Jehovahjireh choir isanzwe ikorera umurimo w’Imana muri Kaminuza yigenga ya Kigali Campus ya Gisozi, ikaba ibarizwa kandi mu muryango w’abanyeshuli b’abapentekote ba ULK (CEP ULK), kurubu iratangariza abakunzi bayo ko ubu imyiteguro irimbanyije yo kubamurikira umuzingo wakabiri w’indirimbo z’amashusho n’amajwi.
Nkuko Bwana Ndorimana Philotin Prezida wa Korali Jehovahjireh abitangaza, avugako iki gikorwa bakigezeho nyuma yo kumara gushyira kumugaragaro umuzingo wabo wambere ugakundwa cyane ndetse (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Hasigaye icyumweru kimwe Jehovahjireh Choir CEP ULK Evening izwi mu ndirimbo “Gumamo” ikamurika Album DVD+Audio ya 2 kuwa 23.02.2013 muri Stadeya ULK.
17 February 2014, by Ubwanditsi -
Rose Muhando yamennye ibanga ry’icyatumye yakira Kristo akamukomeza!
18 September 2013, by Simeon NgezahayoWari uzi ko umuhanzi w’icyamamare w’indirimbo zo guhimbaza Imana mu hihugu cya Tanzania, Rose Muhando, yavukiye mu muryango w’Abisilamu, akaza kwakira Kristo nyuma y’aho Imana imukirije indwara ikomeye yari amaranye imyaka 3? Amena iryo banga rikomeye mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru The Kenyan Daily Post, Muhando yagize ati:
Abantu batekereza ko mfite ubuzima bwiza, butangora. Baribeshya cyane! Mu buzima bwanjye nahuye n’imibabaro kuva mvutse, ariko bidatinze biza guhinduka. Nafashwe (...) -
ADEPR: Abarangije mu ishuri rya Bibiliya (IBKI) bagera kuri 24 bahawe impamyabushubozi
6 November 2015, by Pastor Desire HabyarimanaIshuri ry’itorero rya Pentekoti ryo mu Rwanda (ADEPR) ryigisha ibya Bibiliya IBKI (Institut Biblique de Kigali) ryatanze impamyabushobozi zo ku rwego rwa A2, abarangije bagera kuri 24.
Iki gikorwa cyabaye kuri uyu wa gatanu tariki ya 06/11/2015 cyabereye aho iri shuri risanzwe rikorera mu Kiyovu, mu karere ka Nyarugenge ari naho umudugudu wa ADEPR-Kiyovu wubatse.
Uyu muhango kandi wanitabiriwe n’umushumba wa ADEPR-Ururembo rw’Umujyi wa Kigali Rev,Past Emmanuel Rurangirwa kimwe n’abandi (...) -
Kuri iki cyumweru kuri stade amahoro habaye igiterane ciswe "Rwanda shima Imana"
28 August 2012, by UbwanditsiKuri uyu wa 26 Kanama 2012 , nibwo kuri Sitade Amahoro i Remera habaye igitaramo cyo gusoza icyumweru cyiswe “Rwanda, shima Imana” cyateguwe n’ihuriro ry’Amatorero ya Gikirisitu mu Rwanda aho hanatuwe ituro ryo gufasha abazahajwe n’amapfa n’inzara, hirya no hino mu gihugu cy’u Rwanda.
Icyo gitaramo cyahuje imbaga y’Abanyarwanda batagira ingano, intego yacyo nk’uko yari iyo gushima Imana ibyiza yagejeje ku Banyarwanda mu myaka 18 ishize Jenoside yakorewe Abatutsi ihagaze, imyaka 50 igihugu kimaze (...) -
Ibyo umubyeyi akwiriye kwirinda mugihe atwite ndetse na nyuma yo kubyara
21 July 2015, by Umumararungu ClaireMu gihe cyose umubyeyi amara atwite usanga yigengesera mu mirire, isuku, ndetse no mubindi bikorwa bitandukanye, bagafata amafunguro arimo intungamubiri zose zifasha umwana n’umubyeyi kugira ubuzima bwiza, ariko nyuma yo kubyara gahunda zose zigasa nkaho zirangiriye aho.
Nkuto Topsante ibigaragaza, igihe umubyeyi yabyaye ntago ari igihe cyo kureka kwita kubyo yitagaho ko ahubwo aba ari igihe cyo kugira byinshi witwararika mu mirire , mu isuku ndetse no mu mibereho rusange ya buri munsi, (...) -
Daniel Niyingiyimana yateguye igitaramo cyo gushima Imana yamwomoye igikomere cy’urushako rubi
20 January 2014, by Simeon NgezahayoDaniel Niringiyimana bakunze kwita Svensson ni umuhanzi akaba n’umuterankunga ushinzwe itangazamakuru muri Korale Bethlehem yo ku Gisenyi.
