Kuri uyu wa 29 Nzeli, ku bufatanye n’itsinda URUGERO MEDIA GROUP rimaze kumenyekana hano mu Rwanda mu bijyanye n’itegurwa ry’ibitaramo, umuhanzi BOBO BONFILS yakoze concert ku itorero GROLY TO GOD TEMPLE riherereye Kicukiro-Centre.
Bobo Bonfils
Muri iyi concert yari iyobowe na MC TONTO LAMJANE, hatangiwemo ubutumwa bunyuranye haba mu ndirimbo ndetse no mu ijambo ry’Imana. Mu bahanzi bafatanije na Bobo gutaramira abakunzi be ni Dominic Nic, Serge (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Kicukiro: Concert ya Bobo Bonfils ku bufatanye na UMG yashojwe kuri iki Cyumweru, umuntu 1 yakira Kristo
30 September 2013, by Simeon Ngezahayo -
Concert ya Alexis Dusabe yari itegerejwe n’abantu benshi iratangiye
30 June 2013, by Simeon NgezahayoNk’uko mwagiye mubikurikirana mu bitangazamakuru bitandukanye, kuri iki cyumweru hari hateganyijwe konseri y’umuhanzi Alexis Dusabe. Ubu rero ni bwo igiye gutangira, mu gihe yari iteganijwe saa kumi n’imwe z’umugoroba. Ibi byatewe n’uko salle ya SERENA Hotel Alexis Dusabe yagombaga gukoreramo iyi concert yari irimo kuberamo ikiganiro cy’Imbuto Foundation kitabashije kurangira ku masaha yari ateganijwe. Ikigaragara ni uko n’ubwo abantu bamaze umwanya munini hanze bategereje umuhanzi bakunda ngo (...)
-
Nyabihu: Abadiyakoni 11 bahawe inshingano, abantu 4 bakira Yesu Kristo nk’Umwami n’Umukiza
15 July 2013, by Simeon NgezahayoKuri iki cyumweru ku mudugudu wa Karago, Paruwasi Karago mu Itorero ry’Akarere ka ADEPR Nyabihu habaye igikorwa cyo kongera abakozi mu murimo w’Imana. hasengewe abadiyakoni 11, barimo abagore 5 n’abagabo 6. Iki gikorwa cyari kiyobowe n’umushumba w’iyo Paruwasi Pasteur Emmanuel HAKIZUWERA.
Umubwirizabutumwa w’umunsi Muyenzi S. Charles uturuka mu itorero rya Rukiri ho mu karere ka Gasabo yabwirije abari bateraniye aho ijambo rifite umutwe uvuga ngo “Umumaro wo kumenya Yesu neza.” Mu bice byasomwe (...) -
Muri byose hitamo kunamba kuri Yesu
20 October 2015, by Innocent KubwimanaRusi aramubwira ati winyinginga kugusiga, no gusubirayo ngo ne kugukurikira kuko aho uzajya ari ho nzajya kandi aho uzarara niho nzarara, ubwoko bwawe nibwo buzaba ubwoko bwanjye,m Imana yawe niyo izaba Imana yanjye…….. Rusi 1:16 Aya magambo Rusi yayabwiraga nyirabuke Nawome, ubwo Nawomi yari yarasuhukiye i Mowabu we n’umugabo we Elimeleki ndetse n’abahungu be babiri , bageze i Mowabu rero ba bahungu babiri baza gushaka abagore bo muri icyo gihugu, umwe yitwaga Orupa undi yitwa Rusi. (...)
-
Bahati Alphonse arasaba abakunzi be kumuba hafi mu marushanwa ya Groove Awards 2013
23 September 2013, by UbwanditsiBahati Alphonse arasaba abakunzi b’ibihangano bye kumutora no gukomeza gushishikariza abandi kumuha amahirwe mu marushanwa ya Groove Awards ahatanirwa n’abahanzi bahize abandi mu ndirimbo zihimbaza Imana buri mwaka.
