Mariko 5: 1-15 hatubwira igitangaza Yesu yakoze cyo guhindura umuntu wari ugeze kure bigatangaza abantu benshi!! Amen
Hari indirimbo bajya baririmba ngo:
“ Urantangaje Yesu , Urantangaje, ukura umuntu muri poubelle ( iyarara, mu kimoteri) ukamuhindura, ukamukarabya, ukamusiga ukanamwambika, urantangaje Yesu urantangaje” !!!
Maze gusoma aya magambo nanjye nti “ Ayiiii inkuru ni impamo , uko Yesu bamuvuze niko nanjye namubonye” undi muririmbyi we ati “Nsanga urengeye uko abantu bakuvuga, (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Yesu ashobora kuguhindura mushya!
22 December 2015, by Alice Rugerindinda -
Papa Francis arahamagarira isi yose gushakira impunzi zijya i Burayi igisubizo cy’uburyo bubiri, Kiliziya ntizahatangwa
27 October 2015, by Innocent KubwimanaUmushumba wa Kiliziya gatulika ku isi Kuri iki cyumweru nibwo yumvikanye ahamagarira abayoboye amadini n’amatorero gushaka igisubizo mu buryo bubiri, mu rwego rwo gufasha impunzi zikomeje kugwira zerekeza ku mugabane w’Uburayi, ikibazo gihangayikishije amahanga kugeza ubu.
Ibi Papa yabivuze ubwo yasomaga misa muri Kiliziya yitiriwe mutagatifu Petero, asabaga isi yose gushaka igisubizo kirambye kuri iki kibazo ari cyo gusengera izi mpunzi ndetse no kuzifasha mu buryo bufatika.
Papa Francis (...) -
Kuba muri Kristo biguhindura icyaremwe gishya
30 July 2015, by Innocent KubwimanaKuba muri Kristo Yesu nibyo bifite umumaro kurusha ibindi byose. Imbaraga zose umuntu yakoresha z’umubiri cyangwa se indi mirimo igaragara ntiyabashya kugutuza muri Kristo kuko ibi bibonerwa mu kwizera igitambo Yesu Kristo yatanze.
Bibiliya iravuga ngo ‘’ Umuntu wese iyo ari muri Kristo aba ari icyaremwe gishya, ibya kera biba bishize. Dore byose biba bihindutse bishya.’’ 2 Abakorinto 5:17
Kuba muri Kristo Yesu ni amahitamo, si imyizerere gusa cyangwa gukurikiza amahame y’idini, gukora ibyo (...) -
CEP ULK yageneye inkunga ingana n’ibihumbi 500.000FRW abamugariye ku rugamba rwo kwibohora
3 September 2013, by UbwanditsiNkuko Umuryango w’abanyeshuri b’abapantekote b’itorero ADEPR biga muri Kaminuza yigenga ya Kigali ariwo CEP ULK ubifite mu nshingano zawo kuvuga ubutumwa bwiza hifashishijwe uburyo bwose butandukanye, ni murirwo rwego wakoze igikorwa cyo gusura abamugariye ku rugamba rwo kwibohora bibumbiye muri Koperative Impuhwe ibarizwa mu murenge wa Nyarugunga, akagari ka Kamashashi mu gikora cyabaye kuruyu wa 31.08.2013 .
Uyu muryango rero ukaba warufite intego igira iti: Kugira neza no kugira Ubuntu (...) -
Umuhanzi Uzamukunda Goreth ( Maman Gospel) ageze kure imyiteguro yo kumurika alubumu ye ya kabiri
25 September 2012, by Patrick Kanyamibwazamukunda Goreth wamenyekanye cyane ku ndirimbo “Gusenga, Urufunguzo, Hana” ndetse n’izindi nyinshi, aratangaza ko imyiteguro yo kumurika alubumu ye ya kabiri y’amajwi (Audio) ayigeze kure, iyi alubumu akaba yarayise "SIOGOPI", ikazaba igizwe n’ndirimbo 7 zirimo nizi Giswahili .
