Yesu ashimwe, nagirango mbagezeho ubuhamya bwanjye muri make ninshobozwa nzabagezaho n’ibindi : Nitwa Jean Claude HAGENIMANA , mfite imyaka 23, navukiye mu Ntara y’Amajyepfo, Akarere ka Nyanza, gusa navutse nk’abandi bana bose ariko sinagira amahirwe yo kumenya Papa, sinagira amahirwe yo kubona urukundo rw’ababyeyi kugeza aho Mama umbyara yashatse kunta muri WC ariko Imana irantabara ntiyanjugunyamo ariko haburaga gato cyane ngo birangire.
Icyo gihe cyabayeho kirarangira ubuzima burushhao kuba (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Ubuhamya: Mama ubyara niwe yaragiye kunyiyicira Imana irantabara. Jean Claude HAGENIMANA
20 May 2013, by Ubwanditsi -
Rubavu: Kiliziya Gatulika ntiteganya guhindura imyigishirize mu kuboneza urubyaro - Musenyeri Nsengumuremyi Jean Marie Vianney
25 June 2012, by Frere ManuMusenyeri Nsengiyumva Jean Marie Vianney, igisonga cya Museneyri wa Diyosezi ya Nyundo, avuga ko Kiliziya Gatulika idateganya kuva ku buryo bw’umwimerere yigisha mu kuboneza urubyaro, ko ahubwo ingufu nyinshi zikwiye gushyirwa mu kwigisha abaturage.
Mgr Nsengumuremyi yagize ati "ntabwo Kiliziya Gatulika izigera na rimwe ireka uburyo bw’umwimerere isanzwe yigisha, kuko burya ikibazo gituruka ku kuba abantu bataganirijwe birambye, niyo mpamvu Kiliziya Gaturika izashyira imbaraga mu gukomeza (...) -
Umuhanzi MUTUYIMANA Leonille yiyamamarije kuba Umudepite mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda
20 August 2013, by UbwanditsiUmuhanzi w’indirimbo zihimbaza Imana Mutuyimana Leonille wamenyekanye mu ndirimbo nka “Witinya, Timoteyo…” agiye kwiyamamariza umwanya w’ubudepite mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda.
Nk’uko tubikesha komisiyo y’igihugu y’amatora, urutonde rwa nyuma rw’abazahatanira imyanya mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda hagaragayemo Mutuyimana Leonille, akaba aziyamamaza mu bakandida bigenga.
Ibi bikaba bibaye nyuma y’aho amariye iminsi azenguruka mu gihugu hose ashaka abantu 600 bamusinyira ku kugira (...) -
ikitaweho nicyo kigira imbaraga! Alice Rugerindinda
11 November 2013, by Alice RugerindindaYajyaga arwanisha inkoko ebyiri ngo arebe iyanesha indi! Aramusubiza ati : “Handitswe ngo umuntu ntatungwa n’umutsima gusa, ahubwo atungwa n’amagambo yose ava mu kanwa k’Imana” Matayo 4 :4
Umugabo umwe ngo yafashe inkoko ebyiri: iy’umweru n’iy’umukara, nuko ngo abaza abantu bamurebaga ngo mbese muri izo nkoko ebyiri, n’iyihe iza kunesha indi!
Ubwa mbere ngo baravuze ngo inkoko y’umweru , niyo iza kunesha, arataha ayima ibyo kurya, ayima amazi, ahubwo agaburira iy’umukara. Bukeye baje aho zagombaga (...) -
Amerika : Pasiteri yaciwe mu rusengero kuko yitabiriye igitaramo cya Rick Ross
13 August 2013, by UbwanditsiUmupasiteri witwa Wills Rodney usengera mu itorero ry’Ababatisita mu Mujyi wa Winston Salem mu Majyaruguru ya Leta ya Carolina muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yaciwe mu itorero kubera kwitabira kimwe mu bitaramo by’umuhanzi wa Hip Hop ariwe Rick Ross.
Pasiteri Wills Rodney w’imyaka 26 yari amaze imyaka igera kuri itandatu ayobora uru rusengero rw’Ababatisita ruherereye mu mujyi wa Winston Salem.
Umudiyakoni wo muri uru urusengero witwa Miles Langley asobanura ko umupasiteri nk’uyu atagombye (...) -
CEP-ULK mu gikorwa cyo gusura abamugariye ku rugamba rwo kubohoza igihugu bubakiwe mu Kagali ka Kamashashi-Nyarugunga-Kicukiro kuwa 31-08/07/2013.
