Ministère y’ivugabutumwa Christian Youth in Promises (CYP) kuri iki Cyumweru taliki ya 9/03/2014 yateguye igiterane gifite intego igira iti “Ibyari indamu yanjye nabitekereje ko ari igihombo ku bwa Kristo” Abafilipi 3:7.
Iki giterane kizabera kuri Eglise Vivante mu Gatenga guhera saa munani. Aganira n’agakiza.org, Visi Perezida w’iyi ministere Bwana MUNYANTORE Justin yahereye ku mateka yabo, by’umwihariko anadutangariza zimwe muri gahunda anibanda cyane ku giterane cyo kuramya no guhimbaza (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Christian Youth in Promises (CYP) Ministry yateguye igiterane yise "Inyungu yo kumenya imana"
7 March 2014, by Simeon Ngezahayo -
Imana yampaye umwana narameze imvi ari uruyenzi nka Sara
24 May 2012, by UbwanditsiAmazina nitwa TWAHIRWA Marthe ariko banyita Bibi kuko ndi Umukecuru.Ntuye ku musozi wa NYARUTOVU aho bita ku MUYOGORO, Mu Ntara y’Amajyepho. Nabaye TANZANIA njyayo kubw’Umwami RUDAHIGWA ngenda ndi Akangavu.
Uwanjyanye yagiye ambwira ko agiye kunshakira akazi, naho yari agiye kunshakira umugabo ntabizi.Yaraje ati:”Dore uri imfubyi, ngwino njye kugushakira imibereho.”
Mu kugenda yampaye izina rya GATORANO TWAHIRWA, Naho ubwo hari undi mugabo ku ruhande nawe witwa GATORANO nawe wari wiswe (...) -
Imitima ya benshi yongeye gukorwaho ubwo Jehovahjireh choir CEP-ULK Evening yari kumudugudu wa Karukungu kuri uyu wa 07/10/2012.
8 October 2012, by VitalNkuko yabyiyemeje kandi bikaba biri no mu nshingano yayo, kujyana ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo ahantu hose ishobozwa kugera, JehovahJireh Choir CEP/ULK Evening iri kumwe n’abatera nkunga bayo batandukanye, kuri kicyumweru cyo kuwa 07/10/2012 yariyerekeje muri Paroisse ya Bibare ku Mudugudu wa Karukungu.
Abantu rero bakaba baribaje ari benshi ndetse rwose ubona banyotewe ijambo ry’Imana cyane cyane mu ndirimbo z’Imana iyi Korali ifite haba izisanzwe kuri album yayo ya 1 haba no kuya 2 irimo (...) -
Menya impamvu 5 zituma abantu b’igitsinagore aribo bitabira ubuhanuzi cyane kurusha abagabo!
22 June 2012, by Peter Ntigurirwa/isange.comNi kenshi usanga abantu b’igitsinagore aribo baba biganje mu nsengero kuruta abagabo.Iyo urebye kandi abitabira imirimo iba mu matorero usanga na none umubare w’igitsinagore uba uri hejuru ugereranije n’uw’abagabo.
Hano mu Rwanda, usanga kandi abitabira cyane gahunda z’amasengesho y’iminsi myinshi cyangwa mikeya ari ab’igitsinagore.Iyo witegereje kandi usanga abagore aribo bakunda gushaka kumenya icyo Imana iba ivuga ku itorero cyangwa se ku buzima bwabo bw’ibiba bizababaho ndetse n’ibizaba ku (...) -
Pastor yatawe muri yombi aregwa guha umupolisikazi $60 ngo amusambanye - LEONARDO BLAIR
6 September 2013, by Simeon Ngezahayo, UbwanditsiNyuma y’aho abagize umuryango wa Pastor Feliciano bamutegerereje amasaha menshi bagaheba ishweshwe, mu gihe ngo bamuherukaga atanga ubutumire anasura amatorero ku wa gatanu washize, bakubiswe n’inkuba nyuma yo kumenya ko yafunzwe aregwa guha umupolisikazi amadorali 60 ngo amusambanye.
