Iyi minsi dusohoyemo, ubusambanyi ni kimwe mu byaha bifite ubukana ndenga kamere, cyane ko usanga cyugarije abantu b’ingeri zose, yaba abahuje ibitsina ,urubyiruko, abapfakazi ndetse n’ abubatse ingo, ikibabaje kandi kurushaho ni uko usanga mu gihe tugezemo ubu busambanyi butakirangwa gusa mu batizera Imana ahubwo bimaze kugaragara ko na bamwe mu bakora imirimo y’Imbere mu nzu y’Imana ( Ba pasitoro, padiri n’abandi ) nabo batangiye kwandura uyu muze w’icyaha, Nyamara twibuke ko ubwinshi bw’aba (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Imana ikeneye uruhare rwawe mukurwanya icyaha cy’ubusambanyi
8 May 2016, by Ernest Rutagungira -
Ihuriro ry’Abisilamu n’Abakristo mu mujyi wa Lahore, Pakistan
10 October 2013, by Simeon NgezahayoAbakristo amagana n’amagana batonze umurongo hanze y’urusengero rw’i Lahore bibuka Abakristo baguye mu gitero cyibasiye urusengero mu byumweru bibiri bishize kigahitana abagera ku 100. Muri iri huriro ryabereye mu busitani bw’itorero ‘St. Anthony’s Church,’ abantu babarirwa hagati ya 200-300 bari bateze amatwi inyigisho ya Mufti Mohammad Farooq, aho yavuze amagambo aboneka muri Korowani yigisha ubworoherane bw’abadahuje imyizerere.
Father Nasir Gulfam yari ahagararanye na Mufti Farooq ikiganza mu (...) -
Kuba yarigiriye inama nziza byamugaruriye agaciro!
27 March 2016, by Isabelle GahongayireNuko yisubiyemo aribwira ati:” Abagaragu ba data ni benshi kandi bahazwa n’imitsima bakayisigaza, naho jye inzara intsinze hano. Reka mpaguruke njye kwa data mubwire nti data, nacumuye kuyo mw’ijuru no mu maso yawe. Ntibinkwiriye kwitwa umwana wawe, mpaka mbe nk’umugaragu wawe”. Arahaguruka ajya kwa se.Luka 14:17
Ayo magambo yavuzwe n’umwana w’ikirara dusanga mu mugani Yesu yaciriye abigishwa be. Uwo mwana yasabye se umugabane w’ibintu bye maze ajya mu gihugu cya kure. Amaze gukena ibintu (...) -
Mu giterane gihuje abanyeshure bo mu mashuri yisumbuye na Kaminuza hamwe nabarangije kwiga kiri guhindura imyumvire y’ urubyiruko.
8 August 2015, by UbwanditsiKuri uyu wa gatandatu taliki ya 08/08/2015 muri ADEPR Paroisse Ntura hateraniye urubyiruko rwiga mu mashuri yisumbuye na Kaminuza hamwe nabarangije kwiga.
Iki giterane kandi cyitabiriwe n’abakozi b’ Imana batandukanye aha twavuga nk’ itsinda ry’ agakiza family riyobowe na Pasitori Habyarimana Desire, hari kandi umuhanzikazi Claudine Giramahoro, Umushumba Kanezius n’ abandi batandukanye.
Mu buhamya bwatanzwe na Mwalimu Kiyange Adda yagarutse ku buhamya bw’ uko yakijijwe yifuza kuba umubikira (...) -
Umuhanzi Bobo Bonfils arategura concert yo guhumuriza imitima!
18 September 2013, by UbwanditsiUmuhanzi Bobo Bonfils Mutabazi usengera mu itorero ADEPR Nyarugenge arategura concert yo guhumuriza imitima. Uyu muhanzi yatangarije agakiza.org ko iyi concert izabera mu itorero Glory to God Kicukiro Centre izaba ifite intego yo guhumuriza abantu no kubabwira ko hari ibindi byiringiro.
