Ni uko musenge mutya muti: ’Data wa twese uri mu ijuru, izina ryawe ryubahwe’. Matayo 6:9.
Abigishwa ba Yesu, bagendanye nawe igihe kitari gito, babonye byinshi mu murimo we, bamubonye abwiriza ubutumwa bwiza, bamubonye akiza abantu indwara zose, bamubonye atubura imigati n’imitsima bamubonye azura abapfuye ariko muri ibyo byose nta nakimwe bamusabye usibye kubigisha gusenga. kubera ko gusenga ni ko gukingura ijuru, kukamanura imbaraga z’imirimo y’ibitangaza n’ibimenyetso.
Bene data gusenga ni (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Wari uzi ko Imana ari Data wa twese?
11 March 2016, by Pastor Desire Habyarimana -
Batemberejwe i kuzimu– 7 bo mu rubyiruko rwa Colombiya (igice cya 3)
13 March 2014, by Kiyange Adda-DarleneNyuma twageze mu kindi cyiciro kibi cyane kurusha ibindi byo muri uwo muriro. Ahari imibabaro y’indegakamere, muri « centre y’i kuzimu. » Aho imibabaro irushijeho gukara cyane uko umuntu atabasha kuvuga. Abantu bonyine bababarizwa aho hantu ni abantu bigeze kumenya Yesu ndetse n’ijambo ry’Imana. Abo kera bari aba Pasitori, abavugabutumwa, aba misiyoneri ndetse n’abandi bantu bose bigeze kwakira Yesu mu bugingo bakamenya ukuri ariko n’ibibi ntibabireke. Hari harimo n’abizeye nyuma baragwa. Imibabaro (...)
-
Itorero ADEPR Remera mu bubyutse bw’ amasengesho y’iminsi 21
26 March 2014, by Niyonzima MosesKuri iki cyumweru tariki ya 16 Werurwe 2014 itorero rya ADEPER Remera ryatangije amasengesho y’iminsi 21,agamije gusengera ibyifuzo bitandukanye aho intego nyamukuru y’ayo masengesho iboneka muri Daniyeli 9:3 havuga ku Gushaka mu maso h’Imana.
Nk’uko Pasiteri NIHABA Jean Paul Umuyobozi w’umudugudu wa Remera yabitangarije itangazamakuru yadutangarije ko amasengesho yatangiye tariki ya16 Werurwe akazasozwa tariki ya 5/04 uyu mwaka turimo wa 2014.
Muri ayo masengesho abakristo b’Itorero rya (...) -
Dayton: Umushoferi yakijijwe na Bibiliya!
27 February 2014, by Simeon NgezahayoUmushoferi w’imyaka 49 y’amavuko ukomoka mu mujyi wa Dayton, Ohio yakomerekejwe n’abagizi na nabi 3 bamuteze bashaka kumwambura ubuzima ahagana saa 5:20am.
Ubwo imodoka ye yamupfiragaho kuri uyu wa mbere, Rickey Wagoner aratangaza yuko bamurashe amasasu 3 agafata Bibiliya yari mu mufuka w’ishati w’ibumoso. "Narashwe mu kirenge, no mu gatuza ndumva wagira ngo bankubise kinubi!”
Ariko police yo mu karere iratangaza yuko Wagoner ari umurame. Mu kiganiro yagiranye ya Church Leaders, police (...) -
Dukwiye kwiga guha imbabazi nabatazidusabye.
18 August 2015, by Umugiraneza EdithMatayo 18:21 Nuko Petero aramwegera aramubaza ati "Databuja, mwene data nangirira nabi nzamubabarira kangahe? Ngeze karindwi?" Petero yabajije Yesu inshuro ashobora kubabarira mwene se. Igisubizo Yesu yamusubije cyari cyoroshye (simple) : Uzageze karindwi mirongo irindwi.( Matayo 28:22) mu yandi magambo ni ukubabarira igihe cyose.
