Nta kintu kibasha guhangara amasengesho. Arakora aho ibintu byose byananiwe. Igitangaje, nuko dushaka izindi nzira kugira tubashe kugera ku bintu twakagejejweho n’amasengesho gusa. Imana yaduhaye iyo ntwaro iyishira mu maboko yacu, ni ahacu ho kuyikoresha. Ni dutekereze uburyo byayibabaza mu gihe ibonye tuyishize ku ruhande tukishakira izindi nzira, kandi turi mu murimo wayo udusaba kwizera.
Mu kinjana cya 20, abantu bagiye bigiza kure amasengesho yo kwinginga bayasimbuza uburyo bwabo mu (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Ntacyo twasimbuza amasengesho!
9 May 2016, by Isabelle Gahongayire -
Korali Penuel ya ADEPR Rukurazo yamuritse Alubumu yayo ya mbere
11 December 2013, by UbwanditsiKorali Penuel ni imwe mu makorali abarizwa mu itorero rya adepr Paruwasi ya Rukurazo, yashyize ahagaragara album yayo ya mbere. Iki gikorwa cyabaye tariki ya 8 ukuboza 2013 aho isanzwe ibarizwa Kimironko Adepr Rukurazo, iyi album ikaba yitwa ‘’Agira ubuntu’’ ikaba iriho indirimbo zibanda ku guhumuriza abantu muri iki gitaramo kwinjira bikaba byari ubuntu .
Iki gitaramo cyo kuyimurika cyatangiye saa saba z’amanywa., aho iyi korale yifatanyije n’abahanzi batandukanye barimo Dominic Nic ndetse na (...) -
Mu Buhinde hagiye kubera igiterane cy’ivugabutumwa cyiswe “GRACIOUS WOMEN CONFERENCE”
13 August 2013, by UbwanditsiMinisiteri (Ministry) yivugabutumwa Lord’s Light Fellowship, LLF mumagambo ahinnye y’icyongereza, y’abanyarwanda biga mu majyepfo y’igihugu cy’Ubuhinde, umujyi wa Chidambaram, mu ishuri rikuru ry’ Annamalai, (Annamalai University), bateguye igiterano cy’ivugabutumwa cyitwa “GRACIOUS WOMEN CONFERENCE”.
Icyi giterane kikaba gisanzwe kiba buri mwaka kuri iyi nshuro kizaba ku itariki ya 16, 17, 18 ukwezi kwa munani 2013, kigahuza abari n’abategarugori bavuye impande zose z’isi ubu akaba ari kunshuro (...) -
Sobanukirwa uko abagore batwite bashobora kwirinda isesemi
5 June 2012, by UbwanditsiMu bagore 10 batwite, 7 muri bo usanga bahura n’ikibazo cyo kugira iseseme, mu buryo butandukanye bitewe n’imiteree y’imibiri yabo , aho ushobora gusanga bamwe inabazahaza cyane rimwe na rimwe ikababuza no kurya cyangwa se baba babashije kurya bakabiruka.
Kuva ku cyumweru cya 3 kugeza kucya 16 kuva umugore yasamye ni bwo usanga yatangiye kugira iseseme aho usanga benshi batangira kuruka buri gitondo ndetse kuri benshi bukarinda bwira ariko bimeze, abashakashatsi rero bagaragaje ko ahanini ibi (...) -
Leta y’Amerika irasaba Iran ko irekura Pastor Youcef Nadarkhani nyuma yo gufungwa iminsi 1000.
23 July 2012, by UbwanditsiHashize iminsi 1000 yose Leta ya Iran yarakatiye urwa burundu umu Pasteur Youcef Nadarkhani azira kuba yaratandukiriye amahame ya kisilamu ngo akiha ibyo kubwiriza abanya Iran b’abisilamu. Mu gihe uwo mu Pasteur ategereje urupfu, Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zikaba zikomeje gusaba Iran ko imurekura kuko ar’inzirakarengane doreko n’itegekonshinga bitoreye riha uburenganzira buri wese mw’iyobokamana rimunogeye
Impamvu nyamukuru yatumye afungwa ngo n’uko yabujije abana be gusomera Coran kw’ishuri (...) -
Umuhanzi Frank Mario Sebudandari akaba n’umunyamakuru mu kiganiro ‘Himbaza’ kuri RC Nyagatare arakora ubukwe kuri uyu wa 14 Ukuboza 2013
24 October 2013, by Simeon NgezahayoFrank Mario Sebudandari ni umuhanzi, umunyamakuru ndetse akaba n’umukinnyi wa Film. Kuri ubu rero ngo akaba agiye kurushinga n’umukunzi we Muhinda Annet.
