Umuntu wese muri twe areke kwizirikana ubwe gusa, ahubwo azirikane n’abandi (Abafilipi 2:4)
Bibaho ko ubishaka cyangwa utabishaka ushobora kwisanga wababaje mugenzi wawe, ukuri kuzuye ni uko twe nk’abantu ntabwo dutungana kurwego twabaho duhuje iteka ryose na Paulo yaravuze ngo nifuza gukora ibyiza ibibi bikantanga imbere kandi hariho igihe amakosa dukora asiga ibikomere muri bagenzi bacu cyane ko tutakira ibintu kimwe. Noneho reka nkubaze iyo wisanze wakoreye umuntu ikosa ni iki gihita (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Haranira kuneshesha ikibi icyiza
6 February 2016, by Innocent Kubwimana -
N’ iki cyatuma Imana yishimira Umutima wawe? Edith Umugiraneza
12 September 2015, by Umugiraneza EdithYesu ashimwe Bane Data, ndabaramukije mw’izina rya Yesu. Maze iminsi nibaza ku Mwami Dawudi uwo yari iwe n’impamvu Imana yamukunda akaba inshuti Yayo ikishimira umutima we.
Umwami Dawudi. Mu gihe Samuel yajyaga kwa Yesayi nkuko yari yatumwe n’Uwiteka ngo yimike Dawudi. Uko bigaragara Dawudi yari yibereye mu ntama abandi bari mu minsi mikuru, ndetse banahabwa agaciro na se kurusha Dawudi.
Nibajije nti Dawudi wasanga yarimo aragira yiririmbira ahimbaza Imana atunganye mu mutima adatekereza (...) -
Waba uzi impamvu zitera abantu kugwa ?
23 May 2016, by Pastor Rukundo Octavea) Bubaka inyubako zitagira urufatiro (1Abakorinto 3 :10)
Akenshi abantu birengagiza ko dukizwa kubwo kwizera Kristo no kwihana ibyaha, arirwo rufatiro nyakuri rw’ubukristo kandi rukaba ari narwo twubakiraho imirimo yose dukora.
Bityo rero bamwe bagwa mu byaha ariko kubwo gutinya gutakaza icyubahiro,titres z’akazi bakishimira gukomeza gukora imirimo y’Imana nyamara nta ngororano kuko bayikorera hejuru y’umutima ubacira urubanza ariko ntibemere kwihana ngo basubire kurufatiro. Umurimo wose (...) -
Gukuramo inda ku bushake kimwe mu byorezo cyugarije isi ya none
10 July 2015, by Innocent KubwimanaMu gihe hirya no hino ku isi hakomeza kubera bimwe mu byo bamwe bita ibyo mu minsi y’imperuka, hari ibirushaho kwigaragaza kurusha ibindi kuburyo kubyita ibyorezo byo mu isi ya none bitagishidikanywaho. Kimwe muri ibi harimo nko guramo inda kubushake birushaho kugenda bifata indi ntera.
Ibi byakunze kuvugwa cyane mu bihugu bigaragara ko biteye imbere cyane ku mugabane w’Amerika ndetse no mu bihugu by’Uburayi, ariko kugeza ubu biragenda byigaragaza no mu bihugu bya Afurika, aho kugeza ubu (...) -
Zamura amaboko uranesha urugamba! Ev. Ernest RUTAGUNGIRA
26 February 2016, by Ernest Rutagungira(Kuva 17: 10 -13)
Yosuwa abigenza uko Mose yamutegetse, arwanya aba Maleki… Mose na Aroni na Huri barazamuka bagera mu mpinga y’uwo musozi. Mose yamanika amaboko Abisirayeli bakanesha, yayamanura Abamaleki bakanesha, maze amaboko ya Mose araruha. Bajyana ibuye bararimutega aryicaraho, Aroni na Huri baramira amaboko ye, umwe iruhande rumwe undi urundi , Amabokoye arakomera ageza ku zuba rirenga. Yosuwa atsindisha Abameleki n’abantu baho inkota. Urugamba rw’umubiri rugira amabwiriza ndetse (...) -
Urukundo rw’Imana n’ubuntu bwayo byangejeje kukwakira Yesu Kristo nk’ Umwami w’ubugingo bwanjye
21 March 2016, by Pastor Desire HabyarimanaAmazina yanjye nitwa Sandeep Thomas navukiye mu buhinde ndererwa muri Amerika nkuko ngiye kubibabwira mu buhamya bwanjye
Uyu munsi wa none, ndashaka kubasangiza inkuru y’Urukundo, Ubuntu, n’ubuzima bushya muri Yesu Kristo !
