Apôtre Joshua Masasu Ndagijimana ni umwe mu bantu bafite ibikorwa bitari bike mu Rwanda ku buryo byatumwe izina rye rimenyekana cyane yewe birenga u Rwanda bigera ku rwego mpuzamahanga bivuye ku kuba umubwirizabutumwa bwiza.
Intumwa Yoshua Ndagijimana Masasu bakunda kubyinirira Daddy ari nawe washinze itorero ry’Isanamitima benshi bazi ku izina rya Restoration Church, ariko ubusanzwe mu buryo bwemewe rikandikwa Evangelical Restoration Church. Ubu Masasu ayoboye insengero zisaga 56 mu Rwanda, (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Tumenye Intumwa Joshua Masasu
21 February 2013, by Ubwanditsi -
Turashima Imana ko yabanye natwe muri launch cyane - Chorale Louange
6 October 2012, by Patrick KanyamibwaChorale louange nyuma yo gutangariza abantu igikorwa yarifite cyo gushyira ku mugaragaro Album yabo vol ya 3 “Yesu ni byose” mu tariki ya 29 na 30 Nzeri, iratangaza ko ibyo Imana yabakoreye ari ibitangaza gusa nkuko twabitangarijwe n’umuyobozi w’iyi chorale Bwana Jean Jacques Ndayisenga. Mu magambo ye akaba yagize ati “Mu byukuri ibintu byagenze neza kurusha uko twari tubyiteze, kuko nubwo hariho imbogamizi zuko hari ibiterane byinshi cyane mu mujyi wa Kigali ndetse no mu nkengero zawo ntabwo (...)
-
Imana uyifata ute? - David Porter
20 April 2013, by Isabelle GahongayireNiba ushaka kureba ibishushanyo byinshi biteye ubwoba, uzatemberere mu nzu ndangamurage. Uzabona uburyo abantu bagiye batekereza Imana uko imyaka yagiye ishira. Biteye ubwoba.
N’ubwo ibishushanyo abantu barema rimwe na rimwe biba biteye ubwoba, ntabwo byaba bibi nk’ibitekerezo abantu bamwe bagira ku Mana y’ukuri yaremye isi n’ijuru. Uburyo dutekereza Imana ni na ko tuyibona.
Bibiliya itubwira umuntu wakundaga Imana ariko atarayisobanukirwa. Yobu yibwiraga ko yaburana n’Imana «Ntabwo (...) -
Africa Gospel Music Awards 2012: Abazayihatanira baramenyekanye - Eddy Mico azahagararira u Rwanda
14 June 2012, by Patrick KanyamibwaAkanama gashinzwe gutoranya abazahatanira ibihembo bya Africa Gospel Music Awards yuyu mwaka wa 2012 kashyize ahagaragara urutonde rw’abahanzi 23 bazahatanira ibyo bihembo mu byiciro bitandukanye,bizatangirwa mu birori byiswe “The Olympic Edition” mu kwa karindwi taliki ya 7 uyu mwaka.
Nkibisanzwe gutangwa kwibi bihembo bizabera mu mugi wa London kuri Golders Green Hippodrome, North End Road, Golders Green, London, NW11 7RP. Muri ibi birori hazaba hari Emmy Kosgei umwe mu bahataniraga MNET (...) -
Umunyamakuru Patrick Kanyamibwa ngo yaba agiye kureka gukora kuri radiyo Isango Star akerekeza kuyindi radiyo.
15 September 2013, by UbwanditsiAmakuru dukesha inshuti ya hafi y’uyu munyamakuru itarashatse ko izina ryayo ritangazwa, ni uko yaba ari muri gahunda yo kuva kuri radiyo Isango Star gusa niba harindi radio azerekezaho cyangwa ikindi gitangazamakuru azakorera bikaba bikiri ibanga. Twifuje kumenya impamvu yaba imuteye guhindura radiyo adutangariza ko nta byinshi abiziho cyane ariko ko icyo azi ari uko uyu munyamakuru bishoboka ko harindi radiyo ashobora kuzajyaho.
