Umugabo witwa Albert Musinguzi ari mu maboko ya polisi ya Uganda azira kwiba bibiriya 50 mu rusengero ruri ahitwa Nakulabye hafi y’umurwa mukuru Kampala.
Uyu mugabo ngo yakunze kwitabira amasengesho yo muri uru rusengero kenshi yaba aya kumanywa na nijoro ariko agambiriye kwiba nk’uko bitangazwa n’umwe mu bayobozi ba station ya polisi ya Nakulabye.
Musinguzi akaba yarafashwe kuri uyu wa Kane ubwo yasanganwaga bibiriya 50 yari yakuye muri uru rusengero.
Uyu akaba yaremeye ko yibaga izi (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Uganda : Umugabo akurikiranyweho kwiba bibiriya 50 muri rumwe mu nsengero z’I Kampala
26 August 2013, by Ubwanditsi -
Inzira z’Imana ziratangaje!
24 May 2013, by Simeon NgezahayoNtarakira Kristo nari narazimiye, kandi nari umutwaro ku babyeyi banjye. Yesu yankozeho ahindura ubuzima bwanjye, akoresheje Pasiteri witwa Mark Buntain. Yagerageje kunganiriza ku nkuru za Yesu kenshi, ariko ngenda munanira. Sinavuga ko ndi mwiza ariko Yesu amfatisha ukuboko kwe. Uko ngenda ndushaho kumumenya, ni ko ngenda nkura mu mwuka no mu kwizera. Iki ni kimwe mu byo nanyuzemo hamwe na Kristo.
Ni ubwa mbere nari ngiye New York (hashize nk’imyaka 30), kandi nari nkiri umwana mu gakiza. (...) -
Inkuru nziza kuri wowe, Rulea Sanga
2 April 2013, by Simeon NgezahayoIzina rya Yesu:
Ni umunezero wanjye
Ni ubuzima bwanjye
Ni izina ryiza ku bantu bose
Rinezeza uryumva
Kurivuga bizana amahoro
Uryizeye rimukorera ibitangaza
Ni izina ryanzwe n’abantu, ariko twebwe riduha icyubahiro
Izina rya Yesu rikiza abarwayi
Izina rya Yesu ni igizubizo ku bakene
Izina rya Yesu ni ibyiringiro bishya ku ntabwa
Izina rya Yesu ryanzwe n’abahanga
Izina rya Yesu ku baririmbyi
Izina rya Yesu ku mfubyi
Izina rya Yesu ni ubuzima bwacu
Izina rya Yesu ni iry’igiciro (...) -
Igitaramo cyo kuramya no guhimbaza Imana kuri ADEPR Shell
26 November 2013, by UbwanditsiKuramya no guhimbaza bimaze gufata indi ntera munsengero za ADEPR hano mu Rwanda, aho amatsinda yo kuramya no guhimbaza muri Paruwasi ya ADEPR Shell kuri iki cyumweru zizaba ziri mugikorwa cyo guhimbaza Imana.
Aganira n’itangazamakuru, umuyobozi uhagarariye amatsinda yo kuramya no guhimbaza muri ADEPR Shell, INGABIRE Joselyne , yatangaje ko iki gikorwa cyo gusabana n’Imana, giteganijwe kuri iki cyumweru tariki ya 01/12/2013 guhera saa munani kugeza saa moya kuri ADEPR SHELL.
Umwigisha muri (...) -
WASHINGTON: Icyumweru cyahariwe kwibuka Martin Luther King, Jr.
27 August 2013, by Simeon NgezahayoMuri Kanama 1963, abantu bagera kuri 250,000 baturutse mu mihanda yose y’Amerika bishyize hamwe i Washington, bakora urugendo rwo kwamagana ivanguramoko ryakorerwaga abirabura bo muri Amerika, bayobowe na Dr martin Luther King, Jr. wanashinze amatorero y’Abaporotesitanti (Protestants).
