Mbese ububi bw’umwana w’umuntu bugira umupaka? Tekereza nk’umuntu w’umupfumu, ubwira abantu ibizaba…! Tekereza iyo arimo gutamba igitambo cy’umuntu, atwika abana be ngo babe igitambo cyoswa. Uwamuha ububasha n’ubutware mu gihugu hose, kugira ngo adakora ibyo gusa ahubwo atoze n’abandi kubikora. Noneho niba ufite umwanya mu bitekerezo byawe, tekereza uyu muntu aramutse ahuye n’urukundo rw’Imana.
Ni iki gikora ku mutima w’Imana? Mu gitabo cy’ibyo ku ngoma dusangamo inkuru z’umuyobozi wari mubi, ariko (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Ibanga ryo gushyirwa hejuru n’Imana - Ray Hollenbach
9 October 2013, by Simeon Ngezahayo -
Yesu azaza bitunguranye!
2 May 2016, by Kiyange Adda-DarleneLuka 21 : 34-35 Ariko mwirinde, imitima yanyu ye kuremerwa n’ivutu no gusinda n’amaganya y’iyi si, uwo munsi ukazabatungura. Kuko uzatungura abantu bose bari mw’isi yose, umeze nk’umutego.
Aya ni amagambo yavuzwe n’Umwami Yesu Kristo ari kuvuga ibijyanye no kugaruka kwe. Yashatse kuvuga ku byasigaza abantu mw’isi, bigatuma batagera mu gihugu cyo mw’ijuru.
Ni byinshi bizasigaza abantu, bagasigara babazwa n’umwanzi antikristo. Muri ibyo harimo amaganya y’iyi si. Ubundi gusinda ni ijambo rivugwa (...) -
Kenshi dusaba Imana ibijyanye n’ubwenge bucye bwacu, nyamara Imana yo iba izi ibyo ducyeneye....
10 May 2013, by UbwanditsiUmusore umwe w’umusirikare yaguye mu gico cy’abo barwanaga asigaye wenyine, abura aho arigitira ageze ahantu hari ubuvumo yinjiramo yihishamo ariko kuko yari akurikiwe akumva ko nubundi amaherezo afatwa, ahitamo kwiragiza Imana.
Yarasenze ati: Mana ndakwinginze nzi ko ushobora byose, ndagusaba ngo wubake urukuta rw’amabuye ku murwango w’ubu buvumo mbashe gukira igico cy’umwanzi!
Akimara gusenga atyo yabonye igitagangurirwaku ku muryango wa bwa buvumo, gitangira kubaka vuba vuba twa tuntu (...) -
Nta ntambara ishobora kuba mu Rwanda tumaze iminsi 120 dusenga-Bishop Rwandamura
14 January 2013, by UbwanditsiUmuyobozi w’itorero UCC mu Rwanda (united Christian Church), avuga ko nta ntambara ishobora kubaho mu Rwanda igihe Abanyarwanda bafata umwanya bagasengera igihugu cyabo.
Ibi yabitangarije mu muhango wo gusoza amasengesho y’iminsi 120 yo gusabira igihugu, akaba yarongeyeho ko ”Uhungabanyije umurenge aba akoze ku mboni y’ijisho ry’Imana.”
Bishop Rwandamura yavuze ko gahunda yo gusengera igihugu bise “Humura Rwanda” yaranzwe no gusengera u Rwanda n’imipaka yarwo, ndetse bageze kuri buri mupaka (...) -
“Mbese mu by’ukuri uri umwana w’Imana?” - Pastor Kim
20 January 2014, by Simeon NgezahayoADEPR Rwimbogo, Nyarugunga - Kuri iki cyumweru taliki 19 Mutarama, Pastor Kim ukomoka muri Korea y’Epfo yigishije ijambo ry’Imana mu Itorero rya ADEPR Rwimgogo, paroisse ya Nyarugunga.