Bobo n’abazamufasha gutarama muri concert
Iyi concert izaba ku wa 29 Nzeli izitabirwa n’abahanzi batandukanye kandi bakunzwe muri iki gihe, barimo Dominic Nic, Serge, Emile Nzeyimana, Bright, MD, Yves (...) -
Mbese kureba porono (PORNOGRAPHIE) ni icyaha? - Ev. Bakundukize Deudonne
22 June 2016, by UbwanditsiIjambo “pornography” mu Cyongereza cyangwa “pornographie” (soma ngo porunogarafi) mu Gifaransa bakunda kwita porono, ryaturutse mu Kigiriki (Greek). Rikaba ririmo amagambo abiri: ’porne’ bisobanura “indaya” na ’graphein,’ (soma ngo garafeyine) cyangwa ’graphos’ (soma ngo garafosi) bisobanura “amashusho cyangwa inyandiko igaragara”. Pornopraphy rero tugenekereje mu Kinyarwanda bisobanura: amashusho y’indaya, cyangwa amashusho y’uburaya, cyangwa amashusho agenewe uburaya.
1) Impamvu porono ari icyaha Ni (...) -
Kuri ADEPR Nyarugunga, umudugudu wa Rwimbogo hashojwe igiterane cy’ivugabutumwa cy’iminsi 2
26 August 2013, by Simeon NgezahayoKuri iki Cyumweru, kuri ADEPR Nyarugunga, Umudugudu wa Rwimbogo hashojwe igiterane cy’iminsi 2. Iki giterane cyatangiye ku wa gatandatu taliki 24, gifite intego y’ivugabutumwa. Umwigisha muri iki giterane Pasiteri Biziamana Celestin uyoboye itorero ADEPR Paroisse Kivuye yigishije abari bateraniye aho ijambo ry’Imana rifite intego igira iti “Ingabo idukingira” Itangiriro 15:1.
15 “Hanyuma y’ibyo, ijambo ry’Uwiteka riza kuri Aburamu, mu iyerekwa riti ‘Aburamu, witinya ni jjye ngabo igukingira, (...) -
Ubuhanuzi bwa Malakiya na Yohani bugaragaza ko uzasimbura Benedigito ari we Papa wa nyuma
11 March 2013, by UbwanditsiNyuma y’aho Papa Benedigito wa XVI yeguriye, byatumye benshi bagaruka ku buhanuzi bwa Mutagatifu Malakiya ndetse n’ubwa Papa Yohani wa XXIII.
Ubuhanuzi bwa Mutagatifu Malakiya bukubiye mu nyandiko yanditswe mu kinyejana cya 16 igaragaza uko abapapa bari kugenda bakurikirana kugeza kuwa nyuma. Nk’uko bigaragazwa n’ubu buhanuzi, umupapa uzakurikira Benedigito wa XVI azaba ari uwa nyuma ubayeho.
Ubu buhanuzi nanone bakunze kwita ubuhanuzi bw’abapapa, bukubiye mu nyandiko ya paji eshanu yanditswe (...) -
Haranira kuneshesha ikibi icyiza
6 February 2016, by Innocent KubwimanaUmuntu wese muri twe areke kwizirikana ubwe gusa, ahubwo azirikane n’abandi (Abafilipi 2:4)
Bibaho ko ubishaka cyangwa utabishaka ushobora kwisanga wababaje mugenzi wawe, ukuri kuzuye ni uko twe nk’abantu ntabwo dutungana kurwego twabaho duhuje iteka ryose na Paulo yaravuze ngo nifuza gukora ibyiza ibibi bikantanga imbere kandi hariho igihe amakosa dukora asiga ibikomere muri bagenzi bacu cyane ko tutakira ibintu kimwe. Noneho reka nkubaze iyo wisanze wakoreye umuntu ikosa ni iki gihita (...) -
Kurikirana ikiganiro Korali Mamajusi yabyaye Rose Muhando yagiranye na agakiza.org
13 September 2015, by Ernest RutagungiraMamajusi Choir ni Korali ikorera umurimo w’Imana mu itorero ry’abangilikani mu gihugu cya tanzaniya, ikaba ari imwe mu zimaze kuba ubukombe dore ko yatangiye umurimo w’Imana mu mwaka wa 1975, yatangijwe n’abaririmbyi 11 kuri ubu ifite abasaga 55.
Mu kiganiro kirambuye agakiza.org yagiranye n’umutoza w’iyi korari yatubwiye byinshi bamwe batari bayiziho, mukaba mugiye gukurikirana ikiganiro cyose,
Ag: Twagirango mutangire mutwibwira, amazina yanyu n’imirimo mukora muri Korali?
Mamaj: Amazina (...)
0 | ... | 1100 | 1110 | 1120 | 1130 | 1140 | 1150 | 1160 | 1170 | 1180 | ... | 1850