Mu minsi ishize incuti yacu iherutse kudutumira ngo dusangire, umugabo wanjye arambwira ati «Nahuye na Eliane andangira aho batuye, kandi ni byiza ko tubasura. » Numvise mbyishimiye, ariko sinita ku rugendo n’inzira twakoresha kugira ngo tugere aho batuye.
Umunsi nyirizina uragera, twagiye mu modoka twese, hanyuma umugabo wanjye ampereza impapuro ebyiri ziriho amakarita yagombaga kutuyobora aho ba Eliane batuye, arambwira ati «Umva Chérie, mfasha umbwire uburyo turi bugere kwa Eliane.» Uwo (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Tumenye ibimenyetso byo kwiyunga! - Elsa Laffiché
10 July 2013, by Simeon Ngezahayo -
Musanze : Abaturage barasabwa kwirinda ubuhanuzi bwa Nsabagasani
12 December 2012, by UbwanditsiAbatuye Akarere ka Musanze barasabwa kwirinda abahanuzi b’ibinyoma n’ubutumwa bukura umutima cyane cyane birinda kwemera ibikubiye mu byitwa ubuhanuzi bwa Nsabagasani Dominique, kuko ngo ari abihuha bikomoka ku banzi b’igihugu.
Lt Musoni Didas, ushinzwe guhuza inzego za gisivire na gisirikare ari kumwe n’abikorera bo muri ako karere yabasabye ko badakwiye guha umwanya ibyo bibarangaza ahubwo bagashishikarira gukora no kwiteza imbere, nk’uko tubikesha Kigali Today.
Ubwo abikorera bo muri (...) -
“Izi impamvu yabyo" Karyango Bright
4 December 2013, by Simeon NgezahayoIyi ni indirimbo nshya umuhanzi nyarwanda w’indirimbo zihimbaza Imana Karyango Bright amaze gushyira ahagaragara. Uyu muhanzi aririmba mu njyana ya Rap.
Mu kiganiro agakiza.org twagiranye na Karyango Bright, yadutangarije ko nyuma yo kubona intambwe Imana imaze kumugezaho dore ko yari umuhanzi w`indirimbo zisanzwe gusa nyuma yo kwakira agakiza agahitamo inzira yo guhimbaza Imana, asanga hari impamvu nyinshi zatuma ahimbaza Imana kandi agashimangira ko n’aho imitini itatoha n`inzabibu ntizere (...) -
Yesu yumva umubabaro wacu!
23 September 2015, by Pastor Desire HabyarimanaNyina wa Yesu na nyina wabo bari bahagaze bugufi bw ‘umusaraba wa Yesu .Nuko Yesu abonye nyina n’umwigishwa yakundaga bahagaze bugufi abwira nyina ati :Mubyeyi nguyu umwana wawe .Maze abwira uwo mwigishwa ati :nguyu nyoko.Uhereye uwo mwanya uwo mwigishwa amujyana iwe. YOHANA19 :25-27 Yesu yumva cyane abazana imibabaro yabo imbere ye. Mariya na Yohana bari bababajwe no kubona Yesu apfira ku (...)
-
Chorale de Kigali yateguye igitaramo yise «Special concert for classic music»
11 July 2013, by Patrick KanyamibwaChorale de Kigali ari na yo nkuru mu makorali yo muri iki gihugu, dore ko iherutse kwizihiza isabukuru y’imyaka 46 imaze ibayeho, yeteguye igitaramo cyo guhimbaza Imana mu buryo buri Classic, iki gitaramo kizaba ku cyumweru tariki ya 28/07/2013 kuri Hotel Mille Colline.
Nkuko twabitangarijwe na Alexis Nizeyimana umuyobozi wa Chorale de Kigali ubwo twabasangaga mu mwitozo kuri St Paul mu mugi wa Kigali aho banasanzwe bakorera imyitozo y’amajwi no kuririmba, iki gitaramo ni kimwe mu bitaramo (...) -
Itorero ry’ADEPR Gahogo ryatashye insengero
31 July 2012, by UbwanditsiItorero rya ADEPR Gahogo riherereye mururembo rwa Gitarama muntara y’amajyepfo, kuri iki cyumweru tariki ya 29/7/2012 ryatashye kumugaragaro insengero 2, rumwe ruherereye kumudugudu wa Ruvumera urundi kumudugudu wa Gahogo.
