Yumvise ibya Yesu araza aca mu Bantu, amuturuka inyuma akora ku mwenda we, kuko yari yibwiye ati “Ninkora ku myenda ye gusa ndakira”. Uwo mwanya isoko y’amaraso irakama, amenya mu mubiri we ko akize cya cyago. Yesu nawe yiyumvamo ko ubushobozi bumugabanutsemo, ahindukira abyigana abaza abantu ati “ninde ukoze umwenda wanjye” (Mariko 5:27-30).
Nk’uko bisanze abantu ntago abantu bajya bahuza kubaho mu buzima bacamo, kuri wowe byashoboka ko ubwo wanyuzemo wahiriwe, ukiberaho mu mahoro, mu mutekano (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Hatana maze ukore kuri Yesu urabona igitangaza.
17 May 2016, by Ernest Rutagungira -
USA: World Vision mu mikoranire ya hafi n’abatinganyi byashavuje abanyamatorero
26 March 2014, by UbwanditsiUmuryango wa Gikristo World Vision ukorana bya hafi n’abihayimana mu bihugu bitandukanye byo kw’Isi mu bikorwa byo kwita ku bana b’imfubyi n’imbabare uherutse gutangaza ko bitarenze uyu wa mbere ugiye kwinjiza abakozi bashya mu ishami ryo mur’Amerika basaga 1100 kandi ko n’abatinganyi bemerewe ako kazi .
Nk’uko byanditswe n’ikinyamakuru Christianity Today,World Vision ivuga ko abo bakozi iri gushaka ari gukora ibijyanye no gukumira imibonano mpuzabitsina hagati y’umugabo n’umugore.
Iby’iyi (...) -
Nijeriya: Abarenga 500 bishwe n’insengero nyinshi ziratwikwa mu gitero.
12 April 2016, by NicodemNibura abantu 500 ni bo bamaze kumenyekana ko bishwe ndetse n’insengero nyisnhi ziratwikwa muri iki gihugu byakozwe abitwa abafulani.Ibi byabereye mu duce turenga 10 two muri Nijeriya.
Uduce twahitwa Agatu LGA ngo hasigariye ku izina naho abaho barishwe bikomeye n’intagondwa z’abayisilamu muri iki gihugu nkuko tubikesha Umuryango Mpuzamahanga wita ku kwishyira ukizana kw’abakristu mu isi uzwi nka Christian Solidarity Worldwide (CSW).Ibitero biheruka ngo byaje nyuma y’uko inzego z’umutekano zo (...) -
UBuhamya: Imana yankijije Diyabete nyimaranye imyaka myinshi. Thérèse Nahimana
10 September 2013, by UbwanditsiJewe ndi umurundikazi nitwa Thérèse Nahimana, ndubatse mfise abana. Ndakijijwe nkunda cane Yesu kuko yankunze, akankiza ntarabaho (mu myaka 2000 iheze niho yabikoze)
Narakize ingwara nyinshi zananiye abaganga. Murizo novuga nka diabète; nayigwaye kumara imyaka 12 nitera umuti witwa « insuline »; umuntu awitera mu rushinge.
Maze kwiga no gutahura ibanga ryo kwizera ivyo Yesu yadukoreye naciye menya ko ntarwaye; ko haheze imyaka 2000 narakize ingwara zose kubwo gushishagurwa kwa Yesu; nca (...) -
Twirinde mu byo tuvuga! Marcelle Kpan
22 May 2016, by Isabelle Gahongayire“Ufashe ururimi rwe aba arinze ubugingo bwe” (Imigani 13:3). Imana yifuza ko mu kanwa kacu havamo amagambo meza, y’ubwenge, akomeza abandi, y’amahoro, ahumuriza, yubaka abandi, ahesha abandi umugisha, yuje ibyishimo ndetse agusha neza. “Ururimi nirwo rwica kandi nirwo rukiza, abarukunda bazatungwa n’icyo ruzana” (Imigani 18:21).
