Iyo umwuka wera yaje abarwayi babyungukiramo n’abantu bagashima Imana Ibyakozwe n’intumwa 3.9 Abonye Petero na Yohna bagiye kwinjira mu rusengero, arabasaba ngo bamuhe…..Abantu bose babona agenda ashima Imana Uyu yari ku irembo asabiriza kuko yanabaga n’ubumuga. Yatumbiriye abantu buzuye Umwuka wera arahaguruka. Rubanda bashima Imana.
2. Iyo Umwuka wera yaje akura urujijo mu bantu. Ibyakozwe n’intumwa 8:19-24 Ariko Simoni Petero abonye yire uko abarambitsweho ibiganza by’intumwa bahabwa Umwuka (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Ibintu 5 bigaragaza umumaro w’Umwuka wera ku bandi bantu?Ev.Adda
10 July 2015, by Ubwanditsi -
Ushaka kwemerwa n’Imana?
11 December 2015, by Innocent KubwimanaPetero aterura amagambo ati “Ni ukuri menye yuko Imana itarobanura ku butoni, ahubwo mu mahanga yose uyubaha agakora ibyo gukiranuka iramwemera. Ibyakozwe n’intumwa 10:34-25
Mu by’ukuri kwemerwa ni ikintu kiza mu buzima bw’iyi sim kuburyo umuntu avuzeko ari byo abantu hafi ya bose baharanira ntiyaba abeshye.
Amagambo dusomye hejuru Petero yayavuze amaze kubona umugabo witwa Koruneliyo we yafataga nk’umunyedini Bibiliya ikavuga ko yubahaga Imana we n’abo mu rugo rwe bose, agakunda gusenga, (...) -
Uko yawurute ikoreshwa mu kwiyitaho no kongera ubwiza
4 November 2015, by Umumararungu Claire«Ubusanzwe» yawurute ifatwa nka deseri ikundwa n’abana ndetse n’abantu bakuru,ariko ikaba ifite n’umwihariko wo gukoreshwa nka kimwe mu byongerera umuntu ubwiza,cyane cyane abagore n’abakobwa haba ku mubiri,ku misatsi,ku minwa ndetse no kugira uruhu rwiza rwo mu maso.
1.Iyo ufite iminwa ishishuka cyangwa ihora yumagaye ushobora gukoresha yawurute ikongera koroha no guhehera,ukoresheje yawurute n’umutobe w’indimu. Uko bikorwa ; ufata yawurute nkeya ugatonyangirizamo umutobe w’indimu mukeya,maze (...) -
Itorero rya ADEPR ryasoje amahugurwa ku kwimakaza umuco w’amahoro hifashishijwe Bibiliya.
28 June 2012, by UbwanditsiKuri uyu wa kane taliki ya 28/06/2012 ku kigo cy’ Amahugurwa mu Kagarama hasojwe amahugurwa yari amaze iminsi itatu ku gukemura amakimbirane no kwimakaza umuco w’amahoro hifashishijwe Bibiliya.Akaba yari yahuje abayobozi b’abandi baturutse mu ndembo zose za ADEPR uko ari 12 mu Rwanda. Aya mahugurwa akaba yari ayobowe n’umwisha Steve Moore ukomoka muri America akaba ari inzobere mu gukemura amakimbirane no kwimakaza umuco w’amahoro. Aha akaba yarigishije inkingi zagufasha kwimakaza umuco (...)
-
Birashoboka ko wakora ibyananiye abandi!
28 July 2015, by Innocent KubwimanaItangiriro 5:21-24" ........Henoki agenda n’Imana imyaka magana atatu ayibyaramo abahungu n’abakobwa.......kandi Henoki yagendanaga n’Imana ntiyaboneka kuko Imana yamwimuye"
Nshuti Bavandimwe, mwiteguye gusoma aya magambo, ndagusengera ngo wumve neza icyo Imana yifuza kuvugana nawe.
Gukora ibinaniye abandi muri iyi kinyejana niyo magambo tugiye kugarukaho muri iyi nyigisho.
