Ubu buhamya bukubiyemo ibintu bibiri Imana yakoreye uyu muntu wivuga aha, harimo kumuha agakiza ariko kandi hari n’icyo kumurokorera abana impanuka ikomeye.
Mbere y’uko ngaruka kubijyanye n’uburyo Imana yampaye agakiza, ubuzima bwose bugahinduka, munyemerera mbanze ngaruka ku gitangaza Imana iheruka kunkorera kikankora ku mutima mu burryo budasanzwe.
Imana Yankirije abana Aline na Rudy urupfu igihe kimwe. Hari muma saa moya z’umugoroba nuko abana banjye mbohereza gusenga bari kumwe na nyina (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Uretse kumpa agakiza, Imana yankoreye n’ibindi byinshi
6 August 2015, by Ubwanditsi -
Rehoboth Ministries ku nshuro ya gatatu yongeye gutegura igitaramo yise “Praise and worship Explosion”
8 August 2013, by Patrick KanyamibwaKu nshuro ya gatatu, Rehoboth Ministries yateguye igitaramo cyo kuramya no guhimbaza yise “Praise and worship Explosion .”, Icyo gitaramo kizaba ku cyumweru, tariki ya 18/08/2013, muri salle ya Christial Life Assemble(CLA) kuva saa cyenda z’amanywa kugeza saa mbiri z’ijoro (15h00’-20h00’/pm).
Abo tuvugana mubabashije kwitabira “Praise and Worship Explosions” ya mbere ndetse n’iya kabiri bose barahamyako iki gitaramo ari ingirakamaro cyane mu gusabanisha abantu n’Imana binyujijwe mu ndirimbo nziza (...) -
Tumenye ubuzima bw’Umuvugabutumwa Mpuzamahanga Reinhard Bonnke.
26 April 2013, by UbwanditsiReinhard Bonnke yavutse kuwa 19 Mata 1940 ahitwa i Konogsberg mu ntara ya East Prussia mu budage. Yaje kuvuka ubwa kabiri afite imyaka icyenda. Nyuma yaho yaje kwiga amashuri ba Bibiriya mu ishuri ryitwa The Bible College of Wales riri ahitwa , Swansea, aho yavuye aba Umu Pasitoro mu Budage mu gihe kingana n’ imyaka 5. Ubwo nibwo yatangiye Ministy ye muri Africa kuko yumvaga ariho umuhamagaro we w’ibanze wari uri.
Yahise ajya mu gihugu cya Lesotho mu mwaka wa 1967. Kuva icyo gihe yagiye (...) -
CHORALE JYANUMUCYO – EMLR GIKONDO YAMURITSE ALBUM YAYO YA MBERE Y’AMAJWI
18 March 2014, by Simeon NgezahayoKuri iki Cyumweru taliki 16 Werurwe 2014 guhera saa tatu za mu gitondo (9am), Chorale Jyanumucyo ibarizwa ku itorero METHODISTE LIBRE (EMLR) i Gikondo yamuritse album yabo ya mbere y’amajwi bise “MFITE INCUTI”. Mu kiganiro n’umuyobozi waJyanumucyo Mme MUKARUTABANA Jeanne, yadutangaruije ko Jyanumucyo yabayeho kuva w’1995, itangirana n’abantu bari mu miryango 3 ariko kuri ubu ikaba imaze kwaguka kuko ifite abagera kuri 30.
Intego y’iyi chorale ngo ni ukwamamaza ubutumwa bwiza, kandi babashije (...) -
Amateka y’umuhanzi Liliane Kabaganza Zaninka
4 October 2012, by UbwanditsiLiliane ni umuririmbyikazi akaba n’umwanditsi w’indirimbo zihimbaza Imana (Gospel Songs). Amazina ye yose ni Zaninka Kabaganza Liliane, afite ubwenegihugu bw’ubunyarwanda , uburebure bwa metero 1.51, ni umudamu yashakanye na Dusabemungu Ntabajyana Celestin mu mwaka 1999 I Kigali.Bafitanye abana batatu umukobwa umwe n’abahungu babiri aribo “Niyonkuru Joyeuse, Rucibigangu Prince na Sezerano Numa Prince”. Liliane Kabaganza ni umudamu urangwa no gucisha make, kubaha buri wese, kuganira cyane n’abantu (...)
