Nitwa Deborah mfite mama na basaza banjye babiri. Papa yapfuye kumunsi navukiyeho, ubwo nari maze kugira imyaka 7basaza banjye nabo bava murugo barigendera.
Mama wanjye yahoranaga umunaniro, akenshi sinajyaga mubona afata igihe cyo kuruhuka ahubwo yabaga ahirimbana ashakisha ngo abone ibyo kudutunga. Nubwo byari bimeze gutyo ariko mama yari yarakiriye Yesu nk’umwami n’umukiza mbere yuko mvuka birumvikana ko nasanze mama ari umukristo, ubwo byabaye ngombwa ko njya murusengero buri cyumweru (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Imana yambereye Papa nari narabuze nkiri muto
19 August 2015, by Ubwanditsi -
Chorale La Lumière ya Nyanza (Kicukiro) ikomeje imyiteguro yo kumurika album yayo ya mbere, dore amwe mu mateka yayo
22 October 2013, by Simeon NgezahayoKuri gahunda ya Korale La Lumière kuwa 03/11/2013, ni bwo izamulika ku mugaragaro Album yayo yitwa “Ingoma y’amahoro”. Iki gitaramo cyo kumurika album, kikaba cyaritirewe igitaramo cyo “Gufasha abana b’imfubyi zibana ”, inkunga izava murimo ikazashyikirizwa abana b’imfubyi zibana.
Nk’uko twabitangarije na Nzeyimana Eugene uyobora iyi Korale, iki giterane kizatangira kuw gatanu le 01/11/2013 saa kumi, bari kumwe n’umuvugabutumwa wo mu Gatsata na chorale Umunezero yo ku mudugudu wa murambi, kuwa (...) -
I Rubavu itorero Restauration Church rikomeje kubyara abahanzi.
15 October 2012, by Frere ManuUyu muhanzikazi yaramaze igihe kitarigito atagaragana ubu ngo yaba agiye gusubira murugando rwa muzika!
Nitwa Cadeau UMUHOZA
Navukiye DR Congo ku wa 26/8 aho bita Goma nyuma twimukira i Masisi arinaho twavuye tuza mu Rwanda muri 1994. Amazina y’ababyeyi ni Mahinga Dieudonné na Therese Umutoni, nkaba mvuka ndi impanga y’uwitwa Umulisa Esperance (Cadette). Turi abakabiri mu bana batandatu ba Mahinga na Therese. Ubu ariko dusigaranye Maman gusa kuko Papa yitabye Imana muri 2004.
Ndubatse, (...) -
Darlene Zschech azamara amezi 6 yivuza cancer yo mu ibere
11 February 2014, by Simeon NgezahayoInkuru dukesha The Christian Post iravuga ko umuhanzikazi w’icyamamare mu njyana ya Gospel Darlene Zschech wahoze anayobora Hillsong ngo yaba amaze cure imwe muri 5 yahawe na muganga kubera uburwayi bwa cancer y’ibere. Uyu mukozi w’Imana ukunzwe na benshi kubera indirimbo ze zo kuramya ngo yipimishije bikino kuri Noheli ishize, asanga yaranduye cancer yo mu ibere. Bamaze kumusuzumamo cancer, yanditse ku rubuga rwe ati "Mvugishije ukuri kose, aya si amakuru buri wese yakwemera gutangaza. (...)
-
Ku cyumweru taliki ya 13/1/2013, habaye munsi wo gusoza iminsi 50 yo kwita ku batishoboye muri gahunda yo gufasha abana bafite ubumuga biga mu mashuri ya Gatagara yiswe “Ngeraho umpumurize”
14 January 2013, by Patrick KanyamibwaIgiterane cyo gusoza cyari cyitabiriwe n’abayobozi b’itorero ADEPR bose kuko Bureau Executif ya ADEPR yari ihari harimo, Umuvugizi wa ADEPR, umunyamabanga mukuru, uhagarariye umuyobozi w’ururembo ndetse n’abashumba b’amatorero anyuranye harimo n’umushumba w’itorero rya Rugarama (Semunyana) ari nawe Dirija Fondateur Wa Korali Gatsata. Muri uwo muhango kandi hari abayobozi b’igihugu nk’uwari uhagarariye MINALOC n’abandi bayobozi banyuranye b’igihugu.