Duhereye ku murongo wa mbere w’ibi bice bitanu, tuhasanga amateka avuga ku bantu bakomoka kuri Adamu. Aba bantu (...) -
www.agakiza.org mu imurikabikorwa ririmo kubera i Gikondo
29 March 2013, by Simeon NgezahayoUrubuga rw’ivugabutumwa www.agakiza.org ubu rurimo gukorera mu imurikabikorwa ririmo kubera i Gikondo ahasanzwe habera expo. Iri murikabikorwa ryateguwe n’akarere ka Kicukiro, binyuze mu rugaga rw’aka karere rwitwa Joint Action Development Forum (JADF). Muri iri murikabikorwa, intego turimo kugenderaho iragira iti: “Kandi ubu butumwa bwiza bw’ubwami buzigishwa mu isi yose ngo bube ubuhamya bwo guhamiriza amahanga yose…” Matayo 24:14.
Mu bikorwa turimo kumurika harimo minisiteri y’ivugabutumwa (...) -
Ni gute wagira umutima uboneye?
15 November 2015, by Pastor Desire Habyarimana(1Tim.4:12)”Ntihakagire uhinyura ubusore bwawe ,ahubwo ube icyitegerezo cy’abizera ku byo uvuga,no ku ngeso zawe no kurukundo ,no ku kwizera no kumutima uboneye.”
Kuba icyitegererezo ni ukuba umuntu abandi bose bareberaho gukora imirimo myiza yose.
“wiyerekane muri byose nk’icyitegererezo cy’imirimo myiza,kandi mw’iyigisha ryawe ugaragaze uko uboneye udapfa gutera waraza”(Tito2:7)
Yesu ajya gusubira mu ijuru yaravuze ngo “Mbahaye icyitegererezo ,kugira ngo mukore nkuko mbakoreye.”(Yohana13:15) (...) -
Umuntu niyiyeza azaba abaye igikoresho cy’Imana/Ev.Donath
23 December 2015, by Ubwanditsi2TIMOTEYO 2:21 “ Nuko umuntu niyiyeza akitandukanya n’ibidatunganye, azaba abaye ikintu cyo gukoreshwa iby’icyubahiro cyejejwe, kigirira nyiracyo umumaro kandi cyatunganirijwe imirimo myiza yose.”
Yesu ashimwe,nejejwe no kusangira namwe aya magambo meza. Umuntu niyiyeza azaba igikoresho cy’Imana. Kuki abantu dukeneye kwezwa. Cyane si uko dukeneye ko Imana idugira ibitangaza mu kudukoresha ahubwo dukwiriye guharanira ijuru kuko umuntu wese utejejwe atazareba Umwami Imana (abaheburayo 12:14). (...) -
Korali Itabaza iritegura gushyira ahagaragara album yayo y’amashusho
19 August 2013, by Simeon NgezahayoKorali Itabaza iritegura gushyira ahagaragara album yayo y’amashusho. Dore incamake y’amateka ya Korali Itabaza:
Korali Itabaza ni imwe mu makorali akorera umurimo w’Imana mu Itorero ADEPR umudugudu wa Taba, Paruwasi ya Taba, Itorero ry’akarere ka Huye mu ntara y’amajyepfo.
Iyi korali yatangiye umurimo w’ivugabutumwa mu buryo bw’indirimbo mu kwezi kwa karindwi mu 1997, nyuma yo gukora amavuna n’ivugabutumwa yaje kubona ko ari ngombwa ko ubutumwa itambutsa bwakwaguka bukagera kuri benshi, maze (...) -
Korali Heman izamurika albumu y’amashusho.
16 August 2012, by Emmanuel KANAMUGIREKuri iki cyumweru tariki ya 19 Kanama 2012,Korali Heman yo mu Itorero rya Louange i Gikondo izashyira ku mugaragaro albumu yayo ya kane yiswe “Igitaramo”.
Mu kiganiro na IGIHE,Prospert BIGANGU,umuyobozi uhagarariye abatoza muri iyi korali yatangaje ko ari ubwa mbere babashije gukora indirimbo z’amashusho,umuhango wo kuyimurika ukazabera ku rusengero rwa Louange i Gikondo i saa yine z’igitondo no kuri Zion Temple mu Gatenga i saa kumi n’igice z’umugoroba. Iyi albumu kandi iriho indirimbo 8 nka (...)
0 | ... | 680 | 690 | 700 | 710 | 720 | 730 | 740 | 750 | 760 | ... | 1850