Iki ni ikigero haba hari umuvuduko ukabije mu gukura , hatirengagijwe no kuba umuntu yabyibuha cyane , gusa bikaba bimaze kugaragazwa ko bifitanye isano no kuba warwara impyiko na Diyabeti mu gihe ageze hejuru y’imyaka 25.
Ubushakashatsi bwakorewe ku bana miliyoni 12, bari mu kigero cy’imyaka 17 bukorewe mu gihugu cya Israel, bwagaragaje ko abari bafite umubyibuho ukabije bari bafite amahirwe akubye inshuro 3 mu kurwara impyiko n’inshuro 6 zo kurwara diyabete yo mu bwoko bwa kabiri, mu gihe (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Umubyibuho ukabije mu gihe cy’ubugimbi ufitanye isano no kurwara impyiko mu gihe cy’imyaka 25
9 November 2012, by Ubwanditsi -
Umuhanzi mushya uririmba gospel John yasohoye indirimbo nshya ze eshatu
29 May 2013, by UbwanditsiIndirimbo Humura, N‘Umwami nizera na Nta yindi Mana nizo umuhanzi mushya uririmba indirimbo zihimbaza Imana witwa John yahereyeho asohorera rimwe.
Nkuko yabidutangarije ngo iki nicyo gihe cye cyo gukoresha impanoye mu gihe amaze ayitegura kandi akaba yizeyeko bizagenda neza.
Emmanuel Celestin John yaravukiye Tanzania mu muryango w’abana batandatu akaba ariwe mukuru. Yavutse kuri Semukanya Emmanuel Celestin na Murekatete Domina, kuririmba yabitangiye akiri muto afite imyaka 12 kuko (...) -
Umuhanzikazi Esther Umwiza arategura igitaramo cye cya mbere muri Kagarama Secondary School
25 September 2013, by Simeon NgezahayoUmuhanzikazi Umwiza Esther igitaramo cye cya mbere mu buhanzi bwe yagiteguye muri Kagarama S.S kumwe n’abahanzi bakomeye.
Iki gitaramo kizitabirwa n’abahanzi batandukanye! Umwiza Esther ni umuhanzikazi mu ndirimbo zihimbaza Imana akaba yariyemeje kuvuga ubutumwa bwiza abinyujije mu ndirimbo. Mu myaka ye 19 afite ubuhanzi abumazemo hafi umwaka akaba amaze kugeza indirimbo eshatu n’ubwo izo afite zanditse zitarajyanwa muri Studio zigera muri 20.
Uyu muhanzikazi kw’ikubitiro akaba (...) -
Burundi: Ukwikukira kwiza ni ukwimika Yesu hama nawe agatanga ukwikukira nyakuri
29 June 2012, by Peter Ntigurirwa/isange.com"Yohana 8:32-36" Aya ni amwe mu magambo yigishijwe na Apotre Paul Gitwaza ubu urimo kubarizwa mu gihugu cy’u Burundi mu gikorane carimo umukuru w’igihugu c’uburundi Pierre NKURUNZIZA N’umutambukanyi wiwe,abakozi b’Imana ndetse n’abategetsi nk’umushikiranganji w’intwaro yo hagati,Maire de la ville ya bujumbura n’abandi, ku kibuga ca Cotebu, ubwo yabwiye abarundi bose yuko na kuva kera ba sogokuru babayeho,n’ubu abarundi barashobora kubaho abazungu batabafashije kuko uburundi buratunze.
Umukuru (...) -
Tumenye ubuzima bw’Intumwa Paulo Gitwaza uyobora Zion Temple
14 February 2013, by UbwanditsiIntumwa Paul Gitwaza ni umukozi w’Imana w’umubwirizabutumwa yavutse taliki 15 Kanama 1971 avukira Uvira muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo,arubatse afite umugore n’abana batatu b’abahungu.Ubu afite impamyabumenyi ihanitse(doctorat) muri tewolojiya yabonye muri 2006 muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika. Ni umuyobozi akaba ari nawe washinze itorero ry’umunara wa Siyoni (Zion Temple) mu migabane itanu ku isi guhera mu 1999.Gitwaza kandi akaba ari umukuru w’amatorero mu Rwanda,akanaba (...)