Pastor KIM yari yazanye n’umuryango we Mu ijambo ry’Imana yasomye mu rwandiko Pawulo yandikiye [Abaroma 10:9-10 “Niwatuza akanwa kawe yuko Yesu Kristo ari Umwami, ukizera mu mutima yuko Imana yamuzuye uzakizwa. Kuko umutima ari wo umuntu yizeza akabarwaho gukiranuka, kandi akanwa akaba ari ko yatuza agakizwa.”] (...) -
Korale The Warning Voice yo muri INILAK igiye kumurika alubumu y’amashusho
8 May 2014, by Kanyamibwa PatrickKorale The Warning Voice ya CEP INILAK iramurika alubumu yayo ya mbere y’amashusho ku cyumweru tariki ya 18/05/2014 kuri ADEPR Kicukiro Shell, mu gitaramo gikomeye izaba iri kumwe nabandi bahanzi batandukanye, kwinjira bikaba ari ubuntu.
Nkuko twabitangarijwe na Buregeya Jean Baptiste umuyobozi w’iyi Kolare ubwo twabasuraga aho bari bari mu mwitozo, yatubwiyeko imyiteguro iri kugenda neza kandi bazakiraigitaramo cya live aho ibyuma byose n’amajwi bizaba ari umwimerere.
Baptiste yatubwiye ko (...) -
Urashaka ko Imana igutuma? Manzi
25 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaURASHAKA KO IMANA IGUTUMA? Yesaya 6:1-12 Abantu benshi bakunda gusenga bakoresha ijambo ngo Mana ntuma aho ushaka hose ndajyayo,Kandi rwose baba bamaramaje bumva koko bakeneye gutumwa, n’Imana nayo ikeneye abo gutuma ariko hari icyo bisaba kugira ngo uhinduke intumwa.
Uyu mugabo Yesaya yari umuhanuzi ukomeye cyane yahanuye ibintu byinshi bitandukanye kandi biranasohora, ariko mu mwaka umwami Uziya yatanzemo nicyo gihe Yesaya yabonye Imana ngo yari yicaye ku ntebe y’ubwami ndende (...) -
Abantu bakwiye gutanga icyacumi nk’uko Imana yabitegetse – Apôtre Masasu
27 December 2015, by Pastor Desire HabyarimanaAbantu benshi ntibavuga rumwe mu gutanga icyacumi mu nzu y’Imana, kuko benshi badasobanukiwe akamaro k’iryo turo ndetse bamwe bakanga gutura Imana yabo ibyo yabakoreye ndetse banayishimira.
Iyo umuntu rero atuye icyacumi usanga haba harimo no gushimira Imana ye yamukoreye ibitangaza ndetse igatuma abasha no kubona ibimutunga niyo mpamvu hakwiye ko hatangwa icyacumi mu nzu y’Imana kuko gikubiyemo imigisha myinshi.
Ibyanditswe Byera byerekana uko Imana yategetse ko abantu bakwiye kuyiha (...) -
I Company Dreamland Ltd ituzaniye bwambere mu Rwanda Christian Film Festival.
17 September 2012, by Patrick KanyamibwaIyi nimwe muma company hano murwanda, yakunze gushyigikira, urubyiruko rutandukanye gukorera mu nzozi zabo, cyane cyane muri entertainment, aha twavuga aho yagiye igaragara mubikorwa yateye inkunga, aha twavuga nka film yitwa the impact yasohotse umwaka 2010, ndetse na film yitwa The power of the message (college movie), yaje kumenyekana cyane, aho yerekanwe hano murwanda ndetse nohanze kumugabane wa Asia, mu gihugu cy"Ubuhinde, yaje nokuba film yagize Best Actress of year 2012 muri (...)
-
Korari Ukuboko kw’iburyo yateguye igiterane yise ‘’Gufasha n’umutima’’ kizabera ku midugudu ibiri icyarimwe
10 December 2015, by Innocent KubwimanaKorari Ukuboko kw’iburyo yateguye igiterane yise ‘’Gufasha n’umutima’’. Iki giterane kizamara icyumweru cyose cyatangiye kuwa kabiri tariki ya 08/12 kikazasozwa tariki 13/12/2015, kikaba cyarateguwe mu rwego rwo gukusanya ubushobozi bwo gufasha abatishoboye no kuremera imiryango ikennye kurusha iyindi.
Biteganyijwe ko muri iki gikorwa hazaboneka imyambaro, ibyo kurya ndetse n’ibindi bitandukanye bizahabwa abatishoboye.
Korari Ukuboko kw’iburyo
Umwihariko w’iki giterane ukaba ari (...)
0 | ... | 830 | 840 | 850 | 860 | 870 | 880 | 890 | 900 | 910 | ... | 1850