‘’Uwiteka wakuremye akagukuza uhereye ukiri mu nda, kandi ari we uzajya agufasha aravuga ati “Witinya Yakobo mugaragu wanjye, Yeshuruni natoranije.’’ Yesaya 44:2
Ukurikije aya magambo Imana yabwiye Yakobo, uhita ubona ko utari uw’impanuka mu maso yayo. Imana yakuzanye ku isi, niyo muremyi wawe, uri mu bwihisho bwayo na mbere yo kuvuka.
Ntabwo kuvuka kwawe ari ikosa, mbere cyangwa nyuma y’igihe. Ababyeyi bawe bashobora kutagutegurira kuko batari banazi ko ari wowe uzavukamo, ariko Imana yari (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Wari uziko uri umushinga w’Imana?
26 August 2015, by Innocent Kubwimana -
USA: Leta ya Minnesota yatoye itegeko ryo gushyingira abahuje ibitsina, ubu ritegereje gusinywa na Guverineri
21 May 2013, by Simeon NgezahayoLeta ya Minnesota izaba ibaye iya 12 muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika itoye itegeko ryo gushyingira ababana bahuje ibitsina.
Nk’uko bitangazwa n’Ikinyamakuru USA Today, Leta ya Minnesota izaba ibaye iya 12 muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika itoye itegeko ryo gushyingira ababana bahuje ibitsina ubwo Guverineri Mark Dayton azaba amaze gusinya itegeko ryatowe na Sena. Iri tegeko ryatowe muri Sena ku majwi 37–30, mu gihe Guverinoma yari yaritoye ku majwi 75–59. Iri tegeko ryatowe rizemerera ababana (...) -
Itorero cyangwa Pasiteri bishobora kukubaka cyangwa bikagusenya – Philip Wagner
6 June 2013, by Simeon NgezahayoNkunda abapasiteri. Abapasiteri ni zo ncuti nziza ngira. Abapasiteri ni bamwe mu bantu nabonye basubiza intege mu bugingo. Nyamara, pasiteri wanjye wa mbere ni we washenye kwizera kwanjye.
Uwo mupasiteri yaneguraga abantu, ndetse akihutira gucira urubanza abo tutari duhuje imyizerere. Imyizerere ya Gikristo nari narakiriye yasaga n’aho yibanda ku kujora ibyo tutemera kuruta ku kwita ku byo twemera. Nari narigishijwe ko kurusha abandi gucukumbura mu byanditswe byera ari cyo cy’ingenzi. (...) -
Mbese uzakora iki nurangiza amashuri makuru?
9 October 2015, by Pastor Desire Habyarimana(Zaburi 23:1-6)
1 Uwiteka ni we Mwungeri wanjye, sinzakena. 2 Andyamisha mu cyanya cy’ubwatsi bubisi, anjyana iruhande rw’amazi adasuma. 3 Asubiza intege mu bugingo bwanjye. Anyobora inzira yo gukiranuka kubw’izina rye. 4 N’aho nanyura mu gikombe cy’igicucu cy’urupfu, sinzatinya ikibi cyose kuko ndi kumwe na we. Inshyimbo yawe n’inkoni yawe ni byo bimpumuriza. 5 Untunganiriza ameza mu maso y’abanzi banjye, unsize amavuta mu mutwe, igikombe cyanjye kirasesekara. 6 Ni ukuri kugirirwa neza (...) -
Ukwiye gukomera ku gakiza kawe!
28 March 2016, by Ngarambe Damascene“…Biragatsindwa n’Uwiteka kuguha gakondo yaba sogokuruza banjye.”(1 Abami: 21:3)
Aya ni amagambo Naboti w’i Yezereri yashubije umwami Ahabu ubwo yamusabanaga umuhati uruzabibu rwe kuko rwari hafi y’Ibwami. Nk’umwami, yarafite byose; bityo ahitishamo Naboti kumuguranira akamuha urundi ruzabibu rururuta ubwiza cyangwa akamuha ibiguzi byarwo nk’ ifeza (n’ukuvuga amafaranga yose yakwifuza. 1 Abami 21:2)
Aha natangajwe cyane n’igisubizo Naboti nk’umuntu wohasi cyane, yatinyutse gusubiza Umwami (...) -
Icyo usabwa kugira ngo nawe ugabane umugisha
28 October 2015, by Innocent Kubwimana,….Uhereye uyu munsi nzabaha umugisha, Hagayi 2:19
Umwana w’imyaka 6 wategurirwaga isabukuru baramubajije ngo ni iki wumva ukeneye arasubiza ngo ntimumbaze icyo nkeneye ahubwo mumbaze icyo nifuza.
