kanaga ubwambuJoyce Ann Burton wabayeho miss philipine muri 1985 yishimye cyane kuba Stephanie Stefanowitz ariwe watsindiye kuba Miss Philipine 2012 uzahagararira icyo gihugu kw’Isi kandi ar’umwari wih’agaciro ukijijwe,nk’uko yatowe kuri uyu wa 27/05/2012. Miss Stephanie Stefanowitz akaba yari yambaye neza rwose byananyuze abari muri ibyo birori doreko imyambarire ye yari itandukanye niyabagenzi be kuko bo berere bwabo .Joyce akaba yashimishijwe no kuba abonye mugenzi we bahuje ukwemera mu (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Byanshimishije kuba Miss Philipine 2012 ari umurokore: Joyce Ann Burton
31 May 2012, by Peter Ntigurirwa/isange.com -
Ibintu 5 abakristo bakunda kunenga abashumba babo rwihishwa!
8 June 2012, by Peter Ntigurirwa/isange.comKimwe mu bintu bigaragaza ko itorero ritangiye gukura ni umubare utubutse w’abayoboke b’idini cyangwa se itorero runaka.Kuba kandi itorero ribyara andi matorero hirya no hino usanga birushaho guha uruvugiro itorero riba ryayibarutse, dore ko akenshi unasanga abayoboye amatorero nk’aya bakunze kugenda bahindura inyito bitewe n’urwego itorero baba barashinze rigenda rigezeho umunsi ku wundi.
Aha twatanga nk’urugero rw’uko utangiye itorero rishya usanga yitwa Pastor, nyuma yamara kugira abakristo (...) -
Sobanukirwa n’impamvu Malariya yibasira abagore batwite cyane
25 June 2012, by UbwanditsiMalariya ni imwe mu ndwara zandura yibasira uturemangingo tw’umutuku tuba mu maraso (red blood cells). Abataramenya iyi ndwara ntibavuga rumwe ku kiyitera kuko benshi bibeshya ko yandurira mu kurya ibisheke, kunyagirwa, kunywa imisururu idahiye n’ibindi bayitirira ndetse bamwe ntibanatinye kubeshya ko ari amarozi. Nyamara iyi ndwara ikwirakwizwa mu bantu n’umubu w’ingore ariko by’umwihariko imibu y’ingore yitwa A. gambiae ndetse n’uwitwa A. funestus ikaba ariyo iri ku isonga mu gukwirakwiza (...)
-
Burundi : Avuga ko amaze imyaka 22 abonekerwa ariko arashinjwa ivangura
30 October 2012, by UbwanditsiPolisi mu Ntara ya Kayanza mu Burundi, iratangaza ko yahagaritse ibikorwa by’uwitwa Zeriya uvuga ko amaze imyaka 22 abonekerwa imuziza ko atera amacakubiri mu idini ry’Abanyagatorika.
Amakuru dukesha radiyo Ijwi rya Amerika aravuga ko polisi muri iyi Ntara yagose inzu uyu Zeriya akoreramo igata muri yombi abantu barenga 50 bavugaga bari iwe.
Impamvu y’ihagarikwa ry’uyu mutegarugore ngo ni uko mu cyumweru gishize abayoboke b’uyu Zeriya binjiriye ku ngufu mu rusengero rwa Gatolika ruri muri aka (...) -
Imana yambereye Papa nari narabuze nkiri muto
19 August 2015, by UbwanditsiNitwa Deborah mfite mama na basaza banjye babiri. Papa yapfuye kumunsi navukiyeho, ubwo nari maze kugira imyaka 7basaza banjye nabo bava murugo barigendera.
Mama wanjye yahoranaga umunaniro, akenshi sinajyaga mubona afata igihe cyo kuruhuka ahubwo yabaga ahirimbana ashakisha ngo abone ibyo kudutunga. Nubwo byari bimeze gutyo ariko mama yari yarakiriye Yesu nk’umwami n’umukiza mbere yuko mvuka birumvikana ko nasanze mama ari umukristo, ubwo byabaye ngombwa ko njya murusengero buri cyumweru (...) -
Batemberejwe i kuzimu– 7 bo mu rubyiruko rwa Colombiya (igice cya 3)
13 March 2014, by Kiyange Adda-DarleneNyuma twageze mu kindi cyiciro kibi cyane kurusha ibindi byo muri uwo muriro. Ahari imibabaro y’indegakamere, muri « centre y’i kuzimu. » Aho imibabaro irushijeho gukara cyane uko umuntu atabasha kuvuga. Abantu bonyine bababarizwa aho hantu ni abantu bigeze kumenya Yesu ndetse n’ijambo ry’Imana. Abo kera bari aba Pasitori, abavugabutumwa, aba misiyoneri ndetse n’abandi bantu bose bigeze kwakira Yesu mu bugingo bakamenya ukuri ariko n’ibibi ntibabireke. Hari harimo n’abizeye nyuma baragwa. Imibabaro (...)
