Izina rya Yesu:
Ni umunezero wanjye
Ni ubuzima bwanjye
Ni izina ryiza ku bantu bose
Rinezeza uryumva
Kurivuga bizana amahoro
Uryizeye rimukorera ibitangaza
Ni izina ryanzwe n’abantu, ariko twebwe riduha icyubahiro
Izina rya Yesu rikiza abarwayi
Izina rya Yesu ni igizubizo ku bakene
Izina rya Yesu ni ibyiringiro bishya ku ntabwa
Izina rya Yesu ryanzwe n’abahanga
Izina rya Yesu ku baririmbyi
Izina rya Yesu ku mfubyi
Izina rya Yesu ni ubuzima bwacu
Izina rya Yesu ni iry’igiciro (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Inkuru nziza kuri wowe, Rulea Sanga
2 April 2013, by Simeon Ngezahayo -
Igitaramo cyo kuramya no guhimbaza Imana kuri ADEPR Shell
26 November 2013, by UbwanditsiKuramya no guhimbaza bimaze gufata indi ntera munsengero za ADEPR hano mu Rwanda, aho amatsinda yo kuramya no guhimbaza muri Paruwasi ya ADEPR Shell kuri iki cyumweru zizaba ziri mugikorwa cyo guhimbaza Imana.
Aganira n’itangazamakuru, umuyobozi uhagarariye amatsinda yo kuramya no guhimbaza muri ADEPR Shell, INGABIRE Joselyne , yatangaje ko iki gikorwa cyo gusabana n’Imana, giteganijwe kuri iki cyumweru tariki ya 01/12/2013 guhera saa munani kugeza saa moya kuri ADEPR SHELL.
Umwigisha muri (...) -
WASHINGTON: Icyumweru cyahariwe kwibuka Martin Luther King, Jr.
27 August 2013, by Simeon NgezahayoMuri Kanama 1963, abantu bagera kuri 250,000 baturutse mu mihanda yose y’Amerika bishyize hamwe i Washington, bakora urugendo rwo kwamagana ivanguramoko ryakorerwaga abirabura bo muri Amerika, bayobowe na Dr martin Luther King, Jr. wanashinze amatorero y’Abaporotesitanti (Protestants).
Uru rugendo rwagizwemo uruhare n’abantu nka Eleanor Holmes Norton, ubu akaba ari umwe mu bagize congré (congress) y’Amerika, mu w’19863 akaba yarakoraga muri New York City ahamagarira abantu kwitabira urwo (...) -
Imana ikubumbe uko ishaka Pastor Claude
29 February 2016, by Pastor Desire HabyarimanaYeremiya 18:1-6 ...3.Nuko ndamanuka njya mu nzu y’umubumbyi, ndebye mbona arakorera umurimo we ku ruziga. 4.Nuko ikibindi yabumbaga mu ibumba gihombera mu ntoki z’umubumbyi, maze aribumbisha ikindi kibindi kimeze uko ashaka. 5.Maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho riti 6. “Yemwe ab’inzu ya Isirayeli mwe, mbese sinabasha kubagenza nk’uyu mubumbyi? Ni ko Uwiteka abaza. Dore uko ibumba rimeze mu ntoki z’umubumbyi, ni ko namwe mumeze mu ntoki zanjye, mwa ab’inzu ya Isirayeli mwe.
Luka 22:31-32 Kandi (...) -
kwizera n’amaboko yakira. Creflo Dollar
9 December 2013, by Isabelle GahongayireIbyo Imana yasezeranye byose ni ukuri. Uruhare rwacu ni kubyizera hanyuma bigasohora mu buzima bwacu. Iyo umuntu afite kwizera n’imvugo ye ibamo kwizera, ntabwo agendeshwa n’ibyo atekereza cyangwa areba, cyangwa amarangamutima. Ubuzima bwo kwizera bugendera ijana ku ijana mu ijambo ry’Imana.
Ibintu bitatu biranga kwizera: kwemera, kwiringira, gushyira amanga “ Ni cyo gitumye mbabwira nti: Ibyo musaba byose mubishyizeho umutima mwizere yuko mubihawe, kandi muzabibona.” (Mariko 11 : 24)
• (...) -
Wari uzi ko Yesu yaje kubohora imbohe?