Uru rugendo rwagizwemo uruhare n’abantu nka Eleanor Holmes Norton, ubu akaba ari umwe mu bagize congré (congress) y’Amerika, mu w’19863 akaba yarakoraga muri New York City ahamagarira abantu kwitabira urwo (...) -
Imana ikubumbe uko ishaka Pastor Claude
29 February 2016, by Pastor Desire HabyarimanaYeremiya 18:1-6 ...3.Nuko ndamanuka njya mu nzu y’umubumbyi, ndebye mbona arakorera umurimo we ku ruziga. 4.Nuko ikibindi yabumbaga mu ibumba gihombera mu ntoki z’umubumbyi, maze aribumbisha ikindi kibindi kimeze uko ashaka. 5.Maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho riti 6. “Yemwe ab’inzu ya Isirayeli mwe, mbese sinabasha kubagenza nk’uyu mubumbyi? Ni ko Uwiteka abaza. Dore uko ibumba rimeze mu ntoki z’umubumbyi, ni ko namwe mumeze mu ntoki zanjye, mwa ab’inzu ya Isirayeli mwe.
Luka 22:31-32 Kandi (...) -
kwizera n’amaboko yakira. Creflo Dollar
9 December 2013, by Isabelle GahongayireIbyo Imana yasezeranye byose ni ukuri. Uruhare rwacu ni kubyizera hanyuma bigasohora mu buzima bwacu. Iyo umuntu afite kwizera n’imvugo ye ibamo kwizera, ntabwo agendeshwa n’ibyo atekereza cyangwa areba, cyangwa amarangamutima. Ubuzima bwo kwizera bugendera ijana ku ijana mu ijambo ry’Imana.
Ibintu bitatu biranga kwizera: kwemera, kwiringira, gushyira amanga “ Ni cyo gitumye mbabwira nti: Ibyo musaba byose mubishyizeho umutima mwizere yuko mubihawe, kandi muzabibona.” (Mariko 11 : 24)
• (...) -
Wari uzi ko Yesu yaje kubohora imbohe?
8 April 2016, by Alice Rugerindinda“Umwuka w’Uwiteka ari muri jye, nicyo cyatumye ansigira, kugira ngo mbwirize abakene ubutumwa bwiza. Yantumwe kumenyesha imbohe ko zibohorwa, n’impumyi ko zihumuka, no kubohora ibisenzegeri. No kumenyesha abantu, iby’umwaka Umwami Umwami agiriyemo imbabazi” Luka 4:18-19
Aya magambo yavuzwe na Yesu ubwe . Byari byarahanuwe n’umuhanuzi Yesaya mbere yuko Yesu aza mu isi, ariko Yesu arangije ati : “Uyu munsi ibyo byanditswe bisohoye mu matwi yanyu”. Luka 4:21.
“Yantumye kumenyesha imbohe ko (...) -
Ingo nyinshi ziri gusenyuka kubera ikibazo cyo gucana inyuma. Ni gute wamenya ko uwo mwashakanye aguca inyuma?
15 April 2014, by UbwanditsiMuri ino minsi, ikibazo cyo gucana inyuma (cheating) kirahangayikishije: haba mu bihugu byateye imbere cyangwa se mu bihugu bikiri mu nzira y’amajyambere. Iki kibazo ngo kiri mu bibazo by’ingutu byugarije isi kandi birahangayikishije. Aha rero ngo si abagabo bagira uruhare mu guca inyuma abagore babo gusa kuko ngo n’abagore basigaye baca inyuma abagabo babo, ahanini ari cyo kinaba intandaro y’ubutane (divorce) hagati y’abashakanye kuko ngo usanga muri iki gihe umubare w’abagore baca (...)
-
Ibanga ryo gushyirwa hejuru n’Imana - Ray Hollenbach
9 October 2013, by Simeon NgezahayoMbese ububi bw’umwana w’umuntu bugira umupaka? Tekereza nk’umuntu w’umupfumu, ubwira abantu ibizaba…! Tekereza iyo arimo gutamba igitambo cy’umuntu, atwika abana be ngo babe igitambo cyoswa. Uwamuha ububasha n’ubutware mu gihugu hose, kugira ngo adakora ibyo gusa ahubwo atoze n’abandi kubikora. Noneho niba ufite umwanya mu bitekerezo byawe, tekereza uyu muntu aramutse ahuye n’urukundo rw’Imana.
Ni iki gikora ku mutima w’Imana? Mu gitabo cy’ibyo ku ngoma dusangamo inkuru z’umuyobozi wari mubi, ariko (...)
0 | ... | 820 | 830 | 840 | 850 | 860 | 870 | 880 | 890 | 900 | ... | 1850