Umuhanzi Simon Kabera uzwi mu ndirimbo zihimbaza Imana, akagira indirimbo nyinshi zikunzwe cyane nka "Mfashe Inanga, Munsi yawo", nyuma yo kumara igihe ari mu kazi ngo muri Kanama aziyereka abanyarwanda bamaze iminsi bavuga ko yabuze. Uyu muhanzi akaba yatangaje ko agiye kumurika Alubumu ye y’amashusho (DVD) mu gitaramo kizaba ku cyumweru kuwa 18 Kanama 2013, mu Gicumbi cy’umuco, mu ihema riri kuri Stade Amahoro i Remera.
Uyu munsi tukaba twamusuye aho yari ari gufata amashusho y’indirimbo (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Simon Kabera mbere yo kujya kwiga ku mugabane w’Uburayi azamurikira abakunzi be alubumu ye ya mbere y’amashusho, gufata amashusho akaba abigeze ku musozo
1 August 2013, by Ubwanditsi -
Film 5 za Gikristo zisohotse muri 2013 utagomba gucikwa !
15 October 2013, by Simeon Ngezahayo1. Home Run (Yasohotse ku wa 19 Mata)
Iyi film yakinwe n’umukinnyi wa baseball Cory Brand. Nyuma y’igihe kirekire yamaze akoresha ibiyobyabwenge, Cory ukomoka muri Leta ya Oklahoma yaje kwisubiramo yinjira mu itsinda rishobora kumufasha mu buryo bwo kumukurikira ‘Little League’. Cory yongeye gukundana n’incuti ye yo hambere bahuriye mu mashuri yisumbuye, yongera gusubirana n’umuhungu we n’umuryango we muri rusange. Inshamake y’iyi film yibanda ku "bihumbi by’amateka y’ibyabayeho." HOME RUN ni (...) -
Guhimbaza Imana ni ubuzima! – Don Moen
15 January 2014, by UbwanditsiDon Moen uyoboye itsinda ryo kuramya no guhimbaza Imana mu mujyi wa Nashville aratangaza yuko guhimbaza Imana bitarangirira mu rusengero, ahubwo binagaragarira mu myitwarire y’Umukristo ya buri munsi.
Moen w’imyaka 62, mu kiganiro yagiranye n’Ikinyamakuru The Post Newspapers cyandikirwa mu gihugu cya Zambia aho aherutse gukorera concerts 2 mu mujyi wa Lusaka, yatangaje ko guhimbaza Imana nyakuri kutagarukira ku idini, umuco n’imyaka.
"Guhimbaza Imana ni ibyo dukora mu kazi; ni ibyo tugirira (...) -
Uretse kumpa agakiza, Imana yankoreye n’ibindi byinshi
6 August 2015, by UbwanditsiUbu buhamya bukubiyemo ibintu bibiri Imana yakoreye uyu muntu wivuga aha, harimo kumuha agakiza ariko kandi hari n’icyo kumurokorera abana impanuka ikomeye.
Mbere y’uko ngaruka kubijyanye n’uburyo Imana yampaye agakiza, ubuzima bwose bugahinduka, munyemerera mbanze ngaruka ku gitangaza Imana iheruka kunkorera kikankora ku mutima mu burryo budasanzwe.
Imana Yankirije abana Aline na Rudy urupfu igihe kimwe. Hari muma saa moya z’umugoroba nuko abana banjye mbohereza gusenga bari kumwe na nyina (...) -
No mu buryo bw’Umwuka wategura ejo hawe!
23 September 2015, by Innocent KubwimanaKwizera niko kwatumye Nowa atinya Imana amaze kuburirwa nayo iby’ibitaraboneka, akabaza inkuge yo gukiza abo munzu ye, ariyo yacishije iteka ry’abari mu isi, aragwa gukiranuka kuzanwa no kwizera Abaheburayo 11:7
Nowa ntabwo yari azi neza niba koko hazabaho kurimbuka kw’isi, cyakora kuko yumvise Imana ivuga ibyo kurimbuza isi umwuzure, yemeye kuyumvira, Imana imuhereza ikerekezo hamwe nuko azabyitwaramo Nowa arabyemera.
Mugihe umwuzure wari utaraza, Nowa yagiriye Imana ikizere yemera (...) -
Witinya, gira kwizera, kera amagambo yawe yarumviswe!
