Ikicyegeranyo cyakozwe n’umuhanga witwa Katherine Russel , ibi n’ibintu bikunze kugaragara munsengero mugihe cy’amateraniro bishobora nogutuma bamwe babangamirwa ntibazanagaruke murusengero bakimukira murundi bitewe niyo myitwarire,ibyo dukunda kwita ikigusha kubandi ,uyu munsi twahisemo kubagezaho ibyo bintu 10 bizira abantu bakunze gukora murusengero nimba nawe hari ikindi wumva yibagiwe gushyiramo wagishyira muri Comment yawe.
1. Gusakuza mugihe cy’amateraniro Talking during a service. 2. (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Ibintu 10 bizira abakristo bakunze gukorera murusengero mu gihe cy’amateraniro
29 September 2013, by Ubwanditsi -
Ambassadeur Zenani Mandela-Diamini arahamya ko se Nelson Mandela yamamaje ubutumwa bwiza
19 September 2013, by Simeon NgezahayoUmukobwa wa Nelson Mandela, igikomangoma Zenani Mandela-Diamini ubu uhagarariye ambassade y’Afurika y’Epfo muri Argentine, akunda se cyane, umukambwe w’imyaka 95 y’amavuko ubu urimo guhangana n’uburwayi bwugarije ubuzima bwe.
Kuri uyu wa 16 Nzeli ubwo Zenani n’abakobwa be 2 ari bo Zaziwe na Swati baganiraga n’ikinyamakuru The Christian Post, Diamini yatanze ikiganiro afite ishema ryo kuba ari umukobwa wa Mandela. Avuga ko se yabwirije ubutumwa bwiza, yagize ati “Ntekereza ko data yabwirije (...) -
Kujya mu ijuru kuri benshi babona bidashoboka, ariko ku Mana byose birashoboka.
31 May 2016, by Ernest RutagungiraBimwe mu birenze gutekereza kw’umuntu, ibirenze ubushobozi bwe, ndetse ibigaragara ko bidashoboka ushingiye kuri kamere muntu,harimo kujya mu ijuru kwacu nk’abantu dushaka ubutunzi buri munsi,myamara kubizera Imana bakayubaha si ikintu cyo gutindaho cyangwa kugisha umutima inama, kuko byose birashoboka rwose “Matayo 19:26”.
Nk’uko tubibona muri iki gice twanditse haruguru, Nyuma y’aho umusore w’umutunzi abarije Yesu ati: Ese ko ayo mategeko yandi umbwiye nayitondeye nsigaje iki ngo mbone (...) -
Wari uzi ko nta mugambi w’ Imana uburizwamo?
12 March 2016, by Umugiraneza EdithNziko Ushobora byose kandi ntakibasha kurogoya imigambi wawe Yobu 42:2
Umuririmbyi Yuzuye umwuka araririmba ati imigabi yawe si nkiy’ abantu, imbaraga zawe sinkizabo ibidashobokera abana b’abantu imbere yawe birashoboka. Ijambo ryayo rikongera rikatubwira ngo ndi Imana y’ibifite imibiri byose mbese hari ikinanira? Mbanje guha icyubahiro mbere ya byose Imana kuko yaduhisemo mu magana menshi, hari benshi batayizi, hari benshi bayihakana, hari benshi batayemera batemera n’imbaraga zayo. Imana (...) -
Ese ikosa ritandukanye n’icyaha?
24 January 2016, by BYABEZA Levis PasteurDukunze kumva abantu bemera ikosa bakoze ariko bagahaka ko bakoze icyaha. Umunyeshuri yafatwa akopera akabyita ikosa; umuntu akabeshya uwo bashakanye yatahurwa agasaba imbabazi abyita ikosa; wabwira umuntu ibitari ukuri nyuma akaza kubimenya ukamusaba imbababazi ubyita agakosa.
