MBESE WAVUTSE UBWA KABIRI KOKO CYANGWA WARABATIJWE GUSA?
Abantu benshi bitiranya umubatizo no kuvuka ubwa 2 ariko sibyo kuko nta muhango n’umwe mu isi wahesha umuntu kuvuka ubwa 2. (kubatizwa, gukomezwa, etc…) Ikindi bamwe bibwira ko umubatizo ukuraho ibyaha (harimo n’icy’inkomoko) ariko Petero yabwiye itorero ko ari isezerano ku mana ry’umutima uticira urubanza (umutima wababariwe utiyiziho icyaha) 1Petero3:21. Bityo nk’uko Yesu yabatijwe nta cyaha iyo bigenze neza habatizwa umuntu wamaze (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Mbese wavutse ubwa kabiri koko cyangwa warabatijwe gusa?
12 February 2016, by Pastor Desire Habyarimana -
USA: Umuhanzikazi w’icyamamare mu njyana ya R&B/Pop Brandy mu myiteguro yo gushyira ahagaragara album y’indirimbo zihimbaza Imana (Gospel)
1 November 2013, by Simeon NgezahayoUmuhanzikazi w’icyamamare mu njyana ya R&B na Pop ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Brandy aritegura gushyira ahagaragara album ye y’indirimbo zihimbaza Imana. amakuru dukesha Uliza Links aravuga ko uyu muhanzikazi yagize igitekerezo cyo gukora indirimbo zihimbaza Imana nyuma y’aho aboneye ko byaba byiza akoresheje inganzo ye mu gufasha abakunda indirimbo zivuga iby’ukuri (truthful music).
Mu kiganiro yagiranye na kimwe mu bitangazamakuru byo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Brandy (...) -
Mu Rwanda hagiye gufungurwa ikigo cy’icyitegererezo mu kuvura kanseri
15 July 2012, by UbwanditsiMinisiteri y’Ubuzima igiye gutangiza ikigo cy’icyitegererezo cyo kuvura no kurinda indwara za kanseri. Ikigo kizaba icyerekezo muri aka karere ka Afurika y’Iburasirazuba mu gufasha ibyaro.
Iki kigo gifatwa nk’igitangaza muri aka karere u Rwanda ruherereymo, kizafungurwa tariki 18/07/2012 i Butaro mu karere ka Burera. Kuba mu Rwanda nta muganga wari uhari wo kuvura indwara zerekeranye na kanseri byateraga impfu nyinshi mu bana.
Paul Farmer, umwe mu bashinze Partners In Health yafatanyije na (...) -
Bibiliya ngo yaba igiye kugezwa mu mashuri: imwe mu ngamba z’ubuyobozi bushya bw’umuryango wa Bibiliya mu Rwanda
15 March 2016, by Simeon NgezahayoKuri uyu wa 14 Werurwe 2016, inteko rusange idasanzwe y’Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda yatoye umuvugizi mukuru mushya ndetse n’umwungirije. Abo ni Mgr Antoine Kambanda uyobora diyoseze Gatulika ya Kibungo watorewe kuyobora mu gihe cy’imyaka itatu (3), asimbuye Mgr Augustin Mvunabandi ku mwanya w’umuvugizi mukuru, akaba yungirijwe na Mgr Samuel Kayinamura, uyobora Itorero Methodiste Libre mu Rwanda. Aba bakandida babanje gutorwa n’inama y’abavugizi b’amatorero agize uyu muryango. (...)
-
“Yesu yankijije cancer yo mu mara n’iy’umura!” Salima
13 November 2013, by Simeon NgezahayoHashize imyaka 25 ninjiye mu itorero. Ubwa mbere najyanye na mama, nshyinjira numva imbaraga zidasanzwe ntangira kurira mara umwanya munini.
Nkirira, umukozi w’Imana witwa Archange yahamagaye abarwayi ngo basengerwe, nanjye mbyuka aho nari ndyamye muri salle. Yasengeye abarwayi mu izina rya Yesu, maze cancer nari maranye igihe mu mara irakira!
