Urugero rwiza turukura kuri Dawidi, ubwo yari amaze gukora ibyangwa n’amaso y”uwiteka, yarasambanye arangije aranica, ariko iyo nsomye iyi Zaburi ya 51 , nsa nkaho ndimo kumureba yigaragura imbere y’Imana arira cyane, ataka, ababajwe n’ibyaha yakoze kandi akarangiza iyi zaburi avuga ngo : “ Umutima umenetse ushenjaguwe, mana ntuzawusuzugura” Zaburi 51: 19b
“Mana umbabarire kubw’imbazi zawe. Kubw’imbabazi zawe nyinshi, usibanganye ibicumuro byanjye. Unyuhagire rwose gukiranirwa kwanjye. Unyeze (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Intambwe yambere yo kubabarirwa ibyaha, ni ukubabazwa nabyo !
8 May 2016, by Alice Rugerindinda -
Ubwiza bw’ urusengero rwa kabiri HABARUREMA Clement
18 July 2016, by Pastor Desire HabyarimanaUBWIZA BW’URUSENGERO RWA KABILI
Hagayi 2:1-4, 8 ubwiza bw’urusengero rushya Ezira 3:10-13 bashinga imfatiro z’ urusengero
Urusengero rwa mbere rwubatswe na Salomo,mu gihe cy’amahoro, bafite ubutunzi bwinshi, rwari rwiza cyane ; Abisirayeli bacumuye, Nebukadinezari w’ I Babuloni aza kubatera arahasenya, bararusahura, abatwara mu bunyage.
Igihe cyategetswe kigeze, abari mu bunyage baratahuka, batangira kubaka. Urusengero rwa kabili rwubatswe n’abari bavuye mu bunyage kandi nta n’ibikoresho (...) -
Ni uko bumvise uko Uwiteka yagabanirije amazi ya Yorodani imbere y’abisirayeli kugeza aho bambukiye, imitima yabo ishya ubwoba, bacika intege ku bw’Abisirayeli.
20 September 2012, by UbwanditsiBibiliya iravuga ngo "Nuko abami bose b’Abamori bari hakuno ya yorodani mu ruhande rw’iburengerazuba, n’abami b’abanyakanani bari ku nyanja, bumvise uko Uwiteka yagabanirije amazi ya Yorodani imbere y’abisirayeli kugeza aho bambukiye, imitima yabo ishya ubwoba, bacika intege ku bw’Abisirayeli" Yosuwa 5:1
Ubundi dusanzwe tuzi y’uko abanzi bacu, cyangwa se ibibazo duhura nabyo bitsindirwa mu gusenga, nkuko tubisanga mu ijambo ry’Imana aho Dawidi yasengaga abwira Imana ati: “Mana yanjye, unkize (...) -
Ijambo muri wowe-Imbaraga z’imbere/ Pastor Chris
27 October 2015, by Innocent KubwimanaAriko rero mujye mukora iby’iryo jambo, atari ugupfa kuryumva gusa mwishuka, Yakobo 1:22
Ijambo ry’Imana ntabwo twariherewe gusa ngo riduhishurire ibintu bimwe ku Mana, ahubwo twariherewe ngo ritubesheho. Abantu bamwe bemera gusa ijambo, ariko kwemera ntabwo bihagije, uremera noneho ugakora nk’uko rivuga.
Mu by’ukuri ntabwo uba wemeye ijambo iyo ritagusunikiye gukora ibyaryo nk’uko rivuga, kuko iyo wemeye, usunikirwa kugira icyo ukora. Turemera ngo dukore, ntabwo twemera ijambo ngo (...) -
Tumenye Intumwa Joshua Masasu
21 February 2013, by UbwanditsiApôtre Joshua Masasu Ndagijimana ni umwe mu bantu bafite ibikorwa bitari bike mu Rwanda ku buryo byatumwe izina rye rimenyekana cyane yewe birenga u Rwanda bigera ku rwego mpuzamahanga bivuye ku kuba umubwirizabutumwa bwiza.
