Intumwa Pawulo yandikiye Abagaratiya, yerekana ko atangazwa cyane n’uko umudendezo bahawe wabateye kunamuka bakareka ubutumwa bwiza bwa Yesu, maze abibutsa ko ubutumwa yabazaniye atari ubutumwa bwavuye ku bantu, ahubwo ko ari ubutumwa yahawe na Yesu kiristo ubwe, abagira inama ko baramutse bemeye kuyoborwa n’ Umwuka Wera byabafasha gusezera ku bubata bwa kamere.
Pawulo yakomeje agira ati: ndavuga nti “Muyoborwe n’Umwuka”, kuko ari bwo mutazakora ibyo kamere irarikira kuko kamere irarikira ibyo (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Menya ibanga ryo gusezera ku bubata bwa kamere, witegurire kuragwa ubwami bw’Imana.
18 July 2016, by Ernest Rutagungira -
Imana niyo nyiribihe
8 February 2016, by Pastor Desire HabyarimanaAburahamu arubama araseka yibaza mu mutima we ati :Ese ubwo byashoboka ko umugabo ufite imyaka ijana yabyara umwana w’umuhungu ?Sara se we ufite imyaka 90 yabyara ate ?Imana iravuga iti :ahubwo umugore wawe Sara niwe uzabyara umwana w’umuhungu kandi uzamwite ISAKA. Itangiriro 17 :17-19.
Kera Imana yari yarasezeranyije Aburahamu na Sara ko bazagira urubyaro rwinshi cyane.Imyaka yarahise ariko umwana bifuzaga cyane ntiyavuka. Kino gihe barashaje imyaka 100 y’Aburahamu na 90 ya Sara.
Ibihe (...) -
Barahirwa abarenganyirizwa gukiranuka kuko babikiwe ubwami
22 December 2015, by UbwanditsiHahirwa abarenganyirijwe gukiranuka, Kuko ubwami bwo mu ijuru ari ubwabo. Matayo 5:10
Benedata dushimira Imana iteka kubw’impano y’agakiza yaduhaye. Ntibyari byoroshye cya gitondo ubwo Pilato yavugaga ngo ese mbarekurire Baraba cyangwa Yesu? Maze natekereje ko iyo badahitamo Baraba nari kuba ngowe, wenda Yesu yaramwitegereje aribwira ati ‘’igendere nawe uri mubo ngiye gupfira.’’ Umuririmbyi yaravuze ngo iyo ataba amaraso ya Yesu, Gehinomu yari kuba iyanjye.
Ndababwiza ukuri ko iyo Yesu adapfa (...) -
Ibitaro abantu benshi bakuriragamo inda muri Virginia byafunze imiryango!
18 July 2013, by Simeon NgezahayoIbitaro biherereye mu mujyi wa Fairfax, muri Leta ya Virginia byakuyemo inda nyinshi kurusha ibindi muri iyo Leta byafunze. Amakuru dukesha ‘The Washington Post’ avuga ko gufunga kw’ibi bitaro kwaturutse ku mabwiriza y’ivugurura rya Leta n’iry’akarere bikoreramo. Indi mpamvu ngo ni amabwiriza agenga ubuziranenge ibitaro bikurirwamo inda muri Amerika bigomba kuba byujuje.
Ibi bitaro byari bizwi ku izina rya ‘NOVA Women’s Healthcare’ byari bifite gahunda yo kwimukira ahantu hagutse, kugira ngo (...) -
Sobanukirwa n’akamaro k’ubuki mu buzima bwa buri munsi
20 September 2012, by UbwanditsiHari abantu bafata ubuki nk’ikintu kibonekamo uburyohe buhebuje nyamara urubuga rwa quicky easyfit.com hari ibindi ubuki bushobora kudufasha mu buzima bwa buri munsi.
1. Bushora kukuvura udusebe two mu kamwa no mu mara. Kunywa amata n’utuyiko tubiri tw’ubuki kabiri ku munsi bizagufasha gukemura iki kibazo,
2. Kugabanya umuvuduko w’amaraso na choresterol mbi. Kunywa amazi n’akayiko k’ubuki ukabikora buri munsi bishobora kugufasha gukemura iki kibazo,
4. Gukiza igisebe. Gusiga ubuki ku (...) -
Ubuhamya:Mu ngorane duhura nazo nta mpamvu yo kwijujutira Imana
6 February 2013, by UbwanditsiNitwa Mariko, mfite imyaka 54, narashatse, nkaba nta kana ndabyara, kuko twagashatse tukakifuza ariko tukagaheba burundu. Umugore wanjye kuri ubu afite imyaka 48. Nyamara twarikijijwe, twakiriye Yesu ndetse twamuhaye icyicaro gihoraho mu rugo rwacu.
