Kwizera niko kwatumye Nowa atinya Imana amaze kuburirwa nayo iby’ibitaraboneka, akabaza inkuge yo gukiza abo munzu ye, ariyo yacishije iteka ry’abari mu isi, aragwa gukiranuka kuzanwa no kwizera Abaheburayo 11:7
Nowa ntabwo yari azi neza niba koko hazabaho kurimbuka kw’isi, cyakora kuko yumvise Imana ivuga ibyo kurimbuza isi umwuzure, yemeye kuyumvira, Imana imuhereza ikerekezo hamwe nuko azabyitwaramo Nowa arabyemera.
Mugihe umwuzure wari utaraza, Nowa yagiriye Imana ikizere yemera (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
No mu buryo bw’Umwuka wategura ejo hawe!
23 September 2015, by Innocent Kubwimana -
Hari igihe umuntu akora ibyaha, agakeka ko bigarukira aho gusa !
8 May 2016, by Alice Rugerindinda“Ibyo urabikora nkakwihorera, ukibwirako mpwanye nawe rwose. Ariko nzaguhana mbishyire imbere y’amaso yawe, uko bikurikirana” Zaburi 50: 21
Guceceka kw’Imana ntibisobanuye ko itareba, itumva, idatekereza cyangwa ngo igire n’imigambi, nabonye itanahubuka. Uko kuntu iteye, niko gutera abantu benshi kwibeshya ko ibyo bakora byose Imana iba itabibonye, ariko burya iba yabibonye, ndetse bifite n’ahantu byandikwa, kuko Bibiliya itubwirako hariho igihe ibitabo bizabumburwa, abantu bose bo mu isi, (...) -
Witinya, gira kwizera, kera amagambo yawe yarumviswe!
2 February 2016, by Innocent KubwimanaAherako arambwira ati ‘’Witinya Daniyeli, kuko uhereye kumunsi watangiriyeho gushishikarira gusobanukirwa no kwicisha bugufi imbere y’Imana yawe, amagambo yawe yarumviswe kandi niyo anzanye. Ariko umutware w’ibwami bw’u Buperesi amara iminsi makumyabiri n’umwe ambuza , nyuma Mikayeli, umwe wo mu batware bakomeye aza kuntabara, ntinda mu bami b’u Buperesi (Daniyeli 10:12-13)
Mu bisanzwe aya magambo ashimangira ukuntu Imana iha agaciro ibyo tuyikorera kandi bikayikora ku mutima iyo umuntu (...) -
KUBA UMUKRISTO MUZIMA UTARIHO IKIZINGA. Pasitori NDAYIZEYE ISAIE
25 September 2015, by Pastor Desire Habyarimana2 Petero 1 : 1-11 Simoni Petero imbata ya Yesu Kristo n’intumwa ye, ndabandikiye mwebwe abagabanye kwizera kw’igiciro cyinshi guhwanye n’ukwacu muguheshejwe no gukiranuka kwa Yesu Kristo ariwe Mana yacu n’Umukiza. 2 Ubuntu n’amahoro bigwire muri mwe mubiheshwa no kumenya Imana na Yesu Umwami wacu 3 kuko imbaraga z’Ubumana bwayo zatugabiye ibintu byose bizana ubugingo no kubaha Imana tubuheshejwe no kumenya neza uwaduhamagarishije ubwiza bwe n’ingeso ze nziza. Ibyo nibyo byatumye aduha ibyo (...)
-
Umuntu ahinduka umukirisitu ate ?
3 March 2016, by Emmanuel KANAMUGIRE« Kuki ndi aha ? Ndi muntu ki ? Bizagenda bite igihe nzaba maze gupfa ? »
Ibibazo nk’ibi byagiye bikora ku mitima y ‘abantu benshi uko ibihe bigenda bisimburana.Dushobora kubona ibisubizo by’ibibazo nk’ibi niba tubasha gusobanukirwa umugambi w’agakiza k’Imana. Ushobora kuba warigeze kumva bavuga iby’ubutumwa bwiza ntiwasobanukirwa.Ariko se ubundi ubutumwa bwiza ni iki ?Biroroshye :ni uko Yesu yitanzeho igitambo ku bwacu, tubabarirwa ibyaha byacu, duhabwa ubugingo buhoraho na we.