Intumwa Yoshua Ndagijimana Masasu bakunda kubyinirira Daddy ari nawe washinze itorero ry’Isanamitima benshi bazi ku izina rya Restoration Church, ariko ubusanzwe mu buryo bwemewe rikandikwa Evangelical Restoration Church. Ubu Masasu ayoboye insengero zisaga 56 mu Rwanda, (...) -
“Mushake muzabona…” - Anne Bersot
28 March 2016, by Simeon Ngezahayo« Mushake muzabona » Matayo 7 :7.
Ubwo twari mu iternairo ry’Igifaransa, nitegerezaga mugenzi wanjye Denise aho yari ari ku ruhimbi nkabona abantu banyuranamo bajya kumusaba inama z’uburyo bwinshi. Akenshi abo bantu babaga bafite igisubizo cy’ibibazo byabo, cyangwa bakibonesha amaso. Byabaga bihagije gusa kubura amaso bagasoma ku rupapuro, bakabona igisubizo. Nk’uko rero gutuza biri muri kamere ye, Denise yabasubizanyaga kwihangana n’ubushishozi. Buri muryango cyangwa itsinda haba harimo umuntu (...) -
Rubavu: Kuri uyu wa gatandatu hateguwe igiterane cyo kuramya no guhimbaza Imana
6 June 2013, by UbwanditsiMu karere ka Rubavu Gisenyi harimo gutegurwa igitaramo cyo kuramya no guhimbaza Imana kizaba kuri uyu wa gatandatu tariki ya 8/06/2013 guhera saa mbili za mu gitondo kugeza saa mbili za nijoro muri Centre Culturele ya Gisenyi hafi ya Kivu Serena Hotel.
Iki gitaramo kikaba cyarateguwe n’Umuvugabutwa Jeremie Aphrodise NIZEYIMANA wo muri The Joy of the Ministries afatanyije na Mpuzamatorero ya Rubavu iyobowe na Bishop Simon Murekezi Masasu.
Nkuko twabitangarijwe na Peter Gervais Bushayija (...) -
Sobanukirwa n’uko wateka amafi n’ibibiringanya
11 October 2012, by Ernest RutagungiraIbibiringanya ni bimwe mu birungo bisanzwe byifashishwa mu gutegura amafunguro atandukanye ariko noneho byagera ku mafi bikaba agahebuzo, akaba ariyo mpamvu kuri ubu tugiye kubagezaho uko waryoherwa n’amafi atekanye n’ibibiringanya (Aubergine),ubu buryo rero bukaba busa nk’aho butamenyerewe na benshi ariko bukaba ari bumwe mu bubworoshye kandi budasaba ibintu byinshi mu gutegurwa. Ibirungo wifashisha. Ibibiringanya 2 cg 3 biringaniye, Igitunguru 1, Pavuro 2 z’icyatsi (cyangwa se 1 y’umutuku (...)
-
Ubukene (crise): ingaruka yo gukunda impiya?
19 November 2013, by Simeon Ngezahayo«Ngaho yemwe batunzi mwe, nimurizwe muborozwe n’ibyago mugiye kuzabona. Ubutunzi bwanyu buraboze, nimyenda yanyu iriwe n’inyenzi, izahabu n’ifeza zanyu ziriwe n’ingese,…» Yakobo 5:1-3.
«Kuko gukunda impiya ari umuzi w’ibibi byose, …» 1 Timoteyo 6:10.
«Mwitonde kandi mwirinde kwifuza kose, kuko ubugingo bw’umuntu butava mu bwinshi bw’ibintu bye» Luka 12:15.
Murakaza muri iyi si itegekwa n’ifaranga! Mu by’ukuri, nta cyo umuntu abasha gukora adafite amafaranga. Iyi si ya nyamwigendaho ishingiye mbere na (...) -
USA: Habonetse bwa mbere mu mateka urusengero rw’abatemera Imana
2 July 2013, by UbwanditsiMuri Leta ya Louisiane ibarizwa muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ahagana mu Mujyi mutoya witwa Bâton-Rouge, havutse urusengero rw’abahakana Mana, bayobowe n’umugabo wahoze ari umupasitori mu itorero ry’abapantekoti muri Amerika.
Amakuru dukesha urubuga rwa internet rwa Le point.fr, ngo ku munsi w’icyumweru abantu bagera kuri 80 bahuje imyemerere y’uko nta Mana ibaho, bateranira mu cyumba cy’imyidagaduro cya Hoteli, bafite ubayobora mu muhango , bakaririmba, bagakora n’indi mihango, gusa bo ubwabo (...)
0 | ... | 640 | 650 | 660 | 670 | 680 | 690 | 700 | 710 | 720 | ... | 1850