Yego Pastor Prince, Ntabwo rwose agomba imbabazi zanjye ( Sinshobora kumubabarira)
Nawe ubwawe ntiwari ukwiriye imbabazi z’Imana. Nta muntu numwe muzima (...) -
Asaph Music International yateguye igitaramo cyo kumurika alubumu yayo bise “Icyubahiro”
23 December 2013, by UbwanditsiNk’uko twabitangarijwe na Pasiteri Dadou, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 27/12/2013 mu itorero Zion Temple mu Gatenga kuva saa kumi n’imwe z’umugoroba ni bwo Asaph Music International izakora igitaramo cyo kumurika album yayo bise “Icyubahiro”.
Iki gitaramo cyo kuramya no guhimbaza Asaph izagikorana na Apostle Dr. Paul Gitwaza, umwe mu baramyi bakunzwe mu Rwanda akaba ari na we muyobozi mukuru wa Authentic Ministry, ari na yo yashinze Zion Temple. Asaph Drama Team, Balet du Roi de Roi na Asaph (...) -
Ibyo umubyeyi akwiriye kwirinda mugihe atwite ndetse na nyuma yo kubyara
21 July 2015, by Umumararungu ClaireMu gihe cyose umubyeyi amara atwite usanga yigengesera mu mirire, isuku, ndetse no mubindi bikorwa bitandukanye, bagafata amafunguro arimo intungamubiri zose zifasha umwana n’umubyeyi kugira ubuzima bwiza, ariko nyuma yo kubyara gahunda zose zigasa nkaho zirangiriye aho.
Nkuto Topsante ibigaragaza, igihe umubyeyi yabyaye ntago ari igihe cyo kureka kwita kubyo yitagaho ko ahubwo aba ari igihe cyo kugira byinshi witwararika mu mirire , mu isuku ndetse no mu mibereho rusange ya buri munsi, (...) -
Ubuhamya bwa Yvonne: “Imana yankuye mu mwijima, inshyira mu mucyo!”
15 November 2013, by Simeon NgezahayoNakiriye Yesu Kristo kubera ibibazo nari ndimo. Yego nari nsanzwe muzi, ariko muzi nabi. Navukiye mu muryango w’abanyedini cyane, nanjye nkomeza imigenzo y’idini kuva mu bwana. Namaze imyaka 30 muri icyo kigare cy’idini, nyamara yari imigenzo itabasha kuziba icyuho cyari mu bugingo bwanjye. Ariko Imana ishimwe yabaye Umwungeri w’ubugingo bwanjye kuva mvutse! Nashatse umugabo mu w’1964, mbyara abahungu babiri. Hashize imyaka 8, natandukanye n’uwo twashakanye mu buryo bukomeye kandi bubabaje. Je (...)
-
Bimwe mu biranga itorero rifite ububyutse!
21 July 2015, by Innocent KubwimanaIyo witegereje amatorero atandukanye amwe anitwa ay’ububyutse, hari ayo wasanga ntibugaragazamo mu by’ukuri. Ibi ni bimwe bigaragaza itorero ririmo ububyutse nyabwo kuko hari n’ibindi abantu bitiranya n’ububyutse.
1. Ijambo ry’Imana rizarushaho guhabwa umwanya kandi rigire imbaraga mu bantu b’Imana.
Iyo umuntu agereranyije ubunararibonye bwe n’ububasha bw’Ijambo ry’Imana arushaho kugwa mu rujijo, bikamukoresha amakosa akomeye mu ruhande rw’iby’Umwuka kuko iby’Imana ntibisobanurwa uko umuntu (...) -
Kenya: Pasitori yasambanyije umukobwa yenda gukora ubukwe anamutera inda
8 February 2013, by Ubwanditsiyi nkuru ituruka mu gihugu cya Kenya n’iy’umugabo wahuye n’ingorane atanga inkwano ngo akwe uwo bagombaga kuzabana ariko mu gihe ubukwe bwari butaraba aza kumenya ko hari uwo yitaga umukozi w’Imana wamuciye inyuma.Uyu mugabo wo muri Embakasi( Kenya) we ari gushaka uko agaruza inkwano yatanze ku mugore we nyuma y’uko umupasitoro amusambanyije,akanamutera inda.
Uyu mugore yabwiye itangazamakuru ko atazibagirwa ibyago yagize,byamubujije inzozi ze zo kubana n’uwo yahisemo bagombaga gufatanya (...)
0 | ... | 1220 | 1230 | 1240 | 1250 | 1260 | 1270 | 1280 | 1290 | 1300 | ... | 1850