Patient Bizimana arataramira abakunzi b’indirimbo z’Imana ku cyumweru tariki ya 30/09/2012, kuva saa kumi z’umugoroba (16h00’/4pm) muri salle ya Sport View Hotel I Remera mu mugi wa Kigali, icyi kikaba ari kimwe mu bitaramo bya gospel birimo abahanzi bakomeye kandi bakunzwe mu Rwanda barimo Liliane Kabaganza, Cpt Simon Kabera, Aime Uwimana, Dominic Nic, Gaby Irene Kamanzi na Nelson Mucyo. Kwinjira muri iki gitaramo bikaba ari amafaranga ibihumbi 2000 ahasanzwe hamwe na 5000Frw muri VIP.
Ubwo (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Patient Bizimana imyiteguro y’igitaramo cyo kuramya no guhimbaza “Poetic Evening of Praise and worship” igeze kure.
26 September 2012, by Ubwanditsi -
Ijoro ryo kuramya no guhimbaza rirategerejwe
4 November 2012, by Patrick KanyamibwaIjoro ryo kuramya no guhimbaza Imana riba buri mwaka kuri ubu ryaba rigiye kongera kuba, aho rizaba kuwa 23 Ugushyingo 2012 i Nyarutarama mu Mujyi wa Kigali. Mu kiganiro umwe mu bashizwe gutegura iryo joro Christian Kajeneli yavuze ko bateganya gukora ijoro ryo kuramya no guhimbaza mu Gushyingo 2012 bita (Africa Let’s Worship Aflewo) riba buri mwaka.
Christian yagize ati “iki gikorwa ni nshuro ya kabiri kigiye kuba kuri ubu twiteguye ko kizagenda neza kandi tukaba dusaba amatorero (...) -
Korare Rehoboth yataramiye abatuye umurenge wa Gahanga.
14 October 2012, by UbwanditsiKuri iki cyumweru taliki ya 14/10/12 mu murenge wa Gahanga habereye igiterane cyateguwe na Korare Inshuti za Yesu ikorera umurimo w’ Imana mu itorero rya ADEPR Gahanga. Ahagana saa mbiri n’ igice korare Rehoboth yari igeze i Gahanga n’abaterankunga bayo, yakiriwe na bagenzi babo chorale Inshuti za Yesu ikaba yari iherekejwe n’ abakozi b’ Imana batandukanye harimo mwalimu Nyirantego Philomene akaba ari n’ umuyobozi w’ umudugudu wa ADEPR Rukiri ya 2. Hari kandi na Pastor Ngamije Viateur ukorera (...)
-
Chorale Abatoranijwe-Murambi ADEPR-Gatenga yateguye igiterane kidasanzwe cy’ivugabutumwa!
13 June 2012, by Innocent KubwimanaChorale Abatoranijwe ni mwe mu makorari atatu akorera ku mudugudu wa Murambi ADEPR-Gatenga ikaba imaze igihe ikorera umurimo w’Imana kuri uyu mudugudu dore ko ari nayo yabanje kuhaba yewe mbere y’uko umudugudu unavuka.
Mu ntego zabo ngo bazirikana cyane inshingano Yesu yasize yo kubwiriza ubutumwa bwiza akaba ari muri urwo rwego bateguye igiterane cy’ivugabutumwa cyane ko basanga ahantu batuye hakeneye ivugabutumwa ryaguye nk’uko twabitangarijwe n’Umuyobozi w’iyo korari INGABIRE Marie Claire. (...) -
“Nzineza” indirimbo ye ya kabiri y’amajwi umuhanzi Shumbusho Patrick yasohoye
30 November 2012, by Patrick KanyamibwaPatrick Shumubusho umuhanzi nyarwanda mushyashya uririmba, yasohoye indirimbo “Nzineza” iri mu njyana ya slow R&B, ibi akaba ari nyuma y’indirimbo ye ya mbere yasohoye mu kwezi kwashize yari yise “Icyo usabwa”
Ubusanzwe Shumbusho yatangiye ubuhanzi 2010, atangira ubuhanzi akora ku giti cye nkuko yabidutangarije doreko atigeze anyura muri Korali cyangwa irindi tsinda ririmba, akaba yaravukiye mu muryango w’abarokore kuko yasanzwe iwabo basenga. Indirimbo ze ni Producer david uzimukorera, (...) -
Igiterane cyaberaga kuri ADEPR Cyarwa cyashimishije abari bakitabiriye
13 September 2012, by MUHAYIMANA VincentMumpera z’icyi cyumweru turangije ku Mudugudu wa Tumba Itorero rya ADEPR CYARWA habereye igiterane cyari gifite intego iboneka muri Ezekiyeri22:30.hagira hati:”Kandi nashatse umuntu muri bo wasana inkike, ngo ahagarare imbere yanjye mu cyuho ahagarariye igihugu kugira ngo ntakirimbura,ariko ntawe nabonye”.
