Nyuma y’igiterane cy’iminsi 7 cyabaye muri Werurwe uyu mwaka cyari gifite intego yo “Kwinjira mu masezerano (Itang. 12:1-9), cyarimo abigisha nka Pst RWIBASIRA Vicent ukorera umurimo w’Imana mu Itorero BETESIDA HOLY CHURCH n’abandi, Itorero DORMITION CHURCH INTERNATIONAL ryateguye igiterane ngarukamwaka kimara amezi ane biga Ijambo ry’Imana iminsi 7 mu kwezi, kizatangira kuri uyu wa Kabiri taliki 22 Mata 2014.
Muri uku kwezi, iki giterane gifite intego yo “Kuvuka ubwa kabiri” iboneka muri Yohana (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
"UMUNTU UTABYAWE N’AMAZI N’UMWUKA NTAZINJIRA MU BWAMI BWO MU IJURU!" NI YO NTEGO Y’IGITERANE CY’IMINSI 7 MU ITORERO DCI - Rev. Pst Papias SINDAMBIWE
22 April 2014, by Simeon Ngezahayo -
Humura ifite ijambo rya nyuma ije kukurengera !
25 October 2015, by Ernest Rutagungira« Kuva iyi si yaremwa kugeza ubu byakomeje kuvugwa ari nako binagaragara ko ubuzima bwa muntu bugenda bukomera, bunyura mu bibazo, intambara n’indi miruho itandukanye. Binagaragara kandi ko uyu utari umwihariko ku gika runaka gusa, kuko yaba ari abana,ababyeyi n’abasheshe akanguhe bararira,yaba abakire n’abakene urumva nawe iyo bigeze ku batindi amarira n’agahinda aba ari byinshi ».
Aka kaga rero mu by’ukuri kakaba gaterwa ahanini n’indwara zikomeye abaganga bananiwe, ubushomeri bumaze igihe (...) -
Umuhanzi Dudu T. Niyukuri ari kubarizwa mu Rwanda mu bikorwa bitandukanye
30 June 2012, by Patrick KanyamibwaKuri uyu wa gatanu tariki 29/06/2012, nibwo umuhanzi w’umunyarwanda ubarizwa mu gihugu cy’u Burundi Dudu T. Niyukuri yagaragaye mu mugi wa Kigali, aho yagaragaye kuri Evangelical Restoration Church Kimisagara muri Shekinah Week aririmba, nyuma mu masaha y’umugoroba akaba yagaragaye mu gitaramo cya Eddie Mico kuri St Etinne EAR Biryogo.
Ubwo twamusanga mu mugi wa Kigali muri icyi gitondo, ari kumwe n’umwe mubamufasha ibikorwa bye inaha mu Rwanda Yvan Ngenzi, Dudu yadutangarije ko yagarutse mu (...) -
Igitaramo cya Frere Manu i Musanze kizabera munzu mberabyombi y’ Umurenge
30 May 2013, by UbwanditsiKubera imbaga y’abantu biteze ibitaramo cy’umucuranzi FRERE Manu byatumye habaho impungenge z’urusengero kuko rushobora kuba ruto dore ko urusengero rw’ ADEPR MUhoza hakorerwamo amateraniro abiri, ibi byatumye Top5 ISAI ifata mumugongo uyu muhanzi maze imuha inkunga y’inzu mberabyombyi y’umurenge wa Muhoza ifite ubushobozi bwo kwakira abantu barenga 2000 bityo iki gitaramo buri wese azisanzure neza.
Mu kiganiro uyu muhanzi yagiranye na Radio y’abaturage ya Rubavu yatangaje ko inkunga ya TOP5 (...) -
Dukwiye guta umwambaro wa kera tukambara kwizera
5 July 2016, by Pastor Desire HabyarimanaMariko 10:46-52” ….Aherako arataka cyane ati : Yesu mwene Dawidi mbabarira….abantu benshi baramucyaha ngo ahore….Yesu arahagarara arababwira ati nimumuhamagare…..Nayo ita umwenda wayo, irabaduka yegera Yesu. Yesu arayibaza ati: urashaka ko nkugirira nte?...”
