Avoka nk’ikiribwa gifitiye akamaro umubiri wacu bitewe no kuba ikungahaye ku mavitamine nka A, B, C na K, usanga hari bamwe batacyitaho cyane cyane aho abagabo benshi bakunda kuvuga ko ari ikiribwa cyagenewe abana n’abagore, mu gihe mu bihugu byateye imbere ari nkitegeko ko buri mafunguro hagomba kuba hongeweho ibikomoka kuri Avoka.
Akaba ari yo mpamvu tugira ngo turebere hamwe icyo ishobora kumarira umubiri wacu twifashishije urubuga rwa healthonlinizine”.
1. Ifasha umutima gukora neza (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Ibintu 10 Avoka ishobora kumarira umubiri wacu
1 November 2012, by Ubwanditsi -
Si ku bw’amaboko, si kubw’imbaraga ahubwo ni ku bw’Umwuka wanjye”
4 April 2016, by Ernest RutagungiraSi ku bw’amaboko, si kubw’imbaraga ahubwo ni ku bw’Umwuka wanjye”
Zakariya 4: 6-7 Aransubiza ati “Ijambo Uwiteka atumye kuri Zerubabeli ngiri ati ‘Si ku bw’amaboko kandi si ku bw’imbaraga, ahubwo ni ku bw’Umwuka wanjye.’ Ni ko Uwiteka Nyiringabo avuga“Wa musozi munini we, wiyita iki? Imbere ya Zerubabeli uzaba ikibaya….
Tugendeye ku bitabo bitandukanye nk’icy’umuhanuzi Hagayi na Ezira, Zerubabeli yari mwene Sheyalutiyeli, akaba yari umwe mu bayoboye abayuda, avugwaho byinshi ariko cyane cyane avugwa (...) -
Bavugaga ko gupfa bibarutira kubaho none bagaruye icyizere
24 December 2013, by UbwanditsiAbo ni bamwe mu rubyiruko rw’abahungu n’abakobwa bitabiriye ikiganiro ku kurwanya ubwigunge cyateguwe n’umuryango MIZERO CARE FOUNDATION (MCF). Mu buhamya batanze ubwo bari bamaze kuganirizwa ku bitera ubwigunge n’uko umuntu abusohokamo, bamwe mu bana 16 bakurikiranye icyo kiganiro batangaje ko mu by’ukuri bageze ubwo bibwira ko gupfa bibarutira kubaho. Ibi bakabiterwa no kuba barabonaga ko bariho nabi,bakibaza igituma bari mu mibereho mibi.
Amahugurwa yabaye tariki ya 4 ukuboza 2013 abera mu (...) -
Uyu musore arimbutse yaba azize iki?
29 May 2013, by Simeon NgezahayoUyu musore yitwa Amely. Yahuye n’ibigeragezo bikomeye nk’uko abyivugira mu buhamya bwe. Kurikira uko byagenze:
Ubwo jyewe n’umuryango wanjye twabaga i Quebec, ababyeyi banjye bahinduye idini bashakisha ahari ukuri. Icyo gihe nari mfite imyaka nk’irindwi. Nari mfite umukobwa wari incuti yanjye yo mu bwana, ikajya ishaka kungusha mu byaha by’ubusambanyi uko bukeye n’uko bwije. Ndibuka twimukiye muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, hari ibaruwa yanyandikiye ariko nanga kumusubiza ahubwo mbwira (...) -
Mbese wavutse ubwa kabiri koko cyangwa warabatijwe gusa?
