Ijoro ryo kuramya no guhimbaza Imana bita Africa Let’s Worship mu cyongereza – Aflewo mumagambo ahinnye riba buri mwaka, kuri ubu rigiye kongera kuba, aho rizaba kuri uyu wa gatanu tariki ya 23 Ugushyingo 2012 i Nyarutarama mu Mujyi wa Kigali, akaba ari ku inshuro ya kabiri rizaba ribaye mu Rwanda. Mu kiganiro Christian yavuze ko bateganya gukora ijoro ryo kuramya no guhimbaza mu Gushyingo 2012 riba buri mwaka.
Christian Kajeneli umwe mu bashizwe gutegura iryo joro yagize ati “iki gikorwa ni (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Ijoro ryo kuramya no guhimbaza ni kuri uyu wa gatanu 23/11/2012
22 November 2012, by Patrick Kanyamibwa -
Amadini amwe abangamiwe n’icyemezo bafatiwe n’Umujyi wa Kigali
20 February 2013, by UbwanditsiIbyemezo byafashwe n’Umujyi wa Kigali ku rusaku rw’abanyamadini, hari bamwe mu banyamadini bavuga ko babona bibabangamira, kuko ijambo ry’Imana bagenderaho (Bibiliya) ribasaba kuyihimbaza bakoresheje amajwi arenga (Zaburi 150 : 5).
Nyuma yaho Komite y’Umutekano yaguye y’Umujyi wa Kigali iyobowe n’Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Ndayisaba Fidèle yateranye tariki ya 04 Gashyantare 2013, igasuzumira hamwe ikibazo cy’abasakuriza abandi bakoresheje indangururamajwi cyangwa ibindi bikoresho by’umuziki, (...) -
Hahirwa umuntu wihanganira ibimugerageza
26 December 2015, by Alice Rugerindinda“Hahirwa umuntu wihanganira ibimugerageza kuko namara kwemerwa azahabwa ikamba ry’ubugingo , iryo Imana yasezeranije abayikunda “ Yakobo 1:12
Bene Data , mwemere ko ari ibyishimo rwose nimugubwa gitumo n’ibibagerageza bitari bimwe, mumenye yuko , kugeragezwa ko kwizera kwanyu gutera kwihangana , ariko mureke kwihangana gusohoze umurimo wako, mubone gutungana rwose, mushyitse mutabuzeho na gato” Yakobo 1:2
Munyihanganire niba mbakanze, kuko nziko aya magambo akanganye, ahubwo wagirango si ayo (...) -
Itegeko ryo gukuramo inda ku mpamvu zimwe na zimwe ryemejwe n’Umukuru w’Igihugu
4 July 2012, by UbwanditsiMu gihe hari hamaze iminsi hari impaka ku bijyanye n’umushinga w’itegeko rirebana no gukuramo inda ku mpamvu zimwe na zimwe, ubu noneho impaka zageze ku iherezo kuko iryo tegeko ryamaze kwemerwa ndetse rigasinywa na Perezida wa Repubulika Paul Kagame.
Nyuma y’impaka ndende zimaze amezi ku bijyanye n’itegeko rigenga gukuramo inda, aho abantu batumva kimwe ingingo ya 165 y’iri tegeko rigaragara mu itegeko ngenga rishyiraho igitabo cy’amategeko ahana N° 01/2012/OL ryo kuwa 02/05/2012 cyasohotse mu (...) -
Kenya: Umuhanzikazi Sarah Kiarie aravuga uburyo Imana yamurinze abanzi mu ndirimbo ye yise “Hakuna Silaha”
28 October 2013, by Simeon NgezahayoUmuhanzikazi ukomoka mu gihugu cya Kenya Sarah Kiarie, wamenyekanye cyane ku ndirimbo ye yise ”Nasema Asante” ndetse akaza no gutsindira igihembo cy’umuhanzi akesha indirimbo yise “Liseme,” ubu noneho yasohoye video yise Hakuna Silaha.
“Hakuna Silaha” ni video ifite ubutumwa bukomeye buboneka mu buhanuzi bwa Yesaya, bugira buti “Nta ntwaro bacuriye kukurwanya izagira icyo igutwara.” Uyu muhanzikazi avuga Imana n’uburinzi bwayo bukomeye kuri twe mu buzima bwacu bwa buri munsi.
