‘’,…….. kuko ari nta cyo mubasha gukora mutamfite.’’ Yohana 15:5 Twese mu buzima tuba dufite inzozi z’ibyo twifuza kandi mu buryo dutandukanye, aho twifuza kugera, ibyo twifuza gukora neza n’izindi ntambwe zitandukanye wifuza gutera.
Haba mu buryo bugaragara, mu rwego rw’ubukungu, mu kazi, n’ahandi mu by’ukuri niba turi abe ntacyo tubasha gukora tutamufite. Ubushake gusa ntibuhagije, wakwiha intego nyinshi ariko ntiwazigeraho Kristo atakubashishije.
Sinakwibagirwa umunsi umwe hashize imyaka (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Ntacyo tubasha gukora tudafite Yesu
31 August 2015, by Innocent Kubwimana -
Umusalaba ni iki ?
31 March 2016, by Kiyange Adda-DarleneIjambo ry’umusaraba ku barimbuka ni ubupfu, ariko kuri twebwe abakizwa ni imbaraga z’Imana. (1 abakointo 1 : 18) Kera mu ba Isiraheri, kubambwa cyari igihano cy’inkozi z’ibibi cyangwa se cy’abagome. Iyo umuntu yahamwaga n’icyaha cy’ubugome yarabambwaga.
Yesu Kristo yaciriwe urubanza rwo kubambwa ku musaraba atari uko ari umunyabyaha ahubwo ari ukugira ngo ibyanditswe bisohore, apfe, amaraso ye acungure umwana w’umuntu.Yarasuzuguwe, abambanwa n’ibisambo kimwe i buryo ikindi i bumoso bwe kugira ngo (...) -
Mbese wabyawe ubwa kabiri?
27 January 2016, by Innocent KubwimanaNi ukuri , nu ukuri ndakubwira y’uko umuntu utabyawe ubwa kabiri, atabasha kubona ubwami bw’Imana, Nikodemu aramubaza ati mbese umuntu yabasha ate kubyarwa kandi akuze? (Yohana 3:3-5) Iyo uvuze kubyarwa ubwa kabiri abantu bashobora kumva ibintu bitandukanye. Aha ndashaka kuvuga ko bashobora no kubyumva nabi bigatuma bashobora no kutabicamo kandi ari umusingi w’ubukristo, bivuga ngo ibyo wakora byose utabanje kubyarwa ubwa kabiri nta mumaro biba bifite. Kubyarwa ubwa kabiri ni igikorwa (...)
-
Umunsi mukuru wo gusengera komite y’umurimo w’Imana mu kigo cya ISA (ASPEK) mu rurembo rwa Kibungo
17 September 2012, by Jost UwaseKuri icyi cyumweru taliki ya 16/09/2012 mu Rurembo rwa Kibungo (ADEPR) kuri Paroisse ya KIBUNGO BY’UMWIHARIKO KURI Chapelle RUBIMBA habaye umuhango ngaruka mwaka ukomeye wo gusengera Komite iyobora Itorero ry’Imana muri icyo kigo cya Institut St Aloys (kizwi ku izina rya ASPEK). Ubundi muri icyi kigo kizwi ku izina rya ASPEK harimo abanyeshuri bagera kuri 940 ariko abakristo b’Itorero rya ADEPR bagera kuri mirongo inani (80) muri abo bana abari muri Chorale yabo yitwa BASHANI ni 70 abandi (...)
-
Imbuto z’ Umwuka Wera Dr Fidèle MASENGO
29 February 2016, by Pastor Desire HabyarimanaIMBUTO N’IMPANO BY’UMWUKA WERA (Igice cya 1)
Abagalatiya 5 : 22-23 Ariko rero imbuto z’Umwuka ni urukundo n’ibyishimo n’amahoro, no kwihangana no kugira neza, n’ingeso nziza no gukiranuka, no kugwa neza no kwirinda. Ibimeze bityo nta mategeko abihana.
1Kor. 12:8-10 Umwe aheshwa ijambo ry’ubwenge n’Umwuka, undi agaheshwa n’uwo Mwuka ijambo ryo kumenya, undi agaheshwa n’uwo Mwuka kwizera, undi agaheshwa n’uwo Mwuka impano yo gukiza indwara. Undi agahabwa gukora ibitangaza, undi agahabwa guhanura, (...) -
Umunsi Imana yamusuye , niho yasobanukiwe neza ko ari umunyaminwa yanduye!
