Mu gihe muri iki gihe usanga amakorali amwe n’amwe ahangayikishijwe no gushakisha ikintu cyatuma agaragaza ubushongore n’ubukaka bwayo mu byo kwemeza abantu ko azi kuririmba cyangwa se ko amaze kwiteza imbere, ni nako usanga hari andi makorali afite andi maso yihariye ayerekeza mu kureba icyateza imbere abantu babayeho nabi biturutse ku mpamvu zitandukanye.
Nyuma ya Korali Jehovajireh ya CEP ULK/Soir, kuri ubu Korali Duhuzumutima ya ADEPR Muhima ije mu gikorwa gikomeye cyo gutaramira abantu (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Korali Duhuzumutima ya ADEPR Muhima ibaye intangarugero kubera igikorwa cyo gufasha abatishoboye bakozweho na Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.
23 October 2012, by Peter Ntigurirwa/isange.com -
Kigali: ADEPR Gasave hasojwe igiterane cyahuzaga ibihugu bigize Akarere u Rwanda ruherereyemo
12 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaKuri iki cyumweru tariki ya 11/10/2015 kuri ADEPR-Paruwasi ya Gasave hasojwe igiterane cyari gihuje abanyamasengesho baturutse mu bihugu byose bigize Akarere u Rwanda ruherereyemo birimo nka Tanzaniya, u Burundi, Kenya, Uganda, Congo ndetse n’u Rwanda. Iki giterane mpuzamahanga kikaba cyari gifite intego iboneka mu gitabo cy’Ibyakozwe n’Intumwa 3:19 hagira hati ‘’ Nuko mwihane muhindukire, ibyaha byanyu bihanagurwe ngo iminsi yo guhemburwa ibone uko iza ituruka ku Mmwami Imana,"
Umuvugizi (...) -
Nigeria:Amerika igiye gufatira ibihano bikaze umutwe wa Boko Haram wibasira abakristo.
28 June 2012, by UbwanditsiLeta zunze ubumwe z’amerika zafatiye ibihano abagabo batatu bivugwa ko ari abayobozi bakuru b’umutwe w’aba Islamu bagendera ku matwara akaze wa Boko Haram ukorerera muri Nigeria.Leta ya Amerika yavuze ko abo bagabo bakora ibikorwa by’iterabwoba kw’ isi kandi ko igiye gufatira umutungo boba bafite muri icyo gihugu.
Umutwe wa Boko Haram muri uyu mwaka wongereye ibitero ugaba ku makiliziya abakiristu basengeramo.
Abanyamakuru baravuga ko ubutegetsi bwa Obama bwari bumaze igihe bwotswa igitutu (...) -
Minisitiri w’Urubyiruko arasaba amakorali kubyaza umusaruro ibyo bakora
21 May 2012, by Patrick KanyamibwaKuwa gatandatu, tariki ya 19 Gicurasi 2012, ku Kacyiru mu Mujyi wa Kigali ku cyicaro cy’ishyirahamwe ry’amatorero y’ababatisita mu Rwanda (AEBR), nibwo Minisitiri w’Urubyiruko n’Ikorabuhanga mu Isakazabumenyi, Nsengimana Jean Philbert yashoje amarushanwa ku rwego rw’igihugu y’urubyiruko rw’ababatisita yari amaze amezi atanu dore ko yatangiye mu Kuboza 2011 agasozwa muri Mata 2012.
Nsengimana yasabye uru rubyiruko ko amakorali(chorale) guhindura imikorere agahinduka amakoperative, no kongera (...) -
Itorero rya pentecote ADEPR i Rubavu ryizihije umunsi mukuru wa Pentecote.
28 May 2012, by Frere ManuKu cyumweru tariki 27 /05 wari umunsi mukuru itorero rya pentecoste wizihiza wibuka umunsi umwuka wera wamanukiye intumwa za Yesu Christo ubwo bari hamwe mu mwanya umwe kandi bahuje umwuka .
