Ni iyihe ntego yo kurambagiza?
Kurambagiza byagombye kuba bifite intego nziza bigamije. Byagombye gufasha umusore n’umukobwa kureba niba bashobora kuzabana.
Icyakora, hari abo mu rungano rwawe bashobora kudaha agaciro ibyo kurambagiza. Bashobora gushimishwa no kugirana ubucuti n’umuntu badahuje igitsina, ariko nta ntego bafite yo gushakana na we. Hari n’abashobora kugira incuti nk’iyo bagamije gusa kugaragaza ko hari icyo bagezeho, cyangwa bakumva ko iyo ncuti yabo ari nk’ikintu bakwiratana (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Sobanukirwa neza n’igikorwa cyo Kurambagiza.
7 July 2016, by Ubwanditsi -
Nta handi wakura kurindwa no gutabarwa uretse ku Mana yo mu ijuru
17 February 2016, by Ernest RutagungiraAbiringiye uwiteka bameze nk’umusozi wa siyoni utabasha kunyeganyezwa, ahubwo uhora uhamye iteka, nk’uko imisozi igose I Yerusalemu niko Uwiteka agose abantu be, uhereye none ukageza iteka ryose ( Zaburi 125:1-2)
Aya ni amwe mu magambo agaragara mu ndirimbo bibiriya yise iz’ amazamuka muri iriya zaburi , akaba ari amwe kandi adukomeza akadusubizamo ibyiringiro cyane cyane iyo tugoswe n’ibikomeye, twumva nta wo kudutabara, tubona byaducikiyeho, twakubise hirwa no hino bikanga, dukwiye (...) -
Isabukuru y’imyaka itatu bamaranye, barashima Imana umwana w’umuhungu yabaha
13 November 2012, by Pastor Desire HabyarimanaTaliki ya 14 Ugushyingo 2009 niho Kanyamibwa Patrick yambikanye impeta na Mukabacondo Jeanine Keza, basezerana imbere y’Imana n’imbere y’amategeko ndetse n’indi mihango yose igendanye n’ubukwe irakorwa, kuri ubu bakaba bafitanye umwana umwe Kenzo Mugisha Kanyamibwa. Nk’uko Kanyamibwa yabitangaje mu Kiganiro twagiranye yavuze ko kuri iyo sabukuru ari bwo basubije amaso inyuma bibuka ibihe byiza bagize ku munsi w’ubukwe bwabo hamwe n’igihe bamaranye ubuzima bagiye bacamo rimwe na rimwe buryoshye (...)
-
Iyo uri muri Kristo Yesu uba uri icyaremwe gishya
4 February 2016, by Pastor Desire HabyarimanaINTEGO: IYO URI MURI KRISTO YESU UBA URI ICYAREMWE GISHYA (IBIKURIKIRA)
2 Abakor 5.17 Umuntu wese iyo ari muri Kristo aba ari icyaremwe gishya, ibya kera biba bishize. Dore byose biba bihindutse bishya.
Abefeso 2.19-20 Nuko ntimukiri abashyitsi n’abasuhuke, ahubwo muri ubwoko bumwe n’abera ndetse muri abo mu nzu y’Imana 20. kuko mwubatswe ku rufatiro rw’intumwa n’abahanuzi, ariko Kristo Yesu ni we buye rikomeza imfuruka.
1 Abakor 13.13 Ariko none hagumyeho kwizera n’ibyiringiro n’urukundo, (...) -
Tabaski umunsi ukomeye cyane
26 October 2012, by UbwanditsiMu byumweru nka bibiri bishize, umujyi wa Thies wose usa nkuwahinduye ibara. Ntimutekreze ko ari ukubera changement climatique (Global worming) ahubwo biraterwa n’aborozi bashoreye intama zabo bagaragara mu mujyi wose, iruhande rw’imihanda ahenshi hakaba hahindutse isoko kuko hari imyiteguro y’umunsi ukomeye cyane bita « fête du mouton », cyangwa se Tabaski. Ingoma zirimo kwitegurwa imyenda iragurwa ibintu birakomeye!