Ubuzima bwacu mu rugo bwaranzwe n’ ibihe bigoye cyane ( Kandi ibi byose twese turabizi ndetse byabaye ibihe by’ubusharire bukabije). Twashakanye n’umufasha wanjye nyuma y’imyaka itatu gusa nakoze Impanuka ikomeye cyane, ubwo nahanukaga hejuru mu (...) -
Nairobi: Igisasu cyatewe mu rusengero gikomeretsa 15
13 June 2013, by Simeon NgezahayoMu mujyi wa Nairobi, ku Cyumweru taliki 9 Kamena abiyahuzi banyuze iruhande rw’urusengero bari kuri moto bajugunya igisasu mu rusengero gikomeretsa abantu bagera kuri 15, barimo abapasiteri 2 bakomeretse bikabije. Amakuru dukesha Morning Star News avuga ko abapasiteri 2 bari mu bakomerejejwe n’icyo gisasu cyajugunywe mu rusengero rw’itorero Earthquake Miracle Ministry Church rwubatswe mu gisagara cy’ahitwa Mrima mu mujyi wa Likoni wubatswe ku nkombey’inyanja mu ntara ya Mombasa. Nk’uko (...)
-
Imana yerekaniye urukundo idukunda muri Kristo Yesu
7 March 2016, by Pastor Desire HabyarimanaAriko Imana yerekanye urukundo rwayo idukunda, ubwo kristo yadupfiraga tukiri abanyabyaha. Abaroma 5:8
Bibiliya iravuga ngo: “Urukundo rurihangana, rukagira neza, urukundo ntirugira ishyari, urukundo ntirwirarira, ntirwihimbaza, ntirukora ibiteye isoni, ntirushaka ibyarwo, ntiruhutiraho, ntirutekereza ikibi ku bantu, ntirwishimira gukiranirwa kw’abandi, ahubwo rwishimira ukuri, rubabarira byose, rwizera byose, rwiringira byose rwihanganira byose, Urukundo ntabwo rushira." (1Abakorinto (...) -
Ubwo dukorana na Yesu ntiduherwe ubuntu bw’Imana kubupfusha ubusa
23 July 2015, by Innocent KubwimanaAbaheburayo 12:1 "ubwo tugoswe n’igicucu cy’abo bahamya bangana batyo twiyambure ibituremerera byose n’icyaha kibasha kutwizingiraho vuba kugirango dusiganirwe aho dutegekwa"
Yohana 10: 11- 16..Yesu niwe mwungeri mwiza amenya intama ze akazipfira kandi izo ntama nazo zimenya umwungeri wazo. Ariko umwungeri ukorera ibihembo ntiyita ku ntama ze niyo haje ibikomeye arazita agahunga.
2 Abakorinto 11: 13...Bene abo ni intumwa z’ibinyoma ni abakozi bariganya bigira intumwa za Kristo.
2 Abakorinto (...) -
Tumenye ibimenyetso byo kwiyunga! - Elsa Laffiché
10 July 2013, by Simeon NgezahayoMu minsi ishize incuti yacu iherutse kudutumira ngo dusangire, umugabo wanjye arambwira ati «Nahuye na Eliane andangira aho batuye, kandi ni byiza ko tubasura. » Numvise mbyishimiye, ariko sinita ku rugendo n’inzira twakoresha kugira ngo tugere aho batuye.
Umunsi nyirizina uragera, twagiye mu modoka twese, hanyuma umugabo wanjye ampereza impapuro ebyiri ziriho amakarita yagombaga kutuyobora aho ba Eliane batuye, arambwira ati «Umva Chérie, mfasha umbwire uburyo turi bugere kwa Eliane.» Uwo (...)
0 | ... | 800 | 810 | 820 | 830 | 840 | 850 | 860 | 870 | 880 | ... | 1850