Ushingiye ku mazina atandukanye y’Imana dusanga muri Bibiliya, wasanga Imana nta gice na kimwe cy’ubuzima idakoraho. Buri zina rihishura imwe mu mirere y’Imana n’amasezerano yihariye ku buzima bwacu nk’abantu.
Iyo tumenye Imana kandi by’ukuri, bitwuzuza ibyiringiro n’icyizere kuko duhishurirwa ko Imana iri hejuru y’ibintu byose tugenda ducamo umunsi ku munsi. Gusobanukirwa Imana n’urukundo rwayo rutarondoreka kuri twe bituma imitima yacu ituriza muri yo, tukumva tuguwe neza mu bice byose (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Nugumana n’Imana ntizaguhidura mu by’Umwuka gusa!
23 July 2015, by Innocent Kubwimana -
Muri Amerika: hatangijwe ikiganiro cya televiziyo gikora mw’izina rya ya nyamanswa antikristo “666″
4 October 2012, by UbwanditsiCALIFORNIA, AMERIKA – I New York, muri Amerika, hari ikiganiro cya televiziyo gishya kimaze iminsi mike gitangiye gukorera ku mugaragaro. Iki kiganiro ntigisanzwe, kuko cyitiriwe inomero 666. Izi zikaba inomero za ya nyamanswa “Antikristo”, nkuko byanditswe mu gitabo cy’Ibyahishuwe 13:18. Iki kiganiro rero kikaba cyarahawe izina rya 666 Park Avenue. Amakuru dukesha urubuga rwa Wikipedia rwandika amateka y’ibintu n’abantu, avuga yuko iki kiganiro cya televiziyo cyatangijwe n’Umunyamerika witwa (...)
-
Costco irasaba imbabazi ko yise Bibiliya "Igitabo cy’inkuru z’impimbano (fiction)"
26 November 2013, by Simeon NgezahayoCompany yitwa Costco ikorera mu mujyi wa Simi Valley, Calif. yokejwe igitutu n’Abakristo bo mu karere nyuma y’aho ububiko bwayo bushyiriye ikimenyetso kuri Bibiliya cyanditseho ko ari igitabo cy’inkuru z’impimbano (fiction). Inzu y’ububiko ku rwego rw’igihugu yasohoye ubutumwa bwo gusaba imbabazi mu izina ry’ishami ryabikoze, ivuga yuko yabikoze yibeshye kandi ko n’ikimenyimenyi abakozi bihutiye kubikosora. Pastor Caleb Kaltenbach uyobora itorero Discovery Church mu mujyi wa Simi Valley yabonye (...)
-
Diane Nkusi yateguye igiterane cy’abari n’abategarugori umwaka wa 2013 ugitangira
25 December 2012, by Patrick KanyamibwaUmuhanzi Diane nkusi wamenyekanye ku ndirimbo nyisnhi zitandukanye harimo nka “Mukunzi mwiza” hamwe n’izindi nyinshi zitandukanye zihimbaza Imana, ndetse wanasohoye igitabo yise “La folie de la foi”, yateguye igiterane yise Women and Destiny in divine connection kizaba ku cyumweru tariki ya 6/01/2013 muri Serena Hotel, kwinjira bikaba ari ubuntu.
Nkuko yabidutangarije mu magambo ye akaba yagize ati “Mukobwa, Mudamu...nabatumiye mwese muri iki giterane Women and Destiny ku tariki 6 Mutarama 2013 (...) -
Bethel : Abakirisito barashaka ibisobanuro ku mikoreshereze y’amaturo
16 November 2012, by UbwanditsiMu Itorero Bethel riherereye i Remera aho bita mu Giporoso mu mujyi wa Kigali, haravugwa ibibazo bishingiye ku mikoreshereze y’umutungo. Abakirisito bashaka kumenya imikoreshereze y’umutungo w’Itorero, nyamara ubuyobozi bw’Itorero bukavuga ko nta n’umwe ufite imigabane mu Itorero.
Iri torero ryashinzwe mu mwaka w’1998 riyoborwa na Pasiteri Nkurunziza Francois warishinze, akaba yungirijwe n’umugore we Pasiteri Umugiraneza Tereza.
Amakuru IGIHE ikesha umwe mu bayoboke ba Bethel, avuga ko ku (...) -
Wari uzi ko Telephone zigendanwa ku ngimbi n’abangavu zikora ku buzima bwabo bwo mu mutwe?
