Matayo 16:18 -Nanjye ndakubwira nti ‘’Uri Petero, kandi nzubaka itorero ryanjye kuri urwo rutare, kandi amarembo y’ikuzimu ntazarishobora.’’
Hari umuntu wanyandikiye ansaba ko ntegura inyigisho hejuru y’itorero. Byahuriranye n’uko aho narindi mu rugendo muri Nijeriya nasuye itorero rya Foursquare, mbona inyubako nziza nyinshi amatorero yubatse, mbona ibikorwa binyuranye by’iterambere itorero ryakoze ndetse mpura n’abantu bafite ishyaka ryinshi mu murimo w’Imana bintera kwibaza cyane ku itorero (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Itorero rya Kristo mu mugambi w’Imana, Igice cya 1/ Dr Fidèle Masengo
12 November 2015, by Innocent Kubwimana -
Ubuhamya : Uko Kristo yankijije kwikinisha
4 June 2016, by Pastor Desire HabyarimanaUwo twise X kuko atashimyeko amazina ye atangazwa yaduhaye ubuhamya uko Imana yamukijije icyaha cyo kwikinisha kurikira ubuhamya.
Uko natangiye kwikinisha.
Mu mwaka wa 2011 niga mu mwaka wa gatanu wisumbuye narebaga amashusho y’urukozasoni cyane. Narinsanzwe nyareba ariko byarushijeho icyo gihe. Uko narebaga ayo mashusho yatumaga ngira irari ry’ubusambanyi ryinshi muri jye. Maze ndagenda nonekara mu mutwe cyane maze ibyo ntekereza byose nkabitekerereza mu irari ry’ubusambanyi. Nareberaga (...) -
Korali Jeovah Jireh n’Impanda zizitabira Launch ya Album Video ya Korali Turanezerewe ya CEP ULK/Jour
23 June 2016, by UbwanditsiKorali Turanezerewe ya CEP ULK y’abanyeshuri biga ku manywa iri mu myiteguro y’igitaramo cyo kumurika Album yabo ya mbere y’amashusho bise “Aratwibutse”. Iki gitaramo kizitabirwa na Korali Jeovah Jireh CEP ULK/Soir ndetse na Korali Impanda ya ADEPR muri Paruwasi ya Rwampara n’umuvugabutumwa Pastor Rudasingwa Jean Claude.
Mu kiganiro Iyobokamana yagiranye na Ntirushwamaboko Dieudonne umuyobozi w’iyi korali yatubwiyeko mbere na mbere buzuye ishimwe rikomeye kuko Imana ijyenda ibiyereka muri (...) -
Ibintu 10 biranga umuyobozi mwiza
23 January 2013, by Pastor Desire HabyarimanaUko wamenya Umuyobozi :
1. Ahindura abandi :
Iki ni ikintu cy’ingenzi ku bayobozi. Itegereze abo bahindura, umubare w’ abo bahindura, n’igihe bahindurira abandi.
2. Bahindura imigendekere y’ibintu :
Baba bafite inzara yo guhindura ibintu byiza kandi biteguye guhinduka. Bakunda gutera imbere kandi ntibaruhuke iyo ibintu bidahinduka na gato.
3. Baba bafite iyerekwa :
Bashobora gutuma abantu bashimishwa n’inzozi zabo. Umuntu ufite iyerekwa avuga bike agakora byinshi. Baba buzuye umuriro muri (...) -
Mbese wamenye Isabato nyakuri?
27 December 2015, by Pastor Desire HabyarimanaIjambo ry’Imana: Luka 6:1-6:10
Iki cyigisho kigizwe n’amagambo atatu makuru : Isabato, Ikiruhuko na Kristo
Uyu munsi turi gusoma mu Butumwa bwiza, aho Yesu Kristo yivugiye ubwe ati: “Ni jye Mwami w’Isabato”. Mbese ibi bisobanuye iki?
Mbere yo gusubiza iki kibazo, reka tubanze dusome ijambo ry’Imana kuko ibyanditswe ari byo bisobanura ibyanditswe! Bumbura Bibiliya yawe mu butumwa bwiza uko bwanditswe na Luka 6, usome kuva ku murongo wa 1 ugeze kuwa 10.
