Nkuko twabitangarijwe na Jules Munyampeta, umwe mubayobozi biri tsinda riyobora kuramya no guhimbaza kuri Women Foundation ry’urusengero Noble Family Church ryitwa “Precious Stones”, iki giterane cyo guhimbaza Imana kibaba kibaye ku nshuro ya gatatu bongera gutegura iminsi irindwi yo kurama no guhimbaza Imana. Insanganyamatsiko ikaba ari “Coming back to heart of worship” bisahatse gusobanuta ngo “Garura umutima wo kuramya no guhimbaza”
Icyi cyumweru cyo gushimba Imana, kizatangira kuwa gatanu, (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Precious Stones yateguye iminsi 7 yo kuramya no guhimbaza Imana kuri Women Foundation Ministries & Noble Family Church Kimihurura.
20 May 2013, by Ubwanditsi -
Ubuyobozi bw’urubuga www.agakiza.org bwabateguriye igitaramo cyo gushima Imana
22 November 2013, by Simeon NgezahayoUbuyobozi bw’urubuga www.agakiza.org bwabateguriye igitaramo cyo gushima Imana ku byo yakoze muri uyu mwaka wa 2013.
Nk’uko twagiye tubibagezaho ku bakunze kubana natwe, hagiye hakoreka imirimo myinshi ariko uw’ibanze ari na wo zingiro ry’umurimo dukora ni uko ubutumwa bwiza bwageze ku bantu benshi hakoreshejwe ikoranabuhanga. Ibi byanyuze mu nzira zitandukanye, zirimo inyigisho z’ijambo ry’Imana, ibiterane mu gihugu no hanze yacyo n’amahugurwa atandukanye.
Ku gakiza.org hatambutse inyigisho (...) -
Batemberejwe i kuzimu– 7 bo mu rubyiruko rwa Colombiya (igice cya 5)
23 March 2014, by Kiyange Adda-DarleneNoneho mbona ameza abajwe mu giti ariko atakongowe n’umuriro. Kuri yo hari hateretse ibimeze nk’amacupa y’inzoga. Yagaragaraga nk’abasha kumara inyota, ariko yari yuzuye umuriro. Nkomeje kureba, mbona umuntu w’umugabo umubiri we wose wari warangiritse yari asigaranye imyenda yuzuye ibyondo kandi yahiye. Nta maso, nta munwa nta n’umusatsi yari agifite byari byarakongowe n’umuriro. Yabashaga kundeba nubwo nta maso yari agifite.
Ndabibutsa ko ari umwuka w’umuntu ushobora gutekereza, gushyira mu (...) -
Pasiteri wanjye anywera inzoga ku mugaragaro, itabi akarinywera mu rwihisho - Carlos Whittaker
4 September 2013, by UbwanditsiMbese ku Mukristo itabi n’inzoga si kimwe? Niba bitandukanye, kuki?
Abakristo benshi nzi banywa inzoga. Kunywa inzoga byaraziruwe mu itorero, cyane aho nkunda gusengera. rwose nzi benshi banywa inzoga kuruta ko batazinywa. Nanywera mu ruhame no mu rwihisho. Ibi byabaye nk’ibisanzwe. Nta kundi.
Iyo ndi muri bagenzi banjye bandi… baba banywa itabi. Ibaze nawe! Byibura iyo baza kuba banywa itabi ryoroheje… kandi ibi babikora bihishe. Icyo baba bashaka ni uguhisha bagenzi babo b’Abakristo ko (...) -
Ujya uhangayikishwa niyo utabanye neza na Yesu?
1 September 2015, by Innocent KubwimanaIyo turebye ubuzima bw’abantu bakundana usanga ari ibintu bitangaje, inshuro nyinshi nyuma yo guhura habaho kumenyana, muri wa mwanya wo kumenyana rero niho buri wese atega amatwi kugira ngo amenye ibyo mugenzi we yanga kugirango niba we yanabikundaga yige ubundi buryo bwo kubigabanya cyangwa no kubireka kuko gukunda ni ugutanga no kwakira.
