Nyuma y’aho abagize umuryango wa Pastor Feliciano bamutegerereje amasaha menshi bagaheba ishweshwe, mu gihe ngo bamuherukaga atanga ubutumire anasura amatorero ku wa gatanu washize, bakubiswe n’inkuba nyuma yo kumenya ko yafunzwe aregwa guha umupolisikazi amadorali 60 ngo amusambanye.
Pastor Carlos Feliciano w’imyaka 37, uyoboye itorero One Way Family Church riri mu mujyi wa St. Cloud, yatewe isoni no guhamwa no kuba atahamagaye umuryango we ngo awumenyeshe ko yafashwe na polisi. Amakuru (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Pastor yatawe muri yombi aregwa guha umupolisikazi $60 ngo amusambanye - LEONARDO BLAIR
6 September 2013, by Simeon Ngezahayo, Ubwanditsi -
Pastor yitabiriye umuhango wo gushyingura abo aregwa kwica, atanga n’ubutumwa bw’akababaro!
12 October 2013, by Simeon NgezahayoAmakuru dukesha NBC News aravuga ko umupasiteri wari usanzwe anafite iduka riguriza abantu amafaranga rigafatira ibyabo (bizwi ku izina rya Lambert) mu mujyi wa Burnside, Kentucky aregwa ko yarashe abantu 3 akabicira muri iryo duka rye. Igitangaje kandi kibabaje ngo ni uko uyu mupasiteri yitabiriye umuhango wo gushyingura aba bantu yarashe agahita abakura ku isi.
Si ibyo gusa, kuko ngo pasiteri yakomeje ashinyagurira imiryango yabuze abayo ngo arayihanganisha. Pastor Kenneth A. Keith (...) -
Umuhanzi Frere Manu kuri iki cyumweru arataramira abanya Kigali
29 August 2012, by UbwanditsiUyu ni FRERE Manu ni umuhanzi umucuranzi ndetse n’umuvugabutumwa amazina ye ni NKURUNZIZA Emmanuel akorera umuryangow’ itangazamakuru, niwe wahawe special promotion n’umuryango w’itangazamakuru witwa isange corporation nk’umunyamakuru wakozeneza mu mwaka wa 2011 atuye I Rubavu mu mujyi wa Gisenyi. Ubu amaze umwaka n’amezi 4 ategura amashusho y’indirimbo z’agakiza ziri mu giswahili NYIMBO ZA WOKOVU atubwira impavu yahisemo gukora izindirimbo yagize ati: ndi umuhanzi mfite indirimbo nyinshi (...)
-
Menya uwo uriwe n’ isi urimo Ev. Peter Gervais Bushayija
8 December 2015, by Pastor Desire HabyarimanaItang 19:5-15 Iyi ni inkuru ivuga ku kurimbuka kwa Sodomu na Gomora. Iki cyari igihe kibi cyane kubakiranutsi bari muri iyi mirwa. Byari ibihe bigoranye byo kugendana n’Imana kuri Loti. Iki gihe ndakigereranya n’Itorero ry’ubu rya Kristo kuko cyari igihe cyuzuyemo ubusambanyi, ibyaha bitandukanye ndetse byari bigeze aho abagabo barongorana (Ubutinganyi)
Bibiliya yatubwiye ngo icyo gihe muri Sodoma na Gomora bararyaga, baranywaga, bararongoraga,barahingaga,..Ndetse ntibari bagitinya Imana (...) -
Kicukiro: Concert ya Bobo Bonfils ku bufatanye na UMG yashojwe kuri iki Cyumweru, umuntu 1 yakira Kristo
30 September 2013, by Simeon NgezahayoKuri uyu wa 29 Nzeli, ku bufatanye n’itsinda URUGERO MEDIA GROUP rimaze kumenyekana hano mu Rwanda mu bijyanye n’itegurwa ry’ibitaramo, umuhanzi BOBO BONFILS yakoze concert ku itorero GROLY TO GOD TEMPLE riherereye Kicukiro-Centre.