Igitaramo cyizihijwe n’amakorali 5 harimo Korali (...) -
Imana ntiyakwibagiwe
29 February 2016, by Emmanuel KANAMUGIRENi uko rero nk’uko umubiri udafite umwuka uba upfuye, ni ko no kwizera kudafite imirimo kumeze, kuba gupfuye. Yakobo 2:26
Mbese bene Data, byavura iki niba umuntu avuga y’uko afite kwizera, nyamara akaba ari nta mirimo akora? Bene uko kwizera kwabasha kumukiza? Cyangwa se hagira mwene Data w’umugabo cyangwa w’umugore wambaye ubusa, kandi akaba abuze ibyo kurya by’iminsi yose, maze umwe muri mwe akamubwira ati: “genda amahoro ususuruke uhage" ariko ntimumuhe ibyo umubiri ukennye byavura iki?
Uko (...) -
Ubuzima burimo Yesu butandukanye n’ubundi busanzwe, soma ubuhamya……
28 September 2015, by Innocent KubwimanaMfite imyaka 24, mama umbyara ni umu kristu naho Data ni umusilamu, navutse ndi umwana wa kane mu muryango w’abana 6. Ngitangira kumenya ubwenge nakuruwe cyane n’inyigisho z’abasilamu, nasomaga korowani mu by’ukuri ntanayumva. Nari mfite inshuti nyinshi z’abasilamu urumva ko nari mfite ibyitegererezo bihagije. Numvaga rero ko kuba ari benshi ibyo ndimo ari ukuri. Nubwo ariko byari bimeze gutyo narakekeranyaga by’umwihariko ku mugabo witwa Yesu.
Nubwo aho nari ndi mu basilamu bafataga Yesu (...) -
Sobanukirwa uko abagore batwite bashobora kwirinda isesemi
5 June 2012, by UbwanditsiMu bagore 10 batwite, 7 muri bo usanga bahura n’ikibazo cyo kugira iseseme, mu buryo butandukanye bitewe n’imiteree y’imibiri yabo , aho ushobora gusanga bamwe inabazahaza cyane rimwe na rimwe ikababuza no kurya cyangwa se baba babashije kurya bakabiruka.
Kuva ku cyumweru cya 3 kugeza kucya 16 kuva umugore yasamye ni bwo usanga yatangiye kugira iseseme aho usanga benshi batangira kuruka buri gitondo ndetse kuri benshi bukarinda bwira ariko bimeze, abashakashatsi rero bagaragaje ko ahanini ibi (...) -
Umunyungugu wa Potassium ni ingirakamaro mu kwirinda indwara nyinshi
3 July 2012, by UbwanditsiBamwe mu bahanga bemeza ko abakurambere bacu barambaga biturutse ku byo baryaga akenshi wasanga bifite umwimerere kurusha ubu. Ibi ariko na none bigafatira ko mu byo baryaga habaga yiganjemo imbuto hamwe n’imboga bikunda kugaragaramo umunyu wa Potassium.
Ibi rero si ko bikimeze ubungubu kuko abo bahanga bakomeza bemeza ko kuri ubu Potassium dufata mu byo turya itarenga 1/3 cy’iyo abo bakurambere bacu bafataga.
Ibi bikaba byarashyizwe ahagaragara n’icyinyamakuru cyo mu Bwongereza cyitwa « (...) -
Urubyiruko rw’Abakristo rwo muri Amerika rurasaba ko Marijuana yemerwa n’amategeko
30 April 2013, by Simeon NgezahayoMarijuana ni ikiyobyabwenge gikoreshwa cyane mu bihugu byo mu burengerazuba, cyane cyane muri Amerika. Bakinyuza mu mazuru cyangwa bakakirya.
50% by’Abakristo babarirwa hagati y’imyaka 18–29 bavuze ko bashaka kubona marijuana yemerwa n’amategeko kuko ngo iruhura mu mutwe, mu gihe abagera kuri 45% bavuze ko bayikoresha.
Ibyavuye mu bushakashatsi bwakozwe n’ikigo cy’ubushakashatsi cyitwa ‘Public Religion Research Institute’ bigaragaza ko 50% by’urubyiruko rw’Abakristo bafite imyaka 18-29 bavuze ko (...)
0 | ... | 1200 | 1210 | 1220 | 1230 | 1240 | 1250 | 1260 | 1270 | 1280 | ... | 1850