NI BYIZA
"…Nawe ati : Ariko ni byiza ko ngenda. » " 2 Abami 4.23 : Iki ni igisubizo umugore yashubije umugabo we amaze gupfusha umwana asize amuryamishije ku buriri. Yasohotse gushaka indogobe ngo ajye kureba Elisa, umugabo amubaza impamvu amusubiza ko ari byiza ko ajya kumureba. Ntiyigeze abwira umugabo ibyabaye, ahubwo ati ni byiza ko ngenda.
Umugore uvugwa muri iyi nkuru yari ingumba, ariko kubw’ijambo ry’ubuhanuzi ry’umuhanuzi Elisa, yabashije kubyara umuhungu. Ikibabaje, nyuma y’igihe (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Ariko ni byiza ko ngenda. Ev. Kiyange Adda Darlene
1 December 2015, by Kiyange Adda-Darlene -
Mbese wavutse ubwa kabiri koko cyangwa warabatijwe gusa?
12 February 2016, by Pastor Desire HabyarimanaMBESE WAVUTSE UBWA KABIRI KOKO CYANGWA WARABATIJWE GUSA?
Abantu benshi bitiranya umubatizo no kuvuka ubwa 2 ariko sibyo kuko nta muhango n’umwe mu isi wahesha umuntu kuvuka ubwa 2. (kubatizwa, gukomezwa, etc…) Ikindi bamwe bibwira ko umubatizo ukuraho ibyaha (harimo n’icy’inkomoko) ariko Petero yabwiye itorero ko ari isezerano ku mana ry’umutima uticira urubanza (umutima wababariwe utiyiziho icyaha) 1Petero3:21. Bityo nk’uko Yesu yabatijwe nta cyaha iyo bigenze neza habatizwa umuntu wamaze (...) -
USA: Umuhanzikazi w’icyamamare mu njyana ya R&B/Pop Brandy mu myiteguro yo gushyira ahagaragara album y’indirimbo zihimbaza Imana (Gospel)
1 November 2013, by Simeon NgezahayoUmuhanzikazi w’icyamamare mu njyana ya R&B na Pop ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Brandy aritegura gushyira ahagaragara album ye y’indirimbo zihimbaza Imana. amakuru dukesha Uliza Links aravuga ko uyu muhanzikazi yagize igitekerezo cyo gukora indirimbo zihimbaza Imana nyuma y’aho aboneye ko byaba byiza akoresheje inganzo ye mu gufasha abakunda indirimbo zivuga iby’ukuri (truthful music).
Mu kiganiro yagiranye na kimwe mu bitangazamakuru byo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Brandy (...) -
Bibiliya ngo yaba igiye kugezwa mu mashuri: imwe mu ngamba z’ubuyobozi bushya bw’umuryango wa Bibiliya mu Rwanda
15 March 2016, by Simeon NgezahayoKuri uyu wa 14 Werurwe 2016, inteko rusange idasanzwe y’Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda yatoye umuvugizi mukuru mushya ndetse n’umwungirije. Abo ni Mgr Antoine Kambanda uyobora diyoseze Gatulika ya Kibungo watorewe kuyobora mu gihe cy’imyaka itatu (3), asimbuye Mgr Augustin Mvunabandi ku mwanya w’umuvugizi mukuru, akaba yungirijwe na Mgr Samuel Kayinamura, uyobora Itorero Methodiste Libre mu Rwanda. Aba bakandida babanje gutorwa n’inama y’abavugizi b’amatorero agize uyu muryango. (...)
-
Pasteur Desire yageze aho igiterane mpuzamahanga kiri bubere Salem mu gihugu cy’Ubuhinde
11 July 2013, by Simeon NgezahayoNk’uko mwagiye mubimenyeshwa mu bitangazamakuru bitandukanye, Pasteur Desire Habyarimana yatumiwe mu giterane mpuzamahanga kigiye kubera mu buhinde mu mujyi wa Salemu akigera muri iki gihugu yadutangarije ko ashimishijwe no kugera mu buhinde aho ategereje ko iki giterane kizavamo umusaruro w’abakizwa n’ abandi benshi bagahembuka mu bugingo.
