Imana yaremye umuntu ari we Adamu ,iravuga iti:si byiza ko uyu muntu aba wenyine.Ibi ntibivuga ko buri wese agomba gushakana n’umugore cyangwa n’umugabo ,ahubwo bivuga ko Imana yaturemeye kugirana imibanire hagati yacu. Bamwe muri twe nanjye ndimo bumva ko bakwiye kuba bonyine bakwiye kumva iri jambo,bitewe n’uko Imana yaturemye ,buri wese akenera undi.
Dore ubwoko 5 bw’imibanire buri mukristu akeneye.
1. Imana: Ndabizi ko Imana twese twayakiriye ariko benshi tuzi Imana mu mutwe bitari ibyo (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Dore ubwoko 5 bw’imibanire buri mukristu akeneye.
12 April 2016, by Nicodem -
Ni gute waba umusore ushimwa n’abantu ndetse n’Imana!
30 March 2016, by Innocent KubwimanaAbantu benshi iyo uvuze ku bintu byo kubaka ingo, urubyiruko ruhita rukubaza ruti, natoranya nte uwo tuzabana, namenya nte uwo tuzabana ukwiye, rimwe na rimwe buri wese aba ashushanya mu bitekerezo uwo yumva yifuza wamunyura umutima, ubundi akitegereza, ikindi akabaza abazi uwo atekerezaho. Ibi bituma umuhungu cyangwa se umukobwa atinda cyane yibaza uwo yakwemera kurusha kwitindaho yibaza niba byibuze we hari uwamwemera.
Ubusanzwe mbere yo kwibaza uwo muzabana ukwiye kubanza kwibaza niba (...) -
Kuzuka kwa Yesu ni intsinzi Rev Rurangirwa Emmanuel
28 March 2016, by Pastor Desire HabyarimanaMatayo 28:1-15 Nuko umunsi w’isabato ushize, ku wa mbere w’iminsi irindwi, umuseke wenda gutambika, Mariya Magadalena na Mariya wundi bajya kureba cya gituro.
Habaho igishyitsi cyinshi, kuko marayika w’Umwami Imana yari amanutse avuye mu ijuru, abirindura igitare acyicaraho. Ishusho ye yasaga n’umurabyo, n’imyenda ye yeraga nk’urubura. Ba barinzi bamubonye bagira ubwoba bahinda imishitsi, basa n’abapfuye.
Ariko marayika abwira abagore ati"Mwebweho mwitinya, kuko nzi yuko mushaka Yesu wabambwe. (...) -
Nshimyumuremyi Justin yateguye igitaramo cyo gushima Imana kuri icyi cyumweru
27 November 2012, by Patrick KanyamibwaNubwo ibitaramo byo gushima Imana bidakunda kugaragara mu itorerro rya EAR, umuhanzi Nshimyumuremyi Justin we kuriyi nshuro yateguye igitaramo cyo gushima Imana kizaba kuri icyi cyumweru tariki ya 27/11/2012 kuva saa munami z’amanwa kuri EAR Remera ku giporoso.
Ijambo ry’Imana ryanidtse mu gitabo cya Bibiliya muri Zaburi 123 : 3 rivuga ngo « Uwiteka yadukoreye ibikomeye natwe turishimye » niryo uyu muhanzi yagendeyeho ategura icyi gitaramo. Reka tubibutseko Justin afite alubumu y’indirimbo (...) -
Tuve mu nzira ijya i Yeriko!
4 May 2016, by Innocent KubwimanaYesu aramusubiza ati ‘’Hariho umuntu wavaga I Yerusalemu amanuka ajya I Yeriko, agwa mu gico cy’abambuzi baramwambura, baramukubita, barigendera bamusiga ashigaje hato agapfa. Nuko umutambyi amanuka muri iyo nzira, amubonye arakikira arigendera. N’umulewi ahageze na we abigenza atyo, amubonye arakikira arigendera. Ariko Umusamariya wari mu rugendo na we amugeraho, amubonye amugirira impuhwe, aramwegera amupfuka inguma, amwomoza amavuta ya elayo na vino, amushyira ku ndogobe ye amujyana mu (...)
