Yesu aramusubiza ati ‘’Hariho umuntu wavaga I Yerusalemu amanuka ajya I Yeriko, agwa mu gico cy’abambuzi baramwambura, baramukubita, barigendera bamusiga ashigaje hato agapfa. Nuko umutambyi amanuka muri iyo nzira, amubonye arakikira arigendera. N’umulewi ahageze na we abigenza atyo, amubonye arakikira arigendera. Ariko Umusamariya wari mu rugendo na we amugeraho, amubonye amugirira impuhwe, aramwegera amupfuka inguma, amwomoza amavuta ya elayo na vino, amushyira ku ndogobe ye amujyana mu (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Tuve mu nzira ijya i Yeriko!
4 May 2016, by Innocent Kubwimana -
Imyiteguro y’ijoro ryo kuramya Imana bita AFLEWO igeze kure
24 October 2013, by Patrick KanyamibwaNkuko twabibwiwe na Christian Kajeneri umwe mubari gutegura Aflewo (Africa let’s worship) mu rurimi rwacu bisobanuye Africa Reka turamye, ngo uyu munsi umwe bafata ijoro ryose basingiza Imana wagarutse ku nshuro ya gatatu mu Rwanda!
Iki gikorwa kidasanzwe dore ko kiba rimwe mu mwaka kizabera kuri CLA (Christian Life Assembly), Nyarutarama kuwa gatanu tariki ya 22/11/2013 kuva saa mbiri za n’ijoro (20h00’/8:00pm) kugeza saa kumi n’ebyiri z’a mugitondo (6:00/pm). Kajeneri yakomeje adutangarizako (...) -
Ugushikamishijeho umutima, uzamurinda abe amahoro masa, kuko akwiringiye : Yesaya 26:3
28 July 2012, by UbwanditsiEse ufite intego imwe rukumbi mu bugingo igufata igihe cyawe cyose, ikintu cyahindutse imbaraga z’ibanze ziguhatira kandi zigukundisha ibyo ukora buri munsi? Cyangwa se umeze nk’uri mu bwato uwo intego ye isa n’ihindagurika nk’imiyaga ahura na yo yose mu ruzi ruba rwihindurije uko agenda ateraganwa igihe agerageza kuyobora ubwato ahunga imiraba,
ibiti n’amabuye. Ubugingo bushobora kuba butyo. Iyo tutitonze, intego n’imigambi byacu bigengwa n’imbaraga z’ibirushya bya buri munsi muri ubu bugingo. (...) -
Perezida Kagame yunamiye Umumisiyoneri w’Umugande waguye mu Rwanda
25 June 2012, by UbwanditsiPerezida wa Repubulika Paul Kagame yibutse mu cyubahiro umubyeyi wa Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Uganda wapfiriye mu Rwanda mu Karere ka Kayonza Umurenge wa Gahini mu mwaka w’1952 ubwo yari mu butumwa bw’ubumisiyoneri.
Uyu mu Minisitiri Sam Kutesa, yabuze umubyeyi we Kosiya Kyamuhangire mu 1952, apfiriye mu Rwanda, ibyo bikaba byaratumye mu rwego rwo kumwibuka uyu mwaka na Perezida w’Igihugu cy’u Rwanda yitabira uyu muhango.
Uyu Kyamuhangire ni umwe mu bamisiyoneri bazwi ku izina rya (...) -
Kuko Yesu abishaka kandi abishoboye nawe agiye kukurengera
16 March 2016, by Ernest Rutagungira“Ariko niba ubishobora,tugirire imbabazi udutabare” Yesu aramubwira ati uvuze ngo niba mbishobora? Byose bishobokera uwizeye”. Uwo mwanya se w’umwana avuga cyane ati ndizeye “Ndizeye ,nkiza kutizera”. Yesu abonye iryo teraniro ry’abantu rimushikiye biruka acyaha dayimoni ati yewe dayimoni utavuga kandi utumva,ndagutegetse muveho, ntukamugarukeho ukundi”.(Mariko 9:23).
Nk’uko tubisoma muri Matayo 1:21, Luka 1:27, Yesaya 7:14, Yesu afite ubutware mu isi no mu ijuru bwo gukiza abantu ibyaha byabo, (...) -
Imana uyifata ute? - David Porter
20 April 2013, by Isabelle GahongayireNiba ushaka kureba ibishushanyo byinshi biteye ubwoba, uzatemberere mu nzu ndangamurage. Uzabona uburyo abantu bagiye batekereza Imana uko imyaka yagiye ishira. Biteye ubwoba.