Ibi niko bigendekera umuntu umaze kwizera Kristo nyuma yo guhura nawe atangira gushaka uburyo yamumenya neza, Yesu ubwe ashobora kumwibwira, ashobora (...) -
Abanyeshuri babanyarwanda baba mu Buhinde bakinnye Filme y’ikinyarwanda
27 May 2013, by Patrick KanyamibwaNkuko twabitangarijwe na Mugabe Aline Nene wiga muri University yo mu gihugu cy’u Buhinde ahitwa Salem umwe mu banyarwanda bakina filime mu buryo bwo kuvuga butumwa babinyujije mu mashusho muri minisiteri yitwa “Seek God Ministrie” uyu akaba ari president nu mutoza wabakinyi muri departement yivuga butumwa mu buryo bwa mashusho yatubwiyeko batangiye bakina muri eglise bukeya bukeya, nyuma baricara batekereza uburyo basakaza ubutumwa babona bagomba kubicisha muri movie.
Bimwe mubikorwa (...) -
Ibimenyetso by’Imana - Gael Eba-Gatse
1 May 2013, by Isabelle GahongayireYesu Kristo azagaruka gutwara umugeni we ari we torero, ariko ntabwo yatubwiye igihe cyangwa umunsi, nta kwezi cyangwa umwaka tuzi azagarukiraho. Nyamara yadusigiye ibimenyetso byo kugaruka kwe.
Ncuti zanjye, turi mu bihe bitoroshye, ubwo isi igenda irushaho gushoberwa. Indangagaciro zirimo kugenda zibura, ibyari biteye isoni uyu munsi byabaye ibisanzwe, ndetse bigenda byemerwa n’amategeko.
“Kuko baguraniye ukuri kw’Imana gukurikiza ibinyoma, bakaramya ibyaremwe bakabikorera kubirutisha (...) -
Kwiringira Uwiteka.
29 December 2015, by Pastor Desire HabyarimanaKWIRINGIRA UWITEKA
Amagambo y’Uwiteka ni itegeko. Itegeko rivaho iyo haje irindi ririsimbura. Itegeko rigira imbaraga zisumba uwarishyizeho. N’iyo waba ari wowe warishyizeho, iyo ushatse kurica ku ruhande, rirakurega, wabona utarishoboye ukarihindura. Yesu yaduhaye iri tegeko, kandi riracyariho na bugingo nubu, nta ryarisimbuye. Yeremiya 17 :5-8
5.Uku ni ko Uwiteka avuga ati “Havumwe umuntu wiringira undi muntu akishima amaboko ye, mu mutima we akimūra Uwiteka. 6Azaba ameze nk’inkokōre yo mu (...) -
Aho imbabazi z’Imana zihurira n’icyubahiro cyayo Dr Ivan
12 February 2016, by Pastor Desire HabyarimanaAHO IMBABAZI Z’IMANA ZIHURIRA N’ICYUBAHIRO CYAYO
Amaganga ya Yeremiya 3: 22, 23, 25: "Imbabazi z’Uwiteka nizo zituma tudashiraho, kuko ibambe rye ritabura, zihora zunguka uko bukeye, umurava wawe ni munini", Uwiteka abereye mwiza abamutegereje, n’ubugingo bw’umushaka, Imbabazi ze nizo zituma tudashiraho, zihora zunguka uko bukeye, buri gitondo hari imbabazi nshya nshya.
Ubusanzwe imbabazi mu ndimi z’amaghanga ni Grace = kwemerwa = faveur = guhabwa ibyo utari ukwiriye. Hari ubuntu buhora (...) -
Rinda umutima wawe Pastor Desire
30 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaRinda umutima wawe kuruta ibindi byose birindwa, Kuko ari ho iby’ubugingo bikomokaho.(Imigani 4:23)
Kuba mu isi umuntu aba afashe igihe mu ntambara ariko abanzi 3 bakomeye dufite n’isi, Satani n’ umubiri ibindi byose biturwanya byiyongera kuri aba banzi. Bibiliya itubwiye ko dukwiriye kurinda Umutima kuko niwo uhirwa bitewe n’uko ubitse ubutunzi bukomeye (ubugingo)
Mu isi ahantu hari ubutunzi harindwa mu buryo bwizewe ese natwe dushira imbaraga mu kurinda imitima yacu?
Uramutse ubashije (...)
0 | ... | 630 | 640 | 650 | 660 | 670 | 680 | 690 | 700 | 710 | ... | 1850