Igikorwa cyo kumurika iyi alubumu giteganyijwe ku cyumweru tariki ya 07/10/2012 i Kanombe muri Museum ahahoze ari ingoro yaba perezida b’u Rwanda, mubijyanye no kwinjira bikaba bizaba ari amafaranga amafaranga ibihumbi (...) -
Dore bimwe mu bibazo bikunda kuvuka nyuma yo kunguka umwana mu muryango
3 December 2012, by UbwanditsiBiragoye cyane kuba umuryango wabona umwana ngo ubure kubona impinduka mu mubano hagati y’abashakanye ni yo mpamvu ari byiza kandi ari ingenzi cyane ko buri umwe yitondera kandi akitegurana ingamba zifatika ivuka ry’umwana kuko nihatabaho kwitegura, uyu mwana ashobora kuvuka bamwishimiye ariko akaba ikibazo mu mubano w’abashakanye.
Urubuga enfant.com ruratubwira ko n’ubwo kunguka umwana ari ibyishimo mu muryango ariko hari na bimwe bihinduka ibibazo :
- Inshingano ziyongereye ku bashakanye (...) -
Kanseri yo mu bugingo- Leland Reed
11 May 2013, by Simeon NgezahayoIjambo ry’ibanze: [Mwene Data Reed yanditse iyi nkuru biturutse ku rugamba rwa kanseri yahuye narwo mu minsi ishize. Ku bw’amahirwe, abaganga baramubaze babasha kuyimukuramo. Mwene Data Reed asobanukiwe neza ububi bwa kanseri, ariko turamushimira ko yatunze agatoki ingaruka zayo z’iteka.]
Iri ni ijambo twese dutinya. Iyo badusuzumyemo kanseri cyangwa bakayisuzuma mu ncuti yacu biba biteye ubwoba kandi kibabaje. Iyo kanseri imenyekanye hakiri kare ibasha kuvurwa tukabaho neza nk’uko (...) -
Hari uburyo nyabwo bwo gukosora umwana utararenza imyaka 3 avutse
12 September 2012, by UbwanditsiAbabyeyi n’abarezi muri rusange bakunda kuvuga ko ugomba guhana umwana akiri muto, ugomba kumubwira “Oya” akayimenyera akiri muto n’ibindi byinshi biganisha ku bihano ku bana bari munsi y’imyaka itatu.
Mu by’ukuri guhana umwana no kumubwira “oya”, “reka” ugamije kumukosora no kumwereka inzira nziza ni byiza, ariko ugomba kwita ku bintu bikurikira kugira ngo umenye ko ibyo ukoze byagize umumaro.
1. Ese ko ngiye guhana uyu mwana, imyaka ye imwemerera kubyumva no kubyakira neza? 2. Ese mbere yo guhana (...) -
Urashaka ko Imana igutuma? Manzi
25 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaURASHAKA KO IMANA IGUTUMA? Yesaya 6:1-12 Abantu benshi bakunda gusenga bakoresha ijambo ngo Mana ntuma aho ushaka hose ndajyayo,Kandi rwose baba bamaramaje bumva koko bakeneye gutumwa, n’Imana nayo ikeneye abo gutuma ariko hari icyo bisaba kugira ngo uhinduke intumwa.
Uyu mugabo Yesaya yari umuhanuzi ukomeye cyane yahanuye ibintu byinshi bitandukanye kandi biranasohora, ariko mu mwaka umwami Uziya yatanzemo nicyo gihe Yesaya yabonye Imana ngo yari yicaye ku ntebe y’ubwami ndende (...) -
Intambwe yambere yo kubabarirwa ibyaha, ni ukubabazwa nabyo !
8 May 2016, by Alice RugerindindaUrugero rwiza turukura kuri Dawidi, ubwo yari amaze gukora ibyangwa n’amaso y”uwiteka, yarasambanye arangije aranica, ariko iyo nsomye iyi Zaburi ya 51 , nsa nkaho ndimo kumureba yigaragura imbere y’Imana arira cyane, ataka, ababajwe n’ibyaha yakoze kandi akarangiza iyi zaburi avuga ngo : “ Umutima umenetse ushenjaguwe, mana ntuzawusuzugura” Zaburi 51: 19b
“Mana umbabarire kubw’imbazi zawe. Kubw’imbabazi zawe nyinshi, usibanganye ibicumuro byanjye. Unyuhagire rwose gukiranirwa kwanjye. Unyeze (...)
0 | ... | 630 | 640 | 650 | 660 | 670 | 680 | 690 | 700 | 710 | ... | 1850