Ibihembo bya Groove Awards byari bisanzwe bimenyerewe kubera ku rwego rwa Afurika y’uburasirazuba muri Kenya, kuri iyi nshuro birimo kubera ku rwego rw’igihugu cy’u Rwanda. Abahanzi batandukanye barimo na Bahati Alphonse wamenyekanye cyane mu ndirimbo Urupfu nari gupfa na (...) -
Ku rusengero rwa Rwanda for Jesus hateguwe igiterane ngarukamwaka bise “Perfecting Your Call”
15 August 2013, by Patrick KanyamibwaNkuko twabitangarijwe na Gasana Jacques kuva tariki ya 18 kugeza ku cyumweru tariki ya 25/08/2013, ku rusengero rwa Rwanda for Jesus Church hateguwe igiterane ngarukamwaka bise “Perfecting Your Call” cyateguwe na Potter’s Hand Ministries.
Iki giterane cyizamara icyumweru cyose kizajya gitangira buri saa kumi n’imwe n’igice kugeza saa moya n’igice, ariko kuwa gatandatu kizaba mu gitondo kuva saa tatu gikomeze nimugoroba kuva saa munani, cyikazajya kibera kuri Rainbow Hotel iri Kicukiro mu mugi wa (...) -
Ese hari icyaha nakora simbabarirwe ?
16 July 2015, by Innocent KubwimanaNi cyo gitumye mbabwira yuko abantu bazababarirwa icyaha cyose n’igitutsi, ariko gutuka Umwuka ni icyaha kitazababarirwa. Matayo 12:31
Yesu abwiriza ubutumwa bwiza mu gihe yari ku isi, yatanze imirongo miganiri y’agakiza, ariko kandi akagera naho yinjira muri buri kantu kuburyo amagambo ye yasobanuraga inzira yo kujya mu ijuru adaciye ku ruhande. Imana yatanze amahirwe ku muntu wese ko yabasha kubabarirwa igihe cyose yemeye kwihana icyaha yakoze, ariko hari aho Yesu avuga ko hari icyaha (...) -
Yesu azaza bitunguranye!
2 May 2016, by Kiyange Adda-DarleneLuka 21 : 34-35 Ariko mwirinde, imitima yanyu ye kuremerwa n’ivutu no gusinda n’amaganya y’iyi si, uwo munsi ukazabatungura. Kuko uzatungura abantu bose bari mw’isi yose, umeze nk’umutego.
Aya ni amagambo yavuzwe n’Umwami Yesu Kristo ari kuvuga ibijyanye no kugaruka kwe. Yashatse kuvuga ku byasigaza abantu mw’isi, bigatuma batagera mu gihugu cyo mw’ijuru.
Ni byinshi bizasigaza abantu, bagasigara babazwa n’umwanzi antikristo. Muri ibyo harimo amaganya y’iyi si. Ubundi gusinda ni ijambo rivugwa (...) -
Kenshi dusaba Imana ibijyanye n’ubwenge bucye bwacu, nyamara Imana yo iba izi ibyo ducyeneye....
10 May 2013, by UbwanditsiUmusore umwe w’umusirikare yaguye mu gico cy’abo barwanaga asigaye wenyine, abura aho arigitira ageze ahantu hari ubuvumo yinjiramo yihishamo ariko kuko yari akurikiwe akumva ko nubundi amaherezo afatwa, ahitamo kwiragiza Imana.
Yarasenze ati: Mana ndakwinginze nzi ko ushobora byose, ndagusaba ngo wubake urukuta rw’amabuye ku murwango w’ubu buvumo mbashe gukira igico cy’umwanzi!
Akimara gusenga atyo yabonye igitagangurirwaku ku muryango wa bwa buvumo, gitangira kubaka vuba vuba twa tuntu (...) -
Nta ntambara ishobora kuba mu Rwanda tumaze iminsi 120 dusenga-Bishop Rwandamura
14 January 2013, by UbwanditsiUmuyobozi w’itorero UCC mu Rwanda (united Christian Church), avuga ko nta ntambara ishobora kubaho mu Rwanda igihe Abanyarwanda bafata umwanya bagasengera igihugu cyabo.
Ibi yabitangarije mu muhango wo gusoza amasengesho y’iminsi 120 yo gusabira igihugu, akaba yarongeyeho ko ”Uhungabanyije umurenge aba akoze ku mboni y’ijisho ry’Imana.”
Bishop Rwandamura yavuze ko gahunda yo gusengera igihugu bise “Humura Rwanda” yaranzwe no gusengera u Rwanda n’imipaka yarwo, ndetse bageze kuri buri mupaka (...)
0 | ... | 920 | 930 | 940 | 950 | 960 | 970 | 980 | 990 | 1000 | ... | 1850