Umuvugabutumwa witwa Nyandwi Theodomir utuye mu Murenge wa Muhima, Akarere ka Nyarugenge atangaza ko akora umurimo wo kubwiriza abantu mu modoka no mu maresitora, akaba yiyita umuhanuzi Eliya w’iki gihe ; kandi akaba akomeje kuzenguruka muri za minibisi avuga ubuhanuzi bwe.
Nk’uko yabitangarije ikinyamakuru Izuba Rirashe, uyu mugabo wiyita umuhanuzi Eliya, yatangiye iyi mirimo muri 2004 ; abifungirwa inshuro zirenga 10.
Avuga ko adaterwa ubwoba n’uko abantu bamwita umusazi, ati "mbere (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Kigali: Abagenzi barinubira abavuga-butumwa bo mu matagisi
14 February 2013, by Ubwanditsi -
DK Kwenye Beat ni umwe mu bahanzi bazitabira itangwa rya Groove Awards Rwanda baturutse hanze y’u Rwanda
7 October 2013, by UbwanditsiMu gihe amatora akomeje mubahatanira ibihembo bya Groove, aho aya matora ku sms na interinete azasozwa ku munsi wa 12/10/2013, bimaze kumenyekana ko harimo abahanzi bamwe bamaze kwemera kuzitabira umunsi nyirizina w’itangwa ry’ibihembo harimo uwitwa DK Kwenye Beat wamenyekanye cyane muri Sari Sari, Furi Furi na Osusu ndetse akazaba ari kumwe na Eric Omondi na Dj Mo.
Amakuru dukesha abari gutegura aya marushanwa avuga ko uyu muhanzi azagera i Kigali hagati yo ku Kabiri no kuwa Kane wa kino (...) -
Kuki Yesu yabambwe ku musaraba?
30 March 2016, by Simeon NgezahayoNk’uko byari byarahanuwe, igihe cyarageze Yesu arapfa. Urupfu rwa Yesu abantu barwitwayemo mu buryo butandukanye. Bamwe baramwishe, ndetse babikora bumva nta mutima ubacira urubanza kuko bari bamugeretseho ibirego bakamwita umunyabyaha. Gusa n’ubundi Yesu yari yikoreye ibyaha, ariko uburyo babivugamo si ko biri.
Kimwe mu byaha bikomeye Yesu yaregwaga ni ukwigereranya, kuko yababwiye ko ari Umwana w’Imana. “Abayuda baramusubiza bati ‘Dufite itegeko, ku bw’iryo tegeko akwiriye gupfa kuko yigize (...) -
KIGALI: CHORALE BARAKA YASUYE ABARWARIYE MURI CHUK IBAGENERA AMAFUNGURO N’IBIKORESHO BY’ISUKU
7 May 2014, by Simeon NgezahayoKu munsi ngarukamwaka mpuzamahanga wahariwe kuzirikana no kwita ku barwayi uba buri taliki 4 Gicurasi, CHORALE BARAKA ibarizwa kuri ADEPR NYARUGENGE yasuye abarwayi bo mu bitaro bya kaminuza bya Kigali (CHUK) ibagenera amafunguro n’ibilkoresho by’isuku.
Baraka isura abarwayi mu byumba barwariyemo
Nyuma yo kuva mu kibuga cy’ibi bitaro aho abantu baturutse mu bice bitandukanye bari bahuriye bizihiza uyu munsi mukuru wahariwe kwita no kuzirikana abarwayi, kimwe n’abandi bose haba amakorali (...) -
NY: Uwahoze ari bodyguard wa P. Diddy, 50 Cent, Jennifer Lopez… aratangaza ko Imana yamuzuye, ikanamuhindura ngo yamamaze ubutumwa bwiza!
28 February 2014, by Simeon NgezahayoBrother Tim w’imyaka 38 y’amavuko ntabwiriza ku ruhimbi buri cyumweru, ndetse nta torero agira ayobora. Uburyo akora umurimo w’ivugabutumwa ngo ni ubwashyizweho n’umuryango Bridgeport ukorera muri Leta ya Connecticut, ukora ivugabutumwa usanga abantu aho bari ukoresheje moto muri misiyo bise “God’s Soldiers Motorcycle Ministry.”