Barutimayo yari umwana wa Timayo ,akaba yari impumyi yirirwaga isaba,ariko nubwo yari impumyi mu mutima hari hahumutse kuko yari afite kwizera yemera guca bugufi atangira kumenya Yesu agerageza kumwegera ataka ati : mbabarira!!! Akimara (...) -
Pasiteri Christine Daniel yakatiwe azira gucuruza ikiwani cy’umuti wa kanseri kuri TBN - Melissa Steffan
27 June 2013, by Simeon NgezahayoUbusanzwe umuntu ashobora gukira kanseri, ariko umuti w’ibyatsi Pasiteri Christine Daniel avuga ko yavumbuye yise "C-Extract" ntubasha gukiza kanseri. Amaze kwamamaza C-Extract ayivugaho ibitangaza, Pasiteri Daniel yakatiwe igifungo cy’imyaka 14. Ikinyamakuru ‘The Orange County Weekly’ kiratangaza ko Pasiteri Daniel ukorera umurimo w’Imana mu itorero rya Pantekote akaba asanzwe ari n’umuganga yavumbuye umuti avuga ko ukiza kanseri, awita C-Extract maze atangira kuwucuruza kuri Televiziyo (...)
-
Umudugudu wa ADEPR-Nyakabungo (Gihogwe) wabateguriye amasengesho y’iminsi 21
15 October 2015, by UbwanditsiUmudugudu wa ADEPR-Nyakabungo, wo muri Paruwasi ya Gihogwe, wateguye igiterane cy’amasengesho kizamara iminsi 21. Iki giterane gifite intego igira iti ‘’ guhabwa imbaraga zo kuritura ibyananiranye’’, kizatangira tariki 12/11 kugeza 31/11/2015, kikazabera kuri uwo mudugudu.
Umuyobozi w’uyu mudugudu Mwalimu Moise Sindayigaya yavuze ko aya masengesho bayateguye kugira ngo abazayitabira bazahabwe imbaraga zibabashisha kuritura ibyananiranye. Ibi babishingira ku ijambo rivuga ngo ‘’Icyakora muzahabwa (...) -
Wari uzi ko imyambarire mibi y’ igitsina gore igira ingaruka?
4 May 2016, by Kiyange Adda-Darlene« Kandi izo ku mubiri zizwi ko ari izicyubahiro gike, nizo turushaho kwambika icyubahiro, kandi ingingo zacu ziteye isoni nizo zirushaho gushimwa. Nyamara izidateye isoni ntizigomba kwambikwa… (1 abakorinto 12 : 23-24)
Guhera igihe umuntu yakoreye ibyaha, yahise amenya ko afite ingingo zimwe ziteye isoni, arihisha. Imana ije kumureba ntiyahita imubona, imuhamagaye yarisobanuye ati : « Numvise imirindi yawe muri iyi ngobyi, ntinyishwa n’ uko nambaye ubusa, ndihisha. »(itangiriro (...) -
Ibintu 3 Imana idushakaho Raymond Birasa
13 July 2016, by Pastor Desire HabyarimanaMIKA 6:8 Yewe mwana w’umuntu we, yakweretse icyiza icyo ari cyo. Icyo Uwiteka agushakaho ni iki? Ni ugukora ibyo gukiranuka no gukunda kubabarira, no kugendana n’Imana yawe wicisha bugufi.Ibyo Imana idushakaho:
1. Ni ugukora ibyo gukiranuka
Iyo umunyabyaha amaze kwakira Yesu Kristo aba abaye umukristo, mu rugendo rwa Gikristo ugomba gukora icyo Imana ishaka; Imana ishaka ko buri wese akora ibyo gukiranuka, gukiranuka ni ubuzima bwacu bwa buri munsi, ugakiranuka aho abantu bakureba ndetse (...) -
Korali Abakorerayesu igiye kumurika Album DVD Vol 1.
1 December 2012, by Patrick Kanyamibwa« Aritamurura » ni izina rya Album DVD Vol. 1 ya Korali Abakorerayesu. Aritamurura ni izina rituruka kuri imwe mu ndirimbo zigize iyi Album. Iyi Album izamurikwa ku mugaragaro tariki ya 9/12/2012 guhera saa saba (13h00) aho isanzwe ikorera umurimo ku rusengero rwa ADEPR Rukurazo/Kimironko aho bakunze kwita ku Isangano. Kuri uyu munsi kandi hazaba hari Umuhanzi Kabera Fils Fidѐle uzwi ku ndirimbo “Ninde Uzahagarara ku Musozi Wawe Wera‘ . Umuvugabutumwa Pasteur Ngamije Viateur guturuka i (...)
0 | ... | 680 | 690 | 700 | 710 | 720 | 730 | 740 | 750 | 760 | ... | 1850