Nategereje imyaka 20 ngo mbone kubatizwa, kandi kuva ubwo Umwami Yesu ntiyigeze andeka. Mbega ukuntu ari byiza kuba uwa Yesu! Ni we wenyine nizera, (...) -
Pasteur Desire yageze aho igiterane mpuzamahanga kiri bubere Salem mu gihugu cy’Ubuhinde
11 July 2013, by Simeon NgezahayoNk’uko mwagiye mubimenyeshwa mu bitangazamakuru bitandukanye, Pasteur Desire Habyarimana yatumiwe mu giterane mpuzamahanga kigiye kubera mu buhinde mu mujyi wa Salemu akigera muri iki gihugu yadutangarije ko ashimishijwe no kugera mu buhinde aho ategereje ko iki giterane kizavamo umusaruro w’abakizwa n’ abandi benshi bagahembuka mu bugingo.
Akigera ku kibuga cy’ Indege cya Bangarole yakiriwe n’ urubyiruko rw’abana babanyarwanda biga muri iki gihugu yatumenyesheje ko yatunguwe no kubona abana (...) -
Umurimo w’ivugabutumwa urakomeje mu gihugu cy’Ubuhinde
12 November 2012, by Olivier TuyishimeNkuko duheruka kubagezaho ibinjyanye na minisiteri y’abanyeshuri baba nyarwanda biga mu mujyi wa SALEM,muri state ya Tamil Nadu mu buhinde yitwa SEEK GOD MINISTRIES(SGM), umurimo w’Imana urakomeje no mubindi bice bitandukanye bigize iki gihugu cy’Ubuhinde, ndetse Imana irarushaho kuwushyigikira no kuwagura,aho abanyeshuri babanyarwanda bakomeje gukorera Imana ndetse bategura ibiterane bikomeye bigamije kubwiriza abanyamahanga ubutumwa bwiza bwa Yesu kristo, ndetse nabandi bose batarakira (...)
-
Imana yaduhamagariye kwera
21 August 2015, by Innocent Kubwimana‘’Umuntu wese umbwira ati ‘Mwami, Mwami’, si we uzinjira mu bwami bwo mu ijuru, keretse ukora ibyo Data wo mu ijuru ashaka.’’ Matayo 7:21
‘’Imana ntiyaduhamagariye kwanduzwa, ahubwo yaduhamagariye kwezwa.’’ 1 Abatesalonike 4:7
‘’Ahubwo nk’uko uwabahamagaye ari uwera, abe ari ko namwe muba abera mu ngeso zanyu zose.’’ 1 Petero 1:15
Icyo Imana itegerezaho abantu bayo kandi ibifuzaho igihe cyose ni ugusa nayo, kandi kuko yera natwe yifuza ko tuba abera.
Abera bo mu isi nibo mfura Imana yishimira. (...) -
Abarenga 150 bakiriye agakiza ubwo Jehovahjireh Choir yari Kamabuye (Ku Munazi) iBugesera.
6 March 2013, by VitalNi kuruyu wa 03/03/2013 ubwo Jehovahjireh choir CEP- ULK Evening isanzwe ikorera umurimo w ’Imana muri Kaminuza yigenga ya Kigali ULK, yari yerekeje mu karere ka Bugesera aho bita Kamabuye- ku Munazi, abantu benshi kandi b’ingeri zitandukanye rero bakaba bari baje ari benshi kandi ubona banyotewe n’ubutumwa bwiza bwa Yesu kristo.
Prezida wa Jehovahjireh choir ati rero turashimira Imana ko yadushoboje kugerayo amahoro kandi tugatahukana umusaruro w’abihannye benshi nkuko intego yacu iri, (...) -
Imvugo niyo ngiro abanyarwanda dukwiye kwishakamo igisubizo, CEP ULK.
19 July 2012, by VitalAyaniamwe mu magamboyatangajwen’abari mu giterane cyateguwe n’umuryango w’Abanyeshuri b’Abapentekote b’Itorerorya ADEPR (Communautés des EtudiantsPentecotistes de l’ULK – CEP ULK) ukorera muri Kaminuza Yigenga ya Kigali (ULK Kigali) kuwa 15/07/2012,igiterane cyari gifite intego ebyeri nyamukuru arizo: Gusengera Kaminuza ya ULK kubw’ikerekezo cyiza ifite mu iteramberery’igihugu Kwishakamo ubushobozi bwo kurihira abanyeshuli batarashobora kurangiza kwishyura amafaranga y’ishuli [Minerval (School (...)
0 | ... | 760 | 770 | 780 | 790 | 800 | 810 | 820 | 830 | 840 | ... | 1850