Kuri iki cyumweru taliki ya 01 Nyakanga 2012,korali Elayono yo mu mudugudu wa ADEPR Kimicanga,Paruwasi ya Kimihurura izamurika alubumu yabo ya mbere y’amajwi izaba yitwa “Imana irinda ijambo ryayo”.
Iyi korali yatangiye mu mwaka wa 2000 ari iy’ababyeyi aho yari igizwe n’abaririmbyi 13 nk’uko twabitangarijwe na Placide,umuyobozi wa korali.Gusa ngo uko imyaka yagendaga ishira niko Imana yagendaga ibagurira imbago kuko abo babyeyi bari abanyamasengesho cyane,Imana ikababwira ko izagura uwo murimo. (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Korali Elayono iramurika Alubumu yabo y’amajwi ku mugaragaro
30 June 2012, by Patrick Kanyamibwa -
N’ iki cyatuma Imana yishimira Umutima wawe? Edith Umugiraneza
12 September 2015, by Umugiraneza EdithYesu ashimwe Bane Data, ndabaramukije mw’izina rya Yesu. Maze iminsi nibaza ku Mwami Dawudi uwo yari iwe n’impamvu Imana yamukunda akaba inshuti Yayo ikishimira umutima we.
Umwami Dawudi. Mu gihe Samuel yajyaga kwa Yesayi nkuko yari yatumwe n’Uwiteka ngo yimike Dawudi. Uko bigaragara Dawudi yari yibereye mu ntama abandi bari mu minsi mikuru, ndetse banahabwa agaciro na se kurusha Dawudi.
Nibajije nti Dawudi wasanga yarimo aragira yiririmbira ahimbaza Imana atunganye mu mutima adatekereza (...) -
GISENYI: Zeraphaty Holy Church ikorera I Rubavu yateguye igiterane cyo Guhembura imitima.
4 February 2016, by Ernest RutagungiraZERAPHATY HOLY CHURCH, itorero rikorera umurimo w’Imana mu ntara y’uburengerazuba, akarere ka Rubavu ryateguye igiterane cy’iminsi 2 kigabije guhembura imitima y’abazacyitabira. Nk’uko Rev Past Habimana Jean Bosco yabitangarije agakiza.org ngo nyuma y’imyaka hafi 4 iri torero rimaze ritangiye, bagiye babona imbaraga z’Imana binyuze mu gusenga n’ibiterane bitandukanye bagiye bakora, akaba ari muri urwo rwego bateguye igiterane kizaba ku matariki ya 06-07 Gashyantare 2016.
ZERAPHATY HOLY CHURCH (...) -
USA: Amatorero y’Abaporotesitanti yateguye amasengesho yo gusengera Sudani y’Amajyepfo bayisabira amahoro n’ubutabera - Michael-Gryboski
6 February 2014, by Simeon NgezahayoAmatorero y’Abaporotesitanti muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yateguye amasengesho yo gusabira Sudani y’Epfo amahoro n’ubutabera. Aya masengesho n’abandi bose bahamagarirwa kwitabira yiswe "Day of Prayer for South Sudan," ngo bayateguye bafatiye ku makuru yo gushyira intwaro hasi muri iyi Leta imaze igihe irimo amakimbirane akomeye.
Itorero Peresibiteriyene (Presbyterian ChurchUSA), The Episcopal Church na Reformed Church muri Amerika yahamagariye abayoboke bayo kwitabira amasengesho yo (...) -
Ushaka kwemerwa n’Imana?
11 December 2015, by Innocent KubwimanaPetero aterura amagambo ati “Ni ukuri menye yuko Imana itarobanura ku butoni, ahubwo mu mahanga yose uyubaha agakora ibyo gukiranuka iramwemera. Ibyakozwe n’intumwa 10:34-25
Mu by’ukuri kwemerwa ni ikintu kiza mu buzima bw’iyi sim kuburyo umuntu avuzeko ari byo abantu hafi ya bose baharanira ntiyaba abeshye.
Amagambo dusomye hejuru Petero yayavuze amaze kubona umugabo witwa Koruneliyo we yafataga nk’umunyedini Bibiliya ikavuga ko yubahaga Imana we n’abo mu rugo rwe bose, agakunda gusenga, (...) -
Korali Abatoranijwe-Murambi (ADEPR Gatenga) irakataje mu bikorwa by’ivugabutumwa!
