Iyo ukurikiranye ibiganiro bitandukamye usangana bamwe mu bayoboke b’amadini n’amatorero, usanga hari bamwe muri bo bavuga ngo nta mukire uzakandagira mu bwami bw’Imana, abandi na bo bakavuga ko ijambo ry’Imana rizwi ndetse rigasobanukirwa n’abaswa cyangwa injiji mu by’ubumenyi busanzwe, aha rero tukaba tugiye kurebera hamwe icyo bibiliya ibivugaho n’ukuri nyakwo ku bivugwa.
Ese izi mvugo zavuye hehe?
• Aha mbere havugwa cyane ni aho usanga Yesu yavuze ngo ku mutunzi biragoye kwinjira mu bwami (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Ese koko ijuru ni iry’abaswa n’abakene nk’uko bivugwa ?
14 July 2015, by Pastor Desire Habyarimana -
Chorale Elayono ya Remera mu ivugabutumwa mu mpera z’isi n’ikoranabuhanga
23 March 2014, by UbwanditsiNyuma yo guhabwa Ishimwe na Minisitiri w’Urubyiruko n’Ikoranabuhanga Nsengimana Philbert, ikanegukana SIFA Award 2013 nka korali yabaye indashyikirwa mu gukoresha ikoranabuhanga mu Rwanda, Korali Elayono yo kuri ADEPR Remera igiye kurushaho kwagurira ivugabutumwa ryayo mu mpera z’isi.
Mu rwego rwo kurushaho gusakaza ivugabutumwa mu mpera z’isi nk’uko Bibiliya Yera ibisaba, Korali Elayono ikorera umurimo w’Imana kuri Paruwasi ya ADEPR Remera ni imwe mu zikomeje kwitabira cyane gukoresha (...) -
Wari uzi ko Imana yumva kuniha kwacu?
25 March 2016, by Alice Rugerindinda“ Kandi numvise umuniho w’abisirayeli, abanyegiputa bazitiriye mu buretwa nibuka isezerano ryanjye” Kuva 6: 5. Mbega ukuntu Imana ari inyembabazi!
Igihe kimwe ngo abisirayeri bahuye n’ibikomeye, bibanihisha,bibatakisha, bibavugisha induru , maze ngo baraniha, umuniho wabo urazamuka ugera ku Mana yaremye ijuru n’isi birayibabaza. Wari uziko Imana igira amarangamutima!
“Kuri uwo munsi Farawo ategeka abakoresha ubwo bwoko uburetwa n’abatware bo muri bo ati : Ntimwongere guha abantu inganagano( (...) -
Yitaye ku gusenga kw’abatagira shinge na rugero, adasuzuguye gusenga kwabo
12 September 2015, by Kiyange Adda-DarleneYitaye ku gusenga kw’abatagira shinge na rugero, adasuzuguye gusenga kwabo.( zab 102:18)
Iyi zaburi, ivuga ku gusenga k’umunyamibabaro iyo umutima we uguye isari, ugasuka amaganya yawo imbere y’Uwiteka. Ukurikije umwanya Dawidi yabagamo w’ubwami, ubona ko isengesho ry’umunyamibabaro ritari rimubereye. Abantu benshi twibwira ko iyo umuntu afite icyubahiro runaka aba yarasezeye ku mibabaro, ariko usomye igitabo cya zaburi, ubona ko Dawidi nubwo yari umwami nawe yajyaga agera ahantu hakomeye (...) -
Rehoboth Ministries yateguye igitaramo yise “Praise and worship explosion”
19 October 2012, by Patrick KanyamibwaRehoboth Ministries yateguye igitaramo cyo kuramya no guhimbaza yise “Praise and worship explosion”, kizaba ku cyumweru, tariki ya 28/10/2012, muri salle ya Sport View Hotel, kuva saa cyenda z’amanwa kugeza saa mbiri z’ijoro (15h00’-20h00’/pm). Nkuko twabitangarijwe n’umuyobozi wa Rehoboth Ministries Bwana Douglas Kigabo, insanganyamatsiko yicyi gitaramo ni “Mutima wanjye taraka, ushime Imana”, bakaba bafite intego ebyiri arizo guhuza hamwe abantu bavuye mu matorero atandukanye mu mwanya wihari wo (...)
-
Kutumvira bizana urupfu!
