Nkuko mwari mwabimenyeshejwe ko kuri iki cyumweru hari bube igiterane mu nzu mberabyombi y’ umurenge wa Musanze. Iki giterane cyateguwe n’ umuhanzi Frere Manu kubufatanye na website agakiza.org. Ubu icyo giterane cyatangiye, salle yuzuye abitabiriye.
Twabamenyesha ko mbere y’ uko igitaramo kiba habanje inyigisho zabereye mu itorero ry’ ADEPR Muhoza aho hakijijwe abantu benshi cyane abandi bakaba basubijwemo imbaraga.
Ubu abahanzi bose bamaze kuhagera igitaramo kikaba gitangiye turakomeza (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Mu giterane kiri kubera I Musanze abagera ku 117 bakijijwe!
2 June 2013, by Ubwanditsi -
Umutima ku wundi! - Kenneth et Gloria Copeland
12 July 2016, by Isabelle GahongayireMbese ntibitangaje kumva ko umuntu yagira ibitekerezo, amarangamutima, n’intego bisa n’iby’Imana ? Ntibitangaje kumva ko Umuremyi w’isi n’ijuru yifuza ko duhuza umutima tukagira ibitekerezo nk’ibye?
“Mbese ni nde wigeze kumenya icyo Uwiteka atekereza ngo amwigishe? Nyamara twebwe dufite gutekereza kwa Kristo”1Abakorinto 2 : 16.
Icyo cyanditswe kiratubwira ko iyo dusanze Umwami Yesu, tugira ibitekerezo nk’ibye. Araza akatwiyegereza kugira ngo imitima yacu isabane n’umutima we. Imana irifuza ko (...) -
ADEPR: Abarangije mu ishuri rya Bibiliya (IBKI) bagera kuri 24 bahawe impamyabushubozi
6 November 2015, by Pastor Desire HabyarimanaIshuri ry’itorero rya Pentekoti ryo mu Rwanda (ADEPR) ryigisha ibya Bibiliya IBKI (Institut Biblique de Kigali) ryatanze impamyabushobozi zo ku rwego rwa A2, abarangije bagera kuri 24.
Iki gikorwa cyabaye kuri uyu wa gatanu tariki ya 06/11/2015 cyabereye aho iri shuri risanzwe rikorera mu Kiyovu, mu karere ka Nyarugenge ari naho umudugudu wa ADEPR-Kiyovu wubatse.
Uyu muhango kandi wanitabiriwe n’umushumba wa ADEPR-Ururembo rw’Umujyi wa Kigali Rev,Past Emmanuel Rurangirwa kimwe n’abandi (...) -
Imana irandakariye n’Ibindi twibwira- Igice cya 1
17 July 2016, by Pastor Desire HabyarimanaUmunsi umwe nashyize ku rubuga rwa Facebook ngo “Imana ntabwo ikurakariye”, mbona ibisubizo birenze ibyo natekerezaga. Mu masaha make gusa, abantu ibihumbi n’ibihumbi barashubije, bahangayikishijwe no kwemezwa neza ko ari ukuri koko.
Mu migendanire yanjye bwite n’Imana, no mugufasha abandi, byatumye nizera ko umubare munini w’abantu bamwe bakeka ko Imana ibarakariye cyangwa bamwe bakanabyizera n’umutima wabo wose.
Ese iyi myizerere ituruka he? Wenda k’umubyeyi wari ugoye kunezeza, umubabaro wo (...) -
Umuhanzi Sindikubwabo Wellars (Mbereka) aritegura kumurika Alubumu ya 2 y’ indirimbo z’amashusho
15 October 2015, by Innocent KubwimanaUmuhanzi Sindikubwabo Wellas bakunze kwita Mbereka arimbanije imyiteguro yo kumurika Alubumu ye ya 2 y’indirimbo z’amashusho, yise Ni ukubera Imana.
Iki giterane kizaba kuri iki cyumweru tariki 18/10/2015, kikazabera kuri ADEPR-Kagarama, guhera sa sita z’amanywa kugeza sa kumi n’ebyiri.
Amakorari yatumiwe azafasha uyu muhanzi muri iki giterane akaba ari Korari Filadelifiya, Korari Itabaza ndetse na Korari Umunezero isanzwe ikorera umurimo w’Imana muri Paruwasi ya ADEPR-Nyanza (Kicukiro), ku (...) -
Dore ubwoko 5 bw’imibanire buri mukristu akeneye.