Nkuko bizwi na benshi hari abana barenga miliyoni bo k’umuhanda birirwa bazerera mu mihanda yo mu Buhinde, batajya mumashuli hafi miliyoni 17 z’abana bimfubyi banywa ibiyobyabwenge byibanze cyane mu bigitsina gabo. wibereye hano nti wamenya icyo ibindi bihugu bitekereza (...) -
Imbuto yo kwihangana Ruhogo Manzi Irénée
12 April 2016, by Pastor Desire HabyarimanaIjambo ry’Imana riratubwira ngo Hahirwa umuntu wihanganira ibimugerageza kuko namara kwemerwa azahabwa ingororano, ndetse nikamba ry’ubugingo buhoraho halleluya Yakobo 1:12
Kugira imbuto yo kwihangana bivuze iki? Umuntu ayigira ryari? Ese iva hehe? Kwihangana, mu Kigiriki (Greeks Word) babisobanura uburyo bubiri (Hupomonē) bivuga igihe umwe muri mwe ateye hejuru undi agaca bugufi, ubundi buryo (Makrothumia) Aha ni ukugira ya mbuto ya Mwuka Wera, aho wihanganira ikintu, utazi igihe (...) -
Umuhanzi Alain moloto wamenyekanye cyane mu ndirimbo Schilo yapfuye
3 August 2013, by UbwanditsiUmuhanzi Alain Moloto ukomoka mu gihugu cya Kongo Kinshasa wanamenyekanye cyane mu ndirimbo z’Imana nka Schilo yitabye Imana mu ijoro ryo kuri uyu wa 2 Kanama azize uburozi.
Alain Moloto wari umaze iminsi bivugwa ko yarozwe yaguye mu bitaro bya Nganda i Kinshasa aho yari amaze iminsi avurirwa,akaba yashizemo umwuka ku isaha ya saa moya z’ijoro.
Alain Moloto wabarizwaga mu itsinda Adorons l’Eternel, usibye kuririmbira Imana ngo yakunze no kwandika amakinamico aganisha ku mpano ye yo (...) -
Icyo Bibiliya ivuga kuri politiki yo kubabarira no kwibuka
18 April 2013, by UbwanditsiNyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Leta y’u Rwanda yakajije umurego mu gushaka uko Abanyarwanda bakongera kwiyunga, abakoze icyaha bakabisabira imbabazi, ariko kwibuka inzirakarengane bigakorwa na bose ; si politiki ya Leta gusa hari n’icyo bibiliya ibivugaho.
Bibilya ivuga ku kubabarira no kwibuka, nk’uko bigaragarira mu nyandiko Pasiteri Uwambaje Emmanuel, wigisha mu ishuri rya ADEPR ritanga inyigisho z’imyigishirize y’iyobokamana rikorera mu murenge wa Muhima mu ka Nyarugenge (...) -
Martin Luther: umwe mubazanye idini ya Giporotesitanti (Protestantism) ni muntu ki?
13 January 2016, by Emmanuel NTAKIRUTIMANAMartin Luther ni umwe mu bazanye impinduka mu iyobokamana Abakristu bamwe biyomora ku idini Gaturika(catholic church) bashinga idini y’Abaporotesitanti (Protestant).Yavutse ku wa 10/11/1483 mu gace ka Eisleben mu cyahoze ari ubwami bw’Abaroma (Roman Empire) ariho ubu muburasirazuba bw’Ubudage (eastern Germany).
Amakuru dukesha urubuga rwa Christian Classics Ethereal Libraly avugako uyu Luther wari umuhungu wa kabiri mu muryango wa Hans Luther na Magarete , amaze kuvuka iwabo bimukiye mu (...)
0 | ... | 1100 | 1110 | 1120 | 1130 | 1140 | 1150 | 1160 | 1170 | 1180 | ... | 1850