Yigira imbere ho hato, yubama hasi, arasenga ngo niba bishoboka icyo gihe kimurenge Mariko 14:35 Mu byakozwe n’intumwa 12:3-5 naho tuhasanga inkuru z’ukuntu Herode yashakaga kwica Petero, agashyirwa mu nzu y’imbohe bagshyiraho n’abarinzi bo ku murinda ariko ngo ab’ Itorero bagira umwete wo kumusabira ku Mana. Ku murongo wa 12 baravuga ngo Akibitekereza atyo asohora kwa Mariya nyina wa Yohana wahimbwe Mariko, aho abantu benshi bari bateraniye basenga. Ijambo ry’ Imana kandi riratubwira ngo (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Amasengesho ahindura ibitari guhinduka
4 May 2016, by Umugiraneza Edith -
Kigali: Abasaga 50 bakiriye agakiza mu gitaramo cyiswe Welcome Vacance
4 April 2016, by NicodemSi kenshi mu bitaramo by’urubyiruko usanga hari umubare runaka w’abakijijwe cyangwa bakiriye Yesu nk’umwami n’umukiza mu bugingo bwabo bwa mbere.Gusa kuri iki cyumweru tariki ya 3 Mata 2016 ku itorero Bethesda Holy church ho mujyi wa Kigali ahazwi nko mu Gakinjiro mu gitaramo cyiswe Welcome vacance,urubyiruko rusaga 50 rwakiriye agakiza nyuma yo kumva ko rukwiye gukorera Imana mu gihe cyarwo.
Iki gitaramo cyari cyateguwe n’urubyiruko rwo mu itorero Bethesda Holy church ndetse n’Urugero Media (...) -
Ubuhamya:Mu ngorane duhura nazo nta mpamvu yo kwijujutira Imana
6 February 2013, by UbwanditsiNitwa Mariko, mfite imyaka 54, narashatse, nkaba nta kana ndabyara, kuko twagashatse tukakifuza ariko tukagaheba burundu. Umugore wanjye kuri ubu afite imyaka 48. Nyamara twarikijijwe, twakiriye Yesu ndetse twamuhaye icyicaro gihoraho mu rugo rwacu.
Ubuzima bwacu mu rugo bwaranzwe n’ ibihe bigoye cyane ( Kandi ibi byose twese turabizi ndetse byabaye ibihe by’ubusharire bukabije). Twashakanye n’umufasha wanjye nyuma y’imyaka itatu gusa nakoze Impanuka ikomeye cyane, ubwo nahanukaga hejuru mu (...) -
Bimwe mu biranga itorero rifite ububyutse!
21 July 2015, by Innocent KubwimanaIyo witegereje amatorero atandukanye amwe anitwa ay’ububyutse, hari ayo wasanga ntibugaragazamo mu by’ukuri. Ibi ni bimwe bigaragaza itorero ririmo ububyutse nyabwo kuko hari n’ibindi abantu bitiranya n’ububyutse.
1. Ijambo ry’Imana rizarushaho guhabwa umwanya kandi rigire imbaraga mu bantu b’Imana.
Iyo umuntu agereranyije ubunararibonye bwe n’ububasha bw’Ijambo ry’Imana arushaho kugwa mu rujijo, bikamukoresha amakosa akomeye mu ruhande rw’iby’Umwuka kuko iby’Imana ntibisobanurwa uko umuntu (...) -
UBuhamya: Imana yankijije urwango rwo mu mutima. Edith Umugiraneza
17 April 2014, by Umugiraneza EdithUmwuka w’ Imana aherutse kungenderera,numva ngize ubwoba cyane. Nibukijwe ukuntu nyuma ya Genocide kubera agahinda n’intimba by’ibyo nabonye cyangwa nabayemo, numvaga nifuzako kugirango numve ko ndenganuwe Imana yakwica uwitwa umugambanyi n’ umwicanyi wese igatsemba. Bitabaye ibyo nkumva mu Rwanda igihano cy’urupfu cyabaho akaba aricyo bakorera aba genocidaires bose. Nakomeje mbibona muri ubwo buryo nkabyifuza muri ubwo buryo.
