Korali Abatoranijwe ADEPR-GATENGA yateguye igitaramo cy’ivugabutumwa izakorana na korali Elayono ADEPR-REMERA. Iki gitaramo kikazabera ku mudugudu wa Murambi-ADEPR Gatenga guhera saa saba n’igice z’amanywa (13h30).
Korali Abatoranijwe ni imwe mu makorali akorera umurimo w’Imana mu itorero rya ADEPR muri Paruwasi ya Gatenga, umudugudu wa Murambi. Ubusanzwe iyi korali itegura ibiterane by’ivugabutumwa buri mwaka bigamije guhembura abakristo ndetse no kuzana abantu kuri Kristo. Ni muri urwo rwego (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Korali Abatoranijwe ADEPR-GATENGA na Elayono ADEPR-REMERA zizataramira Abanyamurambi (Gatenga) ku cyumweru le 24/03/2013
22 March 2013, by Innocent Kubwimana -
Choral Betiphage yagabiwe inka 7 ihabwa n’amafranga miriyoni imwe n’amaganabiri y’u Rwanda.
28 August 2013, by UbwanditsiKuri cyumeru gishize Choral betiphage ibarizwa ku umudugudu wa Betifague mu itorero rya ADEPR Gisenyi mu karere ka rubavu yashyize ahagaragara Album yayo y’amashusho mu igiterane cyahuje abantu beshi maze nyuma y’ijambo ry’Imana ryigishijwe na Pastor Jean Claude Iyakaremye habaho gahunda yo guhesha umurimo w’Imana agaciro hagurwa DVD maze bamwe mu baterankunga b’iyi korari bayigabira inka abandi batanga amafranga mu rwego rwo gukomeza gushyigikira iyi korari ndetse no gushesha agaciro umurimo (...)
-
Inyungu zibonerwa mu gukorera Imana
10 June 2016, by Pastor Desire HabyarimanaHari abantu basobanukiwe neza impamvu zo gukorera Imana abo bantu ntibashidikanya kugukorera Imana ahubwo bahora banyotewe no gukora imirimo Imana ibategeka kuko bazi neza ko harimo inyungu nyinshi , Dore zimwe mu nyungu abantu bakorera Imana bagendana nazo .
1.Iyo ukorera Imana irakurinda
Iyo uri umukozi w’Imana,irakurinda kuko hari ibintu byayo uba ubitse muri wowe kandi bifite umumaro munini bishatse kuvuga ko ugendana isezerano ry’uburinzi aho uba uri hose ku bwuko uri umukozi wayo. (...) -
Amadini amwe abangamiwe n’icyemezo bafatiwe n’Umujyi wa Kigali
20 February 2013, by UbwanditsiIbyemezo byafashwe n’Umujyi wa Kigali ku rusaku rw’abanyamadini, hari bamwe mu banyamadini bavuga ko babona bibabangamira, kuko ijambo ry’Imana bagenderaho (Bibiliya) ribasaba kuyihimbaza bakoresheje amajwi arenga (Zaburi 150 : 5).
Nyuma yaho Komite y’Umutekano yaguye y’Umujyi wa Kigali iyobowe n’Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Ndayisaba Fidèle yateranye tariki ya 04 Gashyantare 2013, igasuzumira hamwe ikibazo cy’abasakuriza abandi bakoresheje indangururamajwi cyangwa ibindi bikoresho by’umuziki, (...) -
Jehovahjireh ChoirCEP-ULK Evening mu giterane gikomeye kuri iki cyumweru cyo kuwa 05/05/2013 muri Kaminuza ya ULK.
30 April 2013, by VitalJehovahjireh choir ubwo yaririmbaga ku Munazi-Kamabuye-Bugesera mu mvura nyinshi. Jehovahjireh choir CEP- ULK Evening isanzwe ikorera umurimo w’Imana muri Kaminuza yigenga ya Kigali ULK, kuri iki cyumweru cyo kuwa 05/05/2013 yabateguriye igitaramo gikomeye cy’indirimbo z’Imana ndetse n’ijambo ry’Imana risize amavuta.
Ibi ni ibyatangajwe na Prezida w’iyi korali bwana NDORIMANA Philotin ubwo bari mu gikorwa cyo gufata amashusho ya Album ya 2 barimo gutegura. Akaba yagize ati:Tumaze iminsi (...) -
Nyamagabe : Inkuba yashenye urusengero rwa ADEPR
1 February 2013, by UbwanditsiInkuba imaze gusenya urusengero rwa ADPR ahitwa i Nyarusiza mu Murenge wa Kamegeri mu Karere ka Nyamagabe, uru rusengero rukaba rwari rugeze mu gihe cyo gusakarwa imaze gutwara miliyoni 35 z’amanyarwanda.
