Kuri uyu wagatandatu, tariki ya 13/10/2012 mw’itorero rya ADEPR Kicukiro habaye igiterane cyo kurangiza umwaka w’ishuri 2012 cyateguwe n’abanyeshuri biga mu kigo cya APADE, muri icyo kigo harimo groupe yitwa ABARINZI, igizwe n’abahiga bakijijwe ndetse na korari irimo n’abaharangije.. Icyo giterane cyateguwe mu rwego rwo gusezerera abarangije ndetse no gusengera komite nshya igiye kuyobora umwaka w’amashuri utaha.
Icyo giterane cyari cyitabiriwe n’abanyeshuri biga muri icyo kigo ndetse (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Abarinzi APADE bakoze igiterane cyo guserera abarangiza.
13 October 2012, by Ubwanditsi -
Film nshya ya Yesu yiswe ’Son of God’ irashyirwa ahagaragara kuri uyu wa Gatanu, + 1,000,000,000 ni bo bitezwe kuyigura !
28 February 2014, by Simeon NgezahayoProducer Mark Burnett wakoze iyi film aratangaza yuko yiteze ko "miliyari" y’abantu izareba iyi film ye ubu yageze ku isoko.
Burnett wakinanye iyi film n’umufasha we Roma Downey, yatangarije ikinyamakuru The Wrap ko yishimiye uburyo iyi film yakunzwe na benshi. yagize ati “Iyi film izarebwa n’abantu bagera kuri +1,000,000,000 mu myaka 3 cg 4 iza. Ni byiza rero ko dutangiye neza.”
Burnett n’umufasha we bamaze iminsi basura amatorero atandukanye muri Amerika, bagerageza kwamamaza no kugurisha (...) -
Chorale Duhuzumutima iri mu giterane cyo gufasha abatishoboye ba jenocide yakorewe abatutsi
29 October 2012, by UbwanditsiK’urusengero rw’Itorero ADEPR Muhima hari kubera igiterane cy’iminsi itatu cyateguwe na Choral Duhuzumutima kizamara iminsi itatu kikaba kigamije gukusanya inkunga izahabwa abatishoboye basizwe iheruheru na Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994 babarizwa muri iryo torero ndetse n’abandi baturage babuze ababo kandi batishoboye bahaturiye .Nk’uko muri Yakobo 1:27 havugako Imana yishimira gufasha imfubyi n’abapfakazi,iyo niyo mpamvu Choral Duhuzumutima ifashe iyambere mu gufata mu mugongo (...)
-
Ijoro ryo kuramya no guhimbaza ni kuri uyu wa gatanu 23/11/2012
22 November 2012, by Patrick KanyamibwaIjoro ryo kuramya no guhimbaza Imana bita Africa Let’s Worship mu cyongereza – Aflewo mumagambo ahinnye riba buri mwaka, kuri ubu rigiye kongera kuba, aho rizaba kuri uyu wa gatanu tariki ya 23 Ugushyingo 2012 i Nyarutarama mu Mujyi wa Kigali, akaba ari ku inshuro ya kabiri rizaba ribaye mu Rwanda. Mu kiganiro Christian yavuze ko bateganya gukora ijoro ryo kuramya no guhimbaza mu Gushyingo 2012 riba buri mwaka.
Christian Kajeneli umwe mu bashizwe gutegura iryo joro yagize ati “iki gikorwa ni (...) -
Korari Besaleli, Jehovah Jireh ULK hamwe na Simon Kabera baritegura igitaramo cyateguwe ku bufatanye n’inshuti za Besalel
22 January 2016, by UbwanditsiKorari Besaleli isanzwe ikorera umurimo w’Imana muri ADEPR, Paruwasi ya Nyanza-Kicukiro, ku mudugudu wa Murambi, Korari Jehovah Jireh ya CEP-ULK, hamwe n’umuririmbyi Simon Kabera, ndetse n’umwigisha Pastor Etienne Rusingizandekwe bari mu myiteguro aho bazahurira mu gitaramo cyateguwe na Korari Besaleli ku bufatanye n’inshuti zayo.
