Mpanitse inganzo ngamije ingingo Mvuga Umugenga ugaba ubugingo Ariwe Yesu Umukiza wacu Iyo agusanze asiga agusize Mwuka wera akubamo iteka 6. Maze umutwaro akawugutura
Ndavuga Yesu Umukiza wacu Ni we mubana mu bihe byose Habe mu byiza cyangwa ibyago Si nk’abatuye isi mbona nkuma Bo bagukunda uri umutunzi 12. Waba umworo bakaguheza
Nyamara Yesu we si ko agenza Ahubwo akwambika iy’urugamba Ngo uzabe intwali mu gihe cyabyo Iminsi ihaanda ikaguhonyora Ariko Yesu afite umugambi 18.Wo kukwemeza (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Umuvugo: NIMUNDEKE MVUGE IMANA
17 July 2016, by Pastor Desire Habyarimana -
Ni iki cyatumye Yesu abambwa ku musaraba?
28 March 2016, by Simeon NgezahayoNk’uko byari byarahanuwe, igihe cyarageze Yesu arapfa. Urupfu rwa Yesu abantu barwitwayemo mu buryo butandukanye. Bamwe baramwishe, ndetse babikora bumva nta mutima ubacira urubanza kuko bari bamugeretseho ibirego bakamwita umunyabyaha. Gusa n’ubundi Yesu yari yikoreye ibyaha, ariko uburyo babivugamo si ko biri. Kimwe mu byaha bikomeye Yesu yaregwaga ni ukwigereranya, kuko yababwiye ko ari Umwana w’Imana. “Abayuda baramusubiza bati ‘Dufite itegeko, ku bw’iryo tegeko akwiriye gupfa kuko yigize (...)
-
Ingaruka yo mu mwuka iterwa no kwihuta no kwihugiraho mu buzima – Frank Powell
2 October 2015, by Simeon NgezahayoUmuvuduko wacu ntugira urugero, ndetse turamutse tuwugereranije n’uwa Yesu twasanga nta byisnhi duhuriyeho. Yesu ntiyigeze yihuta. Ntiyigeze yirukanswa n’ibya hano mu isi. Ntiyigeze aterwa ubwoba n’ubuzima, n’ubwo yari afite intego ngari cyane agomba kugeraho mu gihe gito cyane.
Yesu ntiyigeze yihuta kuko yagenderaga ku muvuduko w’Imana. Ubwo rero urabona yuko kwihuta atari umuvuduko uva ku Mana, ahubwo ni umuvuduko w’isi, ndetse ni umuvuduko wa Satani. Inzobere mu by’ubuzima bwo mu mutwe Carl (...) -
Hari abagore b’ uburyo 5 umushumba akwiye kwitondera mu itorero
12 April 2016, by Nicodem1) Umugore ushaka kuba mu buzima bwawe.
Bene uyu mugore hari igihe aba yarahuye n’ibibazo bitandukanye,wenda yashatse umugabo mu buryo adashaka,yatandukanye n’umugabo se cyangwa umugabo yamutesheje umutwe mu buryo bwose butandukanye. Ahora aza mu rusengero buri cyumweru yewe no mu minsi isanzwe aza ku rusengero ahura kenshi n’umushumba, ibi bishobora gutuma uyu mugore yiyumvamo uyu mushumba kuko wenda amwakira kenshi mu biro cyangwa se akamutega amatwi bityo yumve ko umushumba afite amahoro (...) -
Haranira ubuhamya bwiza imbere y’Imana n’abantu!
2 May 2016, by Emmanuel NTAKIRUTIMANAMuhagarare mushikamye mukenyeye ukuri mwambaye gukiranuka nk’icyuma gikingira igituza. (Abefeso 6:14)
Mu bintu byose Paulo yahuguriye abakristo, yongeyeho ngo mukenyere ukuri. Ukuri ni ikintu gikomeye ndetse kitoroshye kurindwa kuko akenshi ushobora gusanga hari aho wakureka ukabyungukiramo mu buzima busanzwe ukaba urirengeye, ariko nubwo bimeze bityo niyo ntwaro wakwitwaza umwanzi ntabone icyo akakurega, ikindi gukomera kukuri bihindura umuntu inyangamugayo cyangwa se uwo kwizerwa bitari (...) -
Amateka y’umuhanzi Liliane Kabaganza Zaninka
4 October 2012, by UbwanditsiLiliane ni umuririmbyikazi akaba n’umwanditsi w’indirimbo zihimbaza Imana (Gospel Songs). Amazina ye yose ni Zaninka Kabaganza Liliane, afite ubwenegihugu bw’ubunyarwanda , uburebure bwa metero 1.51, ni umudamu yashakanye na Dusabemungu Ntabajyana Celestin mu mwaka 1999 I Kigali.Bafitanye abana batatu umukobwa umwe n’abahungu babiri aribo “Niyonkuru Joyeuse, Rucibigangu Prince na Sezerano Numa Prince”. Liliane Kabaganza ni umudamu urangwa no gucisha make, kubaha buri wese, kuganira cyane n’abantu (...)