Bobo Bonfils
Muri iyi concert yari iyobowe na MC TONTO LAMJANE, hatangiwemo ubutumwa bunyuranye haba mu ndirimbo ndetse no mu ijambo ry’Imana. Mu bahanzi bafatanije na Bobo gutaramira abakunzi be ni Dominic Nic, Serge (...) -
Concert ya Alexis Dusabe yari itegerejwe n’abantu benshi iratangiye
30 June 2013, by Simeon NgezahayoNk’uko mwagiye mubikurikirana mu bitangazamakuru bitandukanye, kuri iki cyumweru hari hateganyijwe konseri y’umuhanzi Alexis Dusabe. Ubu rero ni bwo igiye gutangira, mu gihe yari iteganijwe saa kumi n’imwe z’umugoroba. Ibi byatewe n’uko salle ya SERENA Hotel Alexis Dusabe yagombaga gukoreramo iyi concert yari irimo kuberamo ikiganiro cy’Imbuto Foundation kitabashije kurangira ku masaha yari ateganijwe. Ikigaragara ni uko n’ubwo abantu bamaze umwanya munini hanze bategereje umuhanzi bakunda ngo (...)
-
Nyabihu: Abadiyakoni 11 bahawe inshingano, abantu 4 bakira Yesu Kristo nk’Umwami n’Umukiza
15 July 2013, by Simeon NgezahayoKuri iki cyumweru ku mudugudu wa Karago, Paruwasi Karago mu Itorero ry’Akarere ka ADEPR Nyabihu habaye igikorwa cyo kongera abakozi mu murimo w’Imana. hasengewe abadiyakoni 11, barimo abagore 5 n’abagabo 6. Iki gikorwa cyari kiyobowe n’umushumba w’iyo Paruwasi Pasteur Emmanuel HAKIZUWERA.
Umubwirizabutumwa w’umunsi Muyenzi S. Charles uturuka mu itorero rya Rukiri ho mu karere ka Gasabo yabwirije abari bateraniye aho ijambo rifite umutwe uvuga ngo “Umumaro wo kumenya Yesu neza.” Mu bice byasomwe (...) -
Ku rusengero rwa Rwanda for Jesus hateguwe igiterane ngarukamwaka bise “Perfecting Your Call”
15 August 2013, by Patrick KanyamibwaNkuko twabitangarijwe na Gasana Jacques kuva tariki ya 18 kugeza ku cyumweru tariki ya 25/08/2013, ku rusengero rwa Rwanda for Jesus Church hateguwe igiterane ngarukamwaka bise “Perfecting Your Call” cyateguwe na Potter’s Hand Ministries.
Iki giterane cyizamara icyumweru cyose kizajya gitangira buri saa kumi n’imwe n’igice kugeza saa moya n’igice, ariko kuwa gatandatu kizaba mu gitondo kuva saa tatu gikomeze nimugoroba kuva saa munani, cyikazajya kibera kuri Rainbow Hotel iri Kicukiro mu mugi wa (...) -
Imirongo 10 yo muri Bibiliya wasoma mu gihe ufite agahinda ugasubuzwamo intege
30 July 2015, by Pastor Desire HabyarimanaKu bantu benshi, hari ibihe bigora kwihanganira, ugasanga umubiri ndetse no mu buryo bw’ umwuka umuntu yacitse intege. Ibihe byo gupfusha, uburwayi, ubukene , inzira; ni bimwe mu bihe bigora abantu kubyakira, ugasanga habayeho kwiheba, kwiganyira ndetse n’agahinda gakabije.
Mu gihe uhuye na kimwe muri ibyo bibazo cyangwa ikindi kintu cyashaka kukwihebesha, bibiliya ifite amagambo meza yaguhumuriza ndetse akagusubizamo imbaraga. Ni amagambo yongera kubwibutsa ko Imana iriho, igukunda kandi (...) -
Amahitamo y’umukristo mu gihe cy’irambagiza/irambagizwa niyo ntego y’igiterane cy’urubyiruko kibera kuri Paruwasi ya ADEPR-Nyarugunga
14 November 2015, by Innocent KubwimanaADEPR-Paruwasi ya Nyarugungu ibarizwa mu itorero ry’Akarere ka Kicukiro ryateguriye urubyiruko rubarizwa muri iyo Paruwasi ndetse n’abandi babyifuza igiterane gifite intego yo kubasangiza amahitamo y’umukristo mu gihe cy’irambagiza cyangwa se mu irambagizwa.
Bifashishije ijambo ry’Imana riboneka mu gitabo cy’Imigani 3:6 rigira riti ‘’Uhore umwemera mu migendere yawe yose, na we azajya akuyobora inzira unyuramo’’, urubyiruko ruzitabira iki giterane ruzahabwa impuguro zitandukanye ku buryo rwakwitwara (...)
0 | ... | 820 | 830 | 840 | 850 | 860 | 870 | 880 | 890 | 900 | ... | 1850