Azifungura kumugaragaro , umuvugizi wa ADEPR mu Rwanda nyakubahwa USABWIMANA Samuel, yavuzeko nabatubanjirije Biblia igaragaza nk’icyitegererezo nka Salomon bagize ishyaka ryinshi ryokubaka inzu y’Imana(urusengero) kandi baranabikora. Ati: Namwe rero ibimwakoze mwubaka (...) -
"Twanejejwe cyane n’uburyo Imana yadushyigikiye muri Launch yacu" Gilgal Choir, CEP KIST-KHI
25 February 2014, by Simeon NgezahayoHari kuri iki cyumweru gishize taliki ya 23 Gashyantare, ubwo Chorale Gilgal ya CEP KIST-KHI yakoraga igiterane cyo kumurika album yabo y’amashusho ya mbere. Muri iki gitaramo cyabereye kuri ADEPR Nyarugenge, Gilgal yataramiye abakunzi bayo irabizihiza. Nka saa cyenda n’igice ni bwo iki gitaramo cyari gitangiye, gitangira haririmba Worship Team ya Nyarugenge, hakurikiraho chorale Impanda ya ADEPR Rwampara ikunzwe na benshi muri iki gihe. Nyuma y’Impanda ni bwo chorale Gilgal yaserutse (...)
-
Oya ikwiye kuba oya na Yego ikaba Yego ku mukristo
18 August 2015, by Innocent KubwimanaAhubwo ijambo ryanyu ribe ‘Yee, Yee’, ‘Oya, Oya’, ibirenze ibyo bituruka ku Mubi. Matayo 5:37
‘’Kandi mwumvise ko abakera babwiwe ngo ‘Ntukarahire ibinyoma, ahubwo uzakorere Umwami Imana ibyo wayirahiye.’ Ariko jyeweho ndababwira kutarahira rwose, naho ryaba ijuru kuko ari ryo ntebe y’Imana, cyangwa isi kuko ari yo ntebe y’ibirenge byayo, cyangwa i Yerusalemu kuko ari ururembo rw’Umwami ukomeye.
Kandi ntuzarahire umutwe wawe, kuko utabasha kweza agasatsi kamwe cyangwa ngo ukirabuze. Ahubwo ijambo (...) -
Nta kigeragezo Imana iduha cyo kudutandukanya nayo Ernest
3 December 2015, by Ernest RutagungiraNTAKIGERAGEZO IMANA IDUHA, CYO KUDUTANDUKANYA NAYO.
“Ni inde wadutandukanya n’urukundo rwa Kristo? Mbese ni amakuba, cyangwa ni ibyago, cyangwa ni ukurenganywa, cyangwa ni inzara, cyangwani ukwambara ubusa, cyangwa ni ukuba mu kaga, cyangwa ni inkota? Abaroma 8:35
Yobu umwe mu bakozi b’Imana yahuye n’ibigeragezo bikomeye agera ku rwego isi n’ijuru bimuhamiriza ko ageze ku gipimo cyo hejuru cyo kugeragezwa, Yobu 2: 3
UWITEKA abaza Satani ati “Aho witegereje umugaragu wanjye Yobu, yuko ari nta (...) -
Bikorimana Aloys na Uwamahoro Liliane bishimiye bikomeye umuhungu babyaye
5 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaBikorimana Aloys na Uwamahoro Liliane, abaririmbyi ba Korali Jehovahjireh ya ULK,bari mu byishimo bikomeye ku bwo kwibaruka imfura yabo nyuma y’imyaka itanu bashakanye.
Mu kiganiro yagiranye na IGIHE, uyu mugabo usanzwe ayobora Korali Jehovahjireh ya ULK yavuze ko kugeza ubu atabona amagambo asobanura ibyishimo afite nyuma yo kwibaruka imfura ye yari amaze imyaka itanu ategereje.
Yagize ati “Sinabona uko nkubwira ibyishimo njye na madamu wanjye dufite, ubu natwe turi ababyeyi b’umwana (...)
0 | ... | 720 | 730 | 740 | 750 | 760 | 770 | 780 | 790 | 800 | ... | 1850