Inzego z’umutekano mu gihugu cy’Ubushinwa zataye muri yombi abakristu 9 babahora kubangamira ibikorwa by’ishyaka ry’Abakoministe ryo gukura imisaraba ku nsengero z’abakristo muri icyo gihugu.
Urubuga rutangaza amakuru ya gikristo www.christiantoday rutangaza ko iki gikorwa cyo guhohotera aba bakristo cyabereye mu burengerazuba bw’intara ya Zhejiang. Ubu bushyamirane bwazamutse cyane kuva mu ntangiriro z’umwaka w’2013 ubwo ubutegetsi bw’Ubushinwa bwatangiraga ibikorwa byo gusenya zimwe mu nsengero (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Abakristo 9 batawe muri yombi mu Bushinwa kubera gukumira abashakaga gukura imisaraba ku nsengero zabo
28 August 2015, by Innocent Kubwimana -
Uko yawurute ikoreshwa mu kwiyitaho no kongera ubwiza
4 November 2015, by Umumararungu Claire«Ubusanzwe» yawurute ifatwa nka deseri ikundwa n’abana ndetse n’abantu bakuru,ariko ikaba ifite n’umwihariko wo gukoreshwa nka kimwe mu byongerera umuntu ubwiza,cyane cyane abagore n’abakobwa haba ku mubiri,ku misatsi,ku minwa ndetse no kugira uruhu rwiza rwo mu maso.
1.Iyo ufite iminwa ishishuka cyangwa ihora yumagaye ushobora gukoresha yawurute ikongera koroha no guhehera,ukoresheje yawurute n’umutobe w’indimu. Uko bikorwa ; ufata yawurute nkeya ugatonyangirizamo umutobe w’indimu mukeya,maze (...) -
Mbese koko ndi umugore w’imico myiza? (Igice cya 1)
14 May 2013, by Simeon Ngezahayo« URUBAVU»!
«Umugore w’imico myiza ni nde wamubona? Arusha cyane rwose marijani igiciro » Imigani 31:10.
Marijani ni ibuye ry’igiciro ryiza kandi ribumbye. Ugiye kuyicukura mu butaka ntiwayibona ari “igice”! Kugira ngo ubone “igice” cyayo, keretse uyisatuye ukayigabanyamo ibice bibiri bingana. Si ko biri?
Nkunda kwibaza igituma abagabo bita abagore bati “Urubavu rwanjye”? “Urubavu (igice/moitié)” ni ijambo ry’igitsina gore. Byashoboka ko ari cyo gituma bakoresha iryo jambo bashaka kuvuga umugore. (...) -
FONDATION GIRA IMPUHWE MU GIKORWA CYO GUFASHA ABAROKOTSE JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI BO MU MUDUGUDU WA KINYINYA!
28 April 2014, by Simeon NgezahayoKuri uyu wa Gatandatu taliki ya 26/04/2014, umuryango GIRA IMPUHWE uhagarariwe n’ UWAMBAJIMANA Marie Grace wateguye igikorwa cyo gufasha imfubyi n’abapfakazi barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 bo mu mudugudu wa KINYINYA.
Bamwe mu bashyikirijwe inkunga Aganira n’agakiza.org, UWAMBAJIMANA usanzwe azwi ku izina ry’ubuhanzi nka GAGA GRACE ndetse akaba anazwi mu ndirimbo ze zihimbaza zanakunzwe cyane nka "NYURWA", "UMPE AKANYA" n’izindi, yadutangarije ko ubusanzwe ivugabutumwa rye (...) -
Ibintu 7 byagufasha guhagarara neza mu murimo wahamagariwe
2 May 2016, by Pastor Desire HabyarimanaIjambo ry’Imana muri 1Petero 2:5 Namwe mwubakwe nk’amabuye mazima kugirango mube inzu y’Umwuka , n’ubwoko bw’abatambyi bwera bwo gutamba ibitambo by’Umwuka bishimwa n’Imana kubwa Yesu Kristo.
Imigani 9:1 haravuga ngo bwenge yubatse inzu ye,Yabanje inkingi zayo 7.
