHabayeho umugabo n’umugore, buzuza imyaka 20 bafite umwana w’imyaka 3 y’amavuko. Abaganga baketse ko uwo mwana arwaye, kuko babonaga adasanzwe: ubwonko bwe ntibwakoraga. Uwo mwana w’umuhungu ntiyabashaga kunyeganyeza amaguru cyangwa amaboko, haba no kuvuga cangwa ngo ubwonko bugire impinduka bugaragaza.
Ababyebyeyi bafashe icyemezo cyo kumujyana mu bitaro birushijeho kuba byiza, kugira ngo babashe gutangira kumwitaho mu maguru mashya. Hashize nk’icyumweru bamuvura, umuganga mukuru yabwiye (...) -
Iki ni cyo gihe cyo gushaka Uwiteka!
14 November 2013, by Ubwanditsi“Mwibibire mukurikiza gukiranuka, musarure mukurikiza imbabazi, murime imishike yanyu kuko ari igihe cyo gushaka Uwiteka, kugeza igihe azaza akabavubira gukiranuka” Hoseya: 10: 12.
Abantu barakataje mu bushakashatsi butari bumwe:
• Ubushakashatsi bw’imiti ku ndwara zidakira
• Ubushakashatsi kuri petrole
• Ubushakashatsi bwo gutura ku yindi mibumbe
• Ubushakashatsi ku byogajuru
• N’ibindi
Ubushakashatsi buruta ubundi ni ugushaka Uwiteka (Hoseya: 6: 3). Imana yari yaratoranyije Isirayeli kuba (...) -
Umuhanzi Musabe Dieudonne yashyize hanze indirimbo nshya yise « Ndamufite
25 September 2012, by Patrick KanyamibwaUmuhanzi Musabe Dieudonne amaze iminsi mike ashyize hanze indirimbo ye nshya yise « Ndamufite », akaba yarayikoranye n’abahanzi Dominic Nic na Rachel. Iyi ndirimbo ye ije isanga izindi nazo yakoranye n’abahanzi batandukanye, aho twavuga nk’iyitwa « Duhindure isi yacu » ari nayo ndirimbo irimo abahanzi benshi bagera kw’icumi, ndetse hari n’indi yitwa « Nzamubona » yakoranye na Bright umusore uzwiho kuririmba mu njyana ya Hip hop.
Musabe n’umuhanzi uririmba indirimbo zihimbaza Imana mu njyana ya Rn’b (...) -
Guhimbaza Imana ni ubuzima! – Don Moen
15 January 2014, by UbwanditsiDon Moen uyoboye itsinda ryo kuramya no guhimbaza Imana mu mujyi wa Nashville aratangaza yuko guhimbaza Imana bitarangirira mu rusengero, ahubwo binagaragarira mu myitwarire y’Umukristo ya buri munsi.
Moen w’imyaka 62, mu kiganiro yagiranye n’Ikinyamakuru The Post Newspapers cyandikirwa mu gihugu cya Zambia aho aherutse gukorera concerts 2 mu mujyi wa Lusaka, yatangaje ko guhimbaza Imana nyakuri kutagarukira ku idini, umuco n’imyaka.
"Guhimbaza Imana ni ibyo dukora mu kazi; ni ibyo tugirira (...)
0 | ... | 1320 | 1330 | 1340 | 1350 | 1360 | 1370 | 1380 | 1390 | 1400 | ... | 1850