Pastor Carlos Feliciano w’imyaka 37, uyoboye itorero One Way Family Church riri mu mujyi wa St. Cloud, yatewe isoni no guhamwa no kuba atahamagaye umuryango we ngo awumenyeshe ko yafashwe na polisi. Amakuru (...) -
Korari Gologota ya ADEPR-Rukiri II iritegura kumurika Alubumu yayo ya mbere y’amashusho (DVD)
19 November 2015, by Innocent KubwimanaKorari Gologota ikorera umurimo w’Imana mu itorero rya ADEPR-Paruwasi ya Rukiri, Umudugudu wa Rukiri ya II ahamenyekanye nka Rehoboti iritegura kumurika Alubumu yayo ya mbere y’amajwi n’amashusho, igikorwa giteganyijwe kuri iki cyumweru tariki 22/11/2015, kikazabera kuri uwo mudugudu aho iyi Korari isanzwe ikorera umurimo w’Imana.
Korari Gologota ADEPR Rukiri II
Iki giterane giteganyijwe kuri iki cyumweru tariki 22/11/2015 sa munani z’amanywa ari nabwo hazaba umuhango nyirizina (...) -
Mu giterane cyaberaga mu kigo GS AIPER NYANDUNGU, abanyeshuli bakiriye neza ijambo ry’Imana undi umwe yakira Kristo
24 October 2013, by Simeon NgezahayoKu mugoroba wo kuri uyu wa gatatu taliki 23 Ukwakira, mu kigo GS AIPER NYANDUNGU habereye igiterane cyahuje abanyeshuli b’Abakristo (RAJEPRA) biga muri icyo kigo.
Muri iki giterane, abo banyeshuli bari bafite intego yo gushima Imana yabarinze mu mwaka wose wa 2013 bashoje. Mu bitabiriye iki giterane harimo amakorali yo muri icyo kigo nka Jehovannis, Amis de Jesus na Amis de Croix. Hari kandi n’umuhanzi ku giti cye Emmanuel TUYISHIME waturutse kuri ADEPR Gako (Kabuga), wari waje gususurutsa (...) -
NK: Hasohotse Film nshya yiswe ’The Apostle’ ivuga ku karengane k’Abakristo bo muri icyo gihugu!
14 March 2014, by Simeon NgezahayoNyuma y’aho Abakristo bo ku isi yose bahamagariwe gusengera abamisiyoneri 33 bakoreraga muri Korea ya Ruguru bakatiwe urwo gupfa, baregwa gukorana n’Umumisiyoneri ngo wabahaye amafaranga yo gushinga amatorero 500 (ibyo ngo biza gufatwa nko kugambanira ubutegetsi bwa President Kim Jong Un), ubu hakinwe film nshya ikubiyemo akarengane k’Abakristo muri icyo gihugu.
Chul-ho (Kim In-kwon) wakinnye film ’The Apostle’
Film ‘The Apostle’ yakinwe na Chul-ho (Kim In-kwon) wari warasizwe amavuta n’Imana, (...) -
ADEPR Rukurazo: Hakozwe igiterane cy’ivugabutumwa cy’iminsi 2 gisoza amasengesho y’iminsi 7
18 February 2014, by Simeon NgezahayoKuva kuri uyu wa Gatandatu taliki 15-16, kuri ADEPR Rukurazo yakoze igiterane cy’iminsi ibiri, aho basozaga amasengesho yari amaze iminsi 7 abera kuri iyi paroisse. Iki gitaramo cyitabiriwe n’amakorali atandukanye hamwe n’abavugabutumwa nka Masengesho na Rachel.
Nk’uko twabitangarijwe na Fidele Kwizera, umuyobozi wa Korale Penuel akaba ari na we watugejejeho aya makuru, ngo bashimye Imana ko nyuma y’aho bashyiriye hanze album yabo ya mbere bise “Agira ubuntu” nk’imwe mu makorali yitabiriye iki (...) -
Rehoboth Ministries kunshuro ya kabiri yongeye gutegura igitaramo yise “Praise and worship Explosion”
19 February 2013, by Patrick KanyamibwaKunshuro ya kabiri, Rehoboth Ministries yateguye igitaramo cyo kuramya no guhimbaza yise “Praise and worship Explosion .” Icyo gitaramo kizaba ku cyumweru, tariki ya 24/02/2013, muri salle ya Sportsview Hotel kuva saa cyenda z’amanywa kugeza saa mbiri z’ijoro (15h00’-20h00’/pm).
Abo tuvugana mubabashije kwitabira “ Praise and Worship Explosion” yambere yabaye ku ya 28/10/2012 bose barahamyako iki gitaramo cyagenze neza cyane kandi ko umuntu wese wahageze yasabanye n’Imana biciye mundirimbo. (...)
0 | ... | 1100 | 1110 | 1120 | 1130 | 1140 | 1150 | 1160 | 1170 | 1180 | ... | 1850