12 February 2016, by Pastor Desire HabyarimanaMBESE WAVUTSE UBWA KABIRI KOKO CYANGWA WARABATIJWE GUSA?
Abantu benshi bitiranya umubatizo no kuvuka ubwa 2 ariko sibyo kuko nta muhango n’umwe mu isi wahesha umuntu kuvuka ubwa 2. (kubatizwa, gukomezwa, etc…) Ikindi bamwe bibwira ko umubatizo ukuraho ibyaha (harimo n’icy’inkomoko) ariko Petero yabwiye itorero ko ari isezerano ku mana ry’umutima uticira urubanza (umutima wababariwe utiyiziho icyaha) 1Petero3:21. Bityo nk’uko Yesu yabatijwe nta cyaha iyo bigenze neza habatizwa umuntu wamaze (...) -
Korare Messengers yateguye igiterane kidasanzwe kuri iki cyumweru kuri ADEPR Gahanga
25 July 2012, by UbwanditsiKorari Messengers yateguye igiterane kudasanzwe kuri uyu wa gatandatu no ku cyumweru byatumye twegera umuyobozi wayo Flavien Yadusoneye adutangariza uko iyi Korare yavutse adusubiza muri aya magambo: Korari messengers yavutse kw’italiki 08/10/2011, ivukira ku rusengero rwa ADEPR Gatare ( i Gahanga). Ni ukuvuga ko itaramara umwaka ivutse. Ibyo ariko ntibivuga ko abayigize batari basanzwe ari abaririmbyi kuri urwo rusengero, ahubwo bahoze mu makorari 3 mato yarubagaho ari yo Siyoni, (...)
-
Umuhanzi Sindikubwabo Wellars (Mbereka) aritegura kumurika Alubumu ya 2 y’ indirimbo z’amashusho
15 October 2015, by Innocent KubwimanaUmuhanzi Sindikubwabo Wellas bakunze kwita Mbereka arimbanije imyiteguro yo kumurika Alubumu ye ya 2 y’indirimbo z’amashusho, yise Ni ukubera Imana.
Iki giterane kizaba kuri iki cyumweru tariki 18/10/2015, kikazabera kuri ADEPR-Kagarama, guhera sa sita z’amanywa kugeza sa kumi n’ebyiri.
Amakorari yatumiwe azafasha uyu muhanzi muri iki giterane akaba ari Korari Filadelifiya, Korari Itabaza ndetse na Korari Umunezero isanzwe ikorera umurimo w’Imana muri Paruwasi ya ADEPR-Nyanza (Kicukiro), ku (...) -
Urubyiruko rwo muri ADEPR Masaka rwipimishije SIDA ku bushake
2 December 2015, by Pastor Desire HabyarimanaNk’uko biri mu mihigo ya 2015 y’urubyiryko rwo mu Itorero rya Penekote mu Rwanda, ADEPR, abasore n’inkumi 60 bo muri Paruwase ya Masaka, bipimishije ku bushake agakoko gatera SIDA, bagamije kumenya uko bahagaze.
Kuri uyu wa 1 Ukuboza 2015, ubwo Isi yoze yizihiza umunsi mpuzamahanga wo kurwanya SIDA, ni bwo urubyiruko rwo mu Itorero rya ADEPR Masaka, rwipimishije ku bushake .
Rev Pasiteri Buntu Benjamin, umushumba wa Paruwase ya Masaka mu karere ka Kicukiro, yatangaje ko n’ubwo urubyiruko (...) -
Guhimbaza Imana ni ubuzima! – Don Moen
15 January 2014, by UbwanditsiDon Moen uyoboye itsinda ryo kuramya no guhimbaza Imana mu mujyi wa Nashville aratangaza yuko guhimbaza Imana bitarangirira mu rusengero, ahubwo binagaragarira mu myitwarire y’Umukristo ya buri munsi.
Moen w’imyaka 62, mu kiganiro yagiranye n’Ikinyamakuru The Post Newspapers cyandikirwa mu gihugu cya Zambia aho aherutse gukorera concerts 2 mu mujyi wa Lusaka, yatangaje ko guhimbaza Imana nyakuri kutagarukira ku idini, umuco n’imyaka.
"Guhimbaza Imana ni ibyo dukora mu kazi; ni ibyo tugirira (...) -
Pastor Yonggi Cho ni muntu ki?
25 September 2015, by Pastor Desire HabyarimanaDr. Paul Yonggi Cho, ukomoka muri Korea yepfo n’umubwiriza butumwa akaba ari nawe uyoboye urusengero runini kwisi yose, yatangiye umurimo (minisiteri) muri 1958, yatangiranye umubare muto wa bayoboke bateranira mw’ihema. Hakaba ubu hari ikinyuranyo ki nini ku mubare wabantu bamaze gukorwaho na ministeri ye. Itorero rye riri Seoul Korea ryicaza abantu barenga ibihumbi mirongo itandatu (60.000) kandi uwo mubare nti harimo abantu bicara hanze bagakurikiranira inyigisho ku byuma byabigenewe(ni (...)
0 | ... | 1120 | 1130 | 1140 | 1150 | 1160 | 1170 | 1180 | 1190 | 1200 | ... | 1850