Uwo nta wundi ni Umuvugabutumwa Christophe Abdallah, wavuzweho byinshi kuri radio one kuri uyu wambere le 10/12/2012 ubwo Rutaganda umugabo wa Mukayiranga Aline yamushinjaga kuba yaramutereje umugore abadayimoni mu gihe amakuru isange.com yiherewe n’inzego zibifitiye ububasha harimo na polisi sitasiyo ya Gatsata, zemeza ko nta kibazo uriya mukozi w’Imana yigeze ateza ari nayo mpamvu polisi itigeze imufunga nk’uko byavugwaga kuko ibyo bamuvugagaho yasanze nta shingiro bifite.
Twageze kuri (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Nyuma yo kugaragaza imirongo yo mu ikorowani yerekana ko Yesu ari hejuru ya byose yagabweho igitero
12 December 2012, by Ubwanditsi -
Yesu azaza bitunguranye!
2 May 2016, by Kiyange Adda-DarleneLuka 21 : 34-35 Ariko mwirinde, imitima yanyu ye kuremerwa n’ivutu no gusinda n’amaganya y’iyi si, uwo munsi ukazabatungura. Kuko uzatungura abantu bose bari mw’isi yose, umeze nk’umutego.
Aya ni amagambo yavuzwe n’Umwami Yesu Kristo ari kuvuga ibijyanye no kugaruka kwe. Yashatse kuvuga ku byasigaza abantu mw’isi, bigatuma batagera mu gihugu cyo mw’ijuru.
Ni byinshi bizasigaza abantu, bagasigara babazwa n’umwanzi antikristo. Muri ibyo harimo amaganya y’iyi si. Ubundi gusinda ni ijambo rivugwa (...) -
Kwiringira Uwiteka.
29 December 2015, by Pastor Desire HabyarimanaKWIRINGIRA UWITEKA
Amagambo y’Uwiteka ni itegeko. Itegeko rivaho iyo haje irindi ririsimbura. Itegeko rigira imbaraga zisumba uwarishyizeho. N’iyo waba ari wowe warishyizeho, iyo ushatse kurica ku ruhande, rirakurega, wabona utarishoboye ukarihindura. Yesu yaduhaye iri tegeko, kandi riracyariho na bugingo nubu, nta ryarisimbuye. Yeremiya 17 :5-8
5.Uku ni ko Uwiteka avuga ati “Havumwe umuntu wiringira undi muntu akishima amaboko ye, mu mutima we akimūra Uwiteka. 6Azaba ameze nk’inkokōre yo mu (...) -
“Icyo nabonye nk’umuyobozi ufite inararibonye” - Ron Edmondson
9 May 2013, by Simeon NgezahayoRon Edmondson ni pasiteri akaba n’umuyobozi w’itorero ufite inyota yo gushing amatorero, gufasha amatorero gukura, no gufasha abari mu murimo w’Imana gutekereza ku buyobozi, ku buryo bayobora ndetse no ku buzima. Ron amaze imyaka isaga 20 akora ubucuruzi, cyane cyane yikorera, kandi amaze imyaka isaga afasha amatorero gukura mu by’impano.
Mu minsi ishize naganiriye n’umupasiteri wagombaga gufata ibyemezo bikomeye mu itorero rye. Yarasengaga, akagisha inama abandi bapasiteri cyangwa abayobozi, (...) -
Nubwo ku mutima ari kure ariko Imana izi gusoma inyuguti zihanditse!
23 March 2016, by Alice RugerindindaO Lord, you have examined my heart and know everything about me! Psalm 139:1 Uwiteka warandondoye uramenya!Zaburi 139:1
Ku mutima ni kure, nta muntu ubasha kumenya ibirimo, ariko Imana imenya ibirimo. Dawidi we yarabisobanukiwe neza,bityo aravuga ngo Mana uranzi, uzi ibiba mu mutima wanjye.
Hari umuhanga ( Philosophe) ngo wigeze gufata itara ryaka ku manywa ngo akajya agenda amurika ahantu hose, bamubaza ibyo arimo, ngo akababwira ko arimo gushaka umuntu! Ati umuntu nanubu (...) -
Mu gusoza iminsi 100 yo kwibuka hateguwe igiterane cyiswe “Haracyar’ibyiringiro”
29 June 2013, by UbwanditsiNkuko twabitangarijwe na Emile Rutagengwa itsinda The Power of the Cross na Light Gospel Choir mu gusoza iminsi 100 y’Icyunamo bateguye igitaramo bise “Haracyar’ibyiringiro” kizamara iminsi itatu kuva tariki ya 2 kugeza tariki ya 5/06/2013.
