Abo ni bamwe mu rubyiruko rw’abahungu n’abakobwa bitabiriye ikiganiro ku kurwanya ubwigunge cyateguwe n’umuryango MIZERO CARE FOUNDATION (MCF). Mu buhamya batanze ubwo bari bamaze kuganirizwa ku bitera ubwigunge n’uko umuntu abusohokamo, bamwe mu bana 16 bakurikiranye icyo kiganiro batangaje ko mu by’ukuri bageze ubwo bibwira ko gupfa bibarutira kubaho. Ibi bakabiterwa no kuba barabonaga ko bariho nabi,bakibaza igituma bari mu mibereho mibi.
Amahugurwa yabaye tariki ya 4 ukuboza 2013 abera mu (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Bavugaga ko gupfa bibarutira kubaho none bagaruye icyizere
24 December 2013, by Ubwanditsi -
Wari uzi ko iyo ukijijwe neza Imana bitayitera isoni kukwirata?
1 January 2016, by Alice Rugerindinda“Ariko noneho barashaka gakondo irusha icyo gihugu kuba cyiza, ariyo yo mu ijuru. Nicyo gituma Imana idakorwa n’isoni zo kwitwa Imana yabo, kuko yabiteguriye umurwa” Abaheburayo 11:16
Sinarinzi ko hari abantu Imana ishobora gukorwa n’isoni zo kwita Imana yabo?
Hari umubyeyi umwe nzi, afite abana benshi, rimwe numvise avuga ngo iyo bamwise mama…..(umwe mu bana be) ngo yumva ari fiere cyangwa se yishimye kuko aba aziko ubwo bamuzi neza cyangwa se bamuzi ho ibintu byiza, mu gihe iyo bamubajije (...) -
Sobanukirwa n’ibihe bitandukanye by’urukundo
2 March 2014, by Pastor Desire HabyarimanaBenshi mu bashakanye banyura mu bihe bitandukanye mu buzima bwabo bwo gushyingiranwa. Imibanire yabo imeze nk’indabyo zo mu busitani, kugirango zibumbure kandi zirabye, zigomba kwitabwaho hakurikijwe ibihe n’impinduka z’ikirere.
Itumba ry’urukundo
Ni igihe gitangirana n’igihe umuntu atwarwa n’urukundo afitiye mugenzi we, muri cyo gihe biba bimeze nk’aho uwatwawe agendera hejuru y’ibicu kandi yibwira ko ubuzima buzahora ari bwiza gutyo. Umuntu aba yibwira ko urwo rukundo ruzahoraho iteka kandi (...) -
HUYE : Chorale IRIBA mu gitaramo gikomeye cyo kumurika Album DVD yitwa Nzabana nawe !!
17 February 2014, by UbwanditsiNyuma yo gushyira ahagaragara Album ya mbere y’amashusho igakundwa na benshi cyane mu gihugu no hanze,Chorale IRIBA ikorera umurimo w’Imana muri ADEPR Paruwasi ya Taba mu karere ka Huye muri Butare iri mu myiteguro y’igitaramo gikomeye cyo kumurikamo Album ya kabiri y’amashusho ikaba n’iya gatatu muz’amajwi ikaba yitwa NZABANA NAWE.
Mu kiganiro twagiranye na Neema Marie Jeanne umuyobozi muri Chorale IRIBA ushinzwe gutoza amajwi, yadutangarije ko icyo gitaramo giteganijwe taliki ya 16 Werurwe uyu (...) -
Abakristo barimo guhunga mu majyaruguru ya Sinai nyuma y’iterabwoba, gushimutwa, ubwicanyi n’ibitero by’intagondwa z’Abisilamu
17 July 2013, by Simeon NgezahayoMu murwa mukuru Cairo, kuri uyu wa 16 Nyakanga Abakristo 2 batuye mu majyaruguru ya Sinai bahunze ngo bakize amagara yabo. Ibi byabaye nyuma y’aho pasiteri umwe yarasiwe agapfa, undi mukristo wakoraga umwuga w’umucuruzi na we agashimutwa akicwa, umurambo we ukajugunywa mu muhanda bamuciye igihanga. Ku wa kabiri taliki 11 Nyakanga, umurambo w’Umukristo wakoraga umwuga w’ubucuruzi nyakwigendera Magdy Lamei watoraguwe mu mujyi wa Sheikh Zuwayed. Abakekwa ko bihishe inyuma y’ubu bwicanyi barimo (...)