Iki gitaramo kizaba ku cyumweru tariki 31 Mutarama 2015, kizabera ku rusengero rwa ADEPR-Murambi aho Besaleli isanzwe ibarizwa, kikazatangira sa munani z’amanywa (...) -
Amadini amwe abangamiwe n’icyemezo bafatiwe n’Umujyi wa Kigali
20 February 2013, by UbwanditsiIbyemezo byafashwe n’Umujyi wa Kigali ku rusaku rw’abanyamadini, hari bamwe mu banyamadini bavuga ko babona bibabangamira, kuko ijambo ry’Imana bagenderaho (Bibiliya) ribasaba kuyihimbaza bakoresheje amajwi arenga (Zaburi 150 : 5).
Nyuma yaho Komite y’Umutekano yaguye y’Umujyi wa Kigali iyobowe n’Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Ndayisaba Fidèle yateranye tariki ya 04 Gashyantare 2013, igasuzumira hamwe ikibazo cy’abasakuriza abandi bakoresheje indangururamajwi cyangwa ibindi bikoresho by’umuziki, (...) -
Kenya: Umuhanzikazi Sarah Kiarie aravuga uburyo Imana yamurinze abanzi mu ndirimbo ye yise “Hakuna Silaha”
28 October 2013, by Simeon NgezahayoUmuhanzikazi ukomoka mu gihugu cya Kenya Sarah Kiarie, wamenyekanye cyane ku ndirimbo ye yise ”Nasema Asante” ndetse akaza no gutsindira igihembo cy’umuhanzi akesha indirimbo yise “Liseme,” ubu noneho yasohoye video yise Hakuna Silaha.
“Hakuna Silaha” ni video ifite ubutumwa bukomeye buboneka mu buhanuzi bwa Yesaya, bugira buti “Nta ntwaro bacuriye kukurwanya izagira icyo igutwara.” Uyu muhanzikazi avuga Imana n’uburinzi bwayo bukomeye kuri twe mu buzima bwacu bwa buri munsi.
“Ariko nta ntwaro (...) -
Kayonza: Korali Integuza ibaye iya mbere mu Karere mu gushyira ahagaragara album yayo
19 August 2013, by UbwanditsiKorali Integuza yashinzwe ahagana mu w’1997, ikaba ikorera umurimo w’Imana mu itorero ADEPR Kayonza. Ifite abaririmbyi 79, intego yayo ikaba ari "Ivugabutumwa ryagutse, rirenga imbibi z’akarere iherereyemo rikagera ku rwego rw’intara y’Uburasirazuba ndetse no mu gihugu no hanze yacyo".
Nyuma y’uko abarimbyi bayigize bishatsemo ubushobozi bwo kujya muri studio gutunganya album yabo, andi ma korali magenzi yabo akorera ku mudugudu n’Abakristo b’aho bahurije hamwe umutima bakora mu mifuka yabo (...) -
Ibitero by’ uburyo 5 Nehemiya yahuye nabyo Rev Rurangirwa
6 March 2016, by Pastor Desire HabyarimanaIBITERO BY"UBURYO 5 NEHEMIYA YAHUYE NABYO, ARIKO NTIYACIKA INTEGE ARAKOMEZA ARUBAKA,
1.Kumwandagaza no kumutukira mu ruhame, gutesha agaciro imirimo akora; hagamijwe kumwangisha abo ayobora no guca intege abubatsi. Neh.3:33-35 (Sanibalati na Tobiya batuka Behemiya),’ Umwifato wa Nehemiya imbere y’icyo gitero.Neh.3:36-37. ( Nehemiya arasenga Abereka Imana)
2.Ubugambanyi no kurema cg gushinga amatsinda (groupes) yo gusenya.Neh.4:1-2(Sanibarati na tobiya bumvise ko umurimo wo gusana inkike (...) -
Sobanukirwa uko abagore batwite bashobora kwirinda isesemi
5 June 2012, by UbwanditsiMu bagore 10 batwite, 7 muri bo usanga bahura n’ikibazo cyo kugira iseseme, mu buryo butandukanye bitewe n’imiteree y’imibiri yabo , aho ushobora gusanga bamwe inabazahaza cyane rimwe na rimwe ikababuza no kurya cyangwa se baba babashije kurya bakabiruka.
Kuva ku cyumweru cya 3 kugeza kucya 16 kuva umugore yasamye ni bwo usanga yatangiye kugira iseseme aho usanga benshi batangira kuruka buri gitondo ndetse kuri benshi bukarinda bwira ariko bimeze, abashakashatsi rero bagaragaje ko ahanini ibi (...)
0 | ... | 1090 | 1100 | 1110 | 1120 | 1130 | 1140 | 1150 | 1160 | 1170 | ... | 1850