Korali NEHIROTI ni imwe mu makorari akorera umurimo w’Imana mu itorero rya Gasave ku mudugudu wa Ntore, iri zina “NEHIROTI” rikaba risobanura ngo “IBIVUZWA N”UMWUKA” rikaba riboneka muri zaburi 5:1, ikaba yaratangiye umurimo w’Imana mu mwaka wa 1997 ari abantu 8 ( ababyeyi 7 hamwe n’umugabo 1), kuri ubu bakaba bafite ishimwe rikomeye kuko ubu ba n’amaze kugera ku baririmbyi 51.
Ubwo twabasanganga mu itorero rya ADEPR kicukiro ku mudugudu wa Nyakabanda kuri iki cyumweru tariki ya 24 Kanama 2012, (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Korali Nehiroti ya ADEPR Ntora –Gasave yakoze igiterane mu itorero rya ADEPR Kicukiro
25 June 2012, by Ernest Rutagungira -
Igitaramo cya Frere Manu i Musanze kizabera munzu mberabyombi y’ Umurenge
30 May 2013, by UbwanditsiKubera imbaga y’abantu biteze ibitaramo cy’umucuranzi FRERE Manu byatumye habaho impungenge z’urusengero kuko rushobora kuba ruto dore ko urusengero rw’ ADEPR MUhoza hakorerwamo amateraniro abiri, ibi byatumye Top5 ISAI ifata mumugongo uyu muhanzi maze imuha inkunga y’inzu mberabyombyi y’umurenge wa Muhoza ifite ubushobozi bwo kwakira abantu barenga 2000 bityo iki gitaramo buri wese azisanzure neza.
Mu kiganiro uyu muhanzi yagiranye na Radio y’abaturage ya Rubavu yatangaje ko inkunga ya TOP5 (...) -
Ni gute dukwiriye gusenga?
14 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaNtibihagije gusenga gusa ahubwo gusenga neza birakenera,umukristo mwiza hari ibyo akwiriye kwitaho iyo asenga;muri byo harimo ko:
1.Mbere na mbere isengesho ryawe rigomba kuba iry’umukristo kuko utari we ritakora ku mutima w’Imana ;rikora ku mutima w’Imana iyo usenze wejejwe kandi wizeye Yesu kristo ko ari umwana w’Imana n’umukiza wawe.
.2.Ni byiza gusengana ubwitonzi kandi wubashye cyane ,ibi bigasaba kuba ufite kwizera guhagije.
3.Amasengesho yawe agomba kuba arimo urukundo no kwigirira (...) -
Nahinduwe no gusoma ijambo ry’Imana, ubuhamya,…
20 October 2015, by Innocent KubwimanaUbu ni ubuhamya bugufi bw’umuntu utarashatse kugaragza izina rye, ariko kandi ntibyakubuza kumva icyo Imana iganirira nawe muri bwo. Aragaraza imbaraga z’ijambo ry’Imana yasomye. Bibiliya iravuga ngo ubutumwa ni imbaraga ihesha uwizera wese gukizwa. Ushaka byinshi kuri bwo wasura urubuga rwa Gikristo rwandika amakuru y’iyobokamana mu rurimi rw’igifaransa www.topchretien.com.
Kurikira ubuhamya uko abuvuga:
Nakuriye mu muryango w’abakristo, numvaga nkunze Imana ariko maze kujya ku ishuri (...) -
Wari uziko kugira Stress ari nko kunywa itabi ry’amasegereti atanu ku munsi ?
3 February 2013, by UbwanditsiIbi byatangajwe nyuma y’ubushakashatsi bwakozwe n’ikigo cy’ubushakashatsi mu by’ubuzima cya kaminuza ya Colombia muri USA, aho cyatangaje ko kugira stress bishobora kugira ingaruka mbi k’ubuzima zikaba zanarenga 27% zo kuba warwara n’umutima.