Muri make hariho inking zigera kuri 7 zitwubaka kugirango tubashe kuba inzu y’Umwuka Wera kandi tube Ubuturo bw’Imana. Inkingi ya mbere ni :IJAMBO RY’IMANA
Mbere y’uko umuntu akizwa bizanwa no kumva Ijambo ry’Imana umuntu akaryizera (...) -
Inzira y’agakiza Pastor Claude GIHANUKA
11 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaMenya ibi bintu bine by’ingenzi kubigendanye n’inzira y’agakiza:
1. Impamvu dukeneye agakiza 2. Uburyo Imana yatanze agakiza 3. Uburyo tukakira 4. Imigisha yo mu Gakiza
A. ImpamvudukeneyeAgakiza.
• Abantu bose bakoze ibyaha, ntibashyikira ubwiza bw’Imana (Abaroma 3:23). Umuntu ataracumura yari afite ubwiza buhebuje, kuko yasaga n’Imana, kandi Imana yari yaramweguriye ubutware bwose.Itangiliro 1:26-27: Tureme umuntu agire ishusho yacu, ase natwe, atware…Muri Zaburi 8:4-8 haratubwira ngo: Wenze (...) -
Kuri icyi cyumweru Korale “Abaturajuru” yo mu badivantisite iramuri alubumu yayo
14 July 2012, by Patrick KanyamibwaNkuko twabitangarijwe numuyobozi wa Korale “Abaturajuru”, Uwimana Felecien ngo byuna y’igihe batunganya indirimbo zabo z’amajwi n’amashusho y’alubumu yabo ya kabiri, kuri icyi cyumweru tariki ya 15/07/2012 nibwo barazimurika ku rusengero rw’abadivantisite w’umunsi wa karindwi I Nyamairambo, akaba ari naho basanzwe basengera.
Uwimana yadutangarije ko iyi alubumu igizwe n’indirimbo icumi, zose abaka ari bo baziririmbniye bakanazihimba, ikaba izitwa “Araguhamagara”, yakozwe na Studio ya Dearm Record (...) -
Uburyo dukwiye kwerekana ko Dukunda Imana. Ernest Rutagungira
9 October 2015, by Ernest RutagungiraYesu ashimwe bana b’Imana uyu munsi tugiye kwigira hamwe ijambo ry’Imana nahaye umutwe uvuga ngo “Uburyo dukwiye kwerekana ko Dukunda Imana” Mbere y’uko ntangira nagirango nkubaze icyo kibazo Ese Ukunda Imana ? Uyikundira iki ? Uyikunda ute?
Ijambo ry’Imana dusoma muri Yohana 3:16-17 riravuga ngo “Kuko Imana yakunze abari mu isi cyane, byatumye itanga Umwana wayo w’ikinege kugira ngo umwizera wese atarimbuka, ahubwo ahabwe ubugingo buhoraho. Kuko Imana itatumye Umwana wayo mu isi gucira abari mu (...) -
Ubabariye umukene aba agurije Uwiteka. Nawe, azamwishyurira ineza ye.
30 January 2016, by Kiyange Adda-DarleneImigani 19:17. Ubabariye umukene aba agurije Uwiteka. Nawe, azamwishyurira ineza ye.
Abakene ni abantu bahozeho kuva kera, kandi na bibiliya itwereka urugero rw’umuntu witwaga Lazaro ngo yari umukene. Itwereka kandi umukecuru ngo yari umukene agiye gutura atura amasenge 3, kandi ngo niyo yari asigaranye. Turebye mw’isezerano rya kera, tubona umuhanuzi Eliya asanze umugore wari ufite agafu n’utuvuta duke ngo bari burye muri iryo joro ngo hanyuma bakipfira. Imana rero izi ko abakene babaho. (...) -
Mu giterane kiri kubera I Musanze abagera ku 117 bakijijwe!
2 June 2013, by UbwanditsiNkuko mwari mwabimenyeshejwe ko kuri iki cyumweru hari bube igiterane mu nzu mberabyombi y’ umurenge wa Musanze. Iki giterane cyateguwe n’ umuhanzi Frere Manu kubufatanye na website agakiza.org. Ubu icyo giterane cyatangiye, salle yuzuye abitabiriye.
Twabamenyesha ko mbere y’ uko igitaramo kiba habanje inyigisho zabereye mu itorero ry’ ADEPR Muhoza aho hakijijwe abantu benshi cyane abandi bakaba basubijwemo imbaraga.
Ubu abahanzi bose bamaze kuhagera igitaramo kikaba gitangiye turakomeza (...)
0 | ... | 880 | 890 | 900 | 910 | 920 | 930 | 940 | 950 | 960 | ... | 1850