Iyi mvugo irasa nk’aho itumvikana ariko mu by’ukuri icyo twifuza hari igihe kiruta icyo dukeneye.
Dukenera byinshi ariko muri byo habamo iby’ingenzi twifuza.
Nasanze kimwe mu bintu buri wese akeneye kandi yifuza ari umugisha w’Imana. Ariko nahishuriwe ko uwo mugisha twese dukeneye ugira ibisabwa (...) -
Pastor yatawe muri yombi aregwa guha umupolisikazi $60 ngo amusambanye - LEONARDO BLAIR
6 September 2013, by Simeon Ngezahayo, UbwanditsiNyuma y’aho abagize umuryango wa Pastor Feliciano bamutegerereje amasaha menshi bagaheba ishweshwe, mu gihe ngo bamuherukaga atanga ubutumire anasura amatorero ku wa gatanu washize, bakubiswe n’inkuba nyuma yo kumenya ko yafunzwe aregwa guha umupolisikazi amadorali 60 ngo amusambanye.
Pastor Carlos Feliciano w’imyaka 37, uyoboye itorero One Way Family Church riri mu mujyi wa St. Cloud, yatewe isoni no guhamwa no kuba atahamagaye umuryango we ngo awumenyeshe ko yafashwe na polisi. Amakuru (...) -
Pastor yitabiriye umuhango wo gushyingura abo aregwa kwica, atanga n’ubutumwa bw’akababaro!
12 October 2013, by Simeon NgezahayoAmakuru dukesha NBC News aravuga ko umupasiteri wari usanzwe anafite iduka riguriza abantu amafaranga rigafatira ibyabo (bizwi ku izina rya Lambert) mu mujyi wa Burnside, Kentucky aregwa ko yarashe abantu 3 akabicira muri iryo duka rye. Igitangaje kandi kibabaje ngo ni uko uyu mupasiteri yitabiriye umuhango wo gushyingura aba bantu yarashe agahita abakura ku isi.
Si ibyo gusa, kuko ngo pasiteri yakomeje ashinyagurira imiryango yabuze abayo ngo arayihanganisha. Pastor Kenneth A. Keith (...) -
Umuhanzi Frere Manu kuri iki cyumweru arataramira abanya Kigali
29 August 2012, by UbwanditsiUyu ni FRERE Manu ni umuhanzi umucuranzi ndetse n’umuvugabutumwa amazina ye ni NKURUNZIZA Emmanuel akorera umuryangow’ itangazamakuru, niwe wahawe special promotion n’umuryango w’itangazamakuru witwa isange corporation nk’umunyamakuru wakozeneza mu mwaka wa 2011 atuye I Rubavu mu mujyi wa Gisenyi. Ubu amaze umwaka n’amezi 4 ategura amashusho y’indirimbo z’agakiza ziri mu giswahili NYIMBO ZA WOKOVU atubwira impavu yahisemo gukora izindirimbo yagize ati: ndi umuhanzi mfite indirimbo nyinshi (...)
-
Ese ko twizeye Yesu Kristo umwe, andi makimbirane akomoka he ?
31 January 2016, by Ernest RutagungiraMu rwandiko rwa mbere Pawulo intumwa yandikiye Abakorinto 3:1-8, yabandikiye ababaza impamvu ibatera amakimbirane, ishyari n’amahane ndetse na kamere nyamara bapfa impamvu zidafatika ndetse zitakagombye kuba intandaro yo guhangana.
Abivuga agira ati “Bene Data sinabashije kuvugana namwe nk’uvugana n’ab’umwuka ahubwo navuganye namwe nk’uvugana n’abakamere cyangwa abana b’impinja bo muri Kristo…,ubwo umuntu umwe avuga ati :“Njyewe ho ndi uwa uwa Pawulo undi akavuga ati ndi uwa Apolo” ntibigaragaza ko (...)
0 | ... | 910 | 920 | 930 | 940 | 950 | 960 | 970 | 980 | 990 | ... | 1850