18 March 2016, by Alice RugerindindaMaze ndavuga nti : Ni ishyano, ndapfuye we! Kuko ndi umunyaminwa yanduye, kandi ntuye hagati y’ubwoko bufite iminwa yanduye, kandi amaso yanjye abonye Umwami Uwiteka Nyiringabo.” Yesaya 6: 5
Uyu ni Yesaya umutambyi uvugwa hano. Yari asanzwe ari umutambyi, cyangwa se mu yandi magambo ari umukozi w’Imana, ariko igihe kimwe agira umugisha wo gusurwa n’Imana. Icyamubayeho uwo munsi, nuko yasobanukiwe intege nke ze, arazemera, kandi amaze kuzemera , haje marayika ngo wo kumukoza ikara ku munwa, (...) -
Uganda: Mu kiganiro na Agakiza.org Rev.Past Rwagasana Tom yatangaje byinshi ku murimo w’ivugabutumwa batangije muri Uganda
4 November 2015, by Pastor Desire HabyarimanaItorero rya Pentekote ryo mu Rwanda (ADEPR) ni rimwe mu matorero azwi cyane kandi akomeye mu Rwanda rikaba ryaratangijwe n’aba suedois mu 1940 i Gihundwe. Uwo murimo warakomeje kugeza ubu bakaba bafite abayoboke bakabakaba miliyoni ebyiri mu Rwanda hose.
Mu Kiganiro umuvugizi wungirije ushinzwe ubuzima bw’Itorero Rev.Past Rwagasana Tom yagiranye na Agakiza.org yavuze ko ADEPR ifite inkingi 4 igenderaho, harimo n’iy’ivugabutumwa kandi batabwiriza mu Rwanda gusa ahubwo bahamagariwe kubwiriza (...) -
Tumenye stress n’uburyo twayirwanya
22 September 2012, by UbwanditsiMuri iki gihe usanga ijambo stress ryaramamaye rikoreshwa n’abantu benshi aho usanga bavuga bati “stress iranyishe, ndumva ndi stressé n’ibindi”. Tukaba twakwibaza stess icyo ari cyo, ikiyitera, ibimenyetso byayo n’uburyo bwo kuyirinda.
Kugira ngo dusobanukirwe na stress icyo ari cyo twashingira ku bintu bibiri :
* Umuntu n’ibimugize byose
* Ibikikije umuntu n’igihe arimo
Stress ibaho iyo umuntu yugarijwe na kimwe mu bimukikije kandi agomba gukora ibishoboka kugira ngo abibonere igisubizo mu (...) -
Ibinyobwa birimo isukari byongera ibyago byo kugira umubyibuho ukabije
27 September 2012, by UbwanditsiIbinyobwa bidasindisha birimo isukari (soda/fanta) bigira uruhare mu kongera mu maraso ibintu bitera umubyibuho ukabije, nk’uko byagaragajwe n’ubushakashatsi butandukanye ku ruhare rwabyo mu kongera ibinure mu mubiri.
Amakuru dukesha ikinyamakuru Bloomberg Businessweek, atangaza ko ubu bushakashatsi bwashyizwe ahagaragara kuwa Gatanu 21 Nzeri 2012 mu kinyamakuru ‘New England Journal of Medicine. Bwagaragaje ko abantu bakunda kunywa ibinyobwa bidasembuye, aribo bakunda kwibasirwa n’umubyibuho (...) -
Ibikomeye kuri twe, ku Mana ni uburyo bwo kugaragaza imbaraga zayo!
2 October 2015, by Innocent Kubwimana‘’Nuko ibasha gukora ibiruta cyane ibyo dusaba, ndetse n’ibyo twibwira,..’’ Abefeso 3:20
Imana ifite ubushobozi bwo gukora ibintu birenze cyane ibyo tuyisaba n’ibindi byinshi twibwira mu bitekerezo byacu, cyane ko iyo tuyisaba tubihuza n’ubuzima bwacu tubamo, inzara y’akanya gato, ibyo dukennye umunsi turimo nk’abantu, ariko kuko Imana irenza amaso kubyo tureba, iba izi ibiri mu bukene bwacu kandi bidukwiye, akaba aribyo iduha.
Iyo tuyisaba dusabwa kuzana imitima yo gutegereza kandi iyifitiye (...)
0 | ... | 1150 | 1160 | 1170 | 1180 | 1190 | 1200 | 1210 | 1220 | 1230 | ... | 1850