Producer Mark Burnett wakoze iyi film aratangaza yuko yiteze ko "miliyari" y’abantu izareba iyi film ye ubu yageze ku isoko.
Burnett wakinanye iyi film n’umufasha we Roma Downey, yatangarije ikinyamakuru The Wrap ko yishimiye uburyo iyi film yakunzwe na benshi. yagize ati “Iyi film izarebwa n’abantu bagera kuri +1,000,000,000 mu myaka 3 cg 4 iza. Ni byiza rero ko dutangiye neza.”
Burnett n’umufasha we bamaze iminsi basura amatorero atandukanye muri Amerika, bagerageza kwamamaza no kugurisha (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Film nshya ya Yesu yiswe ’Son of God’ irashyirwa ahagaragara kuri uyu wa Gatanu, + 1,000,000,000 ni bo bitezwe kuyigura !
28 February 2014, by Simeon Ngezahayo -
Ubwo dukorana na Yesu ntiduherwe ubuntu bw’Imana kubupfusha ubusa
23 July 2015, by Innocent KubwimanaAbaheburayo 12:1 "ubwo tugoswe n’igicucu cy’abo bahamya bangana batyo twiyambure ibituremerera byose n’icyaha kibasha kutwizingiraho vuba kugirango dusiganirwe aho dutegekwa"
Yohana 10: 11- 16..Yesu niwe mwungeri mwiza amenya intama ze akazipfira kandi izo ntama nazo zimenya umwungeri wazo. Ariko umwungeri ukorera ibihembo ntiyita ku ntama ze niyo haje ibikomeye arazita agahunga.
2 Abakorinto 11: 13...Bene abo ni intumwa z’ibinyoma ni abakozi bariganya bigira intumwa za Kristo.
2 Abakorinto (...) -
IKITURIMO KIRUTA IKITURIHO Ev Maombe Theogene
5 July 2016, by webmasterIbyakozwe n’intumwa28:5 Ariko akunkumurira icyo gikururuka mu muriro ntiyagira icyo aba.
Bene data bakundwa,nshuti z’umusaraba dufatanije urugendo n’imibabaro ibonerwa muri Kristo Yesu,dutegereje kdi guhishurwa k’umwana w’umuntu ubwo azagaruka afite ishusho y’ubwiza bwe, dufatanye gushima no kwibuka ko ikiturimo kiruta ikituriho cyangwa se ikiturimo ntigifatwa,kiruta cyane, kirakomeye, kirahambaye, nticyagereranywa n’ikintu icyari cyo cyose.
Pawulo yandikira Abefeso yarabasabiye ngo Imana (...) -
Nyagatare: 60 ni bo bakiriye Kristo mu ivugabutumwa rya Korali Abakorerayesu na Ev. Zigirincuti Michel
11 February 2014, by Simeon NgezahayoKuri uyu wa Gatandatu no ku Cyumweru taliki 08-09/02/2014, mu ivugabutumwa korali Abakorerayesu yakoreye ivugabutumwa mu Ntara y’Uburasirazuba, Akarere ka Nyagatare ho muri Paroisse ya ADEPR Rukomo. Amakuru dukesha umuyobozi w’iyi korali Bwana Etienne Nduwimana aravuga ko abagera kuri 60 bakiriye Kristo nk’Umwami wabo n’Umukiza. Ev. Zigirincuti Michel
Yagize ati « Imana yadukoresheje imirimo ikomeye, abantu barenga 60 bakira Umwami Yesu Kristo abandi benshi basubizwamo imbaraga. N’ubwo (...) -
Ndashima Imana yandokoye muri Jenoside - Umugiraneza
17 April 2013, by UbwanditsiNdifuza kubagezaho mu ncamake uko narokotse Jenocide yakorewe Abatutsi. Mu w’1994 ubwo Jenocide yakorwaga ku mugaragaro nari mfite imyaka 18, ndi umukobwa w’ inkumi wiga mu mashuli yisumbuye. Icyo gihe nasengeraga mu idini Gatolika, ndi Umukarisimatike. Nize mu ishuri ry’Ababikira ryari ku Kibuye ho mu ntara y’Uburengerazuba, mpabonera uburere bwiza bwangiriye umumaro mu buzima kugeza uyu munsi.
