Kuricyi cyumweru tariki ya 27/08/2012 kuva saa cyanda z’umugoroba muri Salle ya Hotel Umubaho Kacyiru nibwo Abakorera Yesu Choir yamuritse ku mugaragaro alubumu y’amashusho bise « Ijuru rirataba »
Iki gitaramo cyari kitabiriwe cyane cyagaragarayemo anndi makorale abiri asanzwe azwi kandi akomere mu itorero ry’ADEPR ariyo Kolari Baraka y’i Nyarugenge hamwe na Korali Isezerano rayi yaturutse Musanze (Ruhengeri) mu majyaruguru y’u Rwanda. Alubumu « Ijuru riratabara » iriho indirimbo cumi n’ebyiri (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Abakorera Yesu Choir yamuritse alubumu yayo ya mbere y’amashusho
27 August 2012, by Patrick Kanyamibwa -
Iwawa : Abari inzererezi 679 bahindutse abakirisitu barabatizwa
16 August 2013, by UbwanditsiItorero rya ADEPR mu Rwanda rimaze kubatiza urubyiruko rugera kuri 679 mu rwagiye kugororerwa ku kigo cya Iwawa, ababatijwe bahamya ko bagiye kuba imbuto muri rubanda bakora ibikorwa byiza kuko baretse ibibi bahozemo.
Abaheruka kubatizwa, tariki ya 7 Kanama 2013, bagera ku 162, bihamiriza ko bahoze mu bibi birimo kunywa ibiyobyabwenge, ubwambuzi, ubujura, ubutekamutwe, ubusambanyi n’ibindi byatumye bajyanwa kwigishirizwa Iwawa nk’uko Kwizera Emmanuel ushinzwe Imenyekanishabikorwa mu Itorero (...) -
Umugambi w’Imana - Derek Prince
16 May 2016, by Isabelle GahongayireMwaba muzi ko Imana ifitiye umugambi amafaranga yanyu? Mushobora wenda kuba mwibaza ko amafaranga ari ikintu kitaboneye ku bantu b’abanyamwuka.
Nk’uko bamwe muri twe bameze, mushobora kuba mwarakuriye ahantu amafaranga ari ikintu cyanduye. Ariko ntabwo ari ko bibiliya ibivuga. Mu gihe tugezemo, amafaranga ni ikintu cy’ingenzi cyane. Niba Imana nta cyo yateganirije amafaranga yacu, igice kinini cy’ubuzima bwacu yaba ntacyo yagiteganirije, kandi ibi byagira ingaruka ku buzima bwacu.
Ibi (...) -
“Reka impano ziri muri wowe zigaragare” igiterane cyateguwe n’urubyiruko rwa Zion Temple mu Gatenga
31 October 2013, by Patrick KanyamibwaNk’uko bitangazwa na Evangeliste Rwubusisi Jerome ushinzwe guhuza ibikorwa by’urubyiruko mu muryango muri Zion Temple Celebration Center, urubyiruko rwa Zion Temple C.C Gatenga mu muryango wa GAD rwateguye igiterane cy’umunsi umwe gifite intego igira iti «Reka impano ziri muri wowe zigaragare» ‘Let gifts in you be manifested’ dusanga muri 2Timothe 1:6.
Iki giterane cy’umunsi umwe kizaba kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 02/11/2013, ku rusengero rwa Zion Temple mu Gatenga, gitangire cyenda z’amanywa (...) -
Abastar 5 bakiriye Kristo: Bob Marley, Bob Dylan, Bettie Page, Brian Head Welch, Moby - Alecia Mackenzie
21 September 2013, by Simeon NgezahayoUmustar wabaye icyanmamare mu njyana ya Reggae Robert Nesta Marley (Bob Marley) wavukiye mu gihugu cya Jamaica mu w’1945, bivugwa ko yavuye mu idini ya Rastafarianism akakira Kristo nk’Umwami n’Umukiza mbere gato y’uko apfa. Ibi ngo abisangiye na bagenzi be nka Bettie Page, Brian "Head" Welch na Bob Dylan na bo bakiriye Yesu Kristo.
Bob Marley wibukwa ku wa 6 Gashyantare, ubu umunsi we w’amavuko wijihijwe muri uyu mwaka ku ncuro ya 68 (Feb. 6. 2013).