-
Sudan: Umuhanzi Claude Bigiriherezo afite gahunda yo kumurika Album Video nagaruka mu Rwanda
9 January 2014, by Simeon NgezahayoUmuhanzi Ndagijimana Jean Claude bakunze kwita Bigiriherezo bafatiye ku izina ry’indirimbo ye, nyuma y’iminsi mike yuriye Rutemikirere yerekeza mu gihugu cya Sudani mu ruzinduko yagiriyeyo, benshi mu bakunzi be bamaze kumukumbura bakaba banyotewe no kongera gutaramirwa na we. Ubwo twaganiraga na Claude Bigiriherezo, yadutangarije ko n’ubwo ari mu gihugu cy’abanyamahanga ngo ntibimubuza gusabana n’Imana kuko Imana ibera hose icyarimwe.
Bigiriherezo yakomeje atubwira ko mu minsi mikuru duteye (...) -
Umuhanzi Abingenzi Gonzague mu giterane cyo gusengera Abapasiteri i Bujumbura
29 July 2013, by Simeon NgezahayoKuva kuri uyu wa 4 taliki 25 kugeza ku cyumweru taliki 28 Nyakanga, umuhanzi Abingenzi Gonzague araba ari mu giterane cyo gusengera Abapasiteri I Bujumbura. Icyo giterane cyateguwe n’itorero ‘Repentance,’ uyu muhanzi akaba azajyana n’umuvugabutumwa Ev. Habimana Bernard.
Gonzague yatangiye umurimo wo kuririmba ku giti cye kuva mu mwaka w’2000, asohora album ya mbere y’amajwi mu mwaka w’2007. Iyi album yariho indirimbo nka: Nari kuba uwa nde? (ari na yo yitiriye iyi album), Dawidi, Umubiri, Si ko (...) -
Abantu basaga 2,000,000 bazitabira campagne ngarukamwaka yiswe “Back to Church Sunday”
23 August 2013, by Simeon NgezahayoNyuma yo kubona ko abatuye Amerika batitabiora gusenga ku Cyumweru, amatorero yo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yagize icyifuzo cyo gutangiza umushinga wo gutumira abantu muri campagne yo gukangurira abantu gusenga ku munsi w’Imana. Kugeza ubu, amatorero asaga 18,000 amaze kwiyandikisha ko azitabira umuhango “Back to Church Sunday,” kandi umubare ugenda wiyongera umunota ku wundi kuko byibura amatorero 120 ni yo yiyandikisha ku munsi.
Uyu muhango uzahuza amatorero yose yo muri Amerika (...) -
Ubutumwa bwashyikirijwe itorero rya Efeso bwanyigisha iki mu rugendo rugana mu ijuru?
19 July 2015, by Innocent KubwimanaYohana imwe mu ntumwa za Yesu, ku kirwa cy’i Patimo arenganyirizwa ubutumwa bwiza, Umwami Imana irahamusanga imuha ubutumwa yagombaga kugeza kun matorero arindwi yo muri Aziya. Muri iyi nyigisho turagaruka ku butumwa bwa rimwe muri ayo matorero ari ryo Efeso.
Ubu butumwa busobanura uhereye mu itangira ry’umukristo ukageza aho azasoreza urugendo rwe. Ibyahishuwe 2:1-7
Yohana atangira kwandikira itorero rya Efeso hari ibyo ryashimwaga, ibyo ryagawaga ndetse n’inama. Ibi ushatse wabihuza (...) -
Ugusha kw’isoko rya bujumbura kwatumye abakristo baba bakeyi mu mashengero
27 January 2013, by UbwanditsiMu gatondo ko Kuri uyu w’Imana igenekerezo rya 27 nzero 2013, umuriro mwinshi watse mw’ isoko nkuru ya Bujumbura, ivyo vyatumye abakristo benshi batagenda gusenga nk’uko bisanzwe kuko bamwe mbere bari basanzwe bafise ivyo badandarizayo abandi baraba uko vyagenze.
Nk’uko iyo nkuru yatanguye kumenyekana hose amasaha yo kuja gusenga yegereje ndetse abandi babimenyera mu mashengero , abacuruza rero ntibari bitayeho ivyo bariko bararirimba kuko baca bibuka iyo nkuru ibabaje maze bamwe baca bihutira (...)
0 | ... | 650 | 660 | 670 | 680 | 690 | 700 | 710 | 720 | 730 | ... | 1850