Eunice Njeri ni umuhanzikazi ukomoka mu gihugu cya Kenya. Uyu muhanzikazi rero wari umaze iminsi mu gihugu cya Canada mu giterane cyo kwitanga mu nyubako z’insengero, ubu aritegura kwerekeza muri
Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo.
Nyuma yo kuva mu ruzinduko rw’ivugabutumwa mu gihugu cya Canada, Njeri yafatanije na bagenzi be Lady Bee na Grace Mwai kwamamaza ubutumwa bwiza mu mashuri yisumbuye.
Kuva taliki 24 Ugushyingo kugeza taliki 1 Ukuboza uyu mwaka, Eunice Njeri azataramira (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Nyuma yo kuva muri Canada mu giterane cy’ivugabutumwa, Eunice Njeri yerekeje muri RDC
25 October 2013, by Simeon Ngezahayo -
NIGERIA: Umuryango uhuza Abakristo urashima icyemezo cya Guverinoma y’Amerika cyo kubohoza abakobwa b’abanyeshuri bashimuswe na Boko Haram
9 May 2014, by Simeon NgezahayoUmuryango uhuza Abakristo bakomoka muri Nigeria baba muri Amerika arashima Guverinoma y’Amerika nyuma y’aho itangarije ko igiye kohereza ingabo muri Nigeria mu rwego rwo gukiza abanyeshuri b’abakobwa basaga 270 bashimuswe n’umutwe w’intagondwa z’Abisilamu Boko Haram. Uyu muryango ngo wahise utabaza byihuse ukimara kumva iyi nkuru y’incamugongo. Aba bana b’abanyeshuri ngo basaga 270 bose hamwe ngo bashimuswe nyuma y’aho uyu mutwe w’iterabwoba w’Abisilamu Boko Haram wagotaga ikigo bigaho giherereye (...)
-
ADEPR yafashije Abagororwa 806 hihana abashya 48
4 March 2014, by UbwanditsiItorero rya ADEPR ryasuye Abakristo baryo 806 b’Abagororwa bari muri Gereza ya Ntsinda, rivugayo ubutumwa, rinagenera Abagororwa muri rusange inkunga irimo ibiribwa nk’umuceri, isukari, amoko atandukanye y’ifu, amavuta, imiti y’amenyo, amasabune, n’ibindi, hihana abashya 48, habatizwa 25.
Gereza ya Ntsinda iherereye mu Karere ka Rwamagana mu Ntara y’Iburasirazuba, kuwa 1 no kuwa 2 Werurwe 2014 yasuwe n’Inzego z’Ubuyobozi bw’Itorero rya Pentekote ryo mu Rwanda ADEPR ku ntego y’Ivugabutumwa muri (...) -
Ibintu icumi bidasanzwe byagaragaye mu gitaramo cya Patient Bizimana
4 October 2012, by Patrick KanyamibwaIgitaramo cyo kuramya no guhimbaza cya Patient Bizimana yise “Poetic Evening of Praise and worship” cyabaye kuri icyi cyumweru, ni kimwe mu bitaramo bya gospel byiza bikozwe muri uyu mwaka, dore ko cyitabiriwe cyane kandi abenshi mubacyitabiriye twaganiriye bakaba badutangarije ko bishimiye iko byagenze.
Nyuma yaho dukurikiye iki gitaramo, twabashakiye ibintu icumi byagaragaye muri kino gitaramo bidakunze kugaragara mu bitaramo, ibyo abenshi bita « Udushya », muri byo harimo ibyiza byo gushima (...) -
URUFUNGUZO RW’IMIGISHA. Rev. Rurangirwa Emmanuel
30 July 2015, by Pastor Desire HabyarimanaAkenshi dukunda gusaba Imana ngo iduhe imigisha ndetse tunayisaba gusohorezwa amasezerano y’ibyiza yatuvuzeho kandi tukumva byaza vuba byihuse. Ndetse n’abigisha b’Ijambo ry’Imana n’abavugabutumwa Bwiza abenshi bakunda kwigisha abantu ngo nibaze bakire ibitangaza byabo, bakire imigisha y’uburyo bwose.
