Abaturage bo mu mudugudu w’Indamutsa akagari ka Tetero, mu murenge wa Muhima akarere ka Nyarugenge, amarira ni yose nyuma yaho umuyobozi w’itorero Impuhwe z’Imana, Buhangu Vincent atangiye kuzamurira inyubako y’urusengero rwe rwagati mu ngo z’abaturage .
Uru rusengero rwa Buhangu Vincent ruhana imbibi n’aho atuye muri uyu mudugudu, aho abaturanyi be bavuga ko rubabangamira kubera urusaku rwinshi ruturuka muri uru rusengero mu gihe abayoboke be basenga. Ngurwo urusengero ruzamurwa hafi y’ingo (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Muhima : Abaturage barinubira urusengero rwubakwa hagati y’ingo zabo
7 October 2013, by Ubwanditsi -
N’ubwo isukari ari nziza, utayitondeye yakuvutsa ubuzima
15 September 2015, by Pastor Desire HabyarimanaAbantu benshi n’imbuga za interineti zitandukanye zitangaza ko gufata isukari ku rugero ruringaniye ari byo byiza kuko isukari nyinshi mu mubiri itera uburwayi.
Inyinshi muri izi mbuga zitangaza ko ibyo kurya byose umuntu afashe, umubiri uhita ubihindura nk’isukari hatitawe ku bwoko bw’ibiryo wafashe.
Isukari itandukanye n’ibindi biribwa nk’inyama, imbuto, imboga kuko byo bifite intungamubiri, imyunyu ngugu na aside ; isukari yo ikaba itabifite kandi aribyo bifasha mu igogorwa (digestion) (...) -
Alexis Dusabe ni muntu ki?
17 June 2013, by UbwanditsiAlexis DUSABE ni umuririmbyi w,indirimbo z’ubutumwa bwiza bwa Kristo YESU, Umuhimbyi ,umwanditsi kandi ni umucuranzi wa clavier. Yavutse mu 1978 avukira i kigali/Nyarugenge afite abavandimwe 2,Alexis ni uwa 2 mubo bavukana. Alexis DUSABE ntiyahiriwe no gukomeza kubana n’ababyeyi kuko yakuriye muri Orphelinat !
Arubatse akaba afitanye abana 4 na Carine INGABIRE ,bombi ni abakristo b’itorero rya ADEPR/NYARUGENGE. Alexis DUSABE mu buzima busanzwe akora mu kigo cy’ubwishingizi kitwa CORAR (muri (...) -
Ibintu 4 byaranze igitaramo cya Besalel Choir !
3 March 2014, by Simeon NgezahayoIgitaramo cya Besalel Choir ikorera umurimo w’Imana mu itorero rya ADEPR Gatenga, umudugudu wa Murambi cyo kuri iki cyumweru 2/03/2014 cyagaragayemo ibyiza byinshi. Bimwe muri byo reka tubagezeho 4 bikurikira:
1. MCs
Neema M. Jeanne & Innocent [Photo/ibyishimo.com]
Concert yayobowe n’aba MC 2 ari bo Innocent Kubwimana unaririmba muri Besalel, na Neema Marie Jeanne ukora ibiganiro bya gospel kuri Radio Authentique 92.8 FM. Iyi concert itangira, wabonaga bibereye amaso uburyo (...) -
Amateka ya chorale Itabaza yo ku mudugudu wa Taba, paruwasi ya Taba ADEPR
7 October 2013, by UbwanditsiItabaza yavutse mu 1997, itangirira ku Mudugudu wa Taba ari naho ikorera umurimo w’Imana kugeza uyu munsi. Yatangijwe n’abaririmbyi 18 bari bagizwe ahanini naba kadogo bigaga mu Kigo cya ESO/Butare. Abaririmbyi bagiye biyongera kugeza ubu Chorale Itabaza igizwe n’abaririmbyi 84 harimo abagabo, abagore, abasore n’inkumi.
Intego ya Chorale Itabaza ni ukwamamaza ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo mu Gihugu cy’u Rwanda no mu Mahanga.
Mu gihugu Chorale Itabaza imaze gukora ingendo nyinshi mu Gihugu (...) -
Abahatanira Groove Awards Rwanda 2013 bamenyekanye,gutora nabyo byatangiye!!