2 February 2016, by Innocent KubwimanaAherako arambwira ati ‘’Witinya Daniyeli, kuko uhereye kumunsi watangiriyeho gushishikarira gusobanukirwa no kwicisha bugufi imbere y’Imana yawe, amagambo yawe yarumviswe kandi niyo anzanye. Ariko umutware w’ibwami bw’u Buperesi amara iminsi makumyabiri n’umwe ambuza , nyuma Mikayeli, umwe wo mu batware bakomeye aza kuntabara, ntinda mu bami b’u Buperesi (Daniyeli 10:12-13)
Mu bisanzwe aya magambo ashimangira ukuntu Imana iha agaciro ibyo tuyikorera kandi bikayikora ku mutima iyo umuntu (...) -
KUBA UMUKRISTO MUZIMA UTARIHO IKIZINGA. Pasitori NDAYIZEYE ISAIE
25 September 2015, by Pastor Desire Habyarimana2 Petero 1 : 1-11 Simoni Petero imbata ya Yesu Kristo n’intumwa ye, ndabandikiye mwebwe abagabanye kwizera kw’igiciro cyinshi guhwanye n’ukwacu muguheshejwe no gukiranuka kwa Yesu Kristo ariwe Mana yacu n’Umukiza. 2 Ubuntu n’amahoro bigwire muri mwe mubiheshwa no kumenya Imana na Yesu Umwami wacu 3 kuko imbaraga z’Ubumana bwayo zatugabiye ibintu byose bizana ubugingo no kubaha Imana tubuheshejwe no kumenya neza uwaduhamagarishije ubwiza bwe n’ingeso ze nziza. Ibyo nibyo byatumye aduha ibyo (...)
-
Umuntu ahinduka umukirisitu ate ?
3 March 2016, by Emmanuel KANAMUGIRE« Kuki ndi aha ? Ndi muntu ki ? Bizagenda bite igihe nzaba maze gupfa ? »
Ibibazo nk’ibi byagiye bikora ku mitima y ‘abantu benshi uko ibihe bigenda bisimburana.Dushobora kubona ibisubizo by’ibibazo nk’ibi niba tubasha gusobanukirwa umugambi w’agakiza k’Imana. Ushobora kuba warigeze kumva bavuga iby’ubutumwa bwiza ntiwasobanukirwa.Ariko se ubundi ubutumwa bwiza ni iki ?Biroroshye :ni uko Yesu yitanzeho igitambo ku bwacu, tubabarirwa ibyaha byacu, duhabwa ubugingo buhoraho na we.
Yesu Umwana (...) -
Icyubahisha Imana n’uko ikinga ibintu, ariko abami bo, bubahishwa no kubigenzura
31 January 2016, by Kiyange Adda-DarleneImigani 24: 2 “Icyubahisha Imana n’uko ikinga ibintu, ariko abami bo, bubahishwa no kubigenzura.”
Imana yacu niyo kwubahwa, twarabyigishijwe ariko nayo ubwayo irabyigaragariza mu gukinga ibintu . Aho itandukanira n’abami, bo bubahishwa no kugenzura ibyo yakinze. Abajya mu kirere gukorerayo ubushakashatsi, barubahwa bati barakomeye bagiye ku kwezi, ibitabo bikandikwa, ariko urwo rugendo ruba rutewe nuko hariho ibyo Imana yakinze umuntu ntabisobanukirwe neza, bikaba ngombwa ko habaho ingendo (...) -
Rose Muhando yamennye ibanga ry’icyatumye yakira Kristo akamukomeza!
18 September 2013, by Simeon NgezahayoWari uzi ko umuhanzi w’icyamamare w’indirimbo zo guhimbaza Imana mu hihugu cya Tanzania, Rose Muhando, yavukiye mu muryango w’Abisilamu, akaza kwakira Kristo nyuma y’aho Imana imukirije indwara ikomeye yari amaranye imyaka 3? Amena iryo banga rikomeye mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru The Kenyan Daily Post, Muhando yagize ati:
Abantu batekereza ko mfite ubuzima bwiza, butangora. Baribeshya cyane! Mu buzima bwanjye nahuye n’imibabaro kuva mvutse, ariko bidatinze biza guhinduka. Nafashwe (...)
0 | ... | 890 | 900 | 910 | 920 | 930 | 940 | 950 | 960 | 970 | ... | 1850