Mu mwaka w’2006, nyuma y’uko inkuru y’umusenateri wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika witwa John Edward yavugwaga cyane mu bitangazamakuru kubw’ imyitwarire yari iteye isoni ijyanye n’iby’ ubuzima bwe bwite [private (...) -
Pastor Benny Hinn Ibirori byo gusubirana n’umufasha we baribaratandukanye byasubitswe
30 September 2012, by UbwanditsiAmakuru ava kurubuga rwa Benny Hinn Ministries uyu akaba ari umukozi w’Imana uzwi cyane aratangaza ko ibirori byo kongera kurushinga nuwo bari baratandukanye byemewe n’amategeko byari biteganijwe ku taliki ya 26 ukwakira(10) byamaze kwimurwa bitewe nuko kuva ku italiki ya 25 kugeza kuya 26 ukwakira azaba afite amateraniro yokwakira ibitangaza ayo materaniro akazaba kw’itorero ryitwa Wake Chapel, ibyo bikaba byatumye ibyo birori byimurirwa kuwundi munsi utaratangazwa .
bikaba byamaze (...) -
Ndahamya neza ko Imana ikura ku Cyavu ikicazanya n’ibikomangoma. BURINDWI Emmanuel
11 March 2016, by Pastor Desire HabyarimanaAmazina yanjye, nitwa BURINDWI Emmanuel ariko bakaba bakunze kunyita GIKONGORO kuko mvuka mu Cyahoze ari Commune KIVU, ku GIKONGORO,ubwo nyine murabyumva neza ni ha handi ku ishyamba rya Nyungwe hafi iyo za NSHIRI, muri cya giturage kibisi, hamwe bita ko ari mu kitumvingoma, ariko ubu nkaba ntuye mu mugi wa HUYE aho nkora umurimo w’Ubucuruzi. Imana ikaba yarankoreye ibikomeye byinshi, ari nabyo ngirango mbagezeho muri ubu buhamya mugiye gukurikira.
imibereho yanjye nkiri muto
Mu buto (...) -
Kuala Lumpur: Ibitero ku Muryango wa Bibiliya muri Malaysia (BSM) byateje impagarara mu Bakristo, mu banyamategeko no mu bakozi ba Leta
14 January 2014, by Simeon NgezahayoNyuma y’aho Polisi ifatanije n’ishami rishinzwe kugenzura ibikorwa by’idini ya Islam (JAIS) byiroshye mu nyubako y’umuryango wa Bibiliya mu gihugu cya Malaysia (BSM) batabiherewe uburenganzira, bagasahura Bibiliya ndetse bagashimuta abakozi 2 b’uwo muryango, umuyobozi w’ishami rishinzwe ubushakashatsi mu Ishuri Rikuru ry’Ubushakashatsi ku bya Gikristo ‘Christian Research Institute’ aratangaza ko iki gikorwa ari “Uguhungabanya uburenganzira bw’amadini ku buryo butomoye.”
Ku wa 2 Mutarama 2014 ni bwo (...) -
Ja Rule aratangaza ko Igifungo Cyatumye Yegera Imana - Christine Thomasos
25 September 2013, by Simeon NgezahayoJeffrey Atkins (Ja Rule), umuraperi w’imyaka 37 y’amavuko yatangaje ko igifungo cy’imyaka 2 aherutse gukatirwa cyamuhaye umwanya wo kwihererana n’Imana.
Atkins wari afungiwe muri gereza nkuru ya New York regwa kunyereza imisoro mu mwaka w’2011, yafunguwe muri uyu mwaka. Uyu muraperi aracyatekereza, kandi aherutse gutangaza ko igifungo cyamushyize ku murongo.
Ja Rule atabwa muri yombi na Police
Mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Angie Martinez kuri radio New York (...) -
IBANGA RYAGUFASHA KWEZA INZIRA YAWE NO KUVA MU UBUSORE UNESHEJE.
20 May 2016, by Ernest Rutagungira"Umusore azeza inzira ye ate? Azayejesha kuyitondera nk’uko ijambo ry’Imana ritegeka (Zaburi 119:9)"
Tugiye kwiga ijambo nahaye intego ivuga ngo: IBANGA RYAGUFASHA KUVA MU UBUSORE UNESHEJE.
Ubusore ni igihe cy’imbaraga, igihe cy’ibitecyerezo byinshi kandi bishya, ni igihe isi iba igucyeneye ngo umusanzu wawe ufashe benshi mu kubaka iterambere, n’ibindi bikorwa birambye, hari bamwe bagiye batsindwa mu busore bwaho ariko hari n’abandi bagiye banesha, uyu munsi rero nkufitiye ijambo ry’ihumure ko (...)
0 | ... | 1350 | 1360 | 1370 | 1380 | 1390 | 1400 | 1410 | 1420 | 1430 | ... | 1850