Umuhanzi akaba n’umuvugabutumwa, Jean Paul Samputu, yanenze bikomeye abavugabutumwa yita ko bahora barwanira ubuyobozi mu madini n’insengero nyamara mu mitima yabo atari abakristu.
Ubu butumwa Samputu yabutanze abinyujije ku rukuta rwe rwa facebook, aho yanditse agira ati “Wifuje kuba Padiri uramuba, wifuza kuba Pasiteri uramuba, wifuza kuba Musenyeri uramuba, wifuza kuba Apotre uramuba… None kuki utifuza kuba umukristu ?”
Umuhanzi Smaputu atanga ikiganiro i Liban nk’intumwa y’Amahoro yagize (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Samputu aranenga bikomeye abayobozi b’amadini b’abakristu ku izina
22 September 2013, by Ubwanditsi -
Iyo Yesu atantabara ubu mba narishwe n’urumogi, kanyanga cyangwa se inkoni nzira kwiba
15 May 2016, by Ernest RutagungiraImana ni umubyeyi igira urukundo kandi imbabazi zayo ntizigira umupaka, uwo uriwe wese, ibyaha waba warakoze byose iyo uyemereye irakubabarira.Uyu munsi turabagezaho ubuhamya bwa mwene data Imana yatabaye ikamukura habi, kuri we ngo “iyo itamubarira aba yarishwe n’urumogi, kanyanga cyangwa se inkoni azira kwiba, ariko ubu arashima Yesu ko amaraso yameneye ku musaraba ariyo yamwogejemo ibyaha bye akabibabarirwa, ati “Ubu sinkiri umujura, ndi umwana w’Imana, ariko byari bikomeye nk’uko ngiye (...)
-
Korale The Warning Voice yo muri Kaminuza ya INILAK igeze kure itegura alubumu y’amashusho izashyira hanze vuba
23 April 2014, by Kanyamibwa PatrickAbantu benshi bavugako bigorana kwiga cyane cyane Kaminuza warangiza ukanakora n’ umurimo w’Imana, aribwo ubwo twasuraga Korale The Warning Voice ya CEP INILAK batuganirije batubwirako nubwo biba bitoroshye doreko bo biga nijoro, kwiga kandi bagatsinda neza amasomo yabo barangiza bakabona n’umwaya wo gukorera Imana baririmba.
Baptiste umwe mubayobozi biyi Kolare akaba yadutangarijeko buri munsi bagira akaruhuko k’iminota mirongo itatu, akaba ariho bapanga gahunda zabo zose bakitegura uko (...) -
California: Pastor Castro araregwa gufata abagore bo mu itorero rye ku ngufu, we akavuga ko ari ‘yabakizaga kutizera!’
23 September 2013, by Simeon NgezahayoPastor wungirije muri California yatawe muri yombi aregwa gufata abagore bagera kuri 20 ku ngufu mu myaka 8 ishize.
Jorge Juan Castro w’imyaka 54 yakoze umurimo nka Pastor wungirije n’umujyanama mu itorero Las Buenas Nuevas riri mu mujyi wa Norwalk, Ca. Muri Mata ni bwo yasimbuwe na mugenzi we ubwo yajyaga mu kiruhuko, ariko ngo abagore bagera kuri 20 batangira kumurega ku buyobozi bw’iryo torero ko yabafashe ku ngufu, na bwo ni ko kubishyikiriza police. Nk’uko bitangazwa n’igipolisi cya (...) -
Chorale Umurinzi irashyira ahagaragara umuzingo w’ indirimbo zihimbaza Imana kuri uyu wa gatandatu taliki 03/05/2014
29 April 2014, by UbwanditsiUmuryango W’ Abanyeshuri B’abanyeshuri B’abapentekote Bo Muri Kaminuza Y’ Urwanda Koleji Y’ubuhinzi, Ubumenyi Bw’ Inyamaswa N’ Ubuvuzi Bw’ Amatungu ( Cep –Ur/Cavm) Yahoze Yitwa Cep-Isae Wishimiye Kubatumira Mu Gikorwa Cyo Gushyira Ahagaragara Album ya Mbere y’ Indirimbo z’ Amajwi n’amashusho ya Korali Umurinzi yitwa ’’ Mana Wagize Neza “
Korali Umurinzi Imaze Imyaka 16 Kuko yatangiye mu mwaka w’i 1998 itangijwe n’abaririmbyi 6 Mu 1999 bari bamaze kugera kuri 12 itangirira mucyahoze ari Isae (...) -
Perezida Petero Nkurunziza : Ukwemera kutagira ibikorwa nta kamaro kuba gufise
26 August 2013, by UbwanditsiMu nyigisho za mbere zari zigenewe abarongozi n’abajejwe intwaro, mu masengesho y’iminsi ine yateguwe n’umuryango w’umukuru w’igihugu mu Rumonge mu ntumbero yo gushimira Imana no gusengera igihugu, Petero Nkurunziza yasiguye ko ukwemera kutagira ibikorwa ataco kuba kumaze.