Abakirisito ba ADPR mu Mudugudu wa Bande Akagari ka Nyarusiza mu Murenge wa Kamegeri bari bakataje mu kwiyubakira urusengero, ariko saa tanu na makumyabiri z’amanywa ku wa 31 Mutarama 2013 iyi nyubako yatangiye kubakwa muri Gicurasi 2010 yikuse hasi uko yakabaye. Ba nyirayo bavuga ko bari (...) -
Africa Gospel Music Awards 2012: Abazayihatanira baramenyekanye - Eddy Mico azahagararira u Rwanda
14 June 2012, by Patrick KanyamibwaAkanama gashinzwe gutoranya abazahatanira ibihembo bya Africa Gospel Music Awards yuyu mwaka wa 2012 kashyize ahagaragara urutonde rw’abahanzi 23 bazahatanira ibyo bihembo mu byiciro bitandukanye,bizatangirwa mu birori byiswe “The Olympic Edition” mu kwa karindwi taliki ya 7 uyu mwaka.
Nkibisanzwe gutangwa kwibi bihembo bizabera mu mugi wa London kuri Golders Green Hippodrome, North End Road, Golders Green, London, NW11 7RP. Muri ibi birori hazaba hari Emmy Kosgei umwe mu bahataniraga MNET (...) -
ESIPANYE: Abarenga 5,000 bahuriye hamwe basengera igihugu cyabo
16 June 2016, by Pastor Desire HabyarimanaAbantu barenga ibihumbi bitanu (5, 000) bihurije hamwe ku munsi bahariye gusengera igihugu cyabo cya Esipanye bavuga ubutumwa bwiza bwa Kristo iki gikorwa kikaba cyarakorewe mu mijyi 15 igize iki gihugu.
Nk’uko tubikesha urubuga Evangeliques.info, iki ni igikorwa cyahuje umubare munini w’abantu, kikaba cyabimburiwe n’urugendo rwatangiye saa moya z’umugoroba (19h) hafi na gare abagenzi bategeramo imodoka berekeza mu mujyi rwa gati. Abakoze uru rugendo bari bafite ibyapa byinshi biriho ubutumwa (...) -
FONDATION GIRA IMPUHWE MU GIKORWA CYO GUFASHA ABAROKOTSE JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI BO MU MUDUGUDU WA KINYINYA!
28 April 2014, by Simeon NgezahayoKuri uyu wa Gatandatu taliki ya 26/04/2014, umuryango GIRA IMPUHWE uhagarariwe n’ UWAMBAJIMANA Marie Grace wateguye igikorwa cyo gufasha imfubyi n’abapfakazi barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 bo mu mudugudu wa KINYINYA.
Bamwe mu bashyikirijwe inkunga Aganira n’agakiza.org, UWAMBAJIMANA usanzwe azwi ku izina ry’ubuhanzi nka GAGA GRACE ndetse akaba anazwi mu ndirimbo ze zihimbaza zanakunzwe cyane nka "NYURWA", "UMPE AKANYA" n’izindi, yadutangarije ko ubusanzwe ivugabutumwa rye (...) -
Kuri iki cyumweru hateguwe igiterane cyo gushimi Imana ku rwego rw’igihugu
23 August 2012, by UbwanditsiMu rwego rwo gushima Imana kubw’ibyo yagejeje ku Rwanda, ku nshuro ya mbere amatorero ya gikristo mu Rwanda yibumbiye mu ishyirahamwe Rwanda Purpose Driven/P.E.A.C.E.Plan yateguye igiterane cyo gushima Imana cyiswe Rwanda Shima Imana. Isanganyamatsiko y’iki giterane ni umurongo wo muri bibiliya ugira uti:”Uwiteka yadukoreye ibikomeye, natwe turishimye”(Zaburi 126:3)
Iki giterane kizaba kuri iki cyumweru tariki ya 26/08/2012 kuri Stade amahoro guhera saa saba z’amanywa. Mu kiganiro abayobozi (...)
0 | ... | 1240 | 1250 | 1260 | 1270 | 1280 | 1290 | 1300 | 1310 | 1320 | ... | 1850