Akigera ku kibuga cy’ Indege cya Bangarole yakiriwe n’ urubyiruko rw’abana babanyarwanda biga muri iki gihugu yatumenyesheje ko yatunguwe no kubona abana (...) -
Ntitukiri imbata z’icyaha ahubwo turi iza Kristo
9 October 2015, by Innocent KubwimanaUbundi iyo umuntu ari imbata y’ikintu nicyo kiba kimutegeka, urugero umuntu ashobora kuba imbata y’ibiyobyabwenge, aho hakaba ariho umutima we wibera, nubwo yashaka kubireka kuko biba byaramubase ntabwo bimworohera ahubwo agengwa nabyo.
‘’Babasezeranya umudendezo nyamara ubwabo ari imbata z’ibiboze, kuko icyanesheje umuntu kiba kimuhinduye imbata yacyo.’’ 2Petero 2:16
Yesu rero yabonye ko ubwo bubata bumereye nabi umwana w’umuntu nicyo cyamuteye kuza mu isi kugira ngo adukure mu bubata bw’icyaha (...) -
Imana yaduhamagariye kwera
21 August 2015, by Innocent Kubwimana‘’Umuntu wese umbwira ati ‘Mwami, Mwami’, si we uzinjira mu bwami bwo mu ijuru, keretse ukora ibyo Data wo mu ijuru ashaka.’’ Matayo 7:21
‘’Imana ntiyaduhamagariye kwanduzwa, ahubwo yaduhamagariye kwezwa.’’ 1 Abatesalonike 4:7
‘’Ahubwo nk’uko uwabahamagaye ari uwera, abe ari ko namwe muba abera mu ngeso zanyu zose.’’ 1 Petero 1:15
Icyo Imana itegerezaho abantu bayo kandi ibifuzaho igihe cyose ni ugusa nayo, kandi kuko yera natwe yifuza ko tuba abera.
Abera bo mu isi nibo mfura Imana yishimira. (...) -
Ntacyo twasimbuza amasengesho!
9 May 2016, by Isabelle GahongayireNta kintu kibasha guhangara amasengesho. Arakora aho ibintu byose byananiwe. Igitangaje, nuko dushaka izindi nzira kugira tubashe kugera ku bintu twakagejejweho n’amasengesho gusa. Imana yaduhaye iyo ntwaro iyishira mu maboko yacu, ni ahacu ho kuyikoresha. Ni dutekereze uburyo byayibabaza mu gihe ibonye tuyishize ku ruhande tukishakira izindi nzira, kandi turi mu murimo wayo udusaba kwizera.
Mu kinjana cya 20, abantu bagiye bigiza kure amasengesho yo kwinginga bayasimbuza uburyo bwabo mu (...) -
Abarenga 150 bakiriye agakiza ubwo Jehovahjireh Choir yari Kamabuye (Ku Munazi) iBugesera.
6 March 2013, by VitalNi kuruyu wa 03/03/2013 ubwo Jehovahjireh choir CEP- ULK Evening isanzwe ikorera umurimo w ’Imana muri Kaminuza yigenga ya Kigali ULK, yari yerekeje mu karere ka Bugesera aho bita Kamabuye- ku Munazi, abantu benshi kandi b’ingeri zitandukanye rero bakaba bari baje ari benshi kandi ubona banyotewe n’ubutumwa bwiza bwa Yesu kristo.
Prezida wa Jehovahjireh choir ati rero turashimira Imana ko yadushoboje kugerayo amahoro kandi tugatahukana umusaruro w’abihannye benshi nkuko intego yacu iri, (...) -
Inyama zitunganyirizwa mu nganda zaba zitera kanseri?
10 June 2012Kurya inyama zitunganyirizwa mu nganda zizwi ku izina (processed meat) zingana n’amagarama 50 byongera ibyago byo kwandura impyiko.
Abashakashatsi ku ndwara ya kanseri (cancer) bavuga ko izi nyama zongera ibi byago byo kwandura iyi ndwara ku kigereranyo cya 19%. BBC dukesha iyi nkuru ivuga ko mu kurwanya iki kibazo, umuntu agomba kwirinda kurya amagarama arenze 70 y’izi nyama.
Prof Susanna Larsson, wayoboye abanyeshuri mu gukora ubu bushakashatsi mu ishuri rikuru Karolinska muri Suwede (...)
0 | ... | 850 | 860 | 870 | 880 | 890 | 900 | 910 | 920 | 930 | ... | 1850