Mu gihe hari hamaze iminsi hari impaka ku bijyanye n’umushinga w’itegeko rirebana no gukuramo inda ku mpamvu zimwe na zimwe, ubu noneho impaka zageze ku iherezo kuko iryo tegeko ryamaze kwemerwa ndetse rigasinywa na Perezida wa Repubulika Paul Kagame.
Nyuma y’impaka ndende zimaze amezi ku bijyanye n’itegeko rigenga gukuramo inda, aho abantu batumva kimwe ingingo ya 165 y’iri tegeko rigaragara mu itegeko ngenga rishyiraho igitabo cy’amategeko ahana N° 01/2012/OL ryo kuwa 02/05/2012 cyasohotse mu (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Itegeko ryo gukuramo inda ku mpamvu zimwe na zimwe ryemejwe n’Umukuru w’Igihugu
4 July 2012, by Ubwanditsi -
ADEPR: Abarangije mu ishuri rya Bibiliya (IBKI) bagera kuri 24 bahawe impamyabushubozi
6 November 2015, by Pastor Desire HabyarimanaIshuri ry’itorero rya Pentekoti ryo mu Rwanda (ADEPR) ryigisha ibya Bibiliya IBKI (Institut Biblique de Kigali) ryatanze impamyabushobozi zo ku rwego rwa A2, abarangije bagera kuri 24.
Iki gikorwa cyabaye kuri uyu wa gatanu tariki ya 06/11/2015 cyabereye aho iri shuri risanzwe rikorera mu Kiyovu, mu karere ka Nyarugenge ari naho umudugudu wa ADEPR-Kiyovu wubatse.
Uyu muhango kandi wanitabiriwe n’umushumba wa ADEPR-Ururembo rw’Umujyi wa Kigali Rev,Past Emmanuel Rurangirwa kimwe n’abandi (...) -
Kuri iki cyumweru Umuryango AGLOW Rwanda wabateguriye igiterane cy’abari n’abategarugori
5 June 2013, by UbwanditsiUmuryango wa gikiristo utegamiye kw’idini iryariryo ryose wita ku mibanire myiza y’abashakanye n’iy’ingo muri rusange, AGLOW RWANDA, ubinyujije mu guhugura umugore kugira ngo abe ashyitse mu buryo bwose mu mwuka, mu bugingo no mu mubiri, wateguye igiterane cy’abari n’abategarugori, hagamijwe gusobanukirwa agakiza no gutegura mu nzu.
Nk’uko uhagarariye AGLOW Rwanda, Nasta Munara, yabidutangarije ngo agakiza kagomba kugira aho gatura kandi heza. Yagize ati: Umuntu ashobora kuba afite agakiza, (...) -
Indege nyamunini “Malaysia Airlines Flight MH370” yaburiwe irengero nyuma y’aho Prophet TB Joshua (Nigeria) abihanuriye muri 2013!
14 March 2014, by Simeon NgezahayoMuri uyu mwaka ushize, Umuhanuzi T.B. Joshua ukomoka muri Nigeria ngo yahanuye yuko indege nini izaba itwaye abasaga 200 izaburirwa irengero, kandi bikabera mu gihugu cya Asia. Bidatinze rero, indege nyamunini Malaysia Airlines Flight MH370 yaburiwe irengero.
Prophet T.B. Joshua/Photo CP/Facebook
Mu gihe benshi barimo kwibaza iby’ubu buhanuzi T.B. Joshua yahanuye ku cyumweru taliki 28 Nyakanga 2013, benshi baribaza niba ari iriya ndege yeretswe dore ko adakunda kwatura ngo avuge ikintu mu (...) -
Cameron : Perezida Paul Biya yategetse amwe mu matorero y’Abapentekote gufunga imiryango
16 August 2013, by UbwanditsiPerezida wa Cameroun Paul Biya yategetse amwe mu amatorero y’abapantekote gufunga imiryango muri iki gihugu nyuma y’amakuru avuga ko bamwe mu bayobozi ba yo baba bihishe inyuma ya bimwe mu bikorwa biteza umutekano muke mu gihugu ndetse no mu gace ka Afurika y’uburengerazuba.
Ku itegeko rya perezida, igisirikare cya Cameroun cyatangiye gufunga insengero kuva mu murwa mukuru Yaounde n’amajyaruguru y’uburengerazuba mu gace gatuwe cyane n’abakirisitu.
