Bishobora kubaho ko abashakanye batandukana kandi bafitanye abana. Kenshi na kenshi iyo hatabayeho kwitonda bishobora gutera inkurikizi ku bana babo mu gihe kizaza. Akaba ari yo mpanvu tugira ngo turebere hamwe inama zadufasha kubarinda izo nkurikizi hifashishijwe urubuga rwa “Webmed”.
1. Irinde guhindura umwana wanyu intumwa iri hagati yanyu nyuma yo gutandukana
Ibi bikunda gukorwa n’ababyeyi bashaka kugira bimwe mu byo bamenyeshanya kandi kubonana bigoranye, bityo bakaba bahitamo (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Ibintu bitanu byafasha umwana kubaho neza igihe ababyeyi be batandukanye
21 February 2013, by Ubwanditsi -
Hatana maze ukore kuri Yesu urabona igitangaza.
17 May 2016, by Ernest RutagungiraYumvise ibya Yesu araza aca mu Bantu, amuturuka inyuma akora ku mwenda we, kuko yari yibwiye ati “Ninkora ku myenda ye gusa ndakira”. Uwo mwanya isoko y’amaraso irakama, amenya mu mubiri we ko akize cya cyago. Yesu nawe yiyumvamo ko ubushobozi bumugabanutsemo, ahindukira abyigana abaza abantu ati “ninde ukoze umwenda wanjye” (Mariko 5:27-30).
Nk’uko bisanze abantu ntago abantu bajya bahuza kubaho mu buzima bacamo, kuri wowe byashoboka ko ubwo wanyuzemo wahiriwe, ukiberaho mu mahoro, mu mutekano (...) -
Nijeriya: Abarenga 500 bishwe n’insengero nyinshi ziratwikwa mu gitero.
12 April 2016, by NicodemNibura abantu 500 ni bo bamaze kumenyekana ko bishwe ndetse n’insengero nyisnhi ziratwikwa muri iki gihugu byakozwe abitwa abafulani.Ibi byabereye mu duce turenga 10 two muri Nijeriya.
Uduce twahitwa Agatu LGA ngo hasigariye ku izina naho abaho barishwe bikomeye n’intagondwa z’abayisilamu muri iki gihugu nkuko tubikesha Umuryango Mpuzamahanga wita ku kwishyira ukizana kw’abakristu mu isi uzwi nka Christian Solidarity Worldwide (CSW).Ibitero biheruka ngo byaje nyuma y’uko inzego z’umutekano zo (...) -
UBuhamya: Imana yankijije Diyabete nyimaranye imyaka myinshi. Thérèse Nahimana
10 September 2013, by UbwanditsiJewe ndi umurundikazi nitwa Thérèse Nahimana, ndubatse mfise abana. Ndakijijwe nkunda cane Yesu kuko yankunze, akankiza ntarabaho (mu myaka 2000 iheze niho yabikoze)
Narakize ingwara nyinshi zananiye abaganga. Murizo novuga nka diabète; nayigwaye kumara imyaka 12 nitera umuti witwa « insuline »; umuntu awitera mu rushinge.
Maze kwiga no gutahura ibanga ryo kwizera ivyo Yesu yadukoreye naciye menya ko ntarwaye; ko haheze imyaka 2000 narakize ingwara zose kubwo gushishagurwa kwa Yesu; nca (...) -
Chorale Louange CEP/KIE ikomeje ingendo z’ivugabutumwa
20 December 2012, by BYABEZA Levis PasteurNyuma y’aho ishyiriye ahagaragara umuzingo wayo ugizwe n’indirimbo zigaragaraza amashusho, Korali LOUANGE yo muri KIE ikomeje gukora ingendo hirya ni hino.
Kuri iki cyumweru taliki ya 23/12/2012 izaba iri mu ntara y’iburasirazuba, umudugudu wa RWIKUBO muri paruwasi ya RWIKUBO aho bazafatanya n’aba Kiristu baho guhimbaza Imana guhera saa tatu kugera saa kumi n’ebyiri.
Twegereye umuyobozi w’iyo korali HABINEZA Theogene adutangariza ko intego bafite ari ukugeza ubutumwa bwiza bwumvikana mu (...) -
Ubuhamya: Ibidashobokera abantu bishobokera Imana.