-
I Rubavu itorero Restauration Church rikomeje kubyara abahanzi.
15 October 2012, by Frere ManuUyu muhanzikazi yaramaze igihe kitarigito atagaragana ubu ngo yaba agiye gusubira murugando rwa muzika!
Nitwa Cadeau UMUHOZA
Navukiye DR Congo ku wa 26/8 aho bita Goma nyuma twimukira i Masisi arinaho twavuye tuza mu Rwanda muri 1994. Amazina y’ababyeyi ni Mahinga Dieudonné na Therese Umutoni, nkaba mvuka ndi impanga y’uwitwa Umulisa Esperance (Cadette). Turi abakabiri mu bana batandatu ba Mahinga na Therese. Ubu ariko dusigaranye Maman gusa kuko Papa yitabye Imana muri 2004.
Ndubatse, (...) -
Umuhanzi Safari Peter agiye kwiyamamariza kuba Umudepite mu nteko Ishingamategeko y’u Rwanda
27 January 2013, by Ubwanditsiumuhanzi uhimbaza Imana mu ndirimbo ze, wanakunzwe cyane muri Kaminuza nkuru y’u Rwanda (UNR) ubwo yarakiri umunyeshuri wayo. Safari Peter ni umwe mu bahanzi bahimbaza Imana batangiye uwo murimo w’ubuhanzi cyera cyane.Amakuru yizewe dukesha Rwanda Gospel Magazine ni uko Safari Peter bakunze kwita Rufuku , magingo aya ubarizwa mu Karere ka Karongi,agiye kwiyamamariza kuba Intumwa ya rubanda (Umudepite) mu nteko Ishingamategeko y’u Rwanda mu gihe amatora ateganijwe kuba muri uyu mwaka wa 2013. (...)
-
Ku cyumweru taliki ya 13/1/2013, habaye munsi wo gusoza iminsi 50 yo kwita ku batishoboye muri gahunda yo gufasha abana bafite ubumuga biga mu mashuri ya Gatagara yiswe “Ngeraho umpumurize”
14 January 2013, by Patrick KanyamibwaIgiterane cyo gusoza cyari cyitabiriwe n’abayobozi b’itorero ADEPR bose kuko Bureau Executif ya ADEPR yari ihari harimo, Umuvugizi wa ADEPR, umunyamabanga mukuru, uhagarariye umuyobozi w’ururembo ndetse n’abashumba b’amatorero anyuranye harimo n’umushumba w’itorero rya Rugarama (Semunyana) ari nawe Dirija Fondateur Wa Korali Gatsata. Muri uwo muhango kandi hari abayobozi b’igihugu nk’uwari uhagarariye MINALOC n’abandi bayobozi banyuranye b’igihugu.
Igitaramo cyizihijwe n’amakorali 5 harimo Korali (...) -
Imana ntiyakwibagiwe
29 February 2016, by Emmanuel KANAMUGIRENi uko rero nk’uko umubiri udafite umwuka uba upfuye, ni ko no kwizera kudafite imirimo kumeze, kuba gupfuye. Yakobo 2:26
Mbese bene Data, byavura iki niba umuntu avuga y’uko afite kwizera, nyamara akaba ari nta mirimo akora? Bene uko kwizera kwabasha kumukiza? Cyangwa se hagira mwene Data w’umugabo cyangwa w’umugore wambaye ubusa, kandi akaba abuze ibyo kurya by’iminsi yose, maze umwe muri mwe akamubwira ati: “genda amahoro ususuruke uhage" ariko ntimumuhe ibyo umubiri ukennye byavura iki?
Uko (...)
0 | ... | 1240 | 1250 | 1260 | 1270 | 1280 | 1290 | 1300 | 1310 | 1320 | ... | 1850