Igitaramo cyo kuramya no guhimbaza cya Patient Bizimana yise “Poetic Evening of Praise and worship” cyabaye kuri icyi cyumweru, ni kimwe mu bitaramo bya gospel byiza bikozwe muri uyu mwaka, dore ko cyitabiriwe cyane kandi abenshi mubacyitabiriye twaganiriye bakaba badutangarije ko bishimiye iko byagenze.
Nyuma yaho dukurikiye iki gitaramo, twabashakiye ibintu icumi byagaragaye muri kino gitaramo bidakunze kugaragara mu bitaramo, ibyo abenshi bita « Udushya », muri byo harimo ibyiza byo gushima (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Ibintu icumi bidasanzwe byagaragaye mu gitaramo cya Patient Bizimana
4 October 2012, by Patrick Kanyamibwa -
Umuryango ’Teen Mania Ministries Int’l’ ufite umuhigo wo kubwiriza urubyiruko rugera kuri miliyari 1.5, umaze kohereza urunyiruko rw’amamisiyoneri rusaga 70 ku isi
7 February 2014, by Simeon NgezahayoTeen Mania Ministries, umwe mu miryango ya Gikristo minini muri Amerika ufite umugambi wo kwagura umurimo mu rubyiruko rwo mu majyaruguru y’Amerika, no kongera imbaraga mu ivugabutumwa mu rubyiruko ku rwego mpuzamahanga. Ubu ngo bafite ibyiringiro byo kubwiriza urugera kuri miliyari 1.5 Uyu muryango wahoze witwa Christian Youth Group in US wahisemo kwitwa "Teen Mania International", mu rwego rwo kwagura imbaraga. Teen Mania kandi irateganya kwimura icyicaro cyawo kikava muri Garden City, (...)
-
Kuri icyi cyumweru Korale “Abaturajuru” yo mu badivantisite iramuri alubumu yayo
14 July 2012, by Patrick KanyamibwaNkuko twabitangarijwe numuyobozi wa Korale “Abaturajuru”, Uwimana Felecien ngo byuna y’igihe batunganya indirimbo zabo z’amajwi n’amashusho y’alubumu yabo ya kabiri, kuri icyi cyumweru tariki ya 15/07/2012 nibwo barazimurika ku rusengero rw’abadivantisite w’umunsi wa karindwi I Nyamairambo, akaba ari naho basanzwe basengera.
Uwimana yadutangarije ko iyi alubumu igizwe n’indirimbo icumi, zose abaka ari bo baziririmbniye bakanazihimba, ikaba izitwa “Araguhamagara”, yakozwe na Studio ya Dearm Record (...) -
CEP ULK yageneye inkunga ingana n’ibihumbi 500.000FRW abamugariye ku rugamba rwo kwibohora
3 September 2013, by UbwanditsiNkuko Umuryango w’abanyeshuri b’abapantekote b’itorero ADEPR biga muri Kaminuza yigenga ya Kigali ariwo CEP ULK ubifite mu nshingano zawo kuvuga ubutumwa bwiza hifashishijwe uburyo bwose butandukanye, ni murirwo rwego wakoze igikorwa cyo gusura abamugariye ku rugamba rwo kwibohora bibumbiye muri Koperative Impuhwe ibarizwa mu murenge wa Nyarugunga, akagari ka Kamashashi mu gikora cyabaye kuruyu wa 31.08.2013 .
Uyu muryango rero ukaba warufite intego igira iti: Kugira neza no kugira Ubuntu (...) -
Waba uzi inkomoko yawe?
5 April 2016, by Pastor Desire Habyarimana“Umuntu wa mbere yaturutse mu butaka ari uw’ubutaka, naho umuntu wa kabiri yaturutse mu ijuru. Nk’uko uw’ubutaka ari ni ko n’ab’ubutaka bandi bari, kandi nk’uko uw’ijuru ari ni ko n’ab’ijuru bandi bari” (1 Abakorinto 15:47-48). Mu murongo wo hejuru, ibyanditswe biravuga ku bwoko bubiri bw’abantu:
uw’ubutaka n’uw’ijuru. Umuntu w’ubutaka yaremwe mu ishusho ya Adamu wa mbere, ari we ikiremwamuntu gikomokaho. Ku rundi ruhande, umuntu w’ijuru, yaremwe mu ishusho ya Adamu wa kabiri – ari we Umwami Yesu (...) -
Mbese koko ndi umugore w’imico myiza? – (Igice cya 6)
2 July 2013, by Simeon Ngezahayo« Yitegereza umurima akawugura, awutezamo urutoki mu by’inyungu ivuye mu maboko ye. Akenyerana imbaraga, agakomeza amaboko ye » Imigani 31 : 16-17.