Amagambo yacu ashobora kubaka, kuzura, gukiza cyangwa kwica, guhagarika cyangwa kuzimya. Tugomba rero kuba maso mu magambo tuvuga, tugatekereza mbere yo kuvuga. Tugomba (...) -
Umukongomani akurikiranyweho kuvuga ko ubuyobozi bw’u Rwanda bukorana n’imyuka ya Shitani
6 September 2012, by UbwanditsiRusizi : Pasitori witwa Kimanuka Juvenal w’Umukongomani kuwa 04 Nzeri 2012 yatawe muri yombi n’inzego zishinzwe umutekano, azira gutera imvururu n’imidugararo mu baturage akoresheje imvugo zisebya ubuyobozi bw’igihugu, aho avuga ko bukoreshwa n’imyuka ya sekibi ubu akaba ari kuri Sitatio ya Polisi y’i Kamembe.
Amwe mumagambo uyu Mupasiteri yakoreshaga, ngo yabwiraga abaturage ko ubuyobozi bw’igihugu cy’u Rwanda bukorana n’imyuka ya shitani.
Nyuma y’umwanya munini imbaga y’abaturage yaje kumwumva (...) -
Ubuhamya: Ibidashobokera abantu bishobokera Imana.
20 February 2013, by Isabelle GahongayireCamillo yari yarafashwe n’umutwe w’abarwanyi muri Colombie witwa FARC. Afashijwe na Hogar, umuryango ufasha abana bo mu miryango y ‘abakristu itotezwa uri muri Colombie, Camillo abasha gukomeza ishure.
« Namenye ko byose bishoboka iyo ubuzima bw’umuntu buri mu maboko y’Imana. »,Ayo ni amagambo yavuzwe na Camillo, hamwe n’ababyeyi be, ubwo bizihizaga umusi yari arangije secondaires. Abo babyeyi bari bishimiye imfura yabo ko yari imaze kubona amanota ya mbere mu kizamini cya leta muri uwo mujyi wa (...) -
Bitinde bitebuke Yesu azagaruka!
9 February 2016, by Innocent KubwimanaKuko Imana yakunze abari mu isi cyane byatumye itanga umwana wayo w’ikinege kugira ngo umwizera wese atarimbuka ahubwo ahabwe ubugingo buhoraho (Yohana 3:16)
Aya magambo ntekereza ko ashobora kuba ari mu butumwa bwanditse mu isezerano rishya bushobora kuba buzwi n’abantu benshi yewe n’abantu badakijijwe baziko Imana yakunze abari mu isi cyane bigatuma itanga umwana wayo w’ikinege kugirango umwizera wese atarimbuka ahubwo ahabwe ubugingo buhoraho.
Uramutse ukoresheje ikizamini kubantu bose (...) -
Burya koko Gusenga guhindura amateka!
29 March 2016, by Pastor Desire HabyarimanaCatherine Booth ni umukobwa w’imfura wa William Booth (washinze itorero Armée du Salut). Amaze kugira imyaka 23, abana bo mu mugi wa Paris mu gihugu cy’u Bufaransa bamwise Marishali ubwo yari amaze gutangiza umurimo mu itorero rya Armée du Salut mu gihugu cy’u Bufaransa muri Gashyantare 1881.
Muw’1882, yinjiye mu gihugu cy’Ubusuwisi ajya gutangizayo umurimo w’Imana. Yamaze imyaska 14 ayoboye itorero Armée du Salut mu gihugu cy’u Bufaransa no mu Busuwisi afatanije na Arthur Sydney Clibborn (...) -
Abaturiye umujyi wa Musanze biteguye ibiterane bidasazwe.
19 May 2013, by UbwanditsiKu inshuro ya 4 umucuranzi FRERE Manu ategura ibitaramo by’ivugabutumwa ubu yerekeje mu intara y’amajyaruguru mu umujyi wa Musanze. aganira na Radio y’abaturage ya Musanze uyu muhanzi yatangarije radio impamvu yatumye azagutegura ib’ibitaramo muri iyi ntara : avugako impamvu nyamukuru ari ivugabutumwa nk’inshingano yahawe na Yesu Christo yo guhindura abantu kuba abigishwa be bakamwizera nk’umwami n’umukiza w’ubugingo bwabo ndetse no gufasha imitima y’abantu bihebye bagahumurizwa n’ijambo (...)
0 | ... | 1340 | 1350 | 1360 | 1370 | 1380 | 1390 | 1400 | 1410 | 1420 | ... | 1850