" Muhamagariwe kugaragaza ukwemera kwanyu mu bikorwa kuko kuba indongozi ari umuhamagaro uva ku Mana. Nimwitondere uburongozi bwanyu kugira mubere akarorero abari inyuma yanyu, maze mwifashishe umuhamagaro mwahawe kugira (...) -
Ntibisanze muri muzika ya gospel mu Rwanda kubona abahanzi bamamariza amasosiyete!
22 January 2013, by UbwanditsiData Innovation Center ni ikigo kimwe mu bafatanya bikorwa ba sosiyete y’itumanaho ikorera mu Rwanda MTN cyafunguye amashami mu intara zose z’igihugu mukugaragaza imbaraga z’iyi sosiyete cyane cyane kubakoresha urubuga rwa internet nka twitter, Gmail, yahoo, Facebook…kikaba gifite Cyber Café hirya no hino mu gihugu.
Nyuma yo kubona umuhanzi w’umucuranzi akaba n’umunyamakuru FRERE Manu ku byapa byamamaza iki kigo twagize amatsiko yo kuganira nawe dore ko bidasanzwe mu bahanzi baririmba Gospel (...) -
Iyaba byashobokaga ubutumwa bwiza bw’ijambo ry’Imana bwajya butangirwa no mu tubari kugira ngo abakiri mu byaha babivemo bakire agakiza.
20 August 2012, by Emmanuel KANAMUGIREItorero rya ADEPR mu Karere ka Nyanza ryahereye umubatizo abayoboke baryo muri piscine y’akabari ka Dayenu Hotel tariki ya 17 Kanama muri uyu mwaka.
Amakuru dukesha Kigali today avuga ko abahawe umubatizo uko ari 50 kimwe n’abari babaherekeje muri uwo muhango bari bazengurutse ubwogero bwa “Dayenu Hotel” baririmba indirimbo zihimbaza Imana muri icyo gikorwa cyo kugera ikirenge mu cya Yesu.
Mu gihe ibyo byakorwaga abanywi nabo bari mu nkengero z’iyo piscine bifatira ku binyobwa bisembuye, (...) -
Ndi hano nimunshinze imbere y’Uwiteka!
31 May 2016, by Alice Rugerindinda“Muzi yuko nagenderaga imbere yanyu, uhereye mu buto bwanjye kugeza ubu. Ndi hano nimunshinze imbere y’Uwiteka, n’imbere y’uwo yimikishije amavuta. Mbese hari uwo nanyaze inka ye cyangwa hari uwo nanyanze indogobe ye! Ninde nariganije ibye? Ninde nahase? Cyangwa ninde natse impongano ikampuma amaso, ngo mbibarihe. Baramusubiza bati: “Ntabwo waturiganije, kandi ntabwo waduhase, nta nicyo wanyaze umuntu wese” ! Samuel 12 : 2-4
Ubu buhamya burakomeye! Abazi amakuru ya Samuel , nyina yamujyanye (...) -
Ibaruwa y’urukundo
14 June 2016, by Simeon NgezahayoMwana wanjye,
Narakurondoye ndakumenya, ndakuzi (Zaburi 139.1).
Nzi imyicarire yawe n’imihagurukire yawe (Zaburi 139.2).
Nzi imigendere yawe n’imiryamire yawe.
Nzi inzira zawe zose (Zaburi 139.3).
Ndetse n’imisatsi yo ku mutwe wawe irabazwe yose (Matayo 10.29-31).
Nakuremye mu ishusho yanjye (Itangiriro 1.27).
Muri jye uriho, ufite ubugingo (Ibyakozwe n’intumwa 17.28).
Nakumenye ntarakurema mu nda ya nyoko (Yeremiya 1.4-5).
Nagutoranije uhereye kera (Abefeso 1.11-12). Ntabwo uri (...)
0 | ... | 1360 | 1370 | 1380 | 1390 | 1400 | 1410 | 1420 | 1430 | 1440 | ... | 1850