-
Ese ni ikihe gisobanuro cy’ukuri cy’umugore w’imico myiza?
16 June 2016, by Pastor Desire Habyarimana”Umugore w’imico myiza ni inde wamubona? Arusha cyane rwose marijani igiciro” imigani 31:10.
Ndi umwana, ndibuka igihe Papa yari arwaye afite umuriro hagati ya 38o C na 39o C,ubuzima bwose kuri we bwari bwahagaze yikunjakunja hafi ya mamana ati: “ndakonje, ndakonje…”. Kugirango amugabanirize, amworosa ibiringiti ku mugongo. Ndibuka kandi, igihe mama yarwaye afite umuriro mwnshi ndete urenze kure uwo papa yari afite, yakomeje kwihangana akomeza gukorera umuryango we.
Ndashimira abo bagore bose (...) -
Yababajwe cyane n’ukuntu Imana ari inyembabazi nyinshi!
18 July 2013, by Alice Rugerindinda“Ni uko ibyo bibabaza Yona cyane ararakara, asenga Uwiteka ati “ Uwiteka, si icyo navugaga nkiri iwacu? Nicyo cyatumye nshoka mpungira I Tarushishi kuko namenye ko uri Imana igira ubuntu n’imbabazi, itinda kurakara, ifite kugira neza kwinshi kandi yibuza kugira nabi. None rero Uwiteka, ndakwinginze unyice kuko gupfa bindutiye kubaho” Yona 4: 1-3.
Uyu ni umuhanuzi Yona. Ngo igihe kimwe Imana yamutumye kuburira umurwa witwa Ninewe , ngo ababwire ko nibatihana bazarimbuka. Yona aho kugirango (...) -
i Muhanga: Abagore bakora uburaya ngo bagiye kwakira agakiza nyuma yaho mugenzi wabo yishwe n’umuntu utazwi
23 August 2012, by Emmanuel NTAKIRUTIMANANyuma y’abantu bamaze iminsi batega abandi ndetse hakaba ubwo babasanga mu mazu bakabatema, haherutse gusangwa munzu umurambo w’umugore warusanzwe akora umwuga w’uburaya aziritswe ishuka mu ijosi, bikekwa ko ariyo yakoreshejwe yicwa.
Nkuko tubikesha banyiri ubwite basanzwe bakora uwo mwuga w’uburaya, ngo bagiye kwinjira mu masengesho bihane bakire agakiza, ngo kuko nabo bafite impungenge yuko nabo ejo bakwicwa bagapfira mu buraya nkuko mugenzi wabo (...) -
Imana ibasha guhindura ikidaturwa nk’ingobyi ya Edeni/ Ev.Adda
27 July 2015, by Ubwanditsi“Uwiteka ahumurije i Siyoni n’imyanya yaho yose yabaye imyirare arayihumurije, ubutayu bwaho abuhinduye nka Edeni n’ikidaturwa cyaho akigize nka ya ngobyi y’Uwiteka, muri yo hazaba umunezero n’ibyishimo n’impundu n’amajwi y’indirimbo. Yesaya 51:3
Mu buzima hari byinshi tunyuramo bigoye, bibabaza umutima. Hari ibyoroshye kubibonera igisubizo, hari n’ibigorana umuntu atabasha nubwo yasaba ubutabazi bw’abavandimwe n’ubw’abandi bantu bagaragara nk’ababishoboye.
Biragoye kwihangana kuko biba biryana. Iyo (...)
0 | ... | 650 | 660 | 670 | 680 | 690 | 700 | 710 | 720 | 730 | ... | 1850