6 August 2012, by UbwanditsiMu gihe hari hashize iminsi mike Korali Abatoranijwe ikorera umurimo w’Imana muri ADEPR paruwasi ya Gatenga ikoze igitera cy’ivugabutumwa, iki giterane cyagaragayemo abahanzi batandukanye bahimaza Imana cyashimishije benshi n’ubundi iyi korali ikomeje ibikorwa by’ivugabutumwa bitandukanye aho mu mpera z’icyumweru gishize yitabiriye igiterane cy’ivugabutumwa mu rurembo rwa Gitarama, Paruwasi ya Bulinga aho yari yatumiwe. Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu w’icyumweru gishize nibwo Korali (...)
-
Afrika Haguruka ku nshuro yayo ya cumi na gatatu iratangira kuri kino cyumweru
6 August 2012, by Patrick KanyamibwaAfrika Haguruka urabagirane n’igiterane gitegurwa n’itorero rya Zion Temple kikaba gitegurwa rimwe mu mwaka hagati y’ukwezi kwa karindwi n’ukwezi kwa munani, icyo giterane kirangwamo inyigisho zitandukanye zirimo kungera kurema imitima y’abanyarwanda ndetse nizindi nyigisho zo kwiteza imbere. Ni muri urwo rwego cyongeye gutegurwa ku nshuro yacyo ya cumi na gatatu aho gifite insanganyamatsiko igira iti « Afrika Haguruka urabagirane muri kino gihe cya Yubile yawe » , kuri iyi nshuro hakazaba (...)
-
Urubyiruko rwa Zion Temple mu Gatenga rwateguye igiterane bise “Imbarutso y’impinduka”
17 October 2013, by UbwanditsiNk’uko twabitangarijwe na Evangeliste Rwubusisi Jerome ushinzwe guhuza ibikorwa byurubyiruko mu muryango muri Zion Temple Celebration Center, urubyiruko rwa Zion Temple C.C Gatenga rwateguye igiterane cyumunsi umwe gifite intego ivuga ngo Imbarutso yimpinduka mu magambo yicyongereza ‘The catalyst for change’ biboneka mu gitabo cya Bibiriya muri Abacamanza 5:7-8.
Iki giterane cyumunsi umwe cyikazaba kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 19/10/2013, ku rusengero rwa Zion Temple mu Gatenga, aho (...) -
Nigeriya : Igitero cy’ibyihebe cyahitanye abakirisitu 7 muri Kiliziya
28 October 2012, by UbwanditsiAbantu bagera kuri barindwi bahitanywe n’igitero cy’ibyihebe kibasiye abakirisitu bari mu masengesho yabo yo ku cyumweru ku itariki ya Ukwakira 2012, muri Kiliziya iherereye mu majyaruguru ya Nigeriya.
Aho iki gitero cyabereye hakunze kubera ibitero byinshi nk’uko BBC dukesha iyi nkuru yakomeje ibitangaza.
Nk’uko uwabyiboneye biturika yabitangarije BBC, imodoka yaje isatira Kiliziya, ipakiye intwaro zaturikijwe bisenya urusengero, abantu 7 bahise bahasiga ubuzima, abandi barakomereka. (...) -
Rabboni Worshipers yo muri GBU SFB iri gukora album yayo ya mbere
17 June 2013, by UbwanditsiNyuma y’imyaka myinshi ikora umurimo wo kuramya no Guhimbaza Imana mw’ishuri rikuru ry’imari n’amabanki SFB, RABBONI Worshipers ngo ubu iri gukora Album yayo yambere izaba igizwe nindirimbo Ziri Hagati ya 8 na 10 kurubu bakaba abamaze gukora indirimbo 5 zose ubu ziri hanze zarangije gukorwa, zikaba zarakorewe muri ALPHA AND OMEGA Studio na Producer PETER kuko tubihamirizwa nuwo mu producer nuko iyo Album ngo izaba idasanzwe kuko ngo irimo indirimbo zifite ubutumwa bwiza kandi bwubaka imitima (...)
0 | ... | 830 | 840 | 850 | 860 | 870 | 880 | 890 | 900 | 910 | ... | 1850