-
Mfite ibihamya by’ibyo Yesu yankoreye
21 August 2015, by UbwanditsiMbere yuko nkizwa ngo mpereze Yesu ubuzima bwanjye, ubusanzwe nizeraga ko Imana iriho ariko njye n’umuryango wanjye ntitwajyaga tujya mu rusengero.
Murugo habaga Bibiliya, ubundi najyaga mbona Papa akunda gusenga buri mugoroba, rimwe na rimwe akanaduha ubuhamya njye n’abavandimwe banjye ni mugoroba, kugira ngo adusinzirize neza.
Numvaga avuga Yesu, akamuvuga byinshi ariko ntabwo yigeraga ajya mu rusengero.
Inshuro 1 cyangwa 2 nibwo nigeze kujyana na nyogokuru gusenga. Umunsi umwe, nari (...) -
Korali Betania ya ADEPR Gihundwe igarutse gutaramira i Kigali mu giterane cy’iminsi 2 cyateguwe na ADEPR Kimihurura
29 November 2013, by Simeon NgezahayoADEPR Kimihurura muri iyi weekend yabateguriye igiterane cy’ivugabutumwa mu ndirimbo. Iki giterane kizabera kuri ADEPR Kimihurura, kikazitabirwa n’abavugabutumwa batandukanye ndetse na korali ikunzwe cyane kandi inamaze igihe mu itorero rya ADEPR, ari yo korali Betaniya ibarizwa muri ADEPR Gihundwe.
Korali Betaniya ntikunze kugaragara mu mujyi wa Kigali, ariko bijya bibaho ko iza kuhakorera umurimo w’Imana. Usanga Korali Betania ari imwe mu makorali ahuruza abantu benshi kuva imihanda yose, (...) -
Korali Boaz yo muri E.S Kanombe/EFOTEC ibahishiye byinshi mu gitaramo cyo kumurika Album Audio yayo ya 1 kuwa 04/11/2012 ku rusengero rwa ADEPR Kamashashi.
3 November 2012, by VitalNyuma yo kurimba indirimbo zitandukanye ndetse ahantu hatandukanye zikajyenda zikundwa n’abantu b’ingeri zitandukanye, Korali Boaz (basoma Bowazi) y’abanyeshuli bo mu kigo cy’amashuli yisumbuye (secondary school) cya Kanombe ahahoze EFOTEC, ubu noneho yamaze kwagura imbago z’ivugabutumwa bwiza bwa Yesu kristo aho noneho za ndirimbo zabo abantu bakunze ari benshi bazishyize ku muzingo (Album audio) w’amjwi ndetse kuri iki cyumweru cyo kuwa 04/11/2012 bakazazishyira ku mugaragaro aho iki gikorwa (...)
-
Hunga irari rya gisore! igice cya 2
4 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaZIMWE MU NAMA BIBIRIYA ITUGIRA
1) Nkuko umubiri ukura iyo wabonye ibiryo byiza,niko no mu buzima bw’umwuka bimera iyo wasomye kandi uggatekereza kuri Bibiliya hamwe no Gusenga.iyo abana batitaweho kandi ntibabone ibiryo bihagije ,nti bashobora gukura.
Bivuze ngo kwikubitiro hagomba kuboneka ibiryo kugira ngo habeho ubuzima.
Ni ibihe biryo kuri twe Abakristo?Amata y’Ijambo ry’Imana
“mumere nk’impinja zivutse vuba,mwifuze amata y’umwuka adafunguye ,kugirango abakuze abageze ku (...) -
Kim Jong-Un yaciye iteka ko abamisiyoneri 33 bakoreraga muri Korea ya Ruguru (NK) bicwa!
11 March 2014, by Simeon NgezahayoUmuyobozi wa Korea ya Ruguru Nyakubahwa Kim Jong-Un yaciye iteka ko abamisiyoneri bakoreraga muri Korea ya Ruguru bicwa. Ibi ngo yabitewe n’uko aba bamisiyoneri bakoranaga n’umumisiyoneri mu itorero South Korean Baptist, Pastor Kim Jung-Wook, watawe muri yombi mu mwaka ushize aregwa gushinga amatorero 500 muri icyo gihugu. The Washington Times dukesha iyi nkuru iratangaza yuko ngo ikirego nyamukuru ari uko ngo aba bakozi b’Imana bashaka guhirika ubutegetsi, kuko ibindi birego bishingiye ku (...)
0 | ... | 1150 | 1160 | 1170 | 1180 | 1190 | 1200 | 1210 | 1220 | 1230 | ... | 1850