20 February 2013, by Isabelle GahongayireCamillo yari yarafashwe n’umutwe w’abarwanyi muri Colombie witwa FARC. Afashijwe na Hogar, umuryango ufasha abana bo mu miryango y ‘abakristu itotezwa uri muri Colombie, Camillo abasha gukomeza ishure.
« Namenye ko byose bishoboka iyo ubuzima bw’umuntu buri mu maboko y’Imana. »,Ayo ni amagambo yavuzwe na Camillo, hamwe n’ababyeyi be, ubwo bizihizaga umusi yari arangije secondaires. Abo babyeyi bari bishimiye imfura yabo ko yari imaze kubona amanota ya mbere mu kizamini cya leta muri uwo mujyi wa (...) -
Ubabariye umukene aba agurije Uwiteka. Nawe, azamwishyurira ineza ye.
30 January 2016, by Kiyange Adda-DarleneImigani 19:17. Ubabariye umukene aba agurije Uwiteka. Nawe, azamwishyurira ineza ye.
Abakene ni abantu bahozeho kuva kera, kandi na bibiliya itwereka urugero rw’umuntu witwaga Lazaro ngo yari umukene. Itwereka kandi umukecuru ngo yari umukene agiye gutura atura amasenge 3, kandi ngo niyo yari asigaranye. Turebye mw’isezerano rya kera, tubona umuhanuzi Eliya asanze umugore wari ufite agafu n’utuvuta duke ngo bari burye muri iryo joro ngo hanyuma bakipfira. Imana rero izi ko abakene babaho. (...) -
Abaturiye umujyi wa Musanze biteguye ibiterane bidasazwe.
19 May 2013, by UbwanditsiKu inshuro ya 4 umucuranzi FRERE Manu ategura ibitaramo by’ivugabutumwa ubu yerekeje mu intara y’amajyaruguru mu umujyi wa Musanze. aganira na Radio y’abaturage ya Musanze uyu muhanzi yatangarije radio impamvu yatumye azagutegura ib’ibitaramo muri iyi ntara : avugako impamvu nyamukuru ari ivugabutumwa nk’inshingano yahawe na Yesu Christo yo guhindura abantu kuba abigishwa be bakamwizera nk’umwami n’umukiza w’ubugingo bwabo ndetse no gufasha imitima y’abantu bihebye bagahumurizwa n’ijambo (...)
-
Imyiteguro y’igitaramo Rubavu Shima Imana irakomeje
14 February 2013, by UbwanditsiKuva itariki igiterane Rubavu shima Imana yatangazwa ku ibinyamakuru bitandukanye bamwe mu bahanzi bazitabira iki gitaramo bamaze kudutangarizako imyiteguro ari yose. Diane Nkusi Rebeka ni umuhanzi kazi uri k’urutonde rwabazitabira iki gitaramo yatangarije ikinyamakuru ko ikigitaramo kije ari umugisha kuko ngo kuri we ni ubwambere agiye kuririmba muri iyi ntara aha bizamuhesha amahirwe yo kubona abakunzi b’indirimbo ze doreko ubu afite n’amashusho y’indirimbo ze!!
K’uruhande rwa Kabaganza we (...) -
Hahirwa uwo mugaragu shebuja azaza agasanga abikora!
13 October 2015, by Innocent KubwimanaHahirwa uwo mugaragu shebuja azaza agasanga abikora. Ndababwira ukuri yuko azamwegurira ibyo afite byose. Ariko uwo mugaragu niyibwira ati ‘Databuja aratinze’, agatangira gukubita abagaragu n’abaja, no kurya no kunywa no gusinda,.. Luka 12:43-45
Muri iyi nyigisho tugiye kugaruka ku nteruro Yesu yavuze ngo hahirwa umugaragu shebuja azaza agasanga akibikora. Ndifuza ko tuganira ku magambo Yesu yavuze yanditse muri kiriya gitabo cya Luka. Yesu yaciye umugani abwira abo bari kumwe, nibutse ko (...)
0 | ... | 1320 | 1330 | 1340 | 1350 | 1360 | 1370 | 1380 | 1390 | 1400 | ... | 1850