Nakundaga gusenga cyane, ariko bimwe by’ idini bisanzwe n’ubwo muri jye harimo gukunda Imana. Mu (...) -
Igitaramo cya Israeli Mbonyi gishobora kuba ari kimwe mu byategerejwe n’abantu benshi mu Rwanda
28 August 2015, by Innocent KubwimanaHasigaye iminsi mike igitaramo gitegerejwe n’abantu benshi mu mujyi wa Kigali kikaba. Iki gitaramo cyateguwe n’umuhanzi Isirayeli Mbonyi ufite abakunzi batari bake, umuntu atabura kuvuga ko yigaruriye imitima y’abantu benshi mu ngeri zitandukanye kubera ibihangano bye.
Iyi ikaba ari imwe mu mpamvu ishobora kuzatuma iki gitaramo kigira ubwitabire buri hejuru kabone nubwo kukinjiramo ari ukwishyura.
Umuhanzi Israel Mbonyi azapfundurira abakunzi be agaseke mu gitaramo yitiriye izina rya (...) -
SGEEM: Korali Hoziana na Korali Impanda mu gitaramo cy’ivugabutumwa
27 March 2013, by UbwanditsiKorali Hoziana izataramira Abanya SGEEM (Gikondo) kuri 30/3/2013. Mu rwego rwo kwizihiza umunsi mukuru wa Pasika (pâcques), itorero ADEPR Segemu twabateguriye igiterane cy’ivugabutumwa kizatangira kuwa 6 tariki ya 30/03/2013 saa munani z’amanywa kikageza ku cyumweru.
Iki giterane cyatumiwemo korali Hoziyana ikunzwe na benshi cyane muri iki gihugu ndetse no hanze yacyo, naho ku cyumweru kizitabirwa n’abahanzi nka Alexis DUSABE na Dominic Nic. Hazaba kandi hari korali zo kuri SGEEM nk’Impanda, (...) -
Mbese wamenye Isabato nyakuri?
27 December 2015, by Pastor Desire HabyarimanaIjambo ry’Imana: Luka 6:1-6:10
Iki cyigisho kigizwe n’amagambo atatu makuru : Isabato, Ikiruhuko na Kristo
Uyu munsi turi gusoma mu Butumwa bwiza, aho Yesu Kristo yivugiye ubwe ati: “Ni jye Mwami w’Isabato”. Mbese ibi bisobanuye iki?
Mbere yo gusubiza iki kibazo, reka tubanze dusome ijambo ry’Imana kuko ibyanditswe ari byo bisobanura ibyanditswe! Bumbura Bibiliya yawe mu butumwa bwiza uko bwanditswe na Luka 6, usome kuva ku murongo wa 1 ugeze kuwa 10.
Mbese Yesu yari ashatse kuvuga iki mu (...) -
Nigeriya : Igitero cy’ibyihebe cyahitanye abakirisitu 7 muri Kiliziya
28 October 2012, by UbwanditsiAbantu bagera kuri barindwi bahitanywe n’igitero cy’ibyihebe kibasiye abakirisitu bari mu masengesho yabo yo ku cyumweru ku itariki ya Ukwakira 2012, muri Kiliziya iherereye mu majyaruguru ya Nigeriya.
Aho iki gitero cyabereye hakunze kubera ibitero byinshi nk’uko BBC dukesha iyi nkuru yakomeje ibitangaza.
Nk’uko uwabyiboneye biturika yabitangarije BBC, imodoka yaje isatira Kiliziya, ipakiye intwaro zaturikijwe bisenya urusengero, abantu 7 bahise bahasiga ubuzima, abandi barakomereka. (...) -
Yesu yumva umubabaro wacu!
23 September 2015, by Pastor Desire HabyarimanaNyina wa Yesu na nyina wabo bari bahagaze bugufi bw ‘umusaraba wa Yesu .Nuko Yesu abonye nyina n’umwigishwa yakundaga bahagaze bugufi abwira nyina ati :Mubyeyi nguyu umwana wawe .Maze abwira uwo mwigishwa ati :nguyu nyoko.Uhereye uwo mwanya uwo mwigishwa amujyana iwe. YOHANA19 :25-27 Yesu yumva cyane abazana imibabaro yabo imbere ye. Mariya na Yohana bari bababajwe no kubona Yesu apfira ku (...)
0 | ... | 640 | 650 | 660 | 670 | 680 | 690 | 700 | 710 | 720 | ... | 1850