“Ariko nta ntwaro (...) -
Kayonza: Korali Integuza ibaye iya mbere mu Karere mu gushyira ahagaragara album yayo
19 August 2013, by UbwanditsiKorali Integuza yashinzwe ahagana mu w’1997, ikaba ikorera umurimo w’Imana mu itorero ADEPR Kayonza. Ifite abaririmbyi 79, intego yayo ikaba ari "Ivugabutumwa ryagutse, rirenga imbibi z’akarere iherereyemo rikagera ku rwego rw’intara y’Uburasirazuba ndetse no mu gihugu no hanze yacyo".
Nyuma y’uko abarimbyi bayigize bishatsemo ubushobozi bwo kujya muri studio gutunganya album yabo, andi ma korali magenzi yabo akorera ku mudugudu n’Abakristo b’aho bahurije hamwe umutima bakora mu mifuka yabo (...) -
Ibikwiye kwitabwaho mbere yo gufata icyemezo cyo kurongora cyangwa kurongorwa
24 March 2016, by Pastor Desire HabyarimanaNufata icyemezo cyo kurongora cyangwa kurongorwa, menya ko ubukwe bwawe bukwinjije mu wundi muryango kandi bukakunga nawo.
Nzi abantu benshi cyane barongora cyangwa barongorwa batekereza ko isano izaguma hagati yabo gusa, ariko ibi biba ari akaga gakomeye. Iyo rero urongoye cyangwa urongowe, uba winjiye mu buzima bwa kivandimwe n’umuryango w’uwo mushakanye, ntabwo mukomeza kwibanira muri babiri basa. Muba mubaye ipfundo ryunga iyo miryango ibiri, kuko iyo mumaze gushyingiranwa iyo miryango (...) -
Korari Gologota ya ADEPR-Rukiri II iritegura kumurika Alubumu yayo ya mbere y’amashusho (DVD)
19 November 2015, by Innocent KubwimanaKorari Gologota ikorera umurimo w’Imana mu itorero rya ADEPR-Paruwasi ya Rukiri, Umudugudu wa Rukiri ya II ahamenyekanye nka Rehoboti iritegura kumurika Alubumu yayo ya mbere y’amajwi n’amashusho, igikorwa giteganyijwe kuri iki cyumweru tariki 22/11/2015, kikazabera kuri uwo mudugudu aho iyi Korari isanzwe ikorera umurimo w’Imana.
Korari Gologota ADEPR Rukiri II
Iki giterane giteganyijwe kuri iki cyumweru tariki 22/11/2015 sa munani z’amanywa ari nabwo hazaba umuhango nyirizina (...) -
Urukundo mu ngiro Pasitori GATANAZI Justin
30 June 2016, by Pastor Desire Habyarimana1 Korint. 16:14 Ibyo mukora byose mubikorane urukundo. Mat.22:34-40 Ariko Abafarisayo bumvise yuko yatsinze Abasadukayo, bakananirwa kumusubiza, bateranira hamwe, umwe muri bo w’umwigishamategeko amubaza amugerageza ati "Mwigisha, itegeko rikomeye mu mategeko ni irihe ?"
Na we aramusubiza ati" ’Ukundishe Uwiteka, Imana yawe umutima wawe wose n’ubugingo bwawe bwose n’ubwenge bwawe bwose. ’Iryo ni ryo tegeko rikomeye ry’imbere. N’irya kabiri rihwanye na ryo ngiri ’Ukunde mugenzi wawe nk’uko (...) -
Zamura amaboko uranesha urugamba! Ev. Ernest RUTAGUNGIRA
26 February 2016, by Ernest Rutagungira(Kuva 17: 10 -13)
Yosuwa abigenza uko Mose yamutegetse, arwanya aba Maleki… Mose na Aroni na Huri barazamuka bagera mu mpinga y’uwo musozi. Mose yamanika amaboko Abisirayeli bakanesha, yayamanura Abamaleki bakanesha, maze amaboko ya Mose araruha. Bajyana ibuye bararimutega aryicaraho, Aroni na Huri baramira amaboko ye, umwe iruhande rumwe undi urundi , Amabokoye arakomera ageza ku zuba rirenga. Yosuwa atsindisha Abameleki n’abantu baho inkota. Urugamba rw’umubiri rugira amabwiriza ndetse (...)
0 | ... | 1020 | 1030 | 1040 | 1050 | 1060 | 1070 | 1080 | 1090 | 1100 | ... | 1850