Ngaca imanza zo mu mutima ndetse naho nkirijwe ibyo bintu (...) -
Byose ni Satani wabikoze:Theo n’umugore we
27 July 2012, by UbwanditsiNyuma y’amakuru yakwirakwiye ku mbuga za interineti hirya no hino ndetse no ku maradiyo avuga ko Theo Bosebabireba yatawe muri yombi azira guca inyuma umugore we, uyu muhanzi n’umugore we barahamya ko ibyabaye byose ku munsi w’ejo byakozwe na Satani bityo agasaba abakristu bose, abafana be n’abo basengana gusenga bashikamye kuko sekibi adashaka ko umurimo w’Imana ukorwa.
Mu kiganiro twagiranye na Theo n’umugore we nyuma y’amasaha make habaye ikibazo cy’ubwumvikane buke hagati ye n’umugore we (...) -
Haranira kurwana intambara nziza
22 July 2015, by Innocent Kubwimana“Narwanye intambara nziza, narangije urugendo, narinze ibyo kwizera.’’ 2 Timoteyo 4:7
Intambara yose iba ifite impande ihanganishije, kandi buri ruhande ruba rushaka kubona intsinzi. Mu isi iyo umuntu arwana yitwa intwari ari uko atahukanye intsinzi, uko wakwitwara kose umusaruro w’ibyo wakoze ugaragara nyuma y’urugamba.
Pawulo yandika yivuzeho. Ahagaragara haruguru yabwiraga Timoteyo ko we yarwanye intambara kandi nziza, ageze aho arangiza urugendo kandi yarinze ibyo kwizera.
Mu rugendo (...) -
Abakora ibikorwa by’iterabwoba barashaka guca intege ukwizera kwacu nyamara twe ntituzahwema kubakunda:Perezida Obama
4 April 2016, by NicodemIbi ni amwe mu magambo yavuzwe na Perezida Barack Obama wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ku munsi wa Pasika ubwo yari mu giterane cy’amasengesho y’abayobozi n’abanyamadini ya Gikristu yo muri iki gihugu.
Iki giterane cyabereye muri White House akaba ariyo nzu Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika abamo.
Ku cyumweru tariki ya 27 Werurwe uyu mwaka nibwo Barack Obama yavuze amagambo akomeye yatunguye benshi ubwo yari mu masengesho ya Pasika asanzwe amuhuza n’abanyamadini bo muri iki gihugu,aya (...) -
Bakristo mwitondere gukoresha amwe mu ma Terme yaduka mukayasamira hejuru mutazi icyo asobanura.
26 November 2012, by UbwanditsiMuri iki gihe tugezemo, amajyambere ari kurushaho kwiyongera, kandi uko yiyongera ni nako abakristo bagenda barushaho kuba maso, ariko kandi batanasigaye inyuma muri ayo majyambere.
Muri iki gihe umwanzi Satani ari gushaka uburyo yayobya abantu, akazana ikinyoma mu bantu, ikinjirira mu ikoranabuhanga, ubundi abantu bakandika amagambo amwe namwe batazi icyo asobanura.
Muri ayo magambo twavuga nk’imvugo yitwa : LOL
Abantu benshi bakoresha iyi mvugo batazi icyo isobanura, nyamara kandi (...) -
Mercy Ministries yakoze umugoroba wo kwibuka no guhumuriza abasigiwe ibikomere na jenoside.
20 April 2016, by NicodemUyu mugoroba wabaye kuri iki cyumweru tariki ya 17 Mata 2016 ukaba warabaye mu rwego rwo guhumuriza abafite ibikomere basigiwe na Jenoside.
Uyu mugoroba watekerejwe nyuma y’amahugurwa y’isanamitima n’ubwiyunge yahawe abahanzi n’abanyabugeni batandukanye babarizwa hirya no hino mu mujyi wa Kigali, bakaba barayahabwaga na Mercy Ministries International. Muri aya mahugurwa bahugurwaga uburyo ubuhanzi bwabo bukwiye kuba umuyoboro wo gukiza no komora abafite ibikomere.
Aba bahanzi n’abaramyi (...)
0 | ... | 1360 | 1370 | 1380 | 1390 | 1400 | 1410 | 1420 | 1430 | 1440 | ... | 1850