Tabaski, ni izina rihabwa umunsi abandi bita ’Aïd-el-Kébir, muri Afurika yose (...) -
Bahati Alphonse yabonye muriki gihe yabwira Imana ngo “Singizwa”, izina ry’indirimbo nshya yasohoye
8 October 2013, by UbwanditsiUyu muhanzi uri mubyiciro bitatu muri Groove Awards Rwanda 2013, aribwo Male artist of the year, Song of the year ku ndirimbo “Birasohoye” na Video of the year bwo twaganiraga nawe akaba yadutangarijeko amagambo yo gushima Imana ubu ariyo amwuzuye mu mugita, bikaba byaramuhaye kubisohorera muriyi ndirimbo.
Iyi ndirirmbo y’amajwi Batai yasohoye ikaba yitwa “Singizwa”, akaba ariwe wayihimbiye nkuko asanzwe yihimbira indirimbo we zose, igatunganwa amajwi nibindi na Producteur Aaron Niyitunga, iyi (...) -
Dukureho impamvu zitubuza gukorera Imana. Pasteur Bonaventure Dusabumuremyi
28 June 2016, by Pastor Desire HabyarimanaNdagirango dufatanye gusoma amagambo ari muri Luka 14:16-18 Haragira hati: Igihe cyo kurya gisohoye; bose batangira gushaka impamvu z’urwitwazo….
Aha wakwibaza byishi!
1. Ese ibyo kurya byari bibishye? Oya kuko batari babiriyeho ngo bamenye uko bimeze! 2. Ese bari bahaze bariye ahandi? Oya kuko bagombaga kuba babivuze kare ntibabatekere, kuko bari barategujwe kare! 3. Kuki se bose bahujije gushaka impamvu zurwitwazo? Bose ni bamwe ni abararikwa babi! 4. Ese ibi nanubu byabaho cyane no munzu (...) -
Ibaruwa y’urukundo
14 June 2016, by Simeon NgezahayoMwana wanjye,
Narakurondoye ndakumenya, ndakuzi (Zaburi 139.1).
Nzi imyicarire yawe n’imihagurukire yawe (Zaburi 139.2).
Nzi imigendere yawe n’imiryamire yawe.
Nzi inzira zawe zose (Zaburi 139.3).
Ndetse n’imisatsi yo ku mutwe wawe irabazwe yose (Matayo 10.29-31).
Nakuremye mu ishusho yanjye (Itangiriro 1.27).
Muri jye uriho, ufite ubugingo (Ibyakozwe n’intumwa 17.28).
Nakumenye ntarakurema mu nda ya nyoko (Yeremiya 1.4-5).
Nagutoranije uhereye kera (Abefeso 1.11-12). Ntabwo uri (...) -
Umukobwa w’imyaka 16 yicujije kuba anywa amaraso y’abantu
16 October 2012, by UbwanditsiUmukobwa w’imyaka 16 aricuza bikomeye kuba akora imihango ya gishitani irimo cyane cyane kunywa amaraso y’abantu. Uyu mukobwa ukomoka mu gace ka Bulawayo muri Zimbabwe yicujije mu ruhame kuba anywa amaraso y’abantu ndetse anatangaza n’abantu bagera kuri 60 akorana nabo.
Uyu mukobwa yaboneyeho ndetse no kuvuga ku mugaragaro imyirondoro y’abantu bagera kuri 38 bagiye kuzicwa bahitanywe nabo akorera ndetse anavuga aho icyumba bakoreramo iyo mihango giherereye.
Stanley Kwashira ni umwe mu bayobozi (...) -
Abanyeshuri n’abarangije bo muri ADEPR Paroisse ya Bibare bafite igiterane taliki ya 23/12/2012 kucyicaro cya Paroisse ya Bibare.
17 December 2012, by UbwanditsiNkuko IRABONA Aubin Umuyobozi w’abanyeshuri n’abarangije bo muri Paroisse ya ADEPR Bibare akaba ari no mubategura iki giterane kizaba kucyumweru tarikiya 23/12/2012 ya bidutangarije, iki giterane kizaba kidasanzwe kuko kizahuza abanyeshuri biga n’abarangije ibyiciro by’amashuri bitandukanye(Secondaire, Université, Maîtrise, na PHD ) babarizwa mu itorero rya Bibare, kikazaba gifite intego “Umumaro w’abanyabwenge barimo Umwuka w’Imana mu itorero no mu gihugu” Itangiriro 41:38.
Iki giterane (...)
0 | ... | 940 | 950 | 960 | 970 | 980 | 990 | 1000 | 1010 | 1020 | ... | 1850