12 April 2016, by NicodemImana yaremye umuntu ari we Adamu ,iravuga iti:si byiza ko uyu muntu aba wenyine.Ibi ntibivuga ko buri wese agomba gushakana n’umugore cyangwa n’umugabo ,ahubwo bivuga ko Imana yaturemeye kugirana imibanire hagati yacu. Bamwe muri twe nanjye ndimo bumva ko bakwiye kuba bonyine bakwiye kumva iri jambo,bitewe n’uko Imana yaturemye ,buri wese akenera undi.
Dore ubwoko 5 bw’imibanire buri mukristu akeneye.
1. Imana: Ndabizi ko Imana twese twayakiriye ariko benshi tuzi Imana mu mutwe bitari ibyo (...) -
Nshimyumuremyi Justin yateguye igitaramo cyo gushima Imana kuri icyi cyumweru
27 November 2012, by Patrick KanyamibwaNubwo ibitaramo byo gushima Imana bidakunda kugaragara mu itorerro rya EAR, umuhanzi Nshimyumuremyi Justin we kuriyi nshuro yateguye igitaramo cyo gushima Imana kizaba kuri icyi cyumweru tariki ya 27/11/2012 kuva saa munami z’amanwa kuri EAR Remera ku giporoso.
Ijambo ry’Imana ryanidtse mu gitabo cya Bibiliya muri Zaburi 123 : 3 rivuga ngo « Uwiteka yadukoreye ibikomeye natwe turishimye » niryo uyu muhanzi yagendeyeho ategura icyi gitaramo. Reka tubibutseko Justin afite alubumu y’indirimbo (...) -
Ugushikamishijeho umutima, uzamurinda abe amahoro masa, kuko akwiringiye : Yesaya 26:3
28 July 2012, by UbwanditsiEse ufite intego imwe rukumbi mu bugingo igufata igihe cyawe cyose, ikintu cyahindutse imbaraga z’ibanze ziguhatira kandi zigukundisha ibyo ukora buri munsi? Cyangwa se umeze nk’uri mu bwato uwo intego ye isa n’ihindagurika nk’imiyaga ahura na yo yose mu ruzi ruba rwihindurije uko agenda ateraganwa igihe agerageza kuyobora ubwato ahunga imiraba,
ibiti n’amabuye. Ubugingo bushobora kuba butyo. Iyo tutitonze, intego n’imigambi byacu bigengwa n’imbaraga z’ibirushya bya buri munsi muri ubu bugingo. (...) -
Perezida Kagame yunamiye Umumisiyoneri w’Umugande waguye mu Rwanda
25 June 2012, by UbwanditsiPerezida wa Repubulika Paul Kagame yibutse mu cyubahiro umubyeyi wa Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Uganda wapfiriye mu Rwanda mu Karere ka Kayonza Umurenge wa Gahini mu mwaka w’1952 ubwo yari mu butumwa bw’ubumisiyoneri.
Uyu mu Minisitiri Sam Kutesa, yabuze umubyeyi we Kosiya Kyamuhangire mu 1952, apfiriye mu Rwanda, ibyo bikaba byaratumye mu rwego rwo kumwibuka uyu mwaka na Perezida w’Igihugu cy’u Rwanda yitabira uyu muhango.
Uyu Kyamuhangire ni umwe mu bamisiyoneri bazwi ku izina rya (...) -
Kuko Yesu abishaka kandi abishoboye nawe agiye kukurengera
16 March 2016, by Ernest Rutagungira“Ariko niba ubishobora,tugirire imbabazi udutabare” Yesu aramubwira ati uvuze ngo niba mbishobora? Byose bishobokera uwizeye”. Uwo mwanya se w’umwana avuga cyane ati ndizeye “Ndizeye ,nkiza kutizera”. Yesu abonye iryo teraniro ry’abantu rimushikiye biruka acyaha dayimoni ati yewe dayimoni utavuga kandi utumva,ndagutegetse muveho, ntukamugarukeho ukundi”.(Mariko 9:23).
Nk’uko tubisoma muri Matayo 1:21, Luka 1:27, Yesaya 7:14, Yesu afite ubutware mu isi no mu ijuru bwo gukiza abantu ibyaha byabo, (...)
0 | ... | 890 | 900 | 910 | 920 | 930 | 940 | 950 | 960 | 970 | ... | 1850