Guhinduka mushya mu bugingo ntibyabaye mu ijoro rimwe kuri uyu mugabo w’umugore umwe n’abana batatu. Nyuma y’imyaka 18 yamaze akora mu kigo gishinzwe kurinda umutekano aho (...) -
Ambassadeur Zenani Mandela-Diamini arahamya ko se Nelson Mandela yamamaje ubutumwa bwiza
19 September 2013, by Simeon NgezahayoUmukobwa wa Nelson Mandela, igikomangoma Zenani Mandela-Diamini ubu uhagarariye ambassade y’Afurika y’Epfo muri Argentine, akunda se cyane, umukambwe w’imyaka 95 y’amavuko ubu urimo guhangana n’uburwayi bwugarije ubuzima bwe.
Kuri uyu wa 16 Nzeli ubwo Zenani n’abakobwa be 2 ari bo Zaziwe na Swati baganiraga n’ikinyamakuru The Christian Post, Diamini yatanze ikiganiro afite ishema ryo kuba ari umukobwa wa Mandela. Avuga ko se yabwirije ubutumwa bwiza, yagize ati “Ntekereza ko data yabwirije (...) -
Umunyamakuru Muganza Clement nawe ari mu batahiwe guhabwa inshingano z’ubupasitori muri ADEPR
14 December 2015, by Innocent KubwimanaMu gihe mu hirya no hino mu gihugu itorero rya Pantekoti ryo mu Rwanda ADEPR rikomeje gutanga inshingano za gipasitori mu maparuwasi atandukanye, umunyamakuru akaba n’umuvugabutumwa Muganza Clement nawe ari mu batahiwe mu guhabwa izi nshingano.
Umunyamakuru Muganza Clement azahabwa izi nshingano hamwe n’abandi bane kuri uyu wa gatatu tariki 16/12/2015, umuhango uzabera mu itorero rya ADEPR-Akarere ka Karongi, ADEPR-Gatwaro, hakaba ari mu ntara y’Uburengerazuba.
Clement Muganze (...) -
Ese waba ujya wibaza byinshi k’umuvugabutumwa wahinduye abantu benshi “BILLY GRAHAM”, Dore amateka ye
8 August 2013, by UbwanditsiWilliam Flanklin uzwi kwizina rya Billy Graham yavutse tariki 7.ugushyingo.1918 ni umunyamerika wavukiye mu mujyi wa charlotte north carolina yakijijwe mu 1934 n’umuvugabutumwa ufite umugore umwe witwa Ruth Graham uheruka kwitaba Imana afite abana batanu(Flanklin,Nelson,Virginie,Ruth,Anne).
Yatangiye ivugabutumwa ryagutse ategura ibiterane mu 1957 Mw’ivugabutumwa ry’uyu mugabo abantu barenga million eshatu nibihumbi magana abiri bakijijwe kubera uyu mugabo mubiterane bikomeye yabaga (...) -
Abahanuzi bamwe bitwaza Bibiliya barakemangwa
29 May 2013, by UbwanditsiHirya no hino uhasanga abantu biyita abahanuzi bitwaje Bibiliya babwira abantu ibyo bita ko babwiwe n’Imana. Abakozi b’Imana batandukanye bavuga ko ubuhanuzi bwose bukwiye kugenzuzwa ijambo ry’Imana.
Nk’uko abakozi b’Imana babivuga, abakuru b’amadini n’amatorero bakwiye kugira uruhare mu kwigisha abo bayobora inyigisho zijyanye n’impano z’umwuka n’uburyo zikoreshwa.
Ubusanzwe ngo abahanuzi barimo ibice bibiri, umuhanuzi w’ukuri n’umuhanuzi w’ibinyoma.
Umuhanuzi w’ukuri : Avuga ibyo abwiwe n’Imana, (...) -
Rabagirana Ministries ku bufatanye n’ihuriro ry’abanyamadini bo mu mirenge ya Kigarama na Gikondo bahuguye abanyamadini ku bijyanye n’uko bafasha abo bayoboye mu gihe cyo kwibuka.
9 April 2016, by NicodemRabagirana Ministries ku bufatanye n’ihuriro ry’abanyamadini bo mu mirenge ya Kigarama na Gikondo bahuguye abanyamadini ku bijyanye n’uko bafasha abo bayoboye mu gihe cyo kwibuka.
Nubwo abanyamadini batakunze guha umwanya uhagije ibihe byo kwibuka,kuri ubu abanyamadini ni bamwe mu bafata iya mbere mu gutanga umusanza wabo mu migendekere myiza yo kwibuka dore ko hari benshi bakoze Jenoside ,Kuri iyi nshuro ya 22 Abanyarwanda bibuka Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 ,ihuriro (...)
0 | ... | 1230 | 1240 | 1250 | 1260 | 1270 | 1280 | 1290 | 1300 | 1310 | ... | 1850