Iyo turebye ubuzima bw’abantu bakundana usanga ari ibintu bitangaje, inshuro nyinshi nyuma yo guhura habaho kumenyana, muri wa mwanya wo kumenyana rero niho buri wese atega amatwi kugira ngo amenye ibyo mugenzi we yanga kugirango niba we yanabikundaga yige ubundi buryo bwo kubigabanya cyangwa no kubireka kuko gukunda ni ugutanga no kwakira.
Ibi niko bigendekera umuntu umaze kwizera Kristo nyuma yo guhura nawe atangira gushaka uburyo yamumenya neza, Yesu ubwe ashobora kumwibwira, ashobora (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Ujya uhangayikishwa niyo utabanye neza na Yesu?
1 September 2015, by Innocent Kubwimana -
Nubwo ubona bikugoye ariko Imana iragukunda
17 December 2015, by Ernest RutagungiraAbantu bose batuye muri iyi si bafite uko bigishijwe Imana, bamwe bayigishijwe nk’Imana yaremye isi , maze itangira kuducunga kuko ifuha ,tuyigishwa nk’Imana irakara, Imana ihana ndetse kuburyo buri wese afite uko ayifata mu buzima bwe bwa buri munsi ,ariko ndagira ngo hejuru y’ibi byose dusubize amaso inyuma twibuke ko Dufite Imana yacu dukwiriye gufata nka Data cyangwa papa udukunda.
Iki kigereranyo cyo kuvuga ko Imana ari umubyeyi ntabwo bihura neza cyane, kuko iminsi tugezemo hari ingero (...) -
Bujumbura mu gihugu cy’u Burundi iminsi mikuru isoza umwaka iteguye neza mu masengero atandukanye
25 December 2012, by Patrick KanyamibwaMu cyumweru gishize ubwo twanyarukiraga Bujumbura umurwa mukuru w’igihugu cy’u Burundi, tureba muri rusange uko iminsi mikuru isoza uyu mwaka wa 2012 iteguwe mu masengero atandukanye. Muri rusange insengero hafi ya zose zo muri icyo gihugu hari gahunda zidasanzwe zagiye zitegura mu isozwa ry’uyu mwaka yaba kubera Noheli hamwe n’umunsi usoza umwaka unatangirra undi « Bonane ».
Mu idini ry’abakatorike rimwe mu rifite abakiristo benshi cyane muri icyo gihugu, twasuye kuwa gatandatu tariki ya (...) -
Imfunguzo eshatu zadufasha kwakira igitangaza
11 March 2013, by Isabelle GahongayireMunyemerere mbabwire uburyo Imana ikomeje kugenderera Brasil hakaba ububyutse. Imana irimo gukora muri Brasil, Sao Paulo, na Manaus mu buryo ntari bwigere mbona mu yindi myaka. Ibyo bitangaza n’ibimenyetso biri guherekeza ubutumwa bwiza ni ingero nziza z’igitangaza gikomeye cyabanje kubaho—igitanza cy’agakiza. Tuzi ko Yesu Kristu, binyuze mu rupfu no kuzuka kwe, yatanze ubugingo buhoraho kuri abo bose bamwizeye kandi ibi birakomeje n’uyu musi kuri abo banyabresiliya bakomeje kumwizera n’uyu (...)
-
Abanyeshuri babanyarwanda baba mu Buhinde bakinnye Filme y’ikinyarwanda
27 May 2013, by Patrick KanyamibwaNkuko twabitangarijwe na Mugabe Aline Nene wiga muri University yo mu gihugu cy’u Buhinde ahitwa Salem umwe mu banyarwanda bakina filime mu buryo bwo kuvuga butumwa babinyujije mu mashusho muri minisiteri yitwa “Seek God Ministrie” uyu akaba ari president nu mutoza wabakinyi muri departement yivuga butumwa mu buryo bwa mashusho yatubwiyeko batangiye bakina muri eglise bukeya bukeya, nyuma baricara batekereza uburyo basakaza ubutumwa babona bagomba kubicisha muri movie.
Bimwe mubikorwa (...) -
Nigeria : Intagondwa za Boko Haram zishe abakirisitu 52
20 June 2012, by UbwanditsiKu cyumweru gishize, ibitero by’ubwiyahuzi byibasiye insengero mu mujyi wa Kaduna ahishwe abakristu 52, ibi byatumye insoresore z’abakristu nazo zishyiraho bariyeri zihiga abayisilamu.