-
Butare: ADEPR Yateguye igiterane ciswe: Urugo rwiza ni ijuru rito
23 July 2012, by MUHAYIMANA VincentI Butare mu Karere ka Huye hari igiterane cyateguwe na ADEPR Paruwasi Butare Ville.
Iki giterane gifite intego igira iti: Urugo rwiza; ijuru rito. Iki giterane cyatangiye ku wa mbere w’iki cyumweru cyaranzwe n’inyigisho zitandukanye hagamijwe gukomeza ingo no kwibutsa ko ukomeza urugo ari Yesu kandi ko nta busabane nta n’umubano byaba mu rugo Yesu atarurimo.
Iki giterane kitabiriwe n’amakorali ILIBA naITABAZA bikorera umurimo kuri ADEPR Butare Ville. Uyu munsi ku wa Gatandatu igiterane (...) -
Koreya y’amajyaruguru: abakristo babiri bishwe bazira kwizera kwabo
25 January 2013, by UbwanditsiUmuryango witwa Opens Doors USA uremeza neza urupfu rw’abakristo babiri, ukaba unagaragaza uburyo bagiye bicwa aho umwe yarashwe arimo kuva mw’ishuri rya Bibiliya mugihugu cy’Ubushinwa,undi nawe yiciwe munkambi zimfugwa muri Koreya yamajyaruguru.
Uwo muryango ukaba urega igihugu cya Koreya y’amajyaruguru ibikorwa bibi gikomeje gukora gihohotera abakristo muburyo butandukanye aho bafatwa bakicwa abandi bagafungwa muburyo bunyuranyije namategeko.
Tubibutseko Koreya yamajyaruguru iherutse kuza (...) -
Imbaraga z’ amasengesho.
14 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaIMBARAGA Z’AMASENGESHO
AMASENGESHO NTABORA
Gushima Imana twibuka aho yadukuye ari ukuzirikana ko byose tubikesha Yo, igahabwa icyubahiro. Amasengesho ni urufunguzo rukinga kandi rugakingura kandi Imana yumva amasengesho. Uwasenze yasaza akavaho akanibagirana ariko amasengesho ye agumaho.
1. IYO AMASENGESHO ABAYE MENSHI, IJURU RIRATWISHAKIRA
Ibyak.10:1-3 Hariho umuntu w’i Kayisariya witwaga Koruneliyo, umutware utwara umutwe w’abasirikare wo mu ngabo zitwa Italiyana. Yari umuntu (...) -
Umuhanzi Mahoro Isaac yateguye igitaramo cyo kuramya no guhimbaza Imana
3 December 2015, by Pastor Desire HabyarimanaUmuhanzi Mahoro Isaac yateguye igitaramo cyo kuramya no guhimbaza Imana, Iki gitaramo agiteguye Nyuma y’uko Imana yagiye imwigaragariza mu bihe bitandukanye, nawe asanga adakwiye kwiyumanganya.
Iki giterane giteganijwe kuba ku itariki 12 Ukuboza 2015, guhera saa Munani, kikazabera ku urusengero Nyamata SDA Church ari naho asanzwe asengera, akazaba ari kumwe n’abaririmbyi batandukanye nka Munyampeta Jean Luc, Karangwa Apollinaire, Ntwari Kayihura Didier, Uwase Yvonne, Korali Abungeri, (...) -
Hari icyo wakora ukabaho wishimye
24 September 2015, by Innocent Kubwimana‘’Kuko kuyitondera atari icyoroshye kuri mwe, ahubwo ari cyo bugingo bwanyu, kandi ari cyo kizabahesha kuramira mu gihugu mwambuka Yorodani mujyanwamo no guhindura.’’ Gutegekwa kwa Kabiri 32:47
Abenshi mu batwigisha ijambo ry’Imana batuma dufata Bibiliya nk’igitabo gikubiyemo ibibujijwe gusa n’amategeko agamije kudukandamiza ngo atubuze kwishimira mu buzima, mbese igamije gutuma ubuzima bwo mu isi butubihira.
Mu yandi magambo wagira ngo kugira ngo umuntu azaragwe ubwami bw’Imana bimusaba kubaho (...)
0 | ... | 1360 | 1370 | 1380 | 1390 | 1400 | 1410 | 1420 | 1430 | 1440 | ... | 1850