Nkuko Emile yakomeje abidutangarije kuri gahunda yabo, kuwa kabiri tariki ya 02/07/2013 kugeza kuwagatanu, 05/07/2013 hazaba inyigisho z’ijambo ry’Imana, aho bazaba bari kumwe na Pasteur Byiringiro Samuel.
Iyo minsi yose Ijambo ry’Imana rizajya ribanzirizwa (...) -
Kenya: Abapasitor babiri barashweho ibisasu n’abagizi ba nabi bataramenyekana
9 February 2013, by UbwanditsiKuri uyu wa kane, nibwo abapasiteri babiri bari mu mujyi wa Garissa ho muri Kenya, barashweho ibisasu byaje kuviramo Pasiteri Abdi Welli guhita yitaba Imana naho mugenzi we Pastor Ibrahim Makunyi uyobora itorero ry’abapantekonte mu karere k’Afrika y’Iburasirazuba (East Africa Pentecostal Church) we akaba yajyanywe mu bitaro ari indembe.
Nk’uko tubikesha ikinyamakuru Open Doors kivugako ako gace ka Garissa kazwiho ibikorwa by’urugomo ndengakamere aho muri Kenya. Ikindi kandi n’uko umutwe (...) -
Ichtus Gloria Choir nyuma y’igihe kitari gito yateguye igitaramo mu isozwa ry’umwaka
18 November 2012, by Patrick KanyamibwaIchtus Gloria Choir yateguye igitaramo cyo kuramya no guhimbaza Imana, ku cyumweru 25/11/2012, ku rusengero rw’ADEPR Nyarugenge, akaba arinabwo izamuri alubumu yayo ya 2, bise “Dieu se soucie de toi’. Chorale Ichtus - Gloria ni chorali ikorera umurimo w’Imana mu buryo bwo kuririmba muri ADEPR Nyarugenge (mu Gakinjiro), mu mudugudu ukoresha Igifaransa n’Icyongereza (Chapelle Internationale).
Kuvuka kw’iyi chorale ntibiri kure y’ukwa chapelle internationale yatangiye mu mwaka wa 1987 yitwa Culte (...) -
Guverinoma ya Nigeria iratungwa agatoki kuba yemera ko abakristo bagabwaho ibitero n’intagondwa
29 July 2012, by UbwanditsiMu gihe abakristo benshi bakomeje kubura amahwemo bitewe n’intagondwa zikomeje kugaba ibitero buri ku cyumweru,ari nako bamwe bapfa urwagashinyaguru,kandi Leta irebera ntigire icyo ibivugaho,byatumye bamwe mu bapasiteri aho muri Nigeria,barasaba Leta zunze Ubumwe za A,Erika oko zibarenganura kuko uburenganzira bw’ikiremwamuntu butarimo kubahirizwa muri Nigeria.
Pasitor Ayo Oritsejafar ukuriye ubumwe bw’abakristo bose aho muri Nigeria,aribyo bita CAN Christian association of Nigeria,uwo (...) -
Imana ni Yo mugenga w’ibihe - Jacques Vernaud
18 August 2015, by Isabelle GahongayireMu byo Imana yaremye byose, hari urutonde n’umurongo ngenderwaho. Tugomba gukomeza kuwugenderaho, tukawuzirikana kugira ngo tubeho neza dufite amagara mazima.
Mu byo Imana yateguye, harimo umwanya wihariye w’akaruhuko. Gukora utaruhuka si byo Imana ishima, ahubwo ishaka ko buri cyose dukora kiba mu mwanya wa cyo, tukagira n’umwanya w’akaruhuko. Akaruhuko ko ku isabato kari mu byo Imana yagenye. Abantu si ibikoresho by’akazi cyangwa se amamashini, kandi akazi si cyo kintu cy’ibanze mu buzima. (...)
0 | ... | 660 | 670 | 680 | 690 | 700 | 710 | 720 | 730 | 740 | ... | 1850