Nyuma y’aho Papa Benedigito wa XVI yeguriye, byatumye benshi bagaruka ku buhanuzi bwa Mutagatifu Malakiya ndetse n’ubwa Papa Yohani wa XXIII.
Ubuhanuzi bwa Mutagatifu Malakiya bukubiye mu nyandiko yanditswe mu kinyejana cya 16 igaragaza uko abapapa bari kugenda bakurikirana kugeza kuwa nyuma. Nk’uko bigaragazwa n’ubu buhanuzi, umupapa uzakurikira Benedigito wa XVI azaba ari uwa nyuma ubayeho.
Ubu buhanuzi nanone bakunze kwita ubuhanuzi bw’abapapa, bukubiye mu nyandiko ya paji eshanu yanditswe (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Ubuhanuzi bwa Malakiya na Yohani bugaragaza ko uzasimbura Benedigito ari we Papa wa nyuma
11 March 2013, by Ubwanditsi -
Ubuhenebere : Mu gihe abanya SUWEDI aribo bambere bazanye Inyigisho za Pentekote mu Rwanda, kuri ubu noneho bageze aho gusezeranya abahuje ibitsina...
19 February 2013, by UbwanditsiNk’uko amateka abivuga, Ubutumwa bwiza bwageze mu Rwanda buzanywe n’Abavugabutumwa baturutse mu bihugu cy’i Burayi. Ibi bikaba byerekana ko bari baramenye Imana cyera, biyemeza kujya kuyimenyesha abanyafurika kuko babitaga Abapagane icyo gihe.
Amateka kandi akomeza avuga ko Abamisiyoneri ba mbere bazanye Itorero rya Pentekote mu Rwanda bakometse mu gihugu cya SUWEDI, bakaba aribo bazanye inyigisho zo kuzura Umwuka, guhanura, kuvuga mu ndimi, n’indi mico igaragara kuba Pentekote.
Nyamara muri (...) -
Kurikirana ikiganiro Korali Mamajusi yabyaye Rose Muhando yagiranye na agakiza.org
13 September 2015, by Ernest RutagungiraMamajusi Choir ni Korali ikorera umurimo w’Imana mu itorero ry’abangilikani mu gihugu cya tanzaniya, ikaba ari imwe mu zimaze kuba ubukombe dore ko yatangiye umurimo w’Imana mu mwaka wa 1975, yatangijwe n’abaririmbyi 11 kuri ubu ifite abasaga 55.
Mu kiganiro kirambuye agakiza.org yagiranye n’umutoza w’iyi korari yatubwiye byinshi bamwe batari bayiziho, mukaba mugiye gukurikirana ikiganiro cyose,
Ag: Twagirango mutangire mutwibwira, amazina yanyu n’imirimo mukora muri Korali?
Mamaj: Amazina (...) -
St. Petersburg: Imfubyi y’imyaka 15 yashakiye ababyeyi ku ruhimbi
17 October 2013, by Simeon NgezahayoUmwana w’imfubyi w’imyaka 15 yagiye ku ruhimbi mu rusengero rw’itorero St. Mark Missionary Baptist mu mujyi wa St. Petersburg, Fla., asaba ko hagira umwe mu baterabiye aho wamujyana iwe akamurera (adoption).
Amakuru dukesha The Naples Daily News aravuga ko uwo mwana witwa Davion Navar Henry Only yagize igitekerezo cyo gusaba ababyeyi ku ruhimbi rw’itorero rye, abifashijswemo na Connie Going wari usanzwe amurerera mu rugo iwabo atarapfusha ababyeyi.
Mu ikositimu y’umukara, Davion yahagaze ku (...) -
N’ubwo yishimira ko ari umucuranzi wa korari, MUKAMUZIMA Jeanne arifuza ubumenyi bwisumbuye ho muri muzika.
4 March 2013, by Ubwanditsi“Ndi Umubyeyi mfite abana babiri nkaba maze imyaka icumi muri korari, nkaba ncuranga gitari ya Solo na Accompagnement, umuziki ndawukunda kandi ntacyo umpungabanya yaba ari mu kuwucuranga ndetse no mubuzima bwo murugo,ababyeyi bagenzi banjye bawukunda ntibakwiye kwitinya rwose kuko ntibivuna nta zindi mbaraga zidasanzwe bisaba”.
Ibi ni bimwe mubyo twatangarijwe na MUKAMUKIZA Jeanne Umucuranzi muri korari SIYONI yo mu itorero rya ADEPR Gahengeri mu rurembo rwa Kabuga ho mu karere ka (...) -
Uyu musore arimbutse yaba azize iki?
