Umuryango w’Abakristo ufite boulangerie muri Leta ya Oregon wategetswe gukora ibyo inzobere zise "iterabwoba mu bukungu" rikorwa n’abashyigikiye ubutinganyi.
Amakuru dukesha ikinyamakuru The Christian Post aravuga ko umuryango wari ufite boulangerie mu mujyi wa Gresham, muri Leta ya Oregon (USA) aravuga ko umuryango w’Abakristo ufite boulangerie muri Leta ya Oregon wategetswe gukora ibyo inzobere zise "iterabwoba mu bukungu" rikorwa n’abashyigikiye ubutinganyi.
Mu ntangiriro z’uyu mwaka, iyi (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Oregon, USA: Boulangerie yategetswe gufunga imiryango izira kwanga gukora gateau de mariage mu bukwe bw’abatinganyi (Lesbians)
5 September 2013, by Simeon Ngezahayo -
Professor Grayson Boucher yiyemeje kuvuga ubutumwa bwiza abinyujije mu mukino wa Basketball
23 November 2012, by UbwanditsiUmusore Grayson akaba n’intiti yo ku rwego rwa Profeseri (’The Professor’),aratangazako agiye gukangurira abantu kuza kuri Kristo abinyujije mu mukino wa Basketball asanzwe anakina .Akomeza avugako bitazirirwa bisaba abakristo kuza mu urusengero,ahubwo ngo bazajya bahurira ku umuhanda,no ku kibuga maze ababwirize ubutumwa bwiza.
Ubwo yasuraga ikigo cya gikirisitu aricyo Salem Academy,urubyiruko rwashimishijwe n’ubwo buryo akoresha yamamaza ubutumwa bwiza bwa Kristo.Professor Grayson akaba (...) -
Jos, Nigeria: Abakristo 5 bishwe muri ambush batezwe mu muhanda
2 September 2013, by Simeon NgezahayoKu mugoroba wo kuri uyu wa 29 Kanama 2013, ubwo Emmanuel Sunday yari ari kuri moto agenda mu muhanda hafi y’umujyi wa Jos muri Nigeria, abantu bitwaje intwaro baramuhagaritse bamubaza idini rye. Uyu musore w’imyaka 19 wiga mu ishuri rikuru rya tekiniki yahise abona Abakristo bicaye aho basohowe mu modoka ya minibus n’itsinda ry’abantu bafite imbunda, babaryamishije hasi. Sunday yabwiye Morning Star dukesha aya makuru ati “Abo bantu bafite imbunda bambajije idini ryanjye, mbabwiye ko ndi (...)
-
Kenya : Abantu 10 baguye mu bitero byagabwe ku nsengero
1 July 2012, by UbwanditsiAbantu 10 bapfuye abandi 40 barakomereka mu gitero cyagabwe mu gitondo cyo kuri icyi cyumweru tariki ya 1 Nyakanga 2012 ku nsengero zo muri Kenya, mu gace ka Garissa kari hafi y’umupaka wa Somaliya.
Polisi yo muri iki gihugu yavuze ko ibi bitero byagabwe ku nsengero z’idini gatolika ndetse n’idini rya African Inland Church (AIC) ziri mu mujyi wa Galissa. Polisi yakomeje ivuga ko muri iki gitero hakoreshejwe ibisasu byo mu bwoko bwa gerenade ndetse n’amasasu asanzwe.
BBC dukesha iyi nkuru (...) -
Korale Rubonobono irakataje mu ivugabutumwa
22 November 2012, by Ernest RutagungiraNk’uko byari byitsezwe n’abo mu ntara y’iburasirazuba, mumpera z’iki cyumweru tariki ya 17 na 18 ugushyingo 2012, Korali RUBONOBONO ibarizwa mu itorero rya ADEPR, ururembo rw’umujyi wa Kigali, paroisse ya Gatsata, umudugudu wa Rubonobono yagize uruzinduko rw’ivugabutumwa rw’iminsi ibiri ku mudugudu wa Rubagabaga ho muri paroisse ya karangazi mu mutara.