Mu rwego rwo kumenya neza ibijyanye n’aya makuru, twahamagaye (...) -
Itorero ADEPR ryizihije umunsi mukuru wa Pentekote
20 May 2013, by UbwanditsiKuri iki cyumweru tariki ya 19/5/2013, abakristo basaga ibihumbi umunani bo mu itorero rya ADEPR ku rwego rw’umujyi wa Kigali nibwo bisukiranyaga muri stade ya ULK baje kwizihiza umunsi wa Pantekote ufite agaciro gakomeye kuri bo.
Abayobozi bakuru b’iri torero mu nzego zose, Amakorali agera kuri 20 aturutse mu maparuwasi yose y’umujyi wa Kigali ndetse n’abakristo baturutse imihanda yose, bahuriye hamwe muri iki gikorwa ngarukamwaka kugira ngo basabe Imana kuzuzwa imbaraga z’umwuka wera bemeza (...) -
Film 5 za Gikristo zisohotse muri 2013 utagomba gucikwa !
15 October 2013, by Simeon Ngezahayo1. Home Run (Yasohotse ku wa 19 Mata)
Iyi film yakinwe n’umukinnyi wa baseball Cory Brand. Nyuma y’igihe kirekire yamaze akoresha ibiyobyabwenge, Cory ukomoka muri Leta ya Oklahoma yaje kwisubiramo yinjira mu itsinda rishobora kumufasha mu buryo bwo kumukurikira ‘Little League’. Cory yongeye gukundana n’incuti ye yo hambere bahuriye mu mashuri yisumbuye, yongera gusubirana n’umuhungu we n’umuryango we muri rusange. Inshamake y’iyi film yibanda ku "bihumbi by’amateka y’ibyabayeho." HOME RUN ni (...) -
“Ndashima Imana ko nize ntakopera, nkaba ndangije Kaminuza” - Janvière UWASHEMA
5 September 2013, by Simeon NgezahayoKuri uyu kane tariki ya 05/09/2013, Ishuri Rikuru ry’Ubumenyi n’Ikoranabuhanga rya Kigali (KIST) ryatanze Impamyabushobozi ku banyeshuri baryo barangije mu mashami atandukanye. Umushyitsi mukuru muri icyo gikorwa yari Minisitiri w’Uburezi Dr. Vincent BIRUTA.
Umwe mu banyeshuri barangije witwa Janvière UWASHEMA umaze imyaka itatu ari Umubitsi mu muryango w’Abanyeshuri b’Abapantekote biga muri KIST-KHI (CEP KIST-KHI), ukora umurimo w’Ivugabutumwa mu bigo by’Amashuri makuru yatangarije agakiza.org (...) -
Ijambo muri wowe-Imbaraga z’imbere/ Pastor Chris
27 October 2015, by Innocent KubwimanaAriko rero mujye mukora iby’iryo jambo, atari ugupfa kuryumva gusa mwishuka, Yakobo 1:22
Ijambo ry’Imana ntabwo twariherewe gusa ngo riduhishurire ibintu bimwe ku Mana, ahubwo twariherewe ngo ritubesheho. Abantu bamwe bemera gusa ijambo, ariko kwemera ntabwo bihagije, uremera noneho ugakora nk’uko rivuga.
Mu by’ukuri ntabwo uba wemeye ijambo iyo ritagusunikiye gukora ibyaryo nk’uko rivuga, kuko iyo wemeye, usunikirwa kugira icyo ukora. Turemera ngo dukore, ntabwo twemera ijambo ngo (...) -
Kurenza amaso ibicantege bihesha umutima wizeye kunesha
5 October 2015, by Innocent KubwimanaIyo wacitse intege wihebye, biragoye ko imirimo y’Imana ikoreka muri wowe, Imana idusaba kudacika intege mu ngorane duhura nazo kubera ko yasezeranye kuzajya itabara mu bihe bikomeye.
Ndashaka kubahereza urugero rumwe rw’umuntu witangiye ubuhamya rw’ukuntu yagumanye imbaraga ze.
‘’Icyo gihe nari maze imyaka 40, twari tukiri i Kadeshi y’i Baruneyi, Mose umugaragu w’Uwiteka antuma kujya gutata igihugu. Bukeye muhamiriza ibyo nari nabonye n’umutima utabeshya Yosuwa 14:7
Aba bagabo bari babwiye uyu (...)
0 | ... | 900 | 910 | 920 | 930 | 940 | 950 | 960 | 970 | 980 | ... | 1850