-
Imyiteguro y’ijoro ryo kuramya Imana bita AFLEWO igeze kure
24 October 2013, by Patrick KanyamibwaNkuko twabibwiwe na Christian Kajeneri umwe mubari gutegura Aflewo (Africa let’s worship) mu rurimi rwacu bisobanuye Africa Reka turamye, ngo uyu munsi umwe bafata ijoro ryose basingiza Imana wagarutse ku nshuro ya gatatu mu Rwanda!
Iki gikorwa kidasanzwe dore ko kiba rimwe mu mwaka kizabera kuri CLA (Christian Life Assembly), Nyarutarama kuwa gatanu tariki ya 22/11/2013 kuva saa mbiri za n’ijoro (20h00’/8:00pm) kugeza saa kumi n’ebyiri z’a mugitondo (6:00/pm). Kajeneri yakomeje adutangarizako (...) -
Ugushikamishijeho umutima, uzamurinda abe amahoro masa, kuko akwiringiye : Yesaya 26:3
28 July 2012, by UbwanditsiEse ufite intego imwe rukumbi mu bugingo igufata igihe cyawe cyose, ikintu cyahindutse imbaraga z’ibanze ziguhatira kandi zigukundisha ibyo ukora buri munsi? Cyangwa se umeze nk’uri mu bwato uwo intego ye isa n’ihindagurika nk’imiyaga ahura na yo yose mu ruzi ruba rwihindurije uko agenda ateraganwa igihe agerageza kuyobora ubwato ahunga imiraba,
ibiti n’amabuye. Ubugingo bushobora kuba butyo. Iyo tutitonze, intego n’imigambi byacu bigengwa n’imbaraga z’ibirushya bya buri munsi muri ubu bugingo. (...) -
Perezida Kagame yunamiye Umumisiyoneri w’Umugande waguye mu Rwanda
25 June 2012, by UbwanditsiPerezida wa Repubulika Paul Kagame yibutse mu cyubahiro umubyeyi wa Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Uganda wapfiriye mu Rwanda mu Karere ka Kayonza Umurenge wa Gahini mu mwaka w’1952 ubwo yari mu butumwa bw’ubumisiyoneri.
Uyu mu Minisitiri Sam Kutesa, yabuze umubyeyi we Kosiya Kyamuhangire mu 1952, apfiriye mu Rwanda, ibyo bikaba byaratumye mu rwego rwo kumwibuka uyu mwaka na Perezida w’Igihugu cy’u Rwanda yitabira uyu muhango.
Uyu Kyamuhangire ni umwe mu bamisiyoneri bazwi ku izina rya (...) -
Kuko Yesu abishaka kandi abishoboye nawe agiye kukurengera
16 March 2016, by Ernest Rutagungira“Ariko niba ubishobora,tugirire imbabazi udutabare” Yesu aramubwira ati uvuze ngo niba mbishobora? Byose bishobokera uwizeye”. Uwo mwanya se w’umwana avuga cyane ati ndizeye “Ndizeye ,nkiza kutizera”. Yesu abonye iryo teraniro ry’abantu rimushikiye biruka acyaha dayimoni ati yewe dayimoni utavuga kandi utumva,ndagutegetse muveho, ntukamugarukeho ukundi”.(Mariko 9:23).
Nk’uko tubisoma muri Matayo 1:21, Luka 1:27, Yesaya 7:14, Yesu afite ubutware mu isi no mu ijuru bwo gukiza abantu ibyaha byabo, (...) -
Imana uyifata ute? - David Porter
20 April 2013, by Isabelle GahongayireNiba ushaka kureba ibishushanyo byinshi biteye ubwoba, uzatemberere mu nzu ndangamurage. Uzabona uburyo abantu bagiye batekereza Imana uko imyaka yagiye ishira. Biteye ubwoba.
N’ubwo ibishushanyo abantu barema rimwe na rimwe biba biteye ubwoba, ntabwo byaba bibi nk’ibitekerezo abantu bamwe bagira ku Mana y’ukuri yaremye isi n’ijuru. Uburyo dutekereza Imana ni na ko tuyibona.
Bibiliya itubwira umuntu wakundaga Imana ariko atarayisobanukirwa. Yobu yibwiraga ko yaburana n’Imana «Ntabwo (...)
0 | ... | 980 | 990 | 1000 | 1010 | 1020 | 1030 | 1040 | 1050 | 1060 | ... | 1850