Robert Nesta Marley ni we ukeshwa gukwiza (...) -
Rusizi : Umukiristu wa mbere muri ADEPR aracyariho kandi amaze kugira imyaka 104
17 September 2012, by UbwanditsiBenshi birabatangaza kumva ko Umukirisitu watangije itorero ry’Abapantekoti ADEPR mu Rwanda akibaho. Uyu mupasitori ufatwa nk’ikingi ikomeye muri iri torero yitwa Pasitori Sagatwa Rudoviko ; akaba ari wabatijwe bwa mbere mu Rwanda ayobotse iryo torero, icyo gihe yari afite imyaka ikaba kaba 25 nyamara kuri ubu afite imyaka 104.
Pasitori Sagatwa Rudoviko yabatijwe tariki ya 31 Ukuboza 1943 mu cyahoze ari Cyangugu ari naho iryo dini ryavukiye mu Rwanda, ubu rikaba rimaze gukwira mu gihugu (...) -
Amafaranga Miliyoni 10.532.000 y’amanyarwanda niyo yaraye atanzwe mugitaramo cya Korali Kinyinya igihe yamurikaga Alubumu y’amashusho bise “Iherezo ry’ubutayu”
30 September 2013, by Patrick KanyamibwaKorali Kinyinya yaraye ikoze igitaramo cyo kumurika Album Video DVD (Remix), Volume yayo ya 11. Iyi Launch yabaye kuri iki cyumweru tariki ya 29/09/2013 guhera saa munani z’amanywa kuri Christian Life Assembly [CLA] i Nyarutarama, ikaba yavuyemo amafaranga Miliyoni 10.532.000 y’amanyarwanda.
Korali Kinyinya ibarurirwa mu itorero rya ADEPR Paroisse Kinyinya, Itorero ry’akarere ka Gasabo, Ururembo rw’umujyi wa Kigali. Muri iki gitaramo cyo kumurika Album yabo, Korali Kinyinya yaririmbye (...) -
Dukeneye kwambara ingofero y’agakiza (Casque)
6 October 2015, by Innocent Kubwimana‘’Mwakire agakiza kabe ingofero,…’’ Abefeso 6:17
Mu kurwana intambara y’Umwuka, Pawulo yandikira Abefeso, ikintu cya gatanu yababwiye ni ukwambara ingofero y’agakiza nkimwe mu ntwaro z’Imana. Ubundi ingofero yambawe neza igaragarira umuntu wese, ikindi irinda amaso. Nuko hano mu Kinyarwanda bimeze nk’ibyumvikana ukundi mu zindi ndimi bavuga kwambara icyo twita casque (kaske), imwe abamotari bamabara.
Iyi kaske igufasha kugenda mu muyaga, imikungugu n’ibindi nta kindi cyabikurinda keretse yo. (...) -
Uruhare rw’umubyeyi ukijijwe ntirugarukira gusa mu kugaburira umwana
15 February 2016, by Alice RugerindindaNaratangaye cyane ubwo nasomaga aya magambo ari muri Yobu 1: 4-5
Kandi abahungu be biremeraga ibirori mu mazu yabo umwe umwe mu munsi yitoranirije, bagatumira na bashiki babo batatu ngo baze gusangira nabo. Nuko Iminsi y’ibirori byabo yarangira, Yobu akabatumira ngo abeze, akabyuka kare mu gitondo agatamba ibitambo byoswa bihwanye n’umubare wabo, kuko Yobu yavugaga ati” Ahari abahungu banjye bakoze icyaha, bahemukira Imana mu mitima yabo”. Uko niko Yobu yajyaga agenza iteka ryose. Yobu 1:4-5 (...) -
NY: Uwahoze ari bodyguard wa P. Diddy, 50 Cent, Jennifer Lopez… aratangaza ko Imana yamuzuye, ikanamuhindura ngo yamamaze ubutumwa bwiza!
28 February 2014, by Simeon NgezahayoBrother Tim w’imyaka 38 y’amavuko ntabwiriza ku ruhimbi buri cyumweru, ndetse nta torero agira ayobora. Uburyo akora umurimo w’ivugabutumwa ngo ni ubwashyizweho n’umuryango Bridgeport ukorera muri Leta ya Connecticut, ukora ivugabutumwa usanga abantu aho bari ukoresheje moto muri misiyo bise “God’s Soldiers Motorcycle Ministry.”
Guhinduka mushya mu bugingo ntibyabaye mu ijoro rimwe kuri uyu mugabo w’umugore umwe n’abana batatu. Nyuma y’imyaka 18 yamaze akora mu kigo gishinzwe kurinda umutekano aho (...)
0 | ... | 990 | 1000 | 1010 | 1020 | 1030 | 1040 | 1050 | 1060 | 1070 | ... | 1850