N’ubwo ibishushanyo abantu barema rimwe na rimwe biba biteye ubwoba, ntabwo byaba bibi nk’ibitekerezo abantu bamwe bagira ku Mana y’ukuri yaremye isi n’ijuru. Uburyo dutekereza Imana ni na ko tuyibona.
Bibiliya itubwira umuntu wakundaga Imana ariko atarayisobanukirwa. Yobu yibwiraga ko yaburana n’Imana «Ntabwo (...) -
Wirinde ntuzibagirwe Uwiteka Imana yawe!
4 March 2016, by Alice Rugerindinda“Numara kurya ugahaga, ukamara kubaka amazu meza ukayabamo, inka zawe n’imikumbi yawe,n’ifeza zawe n’izahabu zawe n’ibyo ufite byose bikaba bigwiriye, uzirinde umutima wawe we kwishyira hejuru ngo wibagirwe Uwiteka Imana yawe yagukuye mu gihugu cya Egiputa…..” Gutegeka kwa kabiri 8 :11- 15
Imana itugirire neza cyane. Aya magambo yavuzwe na Mose arimo kwihanangiriza abisirayeli ngo ubwo bazamara kugera mu gihugu cy’isezerano, bamaze kwibagirwa inzira y’ubutayu, uburetwa bw’abanyegiputa bazirinde (...) -
Umunyamakuru Patrick Kanyamibwa ngo yaba agiye kureka gukora kuri radiyo Isango Star akerekeza kuyindi radiyo.
15 September 2013, by UbwanditsiAmakuru dukesha inshuti ya hafi y’uyu munyamakuru itarashatse ko izina ryayo ritangazwa, ni uko yaba ari muri gahunda yo kuva kuri radiyo Isango Star gusa niba harindi radio azerekezaho cyangwa ikindi gitangazamakuru azakorera bikaba bikiri ibanga. Twifuje kumenya impamvu yaba imuteye guhindura radiyo adutangariza ko nta byinshi abiziho cyane ariko ko icyo azi ari uko uyu munyamakuru bishoboka ko harindi radiyo ashobora kuzajyaho.
Mu rwego rwo kumenya neza ibijyanye n’aya makuru, twahamagaye (...) -
Itorero ADEPR ryizihije umunsi mukuru wa Pentekote
20 May 2013, by UbwanditsiKuri iki cyumweru tariki ya 19/5/2013, abakristo basaga ibihumbi umunani bo mu itorero rya ADEPR ku rwego rw’umujyi wa Kigali nibwo bisukiranyaga muri stade ya ULK baje kwizihiza umunsi wa Pantekote ufite agaciro gakomeye kuri bo.
Abayobozi bakuru b’iri torero mu nzego zose, Amakorali agera kuri 20 aturutse mu maparuwasi yose y’umujyi wa Kigali ndetse n’abakristo baturutse imihanda yose, bahuriye hamwe muri iki gikorwa ngarukamwaka kugira ngo basabe Imana kuzuzwa imbaraga z’umwuka wera bemeza (...) -
“Ndashima Imana ko nize ntakopera, nkaba ndangije Kaminuza” - Janvière UWASHEMA
5 September 2013, by Simeon NgezahayoKuri uyu kane tariki ya 05/09/2013, Ishuri Rikuru ry’Ubumenyi n’Ikoranabuhanga rya Kigali (KIST) ryatanze Impamyabushobozi ku banyeshuri baryo barangije mu mashami atandukanye. Umushyitsi mukuru muri icyo gikorwa yari Minisitiri w’Uburezi Dr. Vincent BIRUTA.
Umwe mu banyeshuri barangije witwa Janvière UWASHEMA umaze imyaka itatu ari Umubitsi mu muryango w’Abanyeshuri b’Abapantekote biga muri KIST-KHI (CEP KIST-KHI), ukora umurimo w’Ivugabutumwa mu bigo by’Amashuri makuru yatangarije agakiza.org (...)
0 | ... | 990 | 1000 | 1010 | 1020 | 1030 | 1040 | 1050 | 1060 | 1070 | ... | 1850