Nibyo rwose kandi koko Imana yacu yiteguye kudukorera ibyiza ndetse no kudusohoreza amasezerano nk’uko yadusezeranije. Ariko rero hari ibyo Imana idutegeka gukora ku ruhande rwacu, bikaba ari nkabyo (...) -
“Nabanje gucuruza imboga, Imana impamagarira kwamamaza ubutumwa bwiza mu ndirimbo” - Sarah Kairie
22 January 2014, by Simeon NgezahayoUmuhanzikazi w’indirimbo zihimbaza Imana ukomoka mu gihugu cya Kenya Sarah Kiarie wabanje kumenyekana cyane ku ndirimbo nka Nasema Asante ariko ubu akaba amaze gusohora izindi nyinshi kandi zifasha imitima, arashima Imana ko n’ubwo yabanje gucuruza imboga yaje kumuhamagarira kwamamaza ubutumwa bwiza mu ndirimbo. Sarah K w’imyaka 42 yashakanye n’umupasiteri, ubu afite abana 3. Mu kiganiro yagiranye n’Ikinyamakuru Uliza Links, Sarah yatangaje ko n’ubwo kugeza ubu ubuzima bumeze neza, si uko (...)
-
Kuri iki cyumweru mu majyepfo y’Ubuhinde, muri Kaminuza ya Chidambaram-Annamalai hashojwe igiterane cy’iminsi 3 cyiswe “Gracious Women Conference.”
20 August 2013, by UbwanditsiIki giterane cyateguwe n’abari n’abategarugori bibumbiye mu muryango ‘Lord’s Light Fellowship (LLF),’ cyari gifite intego iboneka muri Luka 1:28 “Amusanga aho yari ari aramubwira ati ‘Ni amahoro uhiriwe, Umwami Imana iri kumwe nawe”.
Iki giterane cyaranzwe no kuramya no guhimbaza Imana, impuguro nyinshi mu ijambo ry’Imana zigenewe abari n’abategarugori by’umwihariko, no kumva ijambo ry’Imana muri rusange.
Nk’uko umuyobozi w’abari n’abategarugori muri LLF abivuga, ngo barashima Imana cyane kuko (...) -
Korali Jehovahjireh CEP ULK iraba yerekeje mu gihugu cy’Uburundi muri Kaminuza y’i Ngozi kuva kuwa 27-29/07/2012.
26 July 2012, by UbwanditsiNyuma y’ingendo z’ivugabutumwa zitandukanye ikomeje kugenda igirira hirya no hino mu gihugu, korali Jehovahjireh yo muri Kaminuza yigenga ya Kigali (ULK) ubu none ho ifite urugendo mpuzamahanga rw’ivugabutumwa bwiza bwa Yesu Kristo mu gihugu cy’abaturanyi cy’Uburundi muri kaminuza y’i Ngozi kuva tarikiya 27-29/07/2012. Nkuko Prezida wa korali Jehovahjireh bwana Ndorimana Phillotin abitangaza, avuga ko bishimiye uru rugendo ngo kuko arirwo rwa mbere bagiye gukorera hanze y’igihugu.
Ati tumaze (...) -
Ngarambe agiye gufasha abana
29 September 2012, by Patrick KanyamibwaUmuhanzi wakunzwe kubera indirimbo yise”Umwana ni umutware”nyuma y’igihe kirekire atagaragara kuri ubu ari gutegura ibitaramo byo gufasha abana b’imfubyi n’abatishoboye.
Mu kiganiro n’abanyamakuru twakoranye nawe kuri Stade Amahoro i Remera yavuze ko afitiye byinshi abana batagira kivurira. Zimwe mu ngamba za Ngarambe harimo gushishikariza abana baba mu bigo by’imfubyi no gukangurira ababa mu muhanada gusubira mu ngo.
Ngarambe yatangaje ko afite gahunda yo gufasha abana kandi akagenda (...) -
Mbese Umukristo yabasha kwinezeza akanubaha Imana?
19 August 2015, by Innocent KubwimanaMbese umukristo yabaho mu buzima bwo kwinezeza? Kubera iki? Ibintu bifatika nabyo Imana ibitangamo imigisha. Ubwo haba hasigaye uko buri wese yabikoresha, ese isano iri hagati y’umubano umuntu agirana n’Imana no kunezererwa mu byo utunze bihurira he? Ubwo aha haza ikibazo cy’ubuzima bwitwa bworoshye ndetse n’ubundi bwa Gikristo.
Ese ibi byombi kubihuza byakunda? Ibi bituma hari ibyo bamwe bita ibyaha, abandi bakavuga ko nta rubanza bibacira. Nyamara Yesu ni umwe, ntahinduka kandi bose niwe (...)
0 | ... | 1230 | 1240 | 1250 | 1260 | 1270 | 1280 | 1290 | 1300 | 1310 | ... | 1850