Nyuma y’aho asuzumiwemo cancer y’ibihaha mu w’2011, umuvugabutumwa, umunyamakuru kuri radio akaba na pasiteri Chuck Smith yakomeje kuvuga ubutumwa no kuyobora itorero Calvary Chapel Costa Mesa muri California y’Epfo kugeza igihe apfiriye kuri uyu wa kane taliki 3 Ukwakira.
Smith yari azwi cyane kandi akunzwe kubera amavuna yakoze muri za 1960, kuba umuyobozi w’indashyikirwa w’ihuriro Calvary Chapel, no kugira uruhare mu ihindurwa rya muzika yo guhimbaza Imana muri Amerika.
Brad Christerson (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Pastor Chuck Smith yitabye Imana ku myaka 86 azize cancer
4 October 2013, by Simeon Ngezahayo -
Azasanganya imitima y’abana n’iya ba se ngo atarimbuza isi umuvumo!
9 September 2015, by Alice RugerindindaAzasanganya imitima y’abana n’iya ba se ngo atarimbuza isi umuvumo!
“Uwo niwe uzasanganya imitima y’abana n’iya ba se , kugirango ntazaza nkarimbuza isi umuvumo .” Malaki 3:24 / Malaki 4:6
“He will turn the hearts of the parents to their children, and the hearts of the children to their parents; or else I will come and strike the land with total destruction."Malachi 4:6 NIV
Imana itugirire neza. Ijambo umuvumo ni ikintu kibi kandi umuntu wese yakwirinda kuko kigira ingaruka mbi, haba muri iki (...) -
Ntugapfushe ubusa impano n’imbabazi wagiriwe (inyigisho ya RUTAGUNGIRA Ernest)
6 July 2013, by Ernest RutagungiraImana Ishimwe kubw’impano y’agakiza yatanze ku bw’ubuntu, Ishimwe kandi kubw’ijambo ryayo yaduhaye ngo ritubere urumuri rutumurikira kumanywa na nijoro, turyizereremo riduhindure ndetse ritubere inkomezi mugihe ducitse intege, rinaduhumurize mu gihe cy’amakuba, kubwaryo kandi ritubere indorerwamo twireberamo maze twisobanukirwe, bityo binyuze muri ryo turasobanukirwa impano dufite n’imigambi satani afite yo kuzitwambura cyangwa se kuduhuma amaso ngo tuzipfushe ubusa .
Kuva iyi si yaremwa nk’uko (...) -
Nugumana n’Imana ntizaguhidura mu by’Umwuka gusa!
23 July 2015, by Innocent KubwimanaUshingiye ku mazina atandukanye y’Imana dusanga muri Bibiliya, wasanga Imana nta gice na kimwe cy’ubuzima idakoraho. Buri zina rihishura imwe mu mirere y’Imana n’amasezerano yihariye ku buzima bwacu nk’abantu.
Iyo tumenye Imana kandi by’ukuri, bitwuzuza ibyiringiro n’icyizere kuko duhishurirwa ko Imana iri hejuru y’ibintu byose tugenda ducamo umunsi ku munsi. Gusobanukirwa Imana n’urukundo rwayo rutarondoreka kuri twe bituma imitima yacu ituriza muri yo, tukumva tuguwe neza mu bice byose (...) -
Wari uzi ko umukristo utejejwe nta sano afitanye na Yesu
4 March 2016, by Emmanuel KANAMUGIREBavandimwe muri Yesu Kristo Umwami wacu, inyigisho irebana no kwezwa ireba abamaze kwakira agakiza bakemera Yesu nk’Umwami n’Umukiza wabo.
Ni igikorwa kireba umukirisitu wese kandi si we ubwe wiyeza. Yesu igihe cye cyo kuva mu isi cyenda gusohora, yafashe amazi ayasuka ku mbehe atangira koza ibirenge by’abigishwa be.Nyamara Siomoni Petero ashatse kwanga ko amwoza Yesu yaramubwiye ati « Simoni ibyo nkora ubu ntubizi nyamara uzabimenya hanyuma ;nintakoza nta cyo tuzaba duhuriyeho ; kandi (...) -
Yishe umugore we “ku bw’itegeko ry’Imana”
8 November 2012, by UbwanditsiUmugabo wo mu Gihugu cy’u Budage yishe umugore we arangije amukataguramo ibice kubera itegeko ry’Imana.
