Nkuko bikunda gukorwa mu mpera z’isozwa ry’umwaka, ibigo by’amashuri bitegura umunsi wo gushima Imana no gusengera abanyeshuri baba bazakora ikizamini cya Leta gisoza icyiciro cy’amashuri, ni muri urwo rwego abanyeshuri bo kuri Glory Secondary School bateguye umunsi wo gushima Imana bise “Thanksgiving concert”, uzaba kuwa gatanu tariki ya 26/10/2012, kuva saa saba n’igice z’umugoroba. Bazaba bari kumwe na umuhanzi Arcene Manzi, Pasiteri Gaby Ngamije na Pasiteri David, kandi kwinjira ni ubuntu (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Groupe de Priere ya Glory Secondary School yateguye igikorwa cyo gushima Imana
20 October 2012, by Patrick Kanyamibwa -
Aka kantu nawe kakubera isomo
16 July 2015, by Innocent KubwimanaHari utuntu abantu bagenda basangirira ku mbuga nkoranyambaga (Facebbok, Whats App), tumwe tuba twuzuyemo amagambo y’urwenya, utundi turimo amagambo y’inyurabwenge usanga akenshi nubwo bitaba bigaragara mu Bibiliya ariko harimo amasomo y’ubuzima busanzwe.
Aka ni kamwe mu two abantu bakomeje gukwirakwiza bohererezanya kandi ukoehereje wese akavuga ko hari ukuntu kamukoze ku mutima. Reka tuguhe akanya nawe usome wenda kagufasha cyangwa ukazagafashisha abandi nk’agatekerezo!
Hari umwana (...) -
Rubavu: Chorale Bethlehem yashyize ahagaragara album yayo ya VI, benshi barakijijwe
2 September 2013, by UbwanditsiNk’uko mwagiye mubikurikirana mu bitangazamakuru bitandukanye, kuri iki Cyumweru Chorale Bethlehem ikorera umurimo w’Imana mu Itorero rya Pantekote (ADEPR), Ururembo rwa Gisenyi yashyize ahagaragara album yayo ya 6. Igiterane cyo gushyira ahagaragara iyi album cyabereye muri Hotel Serena, abantu benshi bakira Kristo.
Iki giterane cyatangiye saa cyenda cyitabiriwe n’abantu benshi, icyumba cya Hotel kiruzura abandi barahagarara. Abashyitsi bandi bari bahari barimo Pasteur Munyamahoro Seth, (...) -
Imana ibasha guhindura imivumo kuba imigisha
28 September 2015, by Innocent KubwimanaAramusubiza ati “ ibyo Uwiteka ashyize mu kanwa kanjye sinkwiriye kwirina akaba aribyo mvuga?”Kubara 23.12
Aya magambo yavuzwe na Balamu ubwo yarabajijwe impamvu yamutumye kuvuma abisirayeli yarangiza aho kubavuma akabahesha umugisha.
Iyo usomye Bibiliya neza ugenda ubona ukuntu Imana yagiye ibana n’ab’ Isirayeli, bwari ubwoko yari yaritoranirije, ikindi yari yarabahaye amasezerano akomeye atarashoboraga kuvogerwa n’umuntu uwo ariwe wese. Balaki rero yari amaze kubona ko ari ubwoko bukomeye (...) -
Ubiba nke azasarura bike naho ubiba nyinshi azasarura byinshi
2 February 2016, by Alice RugerindindaAriko ndavuga ibi ngo : “Ubiba nke azasarura bike, naho ubiba byinshi azasarura byinshi” 2 abakorinto 9:6
Kubiba ni ugutera imyaka, kandi uretse ingorane zabaho zitunguranye, ubundi umuntu ategereza umusaruro iyo yahinze cyangwa yabibye. Ikindi uretse guhinga hari n’ibindi bikorwa bijyanye no guhinga umuntu akora, kugirango yizere ko azabona umusaruro ushimishije: hari ukubagara, kuvomerera, gufumbira…..
Muri iri jambo Bibiliya nayo iratubwiye ngo : “ubiba imbuto nke azasarura nke, naho ubiba (...) -
Igitekerezo : Pasiteri yabatunguye abereka urukundo bafitanye n’abagore babo
9 February 2013, by UbwanditsiKu rusengero rumwe bari mu mwiherero w`abagabo bubatse ingo, Pasiteri arababaza ati "Bakirisito bene data ni nde ukunda umugore we ?" Bose bamanika ikiganza bagaragaza ko bakunda abagore babo.