Igiteranye cyatangiye kuwa gatandatu mu ma saa yine n’igice za mugitondo cyitabiriwe na Korali ELAYO yavuye mu itorero rya ADEPR Paruwasi ya Gikongoro Ururembo rwa Gikongoro yari (...) -
Ibyakorwa n’ukoresha mudasobwa yirinda kurwara amaso
23 July 2015, by Umumararungu ClaireAbantu batandukanye bakoresha za mudasobwa usanga akenshi bahura n’ikibazo cyo kugira uburwayi bw’amaso biturutse ku kunanirwa k’udutsi two mu mutwe bityo amaso akagira ikibazo cy’igabanuka ry’amatembabuzi ibyo bikabangamira imikorere yayo ndetse umuntu akagira n’ububabare igihe akomanya ingohe, hakaziramo n’indwara zitandukanye z’amaso. Ariko hari ibyakorwa ukoresha mudasobwa akirinda kurwara amaso.
Mumakuru dukesha imvaho nshya, ukoresha mudasobwa agomba kwirinda kuyishyira hafi cyane y’amaso, (...) -
Kwizihiza isabukuru y’imyaka 20 y’umudugudu wa ADEPR-Murambi umaze utangiye byabaye ibihe bitazibagirana
26 October 2015, by Innocent KubwimanaUmudugudu wa ADEPR-Murambi ubarizwa muri Paruwasi ya Nyanza, Akarere ka Kicukiro, mu mujyi wa Kigali, wizihije isabukuru y’imyaka 20 umaze utangiye mu bihe bidasanzwe bitazibagirana byahembuye abayitabiriye. Iki gikorwa cyabaye kuri iki cyumweru tariki 25/10/2015.
Iyi sabukuru yabaye mu gihe itorero ADEPR rikomeje imyiteguro yo kwizihiza isabukuru y’imyaka 75 izaba tariki 21/11/2015, rimaze rivutse, hirya no hino mu gihugu hakaba hakomeje gahunda yo kwitegura iki gikorwa hizihizwa isabukuru (...) -
Nyarugenge : Abanyamadini bahuriye mu masengesho bamagana ibiyobyabwenge
3 February 2013, by UbwanditsiAmadini n’amatorero atandukanye akorera mu karere ka Nyarugenge kuri iki cyumweru bahuriye kuri sitade Nyamirambo mu masengesho yo kwamagana ibiyobyabwenge.
Bishop Nzeyimana Innocent, uhagarariye ihuriro ry’amadini akorera muri Nyarugenge, avuga ko mu butumwa bw’ijambo ry’Imana baha abayoboke babo, babibutsa ko roho nzima itarangwa no kunywa ibiyobyabwenge. Akaba ariyo mpamvu abakirisitu banyuranye biyemeje gutanga ubutumwa ku baturanyi babo harimo n’urubyiruko mu kubakangurira kubyirinda. (...) -
Mu giterane cyaberaga mu kigo GS AIPER NYANDUNGU, abanyeshuli bakiriye neza ijambo ry’Imana undi umwe yakira Kristo
24 October 2013, by Simeon NgezahayoKu mugoroba wo kuri uyu wa gatatu taliki 23 Ukwakira, mu kigo GS AIPER NYANDUNGU habereye igiterane cyahuje abanyeshuli b’Abakristo (RAJEPRA) biga muri icyo kigo.
Muri iki giterane, abo banyeshuli bari bafite intego yo gushima Imana yabarinze mu mwaka wose wa 2013 bashoje. Mu bitabiriye iki giterane harimo amakorali yo muri icyo kigo nka Jehovannis, Amis de Jesus na Amis de Croix. Hari kandi n’umuhanzi ku giti cye Emmanuel TUYISHIME waturutse kuri ADEPR Gako (Kabuga), wari waje gususurutsa (...)
0 | ... | 610 | 620 | 630 | 640 | 650 | 660 | 670 | 680 | 690 | ... | 1850