Nkuko tubikesha urubuga Topsante muri ubu bushakashatsi buherutse gukorwa, ngo kuba wagira izi ngaruka mbi si ibintu bihambaye kuko iyo unyweye gusa itabi [amasigara atanu ku munsi] bitera kugira stress ukaba wanakurizaho no kugira ibibazo by’umutima. (...) -
bafite ubumuga bw’ibibari bagiye kuvurirwa ubuntu muri CHUK
21 February 2013, by UbwanditsiUmuryango mpuzamahanga w’abakorerabushake witwa “Operation Smile” ufatanije n’ibitaro bikuru bya Kigali CHUK hamwe na sosiyete y’itumanaho MTN, bazavura abafite ubumuga bw’ibibari ku buntu guhera tariki 22/02-02/03/2013.
Kuvura ibibari bizabera ku bitaro bya CHUK i Kigali, kandi iyi servisi izakorwa ku buntu; abarwayi bakazajya bavurwa hakurikijwe ubukana bw’uburyo umuntu yazahaye kurusha abandi, nk’uko bitangazwa n’umuyobozi w’ibikorwa bya Operation smile muri Afurika, Kia Guarino.
Ati: “Icyo (...) -
Umuhanzi Ari Tayari agiye kumurika Album ye ya mbere y’amashusho
27 December 2013, by Simeon NgezahayoUmuhanzi Nsaguye Amiel uzwi ku izina rya Ari Tayari (yiswe kubera indirimbo ye yakunzwe na benshi ikanamenyekana cyane kuri Televiziyo y’u RwandaTVR) aritegura gushyira ahagaragara album ye ya mbere y’amashusho. Uyu muhanzi yadutangarije ko agiye kumurikira abakunzi be umuzingo wa mbere w’indirimbo ze z’amashusho witwa ARI TAYARI.
ARI TAYARI yakomeje adutangariza ko iyo Album azayimurika mu gitaramo kizaba kur’icyi cyumweru tariki ya 29 Ukuboza 2013 guhera isaa munani z’umugoroba kugeza isaa (...) -
Ubuzima burimo Yesu butandukanye n’ubundi busanzwe, soma ubuhamya……
28 September 2015, by Innocent KubwimanaMfite imyaka 24, mama umbyara ni umu kristu naho Data ni umusilamu, navutse ndi umwana wa kane mu muryango w’abana 6. Ngitangira kumenya ubwenge nakuruwe cyane n’inyigisho z’abasilamu, nasomaga korowani mu by’ukuri ntanayumva. Nari mfite inshuti nyinshi z’abasilamu urumva ko nari mfite ibyitegererezo bihagije. Numvaga rero ko kuba ari benshi ibyo ndimo ari ukuri. Nubwo ariko byari bimeze gutyo narakekeranyaga by’umwihariko ku mugabo witwa Yesu.
Nubwo aho nari ndi mu basilamu bafataga Yesu (...) -
Rubavu : Ntibazibagirwa ibihe bagiranye Na Chorale Utulivu
20 February 2016, by Ernest RutagungiraBisanzwe bimenyerewe ko amatorero y’i Rubavu agirana umubano n’ayo mu gihugu cy’abaturanyi cya Congo (RDC), bityo abavugabutumwa n’amakorari agasurana ku buryo bworoshye, nyamara n’ubwo bisa nk’ibimenyerewe, aba Kristo bo ku urusengero rwa ADEPR Bethfague ngo ntibazibagirwa ibihe bagirange na Chorale Utulivu.
Chorale Utulivu ikorera umurimo w’Imana mu itorero rya CEPAC (Communauté des Églises pentecôtistes en Afrique) ryo muri Congo (RDC), yageze I Rubavu ku cyumweru taliki ya 14 Gashyantare 2016 (...) -
Nabonye Data!
7 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaNabonye Data,
nakuze ntazi data mpinduka nyamwigendaho, mpinduka umugome kandi nashakaga kugirira nabi buri wese, abantu benshi bakanteragirana bashingiye ku nkomoko yajye..
Mu rwego rwo gusimbuza Data ntigeze menya nihaye isi,nabonaga amafaranga menshi ariko nahoraga mbabaye kandi ndi njyenyine kandi iy isi yari yarangize umucakara w’ ibiyobyabwenge, inzoga, kubeshya n’ ubugome sinabirabukwa ….nubwo mu muryango harimo abakirisitu sinashakaga kuvuga ku byerekerenye na Yesu ahubwo (...)
0 | ... | 990 | 1000 | 1010 | 1020 | 1030 | 1040 | 1050 | 1060 | 1070 | ... | 1850