…..Aravuga ati” Uwiteka Mana ya Aburahamu na Isaka na Yakobo uyu munsi bimenyekane ko ariwowe Mana.’’ 1Abami 18:36b
Mu isi habaho ibyo abantu bita imana bakabisenga ndetse bakabiramya, mu bihugu bimwe na bimwe hari naho buri kintu cyose kiba gifite imana yacyo, urugero: imana y’izuba, imana y’imvura, imana itanga urubyaro n’ibindi byinshi, nyamara nubwo izi mana ziriho ntibibuza bene zo guhura n’ibi bibazo.
Hari izigira amaguru zitava aho ziri, izifite amaso zitamenya ibipfa n’ibikira, bifite (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Bikwiye kumenyekana ko Uwiteka ari we Mana yonyine!
1 September 2015, by Ubwanditsi -
Wifuza kubaho uticuza?
2 September 2015, by Ubwanditsi Jya ukoresha igihe cyawe neza, bizatuma uticuza igihe cyatakaye
Jya unezezwa nuko Imana yakuremye, bizatuma ubaho udafite ipfunwe mu bandi ahubwo wifitiye ikizere
Jya unyurwa n’ibyo ufite, ni byiza kuko bikurinda kurarikira iby’abandi no guhorana umutima uhagaze wibaza igihe uzagerera kurwego nk’urwabo
Gira umutima w’imbabazi, umuntu nagukosereza ntukarindire ko aza kugusaba imbabazi mubabarire mbere bizakurinda kubaho urakaye bizakurinda gutekereza guhora
Jya wihangana, ibigora (...) -
Umuhanzi FRERE Manu yagarutse mu Rwanda.
24 April 2013, by UbwanditsiKuri uyuwakabiri ku isaha ya saa munani z’amanywa nibwo uyumuhanzi yarageze i Kigali nyuma y’iminsi itarimike, ishyikira ukwezi yaramaze mu gihugu cy’I Burundi /Bujumbura.
Mukiganiro yagiranye n’umunyamakuru wa radio Isango Star Kwizera Ayabba Paulin FRERE Manu yatangarije radio impamvu y’urugendo rwe i Bujumbura, avugako ari ivugabutumwa ryamujyanye ariko kandi agira amahirwe yo gukora amashusho ya zimwe mu indirimbo ze bwite yakoze mu rurimi rw’ikinyarwanda. Twabibutsako uyu muhanzi (...) -
Groupe de Priere ya Glory Secondary School yateguye igikorwa cyo gushima Imana
20 October 2012, by Patrick KanyamibwaNkuko bikunda gukorwa mu mpera z’isozwa ry’umwaka, ibigo by’amashuri bitegura umunsi wo gushima Imana no gusengera abanyeshuri baba bazakora ikizamini cya Leta gisoza icyiciro cy’amashuri, ni muri urwo rwego abanyeshuri bo kuri Glory Secondary School bateguye umunsi wo gushima Imana bise “Thanksgiving concert”, uzaba kuwa gatanu tariki ya 26/10/2012, kuva saa saba n’igice z’umugoroba. Bazaba bari kumwe na umuhanzi Arcene Manzi, Pasiteri Gaby Ngamije na Pasiteri David, kandi kwinjira ni ubuntu (...)
-
Aka kantu nawe kakubera isomo
16 July 2015, by Innocent KubwimanaHari utuntu abantu bagenda basangirira ku mbuga nkoranyambaga (Facebbok, Whats App), tumwe tuba twuzuyemo amagambo y’urwenya, utundi turimo amagambo y’inyurabwenge usanga akenshi nubwo bitaba bigaragara mu Bibiliya ariko harimo amasomo y’ubuzima busanzwe.
Aka ni kamwe mu two abantu bakomeje gukwirakwiza bohererezanya kandi ukoehereje wese akavuga ko hari ukuntu kamukoze ku mutima. Reka tuguhe akanya nawe usome wenda kagufasha cyangwa ukazagafashisha abandi nk’agatekerezo!
