Inkuru dukesha The Christian Post iravuga ko umuhanzikazi w’icyamamare mu njyana ya Gospel Darlene Zschech wahoze anayobora Hillsong ngo yaba amaze cure imwe muri 5 yahawe na muganga kubera uburwayi bwa cancer y’ibere. Uyu mukozi w’Imana ukunzwe na benshi kubera indirimbo ze zo kuramya ngo yipimishije bikino kuri Noheli ishize, asanga yaranduye cancer yo mu ibere. Bamaze kumusuzumamo cancer, yanditse ku rubuga rwe ati "Mvugishije ukuri kose, aya si amakuru buri wese yakwemera gutangaza. (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Darlene Zschech azamara amezi 6 yivuza cancer yo mu ibere
11 February 2014, by Simeon Ngezahayo -
“Izi impamvu yabyo" Karyango Bright
4 December 2013, by Simeon NgezahayoIyi ni indirimbo nshya umuhanzi nyarwanda w’indirimbo zihimbaza Imana Karyango Bright amaze gushyira ahagaragara. Uyu muhanzi aririmba mu njyana ya Rap.
Mu kiganiro agakiza.org twagiranye na Karyango Bright, yadutangarije ko nyuma yo kubona intambwe Imana imaze kumugezaho dore ko yari umuhanzi w`indirimbo zisanzwe gusa nyuma yo kwakira agakiza agahitamo inzira yo guhimbaza Imana, asanga hari impamvu nyinshi zatuma ahimbaza Imana kandi agashimangira ko n’aho imitini itatoha n`inzabibu ntizere (...) -
Ikiganiro Be Blessed gitambuka kuri televiziyo y’ u Rwanda ni impinduka muri gospel
13 January 2014, by Simeon NgezahayoKu cyumweru kuva saa yine kugeza saa tanu z’ ijoro kuri televiziyo Rwanda hatambuka ikiganiro “Be Blessed” benshi bemeza ko iki kiganiro ari impinduka muri gospel yo mu Rwanda.
Iki kiganiro ni cyo gifite umwanya uhagije mu gutambutsa indirimbo zaririmbiwe Imana kuri televiziyo Rwanda, hakumvikana n’ ubutumwa bw’ abashumba b’ amatorero anyuranye ya hano mu Rwanda.
Bamwe mu bahanzi ba gospel baganiriye na rwandagospel.com batangaje ko iyo babona indirimbo zabo zitambuka ku mwinshi muri iki (...) -
Chorale Bethlehem mu Giterane cyo Guhimbaza Imana i Rwimbogo
15 August 2012, by UbwanditsiNi kuri uyu wa gatandatu taliki 18 Kanama guhera saa munani z’amanywa kugeza ku cyumweru taliki 19 Kanama 2012, aho Chorale y’ikirangirire Bethlehem ikomoka mu Karere ka Rubavu izataramira abakunzi ba yo ku mudugudu (Chapelle) wa ADEPR Rwimbogo, Paroisse ya Kanombe, ku bufatanye na Chorale Elayono isengera kuri uyu mudugudu. Iyi chorale izasesekara i Rwimbogo mu ma saa sita z’amanywa, maze saa munani itangire igiterane. Bethlehem ifite abakunzi batari bake muri iki gihugu cyacu ubu (...)
-
Kuba yarigiriye inama nziza byamugaruriye agaciro!
27 March 2016, by Isabelle GahongayireNuko yisubiyemo aribwira ati:” Abagaragu ba data ni benshi kandi bahazwa n’imitsima bakayisigaza, naho jye inzara intsinze hano. Reka mpaguruke njye kwa data mubwire nti data, nacumuye kuyo mw’ijuru no mu maso yawe. Ntibinkwiriye kwitwa umwana wawe, mpaka mbe nk’umugaragu wawe”. Arahaguruka ajya kwa se.Luka 14:17
Ayo magambo yavuzwe n’umwana w’ikirara dusanga mu mugani Yesu yaciriye abigishwa be. Uwo mwana yasabye se umugabane w’ibintu bye maze ajya mu gihugu cya kure. Amaze gukena ibintu (...) -
Ja Rule aratangaza ko Igifungo Cyatumye Yegera Imana - Christine Thomasos
25 September 2013, by Simeon NgezahayoJeffrey Atkins (Ja Rule), umuraperi w’imyaka 37 y’amavuko yatangaje ko igifungo cy’imyaka 2 aherutse gukatirwa cyamuhaye umwanya wo kwihererana n’Imana.