28 August 2013, by UbwanditsiUmuryango w’abanyeshuri b’abapantekote b’itorero ADEPR biga muri Kaminuza yigenga ya Kigali Communauté des Etudiants Pentecotistes de l’ULK ariwo CEP ULK mu magambo ahinnye, ukaba ugizwe n’abanyeshuli biga nimugoroba ndetse n’abiga ku manywa nkuko usanzwe ubifite mu nshingano zawo zo kuvuga ubutumwa bwiza bwa Yasu kristo nta mupaka, ubu uratangaza ko wamaze gutegura igikorwa cy’ivugabutumwa bwiza ariko mu buryo bwo gusura abamugariye ku rugamba rwo kubohoza igihugu batuye mu Kagari ka (...)
-
Wibaza impamvu yatuma uva cyangwa ureka umurimo w’Imana
18 August 2015, by Ernest RutagungiraIyo havuzwe umurimo w’Imana, twumva byinshi ibikorerwa mu nsengero no hanze yazo ariko byose bikorwa badategereje indi ngororano uretse kwizera ko hariho Imana izamugororera, bitabujije ko abantu bashobora kukugenera ishimwe n’ubwo wowe utari uryiteze, hakaba rero hakunze kwibanzwa ngo ni iki cyatuma umuntu wakoraga uwo murimo abihagarika cyangwa akabivamo burundu cyane ko henshi usanga hari abo tugenda tubona babivamo mugihe byari byitezwe ko bazawugumamo.
Nk’uko tubisoma mu ijambo (...) -
SIFA Awards, igikorwa kije guhemba amakorali y’indashyikirwa mu itorero rya ADEPR
9 November 2013, by UbwanditsiKu nshuro ya mbere hagiye gutangira igikorwa kiswe SIFA Awards, kigamije kugaragaza korali z’indashyikirwa mu itorero rya ADEPR , hashingiwe kubikorwa by’iterambere izi korali zagiye zigaragaza.
Nk’uko bitangazwa n’umuyobozi wa Isange Corporation , Ntigurirwa Peter, ngo amakorali ni rumwe mu nzego akenshi zikunzwe kwirengagizwa n’abayobozi b’amatorero kandi akenshi usanga afite uruhare rukomeye mu iterambere ry’itorero. By’umwihariko mu itorero ADEPR usanga amakorali atandukanye afite ibikorwa (...) -
Twumvire Imana no mu bintu bito - Kenneth et Gloria Copeland
31 July 2013, by Isabelle GahongayireUyu munsi twiyemeze kumvira Imana no muri bito. Tuyizeze ko mu gihe yaduha inshingano zikomeye twazikora. Nitureke itugirire icyizere, nk’abantu bazakomeza ijambo ryayo bagahora bumvira ijwi ry’umwuka wera.
“Ukiranuka ku cyoroheje cyane, aba akiranutse no ku gikomeye” Luka 16 : 10
Hari igihe umuntu aba yumva yakorera Imana umurimo munini wagutse, ariko ntabigereho. Haba hari impamvu. Abana ba Isirayeli bava muri Egiputa, Imana yabanyujije mu butayu kugira ngo ibigishe kuyumvira. Bitari uko, (...) -
Nyuma yo gukorana na Christina Shusho indirimbo yise “Napokea Kwako,” Janet Otieno asohoye “Uniongoze”
28 October 2013, by Simeon NgezahayoJanet Otieno uvugwa ko asa na Christina Shusho nyuma y’aho bakoraniye indirimbo yitwa Napokea Kwako, ubu amaze gushyira ahagaragara indirimbo ya kabiri y’amashusho.
Janet Otieno, Christina Shusho na Geraldine Oduor
Uyu muhanzikazi ukomoka muj gihugu cya Kenya ukunda indirimbo zo kuramya Imana, atuzaniye indirimbo yise “Uniongoze,” isobanura ngo “Unyobore”.
Dukeneye ubuntu bw’Imana n’Umwuka Wera ngo bituyobore mu bitugoye tunyuramo mu buzima bwacu bwa mwuka n’ubw’umubiri muri rusange.
Refrain (...)
0 | ... | 870 | 880 | 890 | 900 | 910 | 920 | 930 | 940 | 950 | ... | 1850