24 October 2012, by UbwanditsiGukoresha Telephone ubu byinjiye mu buzima bwa buri munsi haba mu ngo, mu mashuri, ku kazi, mu bucuruzi ndetse n’ahandi hose hakaneye itumanaho. Ibi byatumye hakorwa ubushakashatsi ku ngimbi ndetse n’abangavu bakunda kuvugira kuri Telefoni mu gihe kinini cy’ijoro.
Bumwe mu bushakashatsi bwakorewe mu Buyapani bukaba bwaranasohotse muri Magazine izwi ku izina rya Journal of Pediatric Psychology", bwashyize ahagaragara zimwe mu mpungenge ziboneka, ku ngimbi n’abangavu cyane cyane, biturutse ku (...) -
Umunyungugu wa Potassium ni ingirakamaro mu kwirinda indwara nyinshi
3 July 2012, by UbwanditsiBamwe mu bahanga bemeza ko abakurambere bacu barambaga biturutse ku byo baryaga akenshi wasanga bifite umwimerere kurusha ubu. Ibi ariko na none bigafatira ko mu byo baryaga habaga yiganjemo imbuto hamwe n’imboga bikunda kugaragaramo umunyu wa Potassium.
Ibi rero si ko bikimeze ubungubu kuko abo bahanga bakomeza bemeza ko kuri ubu Potassium dufata mu byo turya itarenga 1/3 cy’iyo abo bakurambere bacu bafataga.
Ibi bikaba byarashyizwe ahagaragara n’icyinyamakuru cyo mu Bwongereza cyitwa « (...) -
Umugabo n’umugore Imana yabaremye kimwe, bityo bagomba kugira uburenganzira n’amahirwe bingana!
23 December 2013, by Simeon NgezahayoUmugabo n’umugore Imana yabaremye kimwe (bombi ni abantu), bityo bagomba kugira uburenganzira bungana n’amahiwe angana (gender equality & equal opportunities). Dukurikije amateka atandukanye yaranze ibihugu byinshi birimo n’u Rwanda, usanga abagabo benshi bagira uburenganzira buruta ubw’abagore mu ngo, mu kazi, muri Leta no mu yindi myanya y’ubuyobozi itandukanye cyane cyane mu bucuruzi. Ibi byemerwa nk’ukuri, ariko abagabo bakiregura bavuga yuko imirimo imwe n’imwe abagore batayishoboye, (...)
-
Korari Enihakore ya CEP-UR/Huye irimbanije imyiteguro yo kumurika Alubumu yabo ya mbere y’indirimbo z’amajwi
5 March 2016, by UbwanditsiKorari Enihakore, imwe mu makorari akorera umurimo w’Imana mu muryango w’abanyeshuri b’abapantekoti biga muri Kaminuza y’u Rwanda, ishami rya Huye ( CEP-UR/Huye, irimbanije imyiteguro y’igitaramo kidasanzwe kuri bo kirimo gushyira ahagaragara umuzingo wabo wa mbere w’indirimbo z’amajwi ( Alubumu). Iki gitaramo kizaba kuri iki cyumweru tariki ya 6 Werurwe 2016, kikazabera mu nzumberabyombi ya Kaminuza y’u Rwanda, ishami rya Huye, guhera sa saba z’amanywa ( 13h00’).
Iki gitaramo kandi cyatumiwemo (...) -
Ufite inyota? (Igice cya 1) - Xavier Lavie
9 April 2016, by Simeon Ngezahayo"Zaburi iyi yahimbiwe umutware w’abaririmbyi. Ni indirimbo ya bene Kora yahimbishijwe ubwenge. Nk’uko imparakazi yahagizwa no kwifuza imigezi, ni ko umutima wanjye wahagizwa no kukwifuza Mana!" Zaburi 42: 1-2.
"Zaburi ya Dawidi yahimbye ubwo yari ari mu butayu bw’i Buyuda. Mana, ni wowe Mana yanjye ndazindukira kugushaka, umutima wanjye umutima wanjye ukugirira inyota, umubiri wanjye ugukumburira mu gihugu cyumye." Psaumes 63:1-2.
Izi zaburi uko ari ebyiri ziratwereka abantu babiri basengera (...)
0 | ... | 1230 | 1240 | 1250 | 1260 | 1270 | 1280 | 1290 | 1300 | 1310 | ... | 1850