14 June 2016, by Simeon Ngezahayo"Ni uko mu kwezi kwa karindwi, Ishimayeli mwene Netaniya mwene Elishama w’igikomangoma, kandi umutware ukomeye mu batware b’umwami, azana n’abantu cumi kwa Gedaliya mwene Ahikamu i Misipa, arabagaburira barahasangirira. Maze Ishimayeli mwene Netaniya n’abantu cumi bari kumwe na we, barahaguruka bicisha Gedaliya mwene Ahikamu mwene Shafani inkota. Ni uko baramwica kandi ari we umwami w’i Babuloni yari yagize umutegeka mu gihugu. Ishimayeli yica n’Abayuda bose bari kumwe na Gedaliya i Misipa, (...)
-
Imyiteguro igeze kure ya « Ikuzo Gospel Concert » igitaramo ngarukamwaka kizajya gihuza abahanzi, amakorali, ababyinnyi n’abacuranzi mu guhimbaza Imana
13 October 2012, by Patrick KanyamibwaIkuzo gospel Concert ni igitaramo gikomeye kiri gutegurwa na Moriah Entertainment Group, cyikazaba tariki ya 27/10/2012, kuva saa munani n’igice z’amanwa muri Parking ya Petit Stade i Remera, icyi gitaramo kikaba kimwe mu bitaramo bya gospel bizagaragaramo abahanzi benshi ba gospel, amaKorali, amatorero y’ibyino gakondo ya gospel, ababyinnyi batandukanye ndetse harimo nabakora Drama.
Nkuko twabitangarijwe na Eric Mashukano umyobozi wa Moriah Entertainment Group iri gutegura kino gitaramo, ngo (...) -
Imbaraga z’ibyiringiro
3 August 2015, by Innocent KubwimanaKwizera ni ukumenya rwose ibyiringirwa udashidikanya ko bitazaba, kandi ni ko kuduhamiriza ibyo tutareba ko ari iby’ukuri. Abaheburayo 11:11
Ibyiringiro duhabwa no kwizera nibyo bituma tubona Imana kandi idahari. Mu by’ukuri Imana n’Umwuka birumvikana ko ari nayo mpamvu Bibiliya idusaba kuyisengera mu Mwuka. Iyo abantu bayibwira ushobora kuhagera ku rundi ruhande mu by’umubiri ugatekereza ko bafite ikindi kibazo, ariko bafite ibyiringirwa kandi ntibashidikanya, bemeza ko bizaba bikabatera (...) -
Mfite ibihamya by’ibyo Yesu yankoreye
21 August 2015, by UbwanditsiMbere yuko nkizwa ngo mpereze Yesu ubuzima bwanjye, ubusanzwe nizeraga ko Imana iriho ariko njye n’umuryango wanjye ntitwajyaga tujya mu rusengero.
Murugo habaga Bibiliya, ubundi najyaga mbona Papa akunda gusenga buri mugoroba, rimwe na rimwe akanaduha ubuhamya njye n’abavandimwe banjye ni mugoroba, kugira ngo adusinzirize neza.
Numvaga avuga Yesu, akamuvuga byinshi ariko ntabwo yigeraga ajya mu rusengero.
Inshuro 1 cyangwa 2 nibwo nigeze kujyana na nyogokuru gusenga. Umunsi umwe, nari (...) -
Korali Itabaza yakoze igiterane cyo kurwanya ibiyobyabwenge
13 August 2013, by Patrick KanyamibwaKorali Itabaza ibarizwa ku mudugudu wa ADEPR Karama kuri paruwasi ya Muganza, yakoze igiterane cy’iminsi ibiri mu rwego rwo kunganira leta muri gahunda yayo ifite yo kurwanya burundu ibiyobyabwenge mu gihugu cyane cyane ihereye mu rubyiruko, icyo giterane cyabaye tariki ya 11 n’iya 12 Kanama muri 2013.
Mayor wa Nyarugenge akaba nawe yarashimiye uru rubyiruko avugako bashigikiye abantu basenga kandi ko bazajya bakomeza kushigira ibikorwa nkibi byo kurwanya ibiyobyabwenge anavuga ububi bwibi (...)
0 | ... | 1180 | 1190 | 1200 | 1210 | 1220 | 1230 | 1240 | 1250 | 1260 | ... | 1850