29 May 2013, by Simeon NgezahayoUyu musore yitwa Amely. Yahuye n’ibigeragezo bikomeye nk’uko abyivugira mu buhamya bwe. Kurikira uko byagenze:
Ubwo jyewe n’umuryango wanjye twabaga i Quebec, ababyeyi banjye bahinduye idini bashakisha ahari ukuri. Icyo gihe nari mfite imyaka nk’irindwi. Nari mfite umukobwa wari incuti yanjye yo mu bwana, ikajya ishaka kungusha mu byaha by’ubusambanyi uko bukeye n’uko bwije. Ndibuka twimukiye muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, hari ibaruwa yanyandikiye ariko nanga kumusubiza ahubwo mbwira (...) -
Mu madini : Ntimwavura ibikomere by’Abanyarwanda na mwe murwaye – Amb. Fatuma
28 August 2013, by UbwanditsiUmuyobozi mukuru wungirije w’Ikigo cy’igihugu cy’imiyoborere (RGB),Ambasaderi Fatuma Ndangiza, yabwiye abakuriye amadini mu Rwanda ko badashobora gusana ibikomere by’imitima y’Abanyarwanda, mu gihe hari abayobozi bayo bakomeje kugaragaza ko barwaye muri bo ntibakemure amakimbirane arangwa mu madini yabo.
Amb. Fatuma yakebuye abanyamadini mu nama inama imiryango ishingiye ku idini yagiranhye na RGB ku bufatanye na Komisiyo y’Igihugu y’Ubumwe n’Ubwiyunge.
Amb.Fatuma yabwiye abayobozi bakuru (...) -
Korale Yasipi yateguye igiterane cy’ivugabutumwa muri Nyagatovu, uwahoze ari umu Padiri nawe akavugamo ijambo ry’Imana
2 July 2013, by UbwanditsiNkuko twabitangarijwe na Kanani Viyane kuri icyi cyumweru tariki ya 7/07/2013 kuva saa saba z’umugoroba Korale Yasipi yateguye igiterane cy’ivugabutumwa muri Nyagatovu muri Paroise ya Rukurazo.
Iki gikorwa cyikazaba ari igitaramo doreko uretse iyi Korali Yasipi izakiririmbamo hakazanabonekamo Korale Rangurura, Korale Gologota n’umuhanzi Murwanashyaka Faustin. Birumvikana ko ivugabutuma rigendana n’Ijambo ry’Imana ryo rikazabwirizwa n’umuvugabutumwa Singirankabo Boniface hamwe na Joseph Sibomana (...) -
“Namenye neza ko Basketball ari umukino, ariko Yesu Kristo ari ubuzima” Umukinnyi Lionel HAKIZIMANA
4 February 2014, by Simeon NgezahayoNyuma yo kuba icyamamare mu mukino wa Basketball, umusore Lionel HAKIZIMANA wakiniye ikipe ya APR BBC ubu akaba abarizwa mu ikipe ya Espoir BBC (Espoir Basketball Club) ndetse no mu ikipe y’igihugu Amavubi, ubu noneho yinjiye mu buhanzi bw’indirimbo zihimbaza Imana kuko avuga ko gukorera Yesu ngo ari ubuzima ariko gukina Basketball bikaba imikino isanzwe.
HAKIZIMANA Lionel muri iyi minsi akaba yashyize ahagaragara indirimbo ye ya mbere ihimbaza Imana yise “NDIHO”, ikaba yarakozwe na Producer (...) -
Bitinde bitebuke Yesu azagaruka!
9 February 2016, by Innocent KubwimanaKuko Imana yakunze abari mu isi cyane byatumye itanga umwana wayo w’ikinege kugira ngo umwizera wese atarimbuka ahubwo ahabwe ubugingo buhoraho (Yohana 3:16)
Aya magambo ntekereza ko ashobora kuba ari mu butumwa bwanditse mu isezerano rishya bushobora kuba buzwi n’abantu benshi yewe n’abantu badakijijwe baziko Imana yakunze abari mu isi cyane bigatuma itanga umwana wayo w’ikinege kugirango umwizera wese atarimbuka ahubwo ahabwe ubugingo buhoraho.
Uramutse ukoresheje ikizamini kubantu bose (...)
0 | ... | 1170 | 1180 | 1190 | 1200 | 1210 | 1220 | 1230 | 1240 | 1250 | ... | 1850