Mbese Yesu yari ashatse kuvuga iki mu (...) -
Huye: Umuhango wo gusengera abayobozi ba CEP-UR witabiriwe n’abayobozi b’ADEPR n’abandi batandukanye
3 February 2014, by Simeon NgezahayoKuri icyi cyumweru tariki ya 2 Gashyantare 2014, mu muryango wa CEP-UR Huye Campus habereye umuhango w’ihererekanyabubasha ku bayobozi bacyuye igihe, barangajwe imbere na KARIBU Phanuel n’ubuyobozi bushya bugiye gukomeza muri uyu mwaka WA 2014 burangajwe imbere na UWIRAGIYE Germaine.
Muri uyu muhango wari witabiriwe n’abayobozi batandukanye b’itorero ADEPR, nka biro nyobozi ku rwego rw’igihugu yari iyobowe n’Umuvugizi w’Itorero rya Pantecote mu Rwanda Past. SIBOMANA Jean, wari uherekejwe (...) -
Gutsinda Ubwoba.
25 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaNtimukagire icyo mwiganyira, ahubwo ibyo mushaka byose bimenywe n’Imana mubisabiye, mubyingingiye, mushima(Abafilipi 4:6).
Muri Yosuwa 1:9, Imana yabwiye Yosuwa ngo, "...ntutinye kandi ntukuke umutima, kuko Uwiteka Imana yawe iri kumwe nawe aho uzajya hose." Ibi byabaye igihe Yosuwa yiteguraga kuyobora Abisirayeli mu gihugu bari barasezeranyijwe. Buri gihe, Imana itubwira kutagira ubwoba cyangwa ngo duhangayike; Ntabwo Ishaka ko uhangayikishwa n’ikintu icyo ari cyo cyose, uko cyaba kimeze (...) -
Sobanukirwa neza n’igikorwa cyo Kurambagiza.
7 July 2016, by UbwanditsiNi iyihe ntego yo kurambagiza?
Kurambagiza byagombye kuba bifite intego nziza bigamije. Byagombye gufasha umusore n’umukobwa kureba niba bashobora kuzabana.
Icyakora, hari abo mu rungano rwawe bashobora kudaha agaciro ibyo kurambagiza. Bashobora gushimishwa no kugirana ubucuti n’umuntu badahuje igitsina, ariko nta ntego bafite yo gushakana na we. Hari n’abashobora kugira incuti nk’iyo bagamije gusa kugaragaza ko hari icyo bagezeho, cyangwa bakumva ko iyo ncuti yabo ari nk’ikintu bakwiratana (...) -
Ariko mwebweho, abifatanije n’Uwiteka Imana yanyu muracyariho mwese uyu munsi!
8 December 2015, by Alice RugerindindaAriko mwebweho, abifatanije n’Uwiteka Imana yanyu muracyariho mwese uyu munsi! Gutegeka kwa kabiri 4:4
Kwifatanya n’Imana ni ukuba mu itsinda rimwe nayo. Mukemeranwa uko muzagenda, mukemeranwa ku mirongo ngenderwaho, ahasigaye buri wese akarahirira kutazatatira igihango cyangwa kuzabyitwaramo neza. Icyo nzi neza ntashidikanya nuko Imana yacu yo itaguhemukira cyangwa ngo yice gahunda mwagiranye,. Umuntu yakwinanirwa ku giti cye ariko kwifatanya n’Uwiteka ni ibintu bikomeye cyane. Umuririmbyi (...) -
Nta handi wakura kurindwa no gutabarwa uretse ku Mana yo mu ijuru
17 February 2016, by Ernest RutagungiraAbiringiye uwiteka bameze nk’umusozi wa siyoni utabasha kunyeganyezwa, ahubwo uhora uhamye iteka, nk’uko imisozi igose I Yerusalemu niko Uwiteka agose abantu be, uhereye none ukageza iteka ryose ( Zaburi 125:1-2)
Aya ni amwe mu magambo agaragara mu ndirimbo bibiriya yise iz’ amazamuka muri iriya zaburi , akaba ari amwe kandi adukomeza akadusubizamo ibyiringiro cyane cyane iyo tugoswe n’ibikomeye, twumva nta wo kudutabara, tubona byaducikiyeho, twakubise hirwa no hino bikanga, dukwiye (...)
0 | ... | 670 | 680 | 690 | 700 | 710 | 720 | 730 | 740 | 750 | ... | 1850