15 September 2013, by UbwanditsiKuri uyu wa gatandatu taliki ya 14 September 2013 kuri Lemigo Hotel nibwo habaye umuhango wo kwereka abanyamakuru bose abahanzi baririmba ibihimbano by’Imana barimo guhatanira ibihembo mu irushanwa rya Groove Awards Rwanda 2013. Uyu muhango wari witabiriwe n’abanyamakuru benshi cyane ndetse n’abahanzi bari biyandikije nabo ni benshi bikaba bigaragara ko ngo bizagira umusaruro ukomeye kuko no muri Kenya bigitangira bititabirwagagutyo.
Akanama nkemurampaka kakimara gutangaza abahanzi (...) -
Ngororero: Abakabakaba 100 ni bo bakiriye Kristo mu giterane na Chorale Elayono
24 September 2013, by Simeon NgezahayoKuri iki cyumweru Chorale Elayono ikorera umurimo w’Imana muri ADEPR Paroisse ya Nyarugunga, umudughudu wa Rwimbogo yakoreye igiterane cy’ivugabutumwa muri ADEPR Itorero ry’Akarere ka Ngororero, umudugudu wa Kabuti. Abantu bakabakaba 100 bakiriye Kristo nk’Umwami wabo n’Umukiza.
Elayono Choir/Agakiza.org/Archives
Iki giterane cyabwirijwemo na Ev. Murekatete Jeanne ari na we muyobozi w’umudugudu wa ADEPR Rwimbogo, ndetse na Ev. Nkundiyeze Emmanuel, cyateguwe mu rwego (...) -
Itorero ADEPR Remera mu bubyutse bw’ amasengesho y’iminsi 21
26 March 2014, by Niyonzima MosesKuri iki cyumweru tariki ya 16 Werurwe 2014 itorero rya ADEPER Remera ryatangije amasengesho y’iminsi 21,agamije gusengera ibyifuzo bitandukanye aho intego nyamukuru y’ayo masengesho iboneka muri Daniyeli 9:3 havuga ku Gushaka mu maso h’Imana.
Nk’uko Pasiteri NIHABA Jean Paul Umuyobozi w’umudugudu wa Remera yabitangarije itangazamakuru yadutangarije ko amasengesho yatangiye tariki ya16 Werurwe akazasozwa tariki ya 5/04 uyu mwaka turimo wa 2014.
Muri ayo masengesho abakristo b’Itorero rya (...) -
Haranira kurwana intambara nziza
22 July 2015, by Innocent Kubwimana“Narwanye intambara nziza, narangije urugendo, narinze ibyo kwizera.’’ 2 Timoteyo 4:7
Intambara yose iba ifite impande ihanganishije, kandi buri ruhande ruba rushaka kubona intsinzi. Mu isi iyo umuntu arwana yitwa intwari ari uko atahukanye intsinzi, uko wakwitwara kose umusaruro w’ibyo wakoze ugaragara nyuma y’urugamba.
Pawulo yandika yivuzeho. Ahagaragara haruguru yabwiraga Timoteyo ko we yarwanye intambara kandi nziza, ageze aho arangiza urugendo kandi yarinze ibyo kwizera.
Mu rugendo (...) -
Mbese ivugabutumwa ryo mu rusengero gusa ryakemura ibibazo byugarije isi?
27 May 2013, by Simeon NgezahayoUbushakashatsi butangaje kandi buteye ubwoba bwakozwe ku Bakristo n’ibiyobyabwenge (marijuana)...
Ijambo ry’umwanditsi mukuru: Ubushakashatsi buherutse gukorwa bwagaragaje izamuka ritangaje kandi riteye ubwoba ry’imyitwarire y’urubyiruko rw’Abakristo mu gukoresha ikiyobyabwenge cya marijuana. Turagusaba kubitekerezaho mu buryo bubiri: 1) Mbese iyi ni insanganyamatsiko wumva wabwirizaho mu rusengero? (2) Niba wumva wayibwirizaho, wavuga ngo iki?
Ubushakashatsi bwakozwe n’ikigo “The Public (...)
0 | ... | 1200 | 1210 | 1220 | 1230 | 1240 | 1250 | 1260 | 1270 | 1280 | ... | 1850