Kuri uyu wa Mbere tariki 18 Kanama 2012, imirambo yari icyandagaye mu mujyi wa Kaduna mu gihugu cya Nigeria kubera Imirwano ikomeje kubera mu wundi mujyi witwa Damataru mu majyaruguru ashyira iburasirazuba bw’ijcyo gihugu.
Umujyi wa Damaturu ni umurwa mukuru wa Leta ya Yobe ahakomeje kwibasirwa n’ibitero bya (...) -
Aho imbabazi z’Imana zihurira n’icyubahiro cyayo Dr Ivan
12 February 2016, by Pastor Desire HabyarimanaAHO IMBABAZI Z’IMANA ZIHURIRA N’ICYUBAHIRO CYAYO
Amaganga ya Yeremiya 3: 22, 23, 25: "Imbabazi z’Uwiteka nizo zituma tudashiraho, kuko ibambe rye ritabura, zihora zunguka uko bukeye, umurava wawe ni munini", Uwiteka abereye mwiza abamutegereje, n’ubugingo bw’umushaka, Imbabazi ze nizo zituma tudashiraho, zihora zunguka uko bukeye, buri gitondo hari imbabazi nshya nshya.
Ubusanzwe imbabazi mu ndimi z’amaghanga ni Grace = kwemerwa = faveur = guhabwa ibyo utari ukwiriye. Hari ubuntu buhora (...) -
Kuri iki cyumweru muri SERENA Hotel haramurikwa igitabo cyiswe “HIRYA Y’IMBIBI Z’AMASO”
18 February 2013, by UbwanditsiTariki ya 24/02/ 2013, nibwo umwanditsi Ndatsikira Jean Paul azashyira ahagaragara igitabo “HIRYA Y’IMBIBI Z’AMASO”. icyo gikorwa kikazabera kuti Kigali Serena Hotel saa kumi z’umugoroba. Tuzasusurutswa n’abahanzi Simon Kabera na Alexis Dusabe. Kwinjira ni ubuntu ku muntu wese ashishikajwe no kwandika no gusoma nk’umuco
NDATSIKIRA JEAN PAUL NI MUNTU KI? Nitwa NDATSIKIRA Jean Paul, nkaba naravukiye mu gihugu cy’ I Burundi mu w’I 1980. Amashuri abanza nayigiye I Burundi, ayisumbuye nyigira mu rwunge (...) -
Rubyiruko mubeho kubwa Yesu” igiterane cyateguwe n’Ihuriro ry’ubwiyunge
11 July 2012, by Patrick KanyamibwaNkuko twabitangarije na Paul Bigati umwe mubari gutegura icyi giterane, kuva kuwa gatanu tariki ya 13/07 kugeza ku cyumweru tariki ya 15/07/2012, hateguwe igiterane cy’ivugabutumwa mu rubyiruko no mu bandi bantu bakuru, intego nyamukuru yicyi giterane nu kwibutsa urubyiruko ko buri wese afite icy’Imana ya muteganyirije kandi akwiye kwibutsa uburyo yakigeraho, ndetse hazabako gusobanurira no kwibutsa urubyiruko ko rubayeho kubwa Yesu.
Paul Bigati yakomeje atubwirako kuwa gatanu tariki ya (...) -
Akarusho uramutse witekeye Potaje y’ibijumba n’ubunyobwa
1 October 2012, by Ernest RutagungiraNk’uko dusanzwe tubafasha gutegura amafunguro meza ,yizewe mu isuku kandi yujuje intungamubiri, noneho tubazaniye potaje (potage) nziza kandi yoroshye guteka, ikaba ikozwe mu bijumba hamwe na beurre d’arachide ( imera nk’amavuta afashe akorwa mu bunyobwa) akenshi ikoreshwa mu gusigwa ku umugati, abenshi bita confiture y’ubunyobwa,iyi potaje ikaba itegurwa mu gihe kingana n’iminota20, igatekwa 55
Ibikoresho byifashishywa mu gutegura iyi potage Isafuriya Icyuma Imbabura cyangwa irindi ziko (...)
0 | ... | 760 | 770 | 780 | 790 | 800 | 810 | 820 | 830 | 840 | ... | 1850