Ubwo twaganiraga na we yadutangarije ko afite ishimwe rikomeye mu mutima we, ry’uko Imana yamukijije igikomere yari amaranye hafi imyaka 12 atewe n’urushako rubi yagize, dore ko byaje gutuma atandukana burundu n’umugore we bafitanye abana 3, ubu imyaka itanu ikaba ishije bakoze Divorce dore ko batandukanye mu w’2009.
Tumubajije impamvu imutera gushima (...) -
Korali Hoziyana ibikiye byinshi abakunzi bayo kuri iki cyumweru tariki ya 17/2/2013 muri Launch ya album ya 10
11 February 2013, by Peter Ntigurirwa/isange.comMu ishusho y’umunaniro mwinshi, Korali Hoziyana kuri uyu wa 10/2/2013 ahagana ku isaha ya saa kumi kugeza i saa moya z’ijoro, nibwo yari isoje imyitozo ikarishye yari imazemo amezi asaga abiri mu myiteguro yo gushyira ahagaragara album yayo ya 10 yise IMANA IRAKUZI, iteganijwe kuzaba kuba kuri iki cyumweru tariki ya 17/2/2013 ku itorero rya CLA Nyarutarama.
Abaririmbyi basaga 70, nibo babashije kugaragara muri iyi myitozo uvanyemo umwe waje kugira ikibazo akajyanwa kwa muganga atayirangije. (...) -
Twihe Imana tumaramaje! - Kenneth et Gloria Copeland
15 June 2013, by Isabelle GahongayireNiba mwifuza kugera kure mu by’umwuka, mugomba kumenya no kuba mu ijambo ry’Imana mu buryo bwose bushoboka.
“Ubwenge muri byose ni bwo ngenzi, nuko rero shaka ubwenge, ndetse ibyo utunze byose ubishakishe ubuhanga. Ubukuze na bwo buzagukuza, nubukomeza buzaguhesha icyubahiro”Imigani 4 : 7-9.
Niba mu by’ukuri twifuza ubwenge bw’Imana, bidusaba gusoma bibiliya cyane, bitari iby’akamenyero by’iminota mike ya buri munsi wenda tujya dufata. Biradusaba kuyifungura amanwa na n’ijoro. Biradusaba kureka (...) -
Umuhanzi Delphin Kalisa yasohoye indirimbo nshya yise “Byiringiro bizima” yakoranye na Nelson Mucyo
6 June 2013, by UbwanditsiNyuma y’indirimbo ye ya mbere yari yise “Ijwi rituje”, kurubu Umuhanzi Delphin Kalisa yasohoye indirimbo nshya yise “Byiringiro bizima” yakoranye na Nelson Mucyo, iyi ndirimbo ikaba iri munjyana ya Afro-Zouk slow, kandi ikaba yarahimbwe inandikwa nuyu muhanzi ubarizwa mu ntara y’i Burengerazuba.
Nkuko yabidutangarije ubwo twaganiraga, yatubwiyeko nubwo hari haciye igihe acecetse kubera amasomo n’akazi, ubu yasubiye mu nganzo akaba ari no gukora amashusho y’indirimbo “Ijwi rituje”. Reka (...) -
Umuryango Compassion International wasoje amahugurwa yagenewe abarera abana badafitanye isano n’amatorero muri rusange.
14 August 2013, by UbwanditsiAyamahugu yatangiye kuwa kabiri tariki 13 akaba yaragenewe abayobozi b’amatorero afite umushinga wa Compassion, abayobozi b’umushinga,ndetse n’ababyeyi barera abana badafitanye isano! Umubyeyi NYIRABAHUTU Speciose utuye mu karere ka Musanze mu murenge wa Gashaki akagari ka Bwe, n’umwe mu bahuguwe akaba ari umubyeyi urera umwana w’umuhungu badafitanye isano, ubu bakaba bamaranye imyaka irenga 12 ngo uyu mwana yamutoraguye ahantu mu kinani arwaye bwaki ndetse arimo aribwa n’ibisiga nyuma Imana (...)
0 | ... | 1090 | 1100 | 1110 | 1120 | 1130 | 1140 | 1150 | 1160 | 1170 | ... | 1850