Atkins wari afungiwe muri gereza nkuru ya New York regwa kunyereza imisoro mu mwaka w’2011, yafunguwe muri uyu mwaka. Uyu muraperi aracyatekereza, kandi aherutse gutangaza ko igifungo cyamushyize ku murongo.
Ja Rule atabwa muri yombi na Police
Mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Angie Martinez kuri radio New York (...) -
Abasaga 100 bakiriye ubutumwa bwiza bwa Yesu kristo ndetse biyemeza kujya mu nzira itunganye ubwo Jehovahjireh choir yari i Buhoro-Musambirakuwa 14.10.2012.
18 October 2012, by VitalNkuko yabyiyemeje ikabishyira no mu nshingano zayo, Jehovahjireh choir CEP-ULK Evening ikorera umurimo w’Imana muri Kaminuza yigenga ya Kigali, Campus ya Gisozi, kuri iki cyumweru cyo kuwa 14.10.2012 yariyerekeje mu ntara y’Amajyepfo kumudugudu wa ADEPR Buhoro, Paruwasi ya Musambira, aha hakaba hari hateraniye abantu benshi barimo abakristo bose bagize iyi Paruwasi uko ari imidugudu cumi n’ibiri, bakaba rero bari baje kubwinshi kandi bishimiye kwakira neza ijambo ry’Imana. Umushyitsi mukuru (...)
-
Umuhanzi Samuel Niyigaba agiye kumurika DVD ye yise "Irakwiye !"
27 November 2013, by Simeon NgezahayoUmuhanzi Samuel Niyigaba ukorera umurimo w’Imana mu itorero ry’Ababatisita (AEBR) agiye kumurika album Video (DVD) ye mu gitaramo kizaba kuri iki cyumweru taliki ya 1 Ukuboza 2013 kuva saa munani kugeza saa kumi n’ebyiri ku rusengero rw’AEBR Kacyiru hafi ya MINAGRI.
Nk’uko Niyigaba yabidutangarije, muri icyo gitaramo azacuranga imbonankubone (Live) akaba azafatanya n’abaririmbyi batandukanye nka Cubaka, Eddy Mico na Rajabu. Hazaba hari n’amatsinda nka Narada Worship Team yo kuri AEBR abereye (...) -
KORALI RANGURURA YO MURI KAMINUZA Y’U RWANDA/HUYE MU GITERANE CY’URUBYIRUKO MU MUJYI WA KIGALI
14 February 2014, by Simeon NgezahayoMu mpera z’iki cyumweru tariki ya 15-16 Gashyantare 2014, muri EAR paruwasi ya Kicukiro, Diyosezi ya Kigali hateguwe igiterane cy’urubyiruko cyateguwe n’itorero Anglican mu Rwanda, EAR-Kicukiro. Intego y’igiterane iragira iti “MUJYE MUBIKORA BYOSE MU IZINA RY’UMWAMI YESU” (Abakolosayi 3:17).
Korali Rangurura ibarizwa muri Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye, ni imwe mu makorali yatumiwe kwifatanya n’abazitabira icyo giterane. Jean Claude NSABIMANA umwe mu baririmbyi akaba n’ushinzwe tekiniki muri (...) -
Arwaye indwara ituma ashaka gukora imibonano mpuzabitsina inshuro 100 ku munsi
2 September 2012, by UbwanditsiMu gihe itegeko ry’ Imana ribuza gusambana hari abantu ahubwo babigize umwuga bakabona ari ibisanzwe ariko na none bakaba bibagiwe ko imibiri yacu ari insengero z’ Umwuka Wera kandi ko umuntu natsemba urusengero Imana izamutsemba. Kandi ko mu byaha Imana yanga urunuka byanatumye Imana ifata icyemezo cyo kurimbuka Sodoma harimo ubusambanyi.
Dore uyu we urwego agezeho rw’ ubusambanyi kandi utekereze imyuka mibi ashira mu bantu uko ingana ku munsi.
Umukobwa w’imyaka 44 y’amavuko ukora umwuga (...)
0 | ... | 1070 | 1080 | 1090 | 1100 | 1110 | 1120 | 1130 | 1140 | 1150 | ... | 1850