Hari umwana (...) -
Rubavu: Chorale Bethlehem yashyize ahagaragara album yayo ya VI, benshi barakijijwe
2 September 2013, by UbwanditsiNk’uko mwagiye mubikurikirana mu bitangazamakuru bitandukanye, kuri iki Cyumweru Chorale Bethlehem ikorera umurimo w’Imana mu Itorero rya Pantekote (ADEPR), Ururembo rwa Gisenyi yashyize ahagaragara album yayo ya 6. Igiterane cyo gushyira ahagaragara iyi album cyabereye muri Hotel Serena, abantu benshi bakira Kristo.
Iki giterane cyatangiye saa cyenda cyitabiriwe n’abantu benshi, icyumba cya Hotel kiruzura abandi barahagarara. Abashyitsi bandi bari bahari barimo Pasteur Munyamahoro Seth, (...) -
Imana ibasha guhindura imivumo kuba imigisha
28 September 2015, by Innocent KubwimanaAramusubiza ati “ ibyo Uwiteka ashyize mu kanwa kanjye sinkwiriye kwirina akaba aribyo mvuga?”Kubara 23.12
Aya magambo yavuzwe na Balamu ubwo yarabajijwe impamvu yamutumye kuvuma abisirayeli yarangiza aho kubavuma akabahesha umugisha.
Iyo usomye Bibiliya neza ugenda ubona ukuntu Imana yagiye ibana n’ab’ Isirayeli, bwari ubwoko yari yaritoranirije, ikindi yari yarabahaye amasezerano akomeye atarashoboraga kuvogerwa n’umuntu uwo ariwe wese. Balaki rero yari amaze kubona ko ari ubwoko bukomeye (...) -
Imyiteguro y’igiterane cy’isabukuru ya Korari Jehova-Niss-ADEPR Cyahafi irarimbanije
19 November 2015, by Innocent KubwimanaKorari Jehova-Niss ikorera umurimo w’Imana mu itorero rya ADEPR-Paruwasi ya Nyarugenge ku mudugudu wa Cyahafi, ikomeje imyiteguro y’igiterane kizaberamo umuhango wo kwizihiza isabukuru y’imyaka 20 imaze itangiye gukora umurimo w’Imana.
Iki giterane kizatangira ku mugoroba wo kuri uyu wa gatandatu tariki 21/11/2015 ku isaha ya sa cyenda gisozwe ku cyumweru tariki 22/11/2015 ari nabwo hazaba umuhango nyirizina wo kwizihiza iyo sabukuru, igikorwa cyatumiwemo inzego zitandukanye z’itorero, (...) -
Imbaraga zo kwatura Pasitori Uwambaje Emmanuel.
1 February 2016, by Pastor Desire HabyarimanaINTEGO : IMBARAGA ZO KWATURA
Rom.10 8.Ahubwo kuvuga kuti"Ijambo rirakwegereye, ndetse riri mu kanwa kawe no mu mutima wawe. Ni ryo jambo ryo kwizera, iryo tubabwiriza." 9.Niwatuza akanwa kawe yuko Yesu ari Umwami, ukizera mu mutima wawe yuko Imana yamuzuye uzakizwa, 10.kuko umutima ari wo umuntu yizeza akabarwaho gukiranuka, kandi akanwa akaba ari ko yatuza agakizwa. 11.Kuko ibyanditswe bivuga biti"Umwizera wese ntazakorwa n’isoni."
Ijambo ririca, cyangwa rigakiza, Ibyo wiyaturiyeho (...) -
Ubiba nke azasarura bike naho ubiba nyinshi azasarura byinshi
2 February 2016, by Alice RugerindindaAriko ndavuga ibi ngo : “Ubiba nke azasarura bike, naho ubiba byinshi azasarura byinshi” 2 abakorinto 9:6
Kubiba ni ugutera imyaka, kandi uretse ingorane zabaho zitunguranye, ubundi umuntu ategereza umusaruro iyo yahinze cyangwa yabibye. Ikindi uretse guhinga hari n’ibindi bikorwa bijyanye no guhinga umuntu akora, kugirango yizere ko azabona umusaruro ushimishije: hari ukubagara, kuvomerera, gufumbira…..
Muri iri jambo Bibiliya nayo iratubwiye ngo : “ubiba imbuto nke azasarura nke, naho ubiba (...)
0 | ... | 920 | 930 | 940 | 950 | 960 | 970 | 980 | 990 | 1000 | ... | 1850