Nkiri umukobwa, numvaga nshaka kurongorwa, nkabyara abana, ndetse nkubaka inzu!
Ariko siniyumvishaga akazi kari nkantegereje! Abana banjye uko ari 4 ntibanyemereraga gukora akandi kazi, ni ukuvuga ko nta mushahara wageraga mu rugo rwacu. Ubwo n’icyizere cyo kubaka ya nzu cyahise kiyoyoka…
Nyamara jyewe n’umugabo wanjye twageze igihe tubona ikibanza (...) -
Ingingo 11 zigaragaza ko umuhamagaro wawe uva ku Mana. Rev Rurangirwa Emmanuel
29 July 2015, by Pastor Desire HabyarimanaIbintu 11 birera, bikubaka, bikanakomeza umuhamagaro wo gukorera Imana mu mukozi wayo yos.1-5-9.
1.Kwiyumvira wowe ubwawe no kumenya neza udashidikanya ko Imana ariyo yaguhamagaye, ukaba ufite ibihamya bifatika . Byaba ibyo watangamo ubuhamya ku mugaragaro (témoignage public), n’ibyo uziranyeho n’Imana mu ibanga.Automatic word wrap Mose, Kuva 3:1-12, Gidiyoni, Abac.6:11-24, Dawidi 16:1-13
2.Guhora wumvira Imana mu byo igutegeka kuyikorera byose kabone nubwo byaba bidasobanutse ku bantu bamwe (...) -
Abanyuze mu muryango GBU KIST KHI bazahuzwa no gushima Imana
23 January 2014, by Simeon NgezahayoNk’uko bijya bigenda buri mwaka, abanyeshuri barangirije amashuri yabo mu mashuri makuru KIST na KHI ubu asigaye abarizwa muri Kaminuza y’u Rwanda babarizwaga mu muryango utabogamiye ku idini GROUPE BIBLIQUE UNIVERSITAIRE - GBU, bafata umwanya bagateranira hamwe bajyanywe no gushima Imana no gusura bagenzi babo bahujwe n’uwo muryango, banibukiranya amateka y’uwo muryango kuva ushinzwe.
Muri uyu mwaka wa 2014, abarangirije muri ibyo bigo bakoreye umurimo w’Imana mu muryango GBU bazwi nka Amis de (...) -
Korali Elayono iramurika Alubumu yabo y’amajwi ku mugaragaro
30 June 2012, by Patrick KanyamibwaKuri iki cyumweru taliki ya 01 Nyakanga 2012,korali Elayono yo mu mudugudu wa ADEPR Kimicanga,Paruwasi ya Kimihurura izamurika alubumu yabo ya mbere y’amajwi izaba yitwa “Imana irinda ijambo ryayo”.
Iyi korali yatangiye mu mwaka wa 2000 ari iy’ababyeyi aho yari igizwe n’abaririmbyi 13 nk’uko twabitangarijwe na Placide,umuyobozi wa korali.Gusa ngo uko imyaka yagendaga ishira niko Imana yagendaga ibagurira imbago kuko abo babyeyi bari abanyamasengesho cyane,Imana ikababwira ko izagura uwo murimo. (...) -
N’ iki cyatuma Imana yishimira Umutima wawe? Edith Umugiraneza
12 September 2015, by Umugiraneza EdithYesu ashimwe Bane Data, ndabaramukije mw’izina rya Yesu. Maze iminsi nibaza ku Mwami Dawudi uwo yari iwe n’impamvu Imana yamukunda akaba inshuti Yayo ikishimira umutima we.
Umwami Dawudi. Mu gihe Samuel yajyaga kwa Yesayi nkuko yari yatumwe n’Uwiteka ngo yimike Dawudi. Uko bigaragara Dawudi yari yibereye mu ntama abandi bari mu minsi mikuru, ndetse banahabwa agaciro na se kurusha Dawudi.
Nibajije nti Dawudi wasanga yarimo aragira yiririmbira ahimbaza Imana atunganye mu mutima adatekereza (...)
0 | ... | 820 | 830 | 840 | 850 | 860 | 870 | 880 | 890 | 900 | ... | 1850