Yesu Umwana (...) -
Icyubahisha Imana n’uko ikinga ibintu, ariko abami bo, bubahishwa no kubigenzura
31 January 2016, by Kiyange Adda-DarleneImigani 24: 2 “Icyubahisha Imana n’uko ikinga ibintu, ariko abami bo, bubahishwa no kubigenzura.”
Imana yacu niyo kwubahwa, twarabyigishijwe ariko nayo ubwayo irabyigaragariza mu gukinga ibintu . Aho itandukanira n’abami, bo bubahishwa no kugenzura ibyo yakinze. Abajya mu kirere gukorerayo ubushakashatsi, barubahwa bati barakomeye bagiye ku kwezi, ibitabo bikandikwa, ariko urwo rugendo ruba rutewe nuko hariho ibyo Imana yakinze umuntu ntabisobanukirwe neza, bikaba ngombwa ko habaho ingendo (...) -
Rose Muhando yamennye ibanga ry’icyatumye yakira Kristo akamukomeza!
18 September 2013, by Simeon NgezahayoWari uzi ko umuhanzi w’icyamamare w’indirimbo zo guhimbaza Imana mu hihugu cya Tanzania, Rose Muhando, yavukiye mu muryango w’Abisilamu, akaza kwakira Kristo nyuma y’aho Imana imukirije indwara ikomeye yari amaranye imyaka 3? Amena iryo banga rikomeye mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru The Kenyan Daily Post, Muhando yagize ati:
Abantu batekereza ko mfite ubuzima bwiza, butangora. Baribeshya cyane! Mu buzima bwanjye nahuye n’imibabaro kuva mvutse, ariko bidatinze biza guhinduka. Nafashwe (...) -
Tumenye itandukaniro ry’Imana yo kwizerwa n’ibigirwamana. Ernest RUTAGUNGIRA
13 January 2014, by Ernest RutagungiraUko iminsi ishira indi ikaza, niko inyigisho z’iyobokamana zirushaho kwamamazwa, gusa inyigisho z’ihakanamana nazo ntizihagarara ndetse nazo zigenda gucengezwa mu bantu, kuko buri wese ahitamo bitewe n’uko abishatse cyangwa abyumva, gusa kuko buri wese yigisha abayoboke be, ababwira ko bakwiye kwizera Imana ye y’ukuri, bikunze kugora bamwe gutandukamya Imana y’ukuri n’itari imana y’ukuri, kuko mu mvugo zose zitwa Imana /imana.
Ibyanditswe byera byose byahumetswe n’Imana, kandi bigira umumaro wo (...) -
Ese uwo mwashakanye umusengera ute iyo hagize ibyo mutumvikana?
9 April 2016, by Isaro Marie Ange“Iyaba naribwiraga ibyo gukiranirwa mum’umutima wanjye, Uwiteka ntaba anyumviye!” Zaburi 66: 18
Ikibazo gikuru abashakanye bifuza gusengera urugo rwabo bahura nacyo, havuyeho icyo kubura umwanya, n’ukujya imbere y’Imana batunganye, bejejwe. Umuntu agomba kujya imbere y’Imana afite umutima utamucira urubanza kugira ngo abe yategereza ibisubizo bizima kandi byuzuye.
Ubaye ufite inzika k’umutima, umujinya, umushiha, kutababarira n’izindi kamere zitanezeza Imana harimo kutihana, gusenga kwawe (...) -
Wari uziko uri umushinga w’Imana?
26 August 2015, by Innocent Kubwimana‘’Uwiteka wakuremye akagukuza uhereye ukiri mu nda, kandi ari we uzajya agufasha aravuga ati “Witinya Yakobo mugaragu wanjye, Yeshuruni natoranije.’’ Yesaya 44:2
Ukurikije aya magambo Imana yabwiye Yakobo, uhita ubona ko utari uw’impanuka mu maso yayo. Imana yakuzanye ku isi, niyo muremyi wawe, uri mu bwihisho bwayo na mbere yo kuvuka.
Ntabwo kuvuka kwawe ari ikosa, mbere cyangwa nyuma y’igihe. Ababyeyi bawe bashobora kutagutegurira kuko batari banazi ko ari wowe uzavukamo, ariko Imana yari (...)
0 | ... | 860 | 870 | 880 | 890 | 900 | 910 | 920 | 930 | 940 | ... | 1850