Uyu mugabo kuri ubu akurikiranwe mu butabera bw’iki gihugu, urubuga 7sur7 rukaba ruvuga ko yiyiciye umugore yarangiza akamukatamo ibice. Yabwiye urukiko ati “Naketse ko ndi Yesu umugore wange ari Satani.”
Uyu mugabo utatangajwe amazina ngo yishe umugore bari babyaranye abana batandatu, amwica ku tariki ya 4 Kamena 2012. Bari batuye ahitwa Kreuzberg mu mujyi wa Berlin ari na ho (...) -
Impamvu abakristo bakwiye gushaka Urukundo Rev Sebugorore
3 March 2016, by Pastor Desire HabyarimanaIMPAMVU ABAKRISITO BAKWIYE GUSHAKA URUKUNDO
1. Kugira ngo bafashe abandi. Ikimenyetso buri mukrisito akwiriye kwereka abandi ni " urukundo", Yoh 13:34. Abakrisito bo mu itorero rya mbere bagaragaje urukundo rwabo mu gufasha abakene, Ibyak 2:44-47.
2. Urukundo ni umurunga wo gutungana kwose, aho urukundo ruri rugategeka abantu bagirana ubumwe budasanzwe, Ibyak 4:32-36.
3. Urukundo ni imbuto y’Umwuka, kandi Imana izatubaza uko twabibye iyo mbuto mu mitima y’abandi bantu, Yoh 20: (...) -
Igiterane Women And Destiny In Divine Connection, Kitabiriwe cyane kandi kerekana ubumwe mugore ba ba gospel
8 January 2013, by Patrick KanyamibwaKuri iki cyumweru dusoje tariki ya 06.01.2013, muri Serena Hotel habereye igiterane kigamije kwerekana umugore mu muhamagaro.
Ukinjira mu marembo ya Serena Hotel, wabonaga abantu ari benshi bitabira kwinjira mu cyumba cyari giteganijwe kuberamo igiterane cy’umunsi umwe. Ugeze mu cyumba (salle) imbere, wabonaga hatatse hateguye neza, indangururamajwi na zo ziri ahantu zitabangamiye abitabiriye iki giterane. Abakristu baturutse mu matorero atandukanye, wabonaga bicaye, bamwe bahagaze mu (...) -
Ni ikihe cyaha kitababarirwa ?
28 October 2015, by Pastor Desire Habyarimana“Nicyo gitumye mbabwira y’uko abantu bazababarirwa icyaha cyose n’igitutsi, ariko gutuka Umwuka Wera ni icyaha kitazababarirwa. Kandi umuntu wese usebya umwana w’umuntu azababarirwa, ariko usebya Umwuka Wera ntazababarirwa, n’aho haba mu gihe cya none cyangwa mu gihe kizaza. » Matayo 12 :32-33
Icyaha kitababarirwa ni “Gutuka Umwuka Wera” nk’uko byanditswe (Mariko 3:22-30 ; Matayo 12:22-32).
Gutuka Umwuka Wera tubigereranya no gusuzugura cyangwa gutesha agaciro Imana. Ibyo kandi bigendana (...) -
Waba uzi inkomoko yawe?
5 April 2016, by Pastor Desire Habyarimana“Umuntu wa mbere yaturutse mu butaka ari uw’ubutaka, naho umuntu wa kabiri yaturutse mu ijuru. Nk’uko uw’ubutaka ari ni ko n’ab’ubutaka bandi bari, kandi nk’uko uw’ijuru ari ni ko n’ab’ijuru bandi bari” (1 Abakorinto 15:47-48). Mu murongo wo hejuru, ibyanditswe biravuga ku bwoko bubiri bw’abantu:
uw’ubutaka n’uw’ijuru. Umuntu w’ubutaka yaremwe mu ishusho ya Adamu wa mbere, ari we ikiremwamuntu gikomokaho. Ku rundi ruhande, umuntu w’ijuru, yaremwe mu ishusho ya Adamu wa kabiri – ari we Umwami Yesu (...)
0 | ... | 980 | 990 | 1000 | 1010 | 1020 | 1030 | 1040 | 1050 | 1060 | ... | 1850