Nyamara abayobozi b’amatorero ya pantekote (...) -
Memphis: umwana w’imyaka 10 yabujijwe kwandika ku Mana nk’insanganyamatsiko y’umukoro we - Katherine Weber
20 September 2013, by Simeon NgezahayoUmugore utuye mu mujyi wa Memphis yafashe ubushungu kubera umwana we w’umukobwa w’imyaka 10 wabujijwe uburenganzira bwo gukora umukoro we ku Mana nk’insanganyamatsiko yihitiyemo.
Uyu mukobwa muto w’imyaka 10 witwa Erin Shead wo mu mujyi wa Memphis, Tennessee yabwiwe na mwalimu we ko atagomba guhitamo Imana ngo abe ari yo nsanganyamatsiko yandikaho mu mukoro we. Erin Shead wiga ku kigo Lucy Elementary kiri mu mujyi wa Millington, Tenn. yabwiwe na mwalimu we guhitamo ikintu akunda ngo abe ari (...) -
Burya Yesu yita ku mibabaro yawe!
24 January 2016, by Innocent KubwimanaKuko ubwo yababajwe no kugeragezwa ubwe, abasha no gutabara abageragezwa bose.( Abaheburayo 2:18) Yesu yita kandi yumva imibabaro y’umuntu wese. Yesu yarababajwe kandi aranageragezwa nk’uko bigaragara mu magambo yanditse hejuru.
Igihe kimwe umugore witwa Hana wari ufite ikibazo cy’ubugumba, azana umutima we imbere y’Imana asuka umubabaro we awereka Imana. Hana kubw’umubabaro yahoranaga utaratumaga anezerwa na rimwe kubera cyane cyane gutotezwa na mukeba we Penina, yagaragaje umubabaro we (...) -
Shaka uko wamenye Yesu.
9 September 2015, by Pastor Desire HabyarimanaMu rwandiko Paulo yandikiye abafilipi Paulo avuga kubana n’Imana kwe. Kubana n’Imana birenze idini (religion). Bifata igihe kugirango Umwuka w’Imana aganze umwuka w’umuntu kandi bifata igihe kugirango umwuka w’umuntu wumvira Umwuka w’Imana. Umwuka w’Imana nturwana natwe, uravuga hanyuma ukadutegereza…
Muri abafilipi igice cya 1 Ijambo ry’Imana riratubwira ngo “Tunezerwe mu Mwami”. Tunezererwe imirimo yose ikora mu buzima bwacu no mu bw’abandi. Igihe tugaruka ku musaraba, tunezererwa mu Mwami nubwo (...) -
Ese guhamya ko uri Umukristo biteye isoni?
23 May 2016, by Alice Rugerindinda“ Kuko umuntu wese ugira isoni zo kunyemera no kwemera amagambo yanjye, Umwana w’umuntu nawe azagira isoni zo kumwemera, ubwo azaza afite ubwiza bwe n’ubwa se n’ubw’ abamarayika bera” Luka 9:26
Aya magambo yavuzwe na Yesu Kristo ubwe, ari nacyo cyemeza rwose ko hari abantu bagira isoni zo guhamya ko ari abakristo wenda bitewe n’ahantu umuntu ari, igihe urimo cyangwa se bitewe n’abantu umuntu ari kumwe nabo! Imana itugirire neza. Ariko Yesu akavuga ngo ubwo ugira isoni zo kumwemera, nawe azagira (...) -
KUKI IMANA YEMERA KUDUTANGA Pastor Michel Zigirinshuti
19 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaUwiteka asubiza Satani ati"Dore ibyo atunze byose biri mu maboko yawe, keretse we ubwe we kumuramburaho ukuboko kwawe." Nuko Satani aherako ava imbere y’Uwiteka. (Yobu 1:12)
Uwiteka abwira Satani ati"Dore ari mu maboko yawe, keretse ubugingo bwe gusa ube ari bwo wirinda." (Yobu 2:6)
Kandi ntimuzatinye abica umubiri badashobora kwica ubugingo, ahubwo mutinye ushobora kurimburira ubugingo n’umubiri muri Gehinomu.(Matayo 10:28)
Umuntu yakwibaza impamvu Imana yemera kudutanga ikaduha Satani (...)
0 | ... | 1040 | 1050 | 1060 | 1070 | 1080 | 1090 | 1100 | 1110 | 1120 | ... | 1850