Mukarere ka Rubavu intara y’I burengerazuba muri Stade Umuganda habereye iteraniro ryahuje abayoboke b’idini rya Pentecote muri aka karere nkuko twabitangarijwe na bwana BUSHAYIJA Jean Baptiste umushumba mukuru w’itorero rya Pentecote muri aka karere avugako bitari bisanzwe ku munsi mukuru nkuyu (...) -
Kigali: Itsinda HOH rikorera kuri facebook ryafashije imiryango itifashije
7 January 2014, by UbwanditsiNyuma y’aho abagize Itsinda HOH (Heaven is our Home) ubusanzwe rigizwe n’abantu bahuriye ku rubuga nkoranyambaga rwa Facebook, batangije gahunda yo kuganira no gusangira ijambo ry’Imana kuri uru rubuga, noneho kuri ubu bateguye ndetse banakora igikorwa cyo gufasha imwe mu miryango itishoboye.
Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 4 Mutarama 2014, nibwo abagize itsinda HOH (Heaven is our Home) bari mu murenge wa Muhima, akagari ka Rugenge umudugudu w’Impala mu gikorwa cyo gufasha bamwe mu batishoboye (...) -
Iran- Yakatiwe gufungwa imyaka 10 kubera gutanga Bibiliya
26 August 2013, by UbwanditsiUmuturage wo mu gihugu cya Iran wahindutse umukirisitu yakatiwe gufungwa imyaka 10 ashinja icyaha cyo “Guhungabanya umutekano wa leta” bitewe n’uko yakwirakwije Bibiliya nto zitwarwa mu mufuka nk’uko bitangazwa n’ibiro bya Vatican bitanga amakuru Vatican Fides.
Mohammad-Hadi Bordhar wakatiwe gufungwa imyaka 10 (Photo Internet)
Mohammad-Hadi Bordhar, ukomoka mu gace k’amajyaruguru ya Iran yafashwe mu Kuboza 2012 ku izina rya “Mostafa,” yemereye imbere y’urukiko ko yahinduye idini akava muri islam (...) -
Ibintu bitanu byafasha umwana kubaho neza igihe ababyeyi be batandukanye
21 February 2013, by UbwanditsiBishobora kubaho ko abashakanye batandukana kandi bafitanye abana. Kenshi na kenshi iyo hatabayeho kwitonda bishobora gutera inkurikizi ku bana babo mu gihe kizaza. Akaba ari yo mpanvu tugira ngo turebere hamwe inama zadufasha kubarinda izo nkurikizi hifashishijwe urubuga rwa “Webmed”.
1. Irinde guhindura umwana wanyu intumwa iri hagati yanyu nyuma yo gutandukana
Ibi bikunda gukorwa n’ababyeyi bashaka kugira bimwe mu byo bamenyeshanya kandi kubonana bigoranye, bityo bakaba bahitamo (...) -
Igiterane cy’iminsi 3 cyateguwe n’umuryango uhuza urubyiruko CYOPSD gisize impinduka mu rubyiruko rw’Abakristo
13 January 2014, by Simeon NgezahayoIgiterane cy’iminsi 3 cyaberaga ku Itorero Inkuru Nziza i Kigali cyatangiye kuri uyu wa Gatanu taliki 10 Mutarama 2014, cyashojwe kuri iki Cyumweru taliki 12 Mutarama 2014 ahagana saa mbili z’ijoro.
Muri iki giterane, abahanzi bataramiye urubyiruko rwaturutse imihanda itari imwe barimo Albert Niyonsaba, Drama Team yaturutse La Colombiere… Umuvugabutumwa muri iki giterane Bard waturutse mu gihugu cya Norvege, yibanze ku guhugura urubyiruko ku bijyanye n’imyitwarire ikwiriye kururanga (...) -
Ntitugacike intege, ntitugasubire inyuma, ntitugatakaze kwizera.
18 March 2013, by Isabelle GahongayireUyu musi ubuhamya bwa David na Delphine bahisemo kunyura mu nzira Imana yabateguriye. Ni inzira itoroshye, ariko ni inzira y ‘Imana. Hamwe n’ibyiringiro ko Imana iri kumwe nabo. David : Navukiye mu Bufaransa, kuva ndumwana njya mw’itorero.Naje kwakira Yesu mfite imyaka 17. Nagize umuhamagaro wo gukorera Imana, ariko sinahise menya neza uburyo Imana yipfuzaga ko nyikoreramo. Mu myaka itari mike, nagumanye umuhamagaro ariko udakora. Delphine : Nakiriye agakiza mfite imyaka 15, muri (...)
0 | ... | 890 | 900 | 910 | 920 | 930 | 940 | 950 | 960 | 970 | ... | 1850