Nk’uko twabisobanuriwe n’ubuyobozi bw’iyi korali ngo uru ruzinduko barwungukiyemo byinshi ku mpande zombi, cyane ko mu ivugabutumwa bakoze, abagera (...) -
Mbese koko ndi umugore w’imico myiza? (Igice cya 4)
11 June 2013, by Simeon Ngezahayo«Ameze nk’inkuge z’abagenza, azana ibyokurya bye abikura kure» Imigani 31 : 14 -
Nkunda cyane abagore b’abakozi. Bagira ubutwari bwinshi, kuko bagomba gukora akazi kandi bagakorera n’ingo zabo. Iyo bafite abana, gukora akazi no kwita ku rugo ntibibaha umwanya wo guhumeka.
Bakora ibyo bagomba cyangwa bagamije guteza imbere ingo zabo, byanga bikunda bagomba gukemura ibibazo byo mu ngo zabo. Icyo gihe umugabo ntaba akiri wenyine mu bibazo byo mu rugo. Bene abo bagore baba ari intwari cyane, rimwe (...) -
Ntugahe satani umwanya wo kukuganiriza
6 August 2015, by Innocent KubwimanaUwo mugore arayisubiza ati “Imbuto z’ibiti byo muri iyi ngobyi twemererwa kuzirya, keretse imbuto z’igiti kiri hagati y’ingobyi ni zo Imana yatubwiye iti ‘Ntimuzazirye, ntimuzazikoreho, mutazapfa.’ ” Iyo nzoka ibwira umugore, iti “Gupfa ntimuzapfa, kuko Imana izi yuko ku munsi mwaziriyeho, amaso yanyu azahweza mugahindurwa nk’Imana, mukamenya icyiza n’ikibi.”
Uwo mugore abonye yuko icyo giti gifite ibyokurya byiza, kandi ko ari icy’igikundiro, kandi ko ari icyo kwifuriza kumenyesha umuntu ubwenge, (...) -
Burya Imana yigisha abantu bayo
19 October 2015, by Innocent Kubwimana“Nicyo gituma mwishima, nubwo ahari mukwiriye kumara igihe mubabazwa n’ibibagerageza byinshi, kugira ngo kwizera kwanyu kugaragare ko kurusha izahabu igiciro cyinshi (kandi izahabu nubwo ishira igeragereshwa umuriro), kandi kugira ngo kwizera kwanyu kugaragare ko ari uk’ukuri, amaherezo kuzabahesha ishimwe n’ubwiza n’icyubahiro ubwo Yesu Kristo azahishurwa.”1Petero 1.6-7
Kugirango Imana yubake kwizera kwawe, ishyira inzozi muri wowe, hanyuma ikanaguha umwanya wo gufata icyemezo. Birumvikana ko (...) -
Brittni umukobwa wari icyamamare mu gukina film za pornography yakiriye Kristo
1 July 2013, by Simeon NgezahayoBrittni washyirwaga ku rutonde rw’abakinnyi ba mbere ba film za pornography rwakozwe na Maxim magazine yakiriye agakiza, abona n’ubuzima bushya muri Yesu Kristo.
Urubuga GodReports.com na Mark Ellis ni bo batangaje iyi nkuru mu cyumweru gishize, bavuga ko umukobwa w’icyamamare mu gukina film z’ubusambanyi (cyangwa se pornography) yabonye ubuzima bushya muri Yesu.
Brittni wari uzwi ku izina rya "Jenna Presley" muri izo film yatangiye kwishora muri ibyo byaha ubwo abagabo babiri bamwegeraga (...) -
Igiterane cyaberaga kuri ADEPR Cyarwa cyashimishije abari bakitabiriye
13 September 2012, by MUHAYIMANA VincentMumpera z’icyi cyumweru turangije ku Mudugudu wa Tumba Itorero rya ADEPR CYARWA habereye igiterane cyari gifite intego iboneka muri Ezekiyeri22:30.hagira hati:”Kandi nashatse umuntu muri bo wasana inkike, ngo ahagarare imbere yanjye mu cyuho ahagarariye igihugu kugira ngo ntakirimbura,ariko ntawe nabonye”.
Igiteranye cyatangiye kuwa gatandatu mu ma saa yine n’igice za mugitondo cyitabiriwe na Korali ELAYO yavuye mu itorero rya ADEPR Paruwasi ya Gikongoro Ururembo rwa Gikongoro yari (...)
0 | ... | 840 | 850 | 860 | 870 | 880 | 890 | 900 | 910 | 920 | ... | 1850