8 April 2016, by Alice Rugerindinda“Umwuka w’Uwiteka ari muri jye, nicyo cyatumye ansigira, kugira ngo mbwirize abakene ubutumwa bwiza. Yantumwe kumenyesha imbohe ko zibohorwa, n’impumyi ko zihumuka, no kubohora ibisenzegeri. No kumenyesha abantu, iby’umwaka Umwami Umwami agiriyemo imbabazi” Luka 4:18-19
Aya magambo yavuzwe na Yesu ubwe . Byari byarahanuwe n’umuhanuzi Yesaya mbere yuko Yesu aza mu isi, ariko Yesu arangije ati : “Uyu munsi ibyo byanditswe bisohoye mu matwi yanyu”. Luka 4:21.
“Yantumye kumenyesha imbohe ko (...) -
Ingo nyinshi ziri gusenyuka kubera ikibazo cyo gucana inyuma. Ni gute wamenya ko uwo mwashakanye aguca inyuma?
15 April 2014, by UbwanditsiMuri ino minsi, ikibazo cyo gucana inyuma (cheating) kirahangayikishije: haba mu bihugu byateye imbere cyangwa se mu bihugu bikiri mu nzira y’amajyambere. Iki kibazo ngo kiri mu bibazo by’ingutu byugarije isi kandi birahangayikishije. Aha rero ngo si abagabo bagira uruhare mu guca inyuma abagore babo gusa kuko ngo n’abagore basigaye baca inyuma abagabo babo, ahanini ari cyo kinaba intandaro y’ubutane (divorce) hagati y’abashakanye kuko ngo usanga muri iki gihe umubare w’abagore baca (...)
-
Ibanga ryo gushyirwa hejuru n’Imana - Ray Hollenbach
9 October 2013, by Simeon NgezahayoMbese ububi bw’umwana w’umuntu bugira umupaka? Tekereza nk’umuntu w’umupfumu, ubwira abantu ibizaba…! Tekereza iyo arimo gutamba igitambo cy’umuntu, atwika abana be ngo babe igitambo cyoswa. Uwamuha ububasha n’ubutware mu gihugu hose, kugira ngo adakora ibyo gusa ahubwo atoze n’abandi kubikora. Noneho niba ufite umwanya mu bitekerezo byawe, tekereza uyu muntu aramutse ahuye n’urukundo rw’Imana.
Ni iki gikora ku mutima w’Imana? Mu gitabo cy’ibyo ku ngoma dusangamo inkuru z’umuyobozi wari mubi, ariko (...) -
Ese ni ngombwa ko Abakirisitu bajya mu nsengero buri gihe ?
16 November 2015, by Ernest RutagungiraMu mpera z’icyumweru, kuwa Gatandatu no ku cyumweru ni imwe mu minsi iyo witegereje mu mihanda no mu mayira usanga abantu bacyeye bafite bibiliya n’ibitabo bitandukanye berekeza mu nsengero, wababaza impamvu batasengeye mu ngo zabo bakakubwira ngo bagiye mu nsengero kuko ariho bagirana ubusabane n’Imana.
Aha rero ukaba wakwibaza niba hari icyo bitwaye umuntu abaye umukirisitu ariko agasengera aho ari ?
Mu nzandiko ze umuyobozi w’ishuri rikuru The Telos Institute International ryigisha ibya (...) -
Igiterane cy’Urubyiruko cyaberaga kuri ADEPR Nyarugenge gisize ububyutse butazigabirana
13 August 2013, by Simeon NgezahayoNk’uko mwagiye mubikurikirana mu bitangazamakuru bitandukanye, urubyiruko rugize itororero rya ADEPR Nyarugenge rwateguye igiterane gihuza urubyiruko ruva mu midugudu igize iyi paroisse.
Iki giterane cyitabiriwe n’amakorali y’urubyiruko ava muri iyi midugudu yose ya paroisse, ari yo Nyarugenge, Muhima, Cyahafi, Kiyovu, Biryogo, Gitega na International. Hari kandi n’umuhanzi Frère Manu uturuka ku Gisenyi hamwe n’itsinda ayoboye, umwigisha muri iki giterane akaba yari Pasteur Desire Habyarimana. (...)
0 | ... | 830 | 840 | 850 | 860 | 870 | 880 | 890 | 900 | 910 | ... | 1850