Sebudandari ukorera umurimo w’Imana mu itorero Revelation i Kabarore yagize uruhare mu guteza imbere Gospel muri Nyagatare binyuze muri iki kiganiro cye cyitwa ‘Himbaza,’ ndetse afasha abahanzi batandukanye kuzamuka mu nganzo yabo yo guhimaza Imana. Annet bazarushinga we ni Umukristo mu itorero Apostolic church i Remera ya Kigali.
Uyu musore (...) -
Igiterane cy’ ububyutse mu itorero rya ADEPR, Paruwasi ya Bibare, umudugudu wa Rukurazo
16 July 2012, by Alice RugerindindaKuri iki cyumweru tariki ya 15/7/2012, Ubuyobozi bw’umudugudu wa Rukurazo bufatanyije n’amakorari atandukanye ahakorera umurimo ariyo: Chorale Urumuri, Chorale Abakorera Yesu na Chorale Penueli, bwateguye igiterane cy’ububyutse no gushima Imana kubyo imaze kubakorera; muri icyo giterane hari hatumiwemo kandi na Chorale Ukuboko kw’iburyo yo mu itorero rya ADEPR Paruwasi ya Gatenga ndetse n’abavugabutumwa batandukanye.
Icyo giterane cyari cyararitswemo abantu benshi ku buryo urusengero rwari (...) -
IYO IMANA IKINZE NTAWUKINGURA, IYO IKINGUYE NTAWUKINGA Pastor KARURANGA Ephraïm
28 June 2016, by Pastor Desire HabyarimanaIbyahishuwe 3:7-13 "Wandikire marayika w’Itorero ry’i Filadelifiya uti"Uwera kandi w’ukuri ufite urufunguzo rwa Dawidi, ukingura ntihagire ukinga kandi ukinga ntihagire ukingura, aravuga aya magambo ati “Nzi imirimo yawe. Dore nshyize imbere yawe urugi rukinguye kandi ntawubasha kurukinga, kuko ufite imbaraga nke nyamara ukitondera ijambo ryanjye, ntiwihakane izina ryanjye.Dore nguhaye bamwe bo mu isinagogi ya Satani biyita Abayuda nyamara atari bo, ahubwo ari abanyabinyoma. Dore nzabahata kuza (...)
-
Ubuhamya: Nta hantu kure Imana itagukura kandi nta hantu kure Imana itakugeza.
28 May 2012, by UbwanditsiNitwa Habiyaremye Olivier,mvuka muri Ruhondo . Nkimara kuvuka, data na mama bahise batandukana, mama anjugunya kwa nyogokuru, nyogokuru akajya anjyana gusaba mw’isoko no mu bapadiri bari batuye hafi y’iwacu. Icyo gihe nacuramye umusatsi, ndwara bwaki, amatama arabyimba.
Bimaze gukomera, nyogokuru yanjyanaga mu bapadiri bakampa ibijumba, imboga z’ibyatsi, indagara zisekuye n’igikoma. Maze imyaka umunani imfashanyo irahagarara nyogokuru ahita anshakira akazi ko kuragira intama kuri Mukungwa (...) -
Maze kuko ubugome buzagwira, urukundo rwa benshi ruzakonja.
12 March 2016, by Kiyange Adda-DarleneMaze kuko ubugome buzagwira, urukundo rwa benshi ruzakonja. Ariko uwihangana akageza imperuka niwe uzakizwa. Matayo 24 :12-13.
Turi mu bihe bibi isi igenda igaragaza ko kugaruka k’Umwami wacu Yesu kutwegereye. Mu bintu bigaragaza ko kugaruka k’Umwami wacu kutwegereye, harimo ko ubugome buzagwira, abantu bakaba mu bihe birushya.
Noneho wa muntu witwa umukristo nawe aba muri iyo si irimo ibihe birushya. Nawe bimugiraho ingaruka. Ni umuntu ugira amarangamutima, ashobora kubabara, ashobora (...)
0 | ... | 980 | 990 | 1000 | 1010 | 1020 | 1030 | 1040 | 1050 | 1060 | ... | 1850