Pasiteri arongera ati "Muheruka kubibabwira ryari niba koko mukijijwe ?” Umwe ati “Mu gitondo nabivuze”,undi ati “Nijoro turyamye”, undi ati “Mu kanya kashize”, undi na we ati “Rwose n’ubu mvuye hanze kuri telefoni mbimubwiye !”
Pasiteri ati “Ngaho mufate telefoni zanyu mwandikemo ijambo ‘NDAGUKUNDA‘ (...) -
Igitekerezo: Pasiteri yarakajwe nuko abakristo bataje gusenga ari benshi.
11 February 2013, by UbwanditsiUmupasiteri umunsi umwe yasenze Imana cyane ngo ize kumufasha mu iteraniro haboneke abantu benshi kandi abihana babe benshi muri iryo teraniro kandi yari abyizeye kuko yumvaga Imana isanzwe imukoresha ibitangaza bikomeye!
Akigera mu itorero rye abona haje abantu bake bashoboka aratangira arasenga karahava kugira ngo Imana izane abantu mu rusengero ariko mugihe agisenga imvura iragwa cyaneeee! arakomeza arasenga ngo ihagarare irushaho kwiyongera ahubwo! Bigeze aho yumva acitse intege cyane (...) -
Rehoboth Ministries yahaye ihene 20 imfubyi n’abapfakazi ba Jenoside i Nyamirambo
20 August 2012, by Patrick KanyamibwaKu cyumweru tariki ya 20/08/2012, saa cyenda z’amanwa nibwo Minisiteri ya Rehoboth yameneyekanye cyane mu ndirimbo zihimbaza Imana yaheye imiryango 54 yo mu murenge wa Nyamirambo ihene 20, mu rwego rw’ivuagabutuma n’igikorwa cy’urukundo. Icyi gikorwa cyabereye ku biro by’umurenge wa Nyamirambo aho bita i Mageragere, cyaranzwe n’indirimbo zitandukanye za Korali Rehoboth, ndetse n’ijambo ry’Imana byose byakozwe na Rehoboth Ministries, iyi miryango 54 y’imfubyi n’abapfakazi ba Jenoside ikaba yahawe (...)
-
Umuhanzi mushya uririmba gospel John yasohoye indirimbo nshya ze eshatu
29 May 2013, by UbwanditsiIndirimbo Humura, N‘Umwami nizera na Nta yindi Mana nizo umuhanzi mushya uririmba indirimbo zihimbaza Imana witwa John yahereyeho asohorera rimwe.
Nkuko yabidutangarije ngo iki nicyo gihe cye cyo gukoresha impanoye mu gihe amaze ayitegura kandi akaba yizeyeko bizagenda neza.
Emmanuel Celestin John yaravukiye Tanzania mu muryango w’abana batandatu akaba ariwe mukuru. Yavutse kuri Semukanya Emmanuel Celestin na Murekatete Domina, kuririmba yabitangiye akiri muto afite imyaka 12 kuko (...) -
Umuhanzikazi Esther Umwiza arategura igitaramo cye cya mbere muri Kagarama Secondary School
25 September 2013, by Simeon NgezahayoUmuhanzikazi Umwiza Esther igitaramo cye cya mbere mu buhanzi bwe yagiteguye muri Kagarama S.S kumwe n’abahanzi bakomeye.
Iki gitaramo kizitabirwa n’abahanzi batandukanye! Umwiza Esther ni umuhanzikazi mu ndirimbo zihimbaza Imana akaba yariyemeje kuvuga ubutumwa bwiza abinyujije mu ndirimbo. Mu myaka ye 19 afite ubuhanzi abumazemo hafi umwaka akaba amaze kugeza indirimbo eshatu n’ubwo izo afite zanditse zitarajyanwa muri Studio zigera muri 20.
Uyu muhanzikazi kw’ikubitiro akaba (...)
0 | ... | 1020 | 1030 | 